{"id":18426,"date":"2016-11-27T13:36:07","date_gmt":"2016-11-27T11:36:07","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=18426"},"modified":"2016-11-27T13:36:07","modified_gmt":"2016-11-27T11:36:07","slug":"usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/","title":{"rendered":"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru afitiwe gihamya atugeraho , arahamya ko Umusore wutwa Evariste Munyensanga \u00a0wari amaze amazi atanu gusa agenze muri Leta zunze ubumwe z&#8217;America mu ntara ya Maine yaburiwe irengero.<!--more--><\/p>\n<p>Ubu amakuru atagwa n&#8217;inzego za police aremeza ko Evariste, ufite ubwenegihugu bw&#8217;u Rwanda, akomeje kuburirwa irengero kuva kuwa gatanu taliki ya 18 ugushyingo 2016 ahagana isaa cyenda (3 pm) z&#8217;amanywa. Abazi uyu musore bemeza ko arumusore w&#8217;inyangamugayo ariko bakavugako nta byinshi bari bamuziho kubera ko atari amaze igihe kinini.<\/p>\n<p>Mu minsi yo kuburirwa irengero kwe biravugwa ko yari atuye mu gace kitwa Munjoyhill mu mugi wa Portland, bikaba byemezwa uwo babanaga ko mbere y&#8217;uko Evariste aburirwa irengero hari umunyarwanda (tutashatse kuvuga izina ) waba warumutwaye mu modoka amuhaye lift (ride); bikaba binemezwa ko uwo wamuhaye ride ariwe wamubonye bwa nyuma.<\/p>\n<p>Si ubwa mbere abanyanyarwanda baburirwa irengero kuko muri Nyakanga 2016, uwigeze kuyobora ishyirahamwe ry&#8217;abanyarwanda muri Maine (Rwandan community Association of Maine) witwa Nzisabira Tharcisse, yasanzwe mu nzu iwe yavuyemo umwuka mu buryo budasobanutse bikaba byemezwa neza ko urupfu rwe rwaba rufitanye isano na community y&#8217;abanyarwanda yigeze kuyoboraga.<\/p>\n<p>Aha twabibutsa ko ubusanzwe abanyarwanda bo muri Maine bagiye bagirana amakimbirane ashingiye kuri iryo shyirahamwe ry&#8217;abanyarwanda aho byemezwa ko na komite\u00a0iyoboye abanyarwanda muri iki gihe igenda ikoresha amanama abantu ntiyitabirwe kubera urwikekwe rushingiye kukuba iryo shyirahamwe ryarahindutse nk&#8217;ishyaka rya politike kandi intego yaryo yibanze ari ugufasha no guhuza abanyarwanda baba mu mahanga by&#8217;umwihariko mu ntara ya Maine.<\/p>\n<p>Birahwihwiswako US immigration office irigukora iperereza mw&#8217;ibanga ry&#8217;abantu basabye ubuhunzi ariko bakaba bitabira amanama yiyo association yahindutse nk&#8217;ishyaka rikorera hanze kandi yakagombye kuba association ihuza abanyarwanda bose , ikibazo kikavuka bitewe nuko bimaze kugaragarira buri wese ko iyi association ifite intego ya politike. Ikindi nuko hari ikipe y&#8217;umupira ikinira muri forest park isigaye ikoreshwa na bamwe bakohereza amafoto mu Rwanda bafotoye abasore bayikinamo bagasaba inkunga babeshya ko bafite ibikorwa bya politike bari gukorera Leta y&#8217;u Rwanda, abakinnyi biyo kipe rero nabo bararye barimenge kuko sekibi yamaze kubinjirana kandi baba bararengana kuko bagiraga umurava n&#8217;urukundo none byagiye biyoyoka buhoro buhoro.<\/p>\n<p>Amakuru atugeraho araburira abanyarwanda kwitonda no gushishoza kuko ishyamba atari ryeru kubijyanye n&#8217;amarozi arikugenda akwirakwizwa muri Amerika m&#8217;uduce tubamo abanyarwanda agamijwe kuzajya ashyirwa mu binyobwa. Impamvu Maine hahora induru nkizo zikaba zaramaze no kugera mu nsengero zaho nabiyita abamaneko bakaba basigaye birirwa bakora politike mu nsengero nuko Maine ariyo ntara yakira abanyarwanda benshi bagigera muri America, ngayo nguko.<\/p>\n<p>Uwagira andi makuru amenya yadufasha akayahereza ibinyamakuru.<\/p>\n<p>Innocente Muka-mudage<br \/>\nTrue revolution<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru afitiwe gihamya atugeraho , arahamya ko Umusore wutwa Evariste Munyensanga \u00a0wari amaze amazi atanu gusa agenze muri Leta zunze ubumwe z&#8217;America mu ntara ya Maine yaburiwe irengero.<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":18427,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-18426","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru afitiwe gihamya atugeraho , arahamya ko Umusore wutwa Evariste Munyensanga \u00a0wari amaze amazi atanu gusa agenze muri Leta zunze ubumwe z&#8217;America mu ntara ya Maine yaburiwe irengero.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-27T11:36:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"864\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"864\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/\",\"name\":\"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-27T11:36:07+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg\",\"width\":864,\"height\":864,\"caption\":\"Evariste Munyensanga\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru afitiwe gihamya atugeraho , arahamya ko Umusore wutwa Evariste Munyensanga \u00a0wari amaze amazi atanu gusa agenze muri Leta zunze ubumwe z&#8217;America mu ntara ya Maine yaburiwe irengero.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-11-27T11:36:07+00:00","og_image":[{"width":864,"height":864,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/","name":"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg","datePublished":"2016-11-27T11:36:07+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Evariste-Munyensanga.jpg","width":864,"height":864,"caption":"Evariste Munyensanga"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/usa-intabaza-ku-banyarwanda-mu-ntara-ya-maine-bakomeje-kunyerezwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"USA: Intabaza ku banyarwanda mu ntara ya Maine bakomeje kunyerezwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18426","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18426"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18426\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18428,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18426\/revisions\/18428"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18427"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18426"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18426"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18426"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}