{"id":18595,"date":"2016-12-18T22:05:36","date_gmt":"2016-12-18T20:05:36","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=18595"},"modified":"2016-12-19T08:57:51","modified_gmt":"2016-12-19T06:57:51","slug":"gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/","title":{"rendered":"Gatabazi arikoreza urusyo abana be"},"content":{"rendered":"<p><em>\u201c Njye ndi umukristu gatolika, ariko numvishije mu minsi ishize harasabwe imbabazi, mu bintu bijyanye n\u2019uruhare rwa Kiliziya cyangwa rw\u2019abantu bo muri Kiliziya gatolika bagiye bagira uruhare muri jenoside, ariko ntabwo humvikanyemo uruhare rwa institution, hakwiye kubaho kudufasha kugira ngo n\u2019uyoboka, ayoboke Imana ariko na Institution arimo ibe yagaragaje responsability yagize, uruhare iba yaragize muri jenoside yakorewe abatutsi, babyumve ari i Roma ari no mu Rwanda bumve ko iyo nshingano bayifite\u201d.<\/em><!--more--><\/p>\n<p>Aya ni amagambo ya Honorable Gatabazi mu Nama ya 14 y\u2019Umushyikirano.<\/p>\n<p>Gatabazi ndamuzi ni umukristu gatolika, ayobora umuryangoremezo w\u2019abanyarushaki baba i Kigali. Uretse n\u2019ibyo yigisha gatigisimu abana bitegura guhabwa Ukaristiya ya mbere, ni umukateshiste.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo atazi gutekereza cyane mpamya ko Kiliziya ayizi, yayikuriyemo, yayizemo, ayifitemo ubutumwa. None se biriya avuga abikurahe?<\/p>\n<ul>\n<li><strong>Gatabazi ni agakingirizo <\/strong><\/li>\n<\/ul>\n<p>Wagira ngo ukubaho ku urwego (institution) urwo arirwo rwose mu Rwanda kugomba kwisanisha na jenoside. Mbega ubwenge! Abakurikira ibyo mu Rwanda babona neza ko Gatabazi nta gishya yavuze. Ibyo yavuze ni ibyo CNLG ihora ivuga, ariko nayo isubiramo ibyo Kagame yavuze yongeye no gusubiramo muri iyi nama. Yibaza impamvu Kiliziya isaba imbabazi ahandi itaza kuzisaba no mu Rwanda igatanga n\u2019indishyi.<\/p>\n<p>Abazi uko Inkotanyi zikora bumva neza impamvu ari Gatabazi batumye (briefing) kubaza ikibazo. Gatabazi ni umuhutu wujuje ibyangombwa. Ubanza we na Bamporiki ubuhutu bwabo batabushidikanyaho nk\u2019ubwa Ministri Philibert cyangwa ubwa Mureshyankwano ngo bafite ba nyina b\u2019abatutsikazi. Gatabazi, uretse no kuba umuhutu ni umukiga wo muri \u201cmbwenu\u201d. Ni agakingirizo rero bashyize imbere ngo abaze ibya Kiliziya. None se ni we ubabajwe na jenoside yakorewe abatutsi kurusha Myr Rukamba? Ni we ubababajwe n\u2019uko Kiliziya Gatolika bayirega kurusha abapadiri benshi tuzi b\u2019Inkotanyi. Ari ibya Kiliziya ari iby\u2019Inkotanyi arasubiramo ibyo bamutumye. Aravuga mara. Icyo arusha abandi ni ukuyoborwa n\u2019inda isumba ubwenge. Bigatuma ibyo avuga bibura ubushishozi.<\/p>\n<ul>\n<li><strong>Gatabazi areba kugarukira hepfo ya karuvati ye gusa<\/strong><\/li>\n<\/ul>\n<p>Ibyago igihugu cyacu cyagize ni abantu bareba hafi. Abantu batabanza gutekereza ku ngaruka z\u2019ibyo bakora. Ni benshi bameze nka Gatabazi bishimira imbehe bahabwa n\u2019Inkotanyi uyu munsi , bakavuga kandi bagakora ibyo biboneye batabona ingaruka bizagira ku banyarwanda. Gatabazi ntabona ko Inkotanyi zishaka amafaranga muri Kiliziya Gatolika. Ayo mafaranga azatangwa n\u2019abakristu (abenshi ni abahutu), kugera no ku bisekuruza nka bitanu. Kiliziya izubaka amazu y\u2019abacitse ku icumu bataravuka, yishyure n\u2019amashuri y\u2019abana bataravuka, uko ibihe bihora bisimburana. Amaturo y\u2019abakristu, udushinga abapadiri n\u2019abandi bihayimana bakora hirya no hino mu gihugu tuzajya tubanza twishyure Ibuka mbere yo gushyigikira ibikorwa by\u2019iyogezabutumwa. Umupadiri uzakererwa kwishyura bazamurega ingengabitekerezo ya jenoside.<\/p>\n<p>Abakristu, abapadiri n\u2019abandi bihayimana b\u2019abacikacumu (Barimo ba Myr Rukamba) ntacyo bazahomba; bazaba abagenerwabikorwa b\u2019izo ndishyi. Nta cyaha kirimo bazakomeza gusingiza Imana uko bisanzwe. Bene Gatabazi n\u2019abazabakomokaho igihe cyose bazaba bakiri abakristu gatolika bazishyura izo ndishyi.<\/p>\n<p>Gatabazi mu kureba kugarukira munsi ya karuvati ye, yibwira ko hari ibifaranga bizava i Roma bikaza kwishyura indishyi zizagenerwa Ibuka, igihe Kiliziya izatangira gutanga indishyi. Yibwira ko abazungu batekereza nkawe. Mu gihe Kagame, Dr Bizimana Jean Damasc\u00e8ne na Myr Rukamba bari gukora umushinga uzatunga bene wabo, Gatabazi arasukangura ibyo bamutumye atazi ingaruka zabyo. Icyo atazi ni uko arimo agereka urusyo ku bana be n\u2019abazabakomokaho, mu gihe we azaba yaratabarukanye umugayo no kurangwa n\u2019ibitekerezo bigufi, kuko ni intore si imfura, abana be n\u2019abazabakomokaho bazaba bibaza niba yari afite ubwonko mu mutwe cyangwa amajyane.<\/p>\n<p><strong>Musangwa Emmanuel<\/strong><br \/>\n<em>musangwae@yahoo.fr<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u201c Njye ndi umukristu gatolika, ariko numvishije mu minsi ishize harasabwe imbabazi, mu bintu bijyanye n\u2019uruhare rwa Kiliziya cyangwa rw\u2019abantu bo muri Kiliziya gatolika bagiye bagira uruhare muri jenoside, ariko ntabwo humvikanyemo uruhare rwa institution, hakwiye kubaho kudufasha kugira ngo n\u2019uyoboka, ayoboke Imana ariko na Institution arimo ibe yagaragaje responsability yagize, uruhare iba yaragize muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":18596,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-18595","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gatabazi arikoreza urusyo abana be - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gatabazi arikoreza urusyo abana be - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u201c Njye ndi umukristu gatolika, ariko numvishije mu minsi ishize harasabwe imbabazi, mu bintu bijyanye n\u2019uruhare rwa Kiliziya cyangwa rw\u2019abantu bo muri Kiliziya gatolika bagiye bagira uruhare muri jenoside, ariko ntabwo humvikanyemo uruhare rwa institution, hakwiye kubaho kudufasha kugira ngo n\u2019uyoboka, ayoboke Imana ariko na Institution arimo ibe yagaragaje responsability yagize, uruhare iba yaragize muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-12-18T20:05:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-12-19T06:57:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/12\/Gatabazi.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"360\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Gatabazi arikoreza urusyo abana be\",\"datePublished\":\"2016-12-18T20:05:36+00:00\",\"dateModified\":\"2016-12-19T06:57:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/\"},\"wordCount\":562,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/12\\\/Gatabazi.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/\",\"name\":\"Gatabazi arikoreza urusyo abana be - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/12\\\/Gatabazi.jpg\",\"datePublished\":\"2016-12-18T20:05:36+00:00\",\"dateModified\":\"2016-12-19T06:57:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/12\\\/Gatabazi.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/12\\\/Gatabazi.jpg\",\"width\":640,\"height\":360},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gatabazi arikoreza urusyo abana be\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gatabazi arikoreza urusyo abana be - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gatabazi arikoreza urusyo abana be - Umunyarwanda","og_description":"\u201c Njye ndi umukristu gatolika, ariko numvishije mu minsi ishize harasabwe imbabazi, mu bintu bijyanye n\u2019uruhare rwa Kiliziya cyangwa rw\u2019abantu bo muri Kiliziya gatolika bagiye bagira uruhare muri jenoside, ariko ntabwo humvikanyemo uruhare rwa institution, hakwiye kubaho kudufasha kugira ngo n\u2019uyoboka, ayoboke Imana ariko na Institution arimo ibe yagaragaje responsability yagize, uruhare iba yaragize muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2016-12-18T20:05:36+00:00","article_modified_time":"2016-12-19T06:57:51+00:00","og_image":[{"width":640,"height":360,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/12\/Gatabazi.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Gatabazi arikoreza urusyo abana be","datePublished":"2016-12-18T20:05:36+00:00","dateModified":"2016-12-19T06:57:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/"},"wordCount":562,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/12\/Gatabazi.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/","name":"Gatabazi arikoreza urusyo abana be - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/12\/Gatabazi.jpg","datePublished":"2016-12-18T20:05:36+00:00","dateModified":"2016-12-19T06:57:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/12\/Gatabazi.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/12\/Gatabazi.jpg","width":640,"height":360},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gatabazi-arikoreza-urusyo-abana-be\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gatabazi arikoreza urusyo abana be"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18595","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=18595"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18595\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":18603,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/18595\/revisions\/18603"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18596"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=18595"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=18595"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=18595"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}