{"id":18498,"date":"2016-11-30T10:50:35","date_gmt":"2016-11-30T08:50:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=18498"},"modified":"2016-11-30T10:50:35","modified_gmt":"2016-11-30T08:50:35","slug":"kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/","title":{"rendered":"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri)"},"content":{"rendered":"<p>Ubushize nari natangiye inyandiko igira iti <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/2016\/11\/22\/kiliziya-gatolika-irongeye\/\">\u201c Kiliziya Gatolika irongeye\u201c,<\/a> ibyo byaje nyuma y\u2019uko <a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/2016\/11\/20\/itangazo-ryabepiskopi-gatolika-bo-mu-rwanda-risoza-umwaka-wa-yubile-yimpuhwe-zimana\/\">Kiliziya isohoye itangazo risaba imbabazi<\/a>. Inyandiko yari igamije kwerekana uburyo<!--more--><\/p>\n<p>iyo witegereje amateka y\u2019u Rwanda usanga Kiliziya ifite uruhare runini mu mahano yagiye aba ku banyarwanda. Mu gihe niteguraga kubagezaho igice gikurikiyeho Ministiri w\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu n\u2019Imiyoborere yasohoye <a href=\"http:\/\/www.umuryango.rw\/amakuru\/mu-rwanda\/politiki\/article\/guverinoma-ntiyanyuzwe-n-imbabazi-kiliziya-gatolika-iheruka-gusaba\">itangazo<\/a> ryemeza ibyo natangiye kuvuga agira ati:<\/p>\n<p><em>\u201cIcya mbere, nk\u2019uko basaba imbabazi ku ruhande rw\u2019abantu bamwe batanavugwa amazina, abepisikopi basa n\u2019abashaka ahubwo gukura Kiliziya muri ibyo bintu, ku ruhare urwo arirwo rwose yaba yaragize muri Jenoside. Ibimenyetso bigaragara mu mateka binyuranya n\u2019ibyo.\u2019\u2019<\/em><\/p>\n<p>Ni ukuvuga imbabazi za nyirarureshwa, zirengagiza byinshi biboneka mu mateka. Imbabazi zongera amacakubiri mu banyarwanda aho kuyavura. Imbabazi zivangura amoko aho kuyafasha kwiyunga. Ni mu gihe kandi ivanguramoko rikomeye riri kandi rikomoka muri Kiliziya Gatolika.<\/p>\n<p>Dukomeze ibyo nababwiraga ubushize.<\/p>\n<ul>\n<li><strong>Nyuma y\u2019ubwigenge<\/strong><\/li>\n<\/ul>\n<p>Aho u Rwanda ruboneye ubwigenge, Kiliziya ntiyarebye kure ngo yamagane akarengane. None se iyo Inyenzi zateraga abandi bagakomeza bakamamaza Inkuru Nziza uko bisanzwe birengagije ko hari abanyarwanda benshi bari hanze bumvaga batubakira ku musenyi. Kuki nta hantu tubona ubutumwa bwa Kiliziya buvuga kuri izo mpunzi?<\/p>\n<p>N\u2019ubwo mu bahunze harimo abakristu gatolika benshi abayoboraga Kiliziya mu Rwanda ntibabakurikiranye ngo bamenye uko babayeho. Yemwe n\u2019abapadiri bahunze benshi bamaze igihe barabuze uburenganzira bwo kwita ku bo bahunganye. Intama zirazimira ugakora nkaho ntacyabaye. Ushaka kumenya impamvu Inkotanyi nyinshi zanga Kiliziya, zikaba mu yandi madini yahera aha akabyumva. Bake bakomeje umutsi ariko abenshi bibajije icyo iyo Kiliziya yabamariye mu kaga barimo.<\/p>\n<p>Ku butegetsi bwa Kayibanda na Habyalimana Kiliziya na Leta bafatanye urunana babyina amahoro n\u2019ubumwe by\u2019abanyarwanda. Babeshya kuko hari igice cy\u2019abanyarwanda cyari hanze.<\/p>\n<p>Ku bijyanye n\u2019amashuri n\u2019imibereho, abatutsi benshi bahungiye mu Kiliziya kuko ari ho bisanzuraga. Icyo gihe abapadiri benshi bari abatutsi. Kiliziya Gatolika yazadusobanurira impamvu Seminari Nkuru yigeze icikamo ibice bibiri kimwe kikajya ku Nyundo ikindi kigasigara mu Nyakibanda. N\u2019uburyo abafaratiri benshi b\u2019abatutsi bahise bajya muri iyo Seminiari yo ku Nyundo.<\/p>\n<p>Birazwi hari abapadiri b\u2019abahutu benshi bahunze Diyosezi ya Nyundo. Abazi amateka ya Seminari ya Nyundo. Kuba Kanyarengwe Alexis yarabaye umuyobozi wa Seminari yo ku Nyundo byatwereka byinshi ku kibazo cy\u2019amoko kiri muri Kiliziya imbere. Seminari zari zubakiye ku moko.<\/p>\n<ul>\n<li><strong>Inkotanyi zitera zari zifitiye urwango Kiliziya<\/strong><\/li>\n<\/ul>\n<p>Kuva intambara itangiye mu 1990 kurasa umupadiri cyangwa undi wihayimana byari umukino ku Nkotanyi. Kuri bo Kiliziya yarabahemukiye. Mu gihe abenshi twumvaga kurasa abepiskopi batatu icyarimwe ari amahano; ku Nkotanyi ni umukino woroshye nta bushumba bababonagamo, bababonagamo abagome n\u2019abagambanyi.<\/p>\n<p>Kugira ngo zumvishe abakristu ba za Byumba ko ibya Kiliziya ari igipindi, ko batagombye kujya mu misa, zababwiraga ko Imana zayirasiye mu Kaniga ( Uba ukinjira mu Rwanda uva Uganda ruguru yo Ku Murindi wa Byumba). Ni ukuvuga ko bayirashe urugamba rugitangira.<\/p>\n<p>Ndibuka umusirikare mukuru w\u2019Inkotanyi yatwicaje hasi atubaza aho twazindutse tujya. (twajyaga mu misa ya mbere); yaratubwiye ati <em>\u201c Ariko abanyarwanda muzaba injiji kugeza ryari? Tubabwira ibintu biri \u201cclear\u201d (bisobanutse), bibazanira amajyambere ntimutwumve, ariko bariya birirwa bababwira ibintu biri \u201cinvolved\u201d (bidasobanutse, bicanze), murabitaba, mukanazinduka\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Inkotanyi niyo myumvire zifite kuri Kiliziya Gatolika, ibindi ni diplomasi. N\u2019iyo zose waziha amafishi ya batisimu ku ngufu nk\u2019uko Myr Smaragde yayihaye Perezida Kagame ku ngufu, ntacyo bihindura, agahinda babayemo, umujinya barakaye kugira ngo batahe ntibyahanagurwa n\u2019utwo duhenda bana ngo ni ifishi ya batisimu.<\/p>\n<p>Mu biganiro byinshi byagiye bitangwa cyane cyane mu cyunamo uru rwango rwumvikanagamo. Abanyarwanda barabizi kandi barabibona.<\/p>\n<p>Biracyaza<\/p>\n<p><strong>Emmanuel Musangwa<\/strong><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>*<a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/2016\/11\/22\/kiliziya-gatolika-irongeye\/\">Kiliziya irongeye igice cya mbere<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubushize nari natangiye inyandiko igira iti \u201c Kiliziya Gatolika irongeye\u201c, ibyo byaje nyuma y\u2019uko Kiliziya isohoye itangazo risaba imbabazi. Inyandiko yari igamije kwerekana uburyo<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":15201,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[79],"tags":[],"class_list":["post-18498","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-iyobokamana"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri) - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri) - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubushize nari natangiye inyandiko igira iti \u201c Kiliziya Gatolika irongeye\u201c, ibyo byaje nyuma y\u2019uko Kiliziya isohoye itangazo risaba imbabazi. Inyandiko yari igamije kwerekana uburyo\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-30T08:50:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"629\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"472\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/\",\"name\":\"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri) - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-30T08:50:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg\",\"width\":629,\"height\":472},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri) - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri) - Umunyarwanda","og_description":"Ubushize nari natangiye inyandiko igira iti \u201c Kiliziya Gatolika irongeye\u201c, ibyo byaje nyuma y\u2019uko Kiliziya isohoye itangazo risaba imbabazi. Inyandiko yari igamije kwerekana uburyo","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-11-30T08:50:35+00:00","og_image":[{"width":629,"height":472,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/","name":"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri) - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg","datePublished":"2016-11-30T08:50:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/bazilika.jpg","width":629,"height":472},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kiliziya-gatolika-irongeye-igice-cya-kabiri\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kiliziya Gatolika irongeye (igice cya kabiri)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18498","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18498"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18498\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18499,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18498\/revisions\/18499"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15201"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18498"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18498"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18498"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}