{"id":19116,"date":"2017-02-01T16:57:45","date_gmt":"2017-02-01T14:57:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=19116"},"modified":"2017-02-01T17:06:53","modified_gmt":"2017-02-01T15:06:53","slug":"ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/","title":{"rendered":"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb."},"content":{"rendered":"<p><strong>ISHEMA PARTY : ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU<\/strong><br \/>\n<!--more--><\/p>\n<ol start=\"1\">\n<li>Ku itariki ya 23\/11\/2016, Guverinoma y \u2018u Rwanda iyobowe na Paul Kagame yashyize igitsure ku makompanyi atwara abantu, iyategeka kudatwara Padiri Thomas NAHIMANA n\u2019ikipe ye bari bajyanye kwandikisha ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda mu rwego rwo kwitegura amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe mu kwezi kwa munani 2017. Tuributsa ko Padiri NAHIMANA Thomas ari we mukandida ishyaka Ishema ryahisemo kuzarihagararira mu matora ya Perezida wa Repubulika ndetse agashyigikirwa n\u2019abagize impuzamashyaka ya Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"2\">\n<li>Ku itariki ya 11\/12\/2016, itangazamakuru ryo mu Rwanda ryatangaje ko Perezida Paul KAGAME yamaganye igitekerezo cyo guheza abanyarwanda ishyanga, natwe dutekereza ko ahari yaba yamaze gusubiza ubwenge ku gihe, agasobanukirwa ko uburenganzira bw\u2019abenegihugu budakinishwa. Ni muri urwo rwego twongeye kujya kuri Ambasade zibishinzwe ngo ziduhe ibyangombwa by\u2019inzira bihabwa Abanyarwanda twari twarasabye. Twasanze ibyo Kagame yavuze byari ibinyoma ahubwo akaba yarakekaga ko iterabwoba rye rizatugamburuza ku mugambi wo kujya gukorera politiki mu Rwanda.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"3\">\n<li>Ku itariki ya 23\/01\/2017, Leta y\u2019u Rwanda rubinyujije ku muyobozi ushinzwe abinjira n\u2019abasohoka, yongeye gutegeka indege zose zigwa mu Rwanda kudatwara Padiri Thomas NAHIMANA n\u2019abo bari kumwe. Tumaze kwerekwa no gutangaza ibikubiye mu ibaruwa iteye isoni uwo muyobozi yandikiye Amakompanyi y\u2019izo ndege, nibwo u Rwanda rwasohoye itangazo ryuzuyemo gucurikiranya utugambo, ariko mu by\u2019ukuri ryekana neza ko Paul KAGAME arenze umurongo utukura mu kugarura wa muco wo ku ngoma ya cyami wo \u00ab gucira \u00bb abenegihugu bamwe ishyanga. Reka twibutse ko icyemezo nk\u2019iki na Perezida wa Repubulika adafite ububasha bwo kugifata kuko kivuguruza Itegekonshinga n\u2019andi mategeko agenga igihugu cy\u2019u Rwanda.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"4\">\n<li>Mu rwego rwo guhangana n\u2019aka gasuzuguro k\u2019umunyagitugu Paul KAGAME ndetse no gufasha Abanyarwanda , ari abahejejwe ishyanga ari n\u2019abakomeje gusuzugurirwa mu gihugu, guharanira uburenganzira bwabo ku buryo bufite ingufu kurushaho, twatanze igitekerezo cyo gushyiraho <strong>Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro <\/strong>kandi ihuje abanyarwanda b\u2019ingeri zose.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"5\">\n<li>Komisiyo ishinzwe gutegura no kunoza ishyirwaho ry\u2019iyo guverinoma ikomeje kugirana ibiganiro n\u2019abanyarwanda batandukanye baba abasanzwe mu mashyaka ya opozisiyo, sosiyete sivile n\u2019abantu ku giti cyabo. Turashima abakomeje kutugezaho ibitekerezo n\u2019ibyifuzo by\u2019uko babona iyo guverinoma ikwiye kuzaba imeze n\u2019icyo yakorera abanyarwanda bari mu buhungiro n\u2019abari mu gihugu.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"6\">\n<li>Kugeza ubu ibisubizo bitangwa birimo ibice bine : Icyambere kigizwe n\u2019abavuga ko bifitiye UBWOBA bwinshi, ngo baratinya ko baramutse bagize uruhare muri iyo Guverinoma, Paul KAGAME yabamarira ku icumu ! Icyakabiri kigizwe n\u2019abashyigikiye kandi biteguye kujya muri iyo Guverinoma. Icyagatatu kigizwe n\u2019abantu basanzwe bavuga ko batavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda ariko bakemeza ko ibya Guverinoma ikorera mu buhungiro batabyitayeho ko ahubwo bafite indi imishinga yihutirwa ibashishikaje ! Icyakane kigizwe n\u2019abavuga ko iyo Guverinoma bazayijyamo ari uko imaze kujyaho bakareba uko izakora\u2026. Muri demokarasi duharanira, twubaha ibitekerezo bya buri wese.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"7\">\n<li>Inama ya Komite Nyobozi y\u2019ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda yateranye kuwa 29\/01\/2017 yashimye uko ibiganiro birimo kugenda, ishima abiteguye kugira uruhare muri iyi Guverinoma kuko izaba ari intambwe ikomeye itewe nyuma y\u2019imyaka irenga 23 hakorwa politiki isa n\u2019aho yibanda ku kuvuga ibibazo bitsikamiye Abanyarwanda ariko hakabura ibisubizo na gahunda zifatika ziganisha kuri ibyo bisubizo. Inama kandi iragaya abavuga ko bifiteye izindi nyungu bashyize imbere zitari izo gufasha abanyarwanda guhanga ibitekerezo bishya byabafasha kubona umuti w\u2018ikibazo cy\u2019ingoma y\u2019igitugu imaze gutagangaza Abenegihugu.<\/li>\n<\/ol>\n<ol start=\"8\">\n<li>Turasaba Abanyarwanda bose batishimiye ubutegetsi bubi bw\u2019umunyagitugu Jenerali Paul Kagame gukanguka, bakabyutsa umutwe, bagahaguruka bagashyigikira ku buryo bugaragara iyi <strong>\u00ab Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro \u00bb<\/strong> igiye kujyaho.<\/li>\n<\/ol>\n<p>Harakabaho Abanyarwanda bunze ubumwe. Harakabaho u Rwanda ruha abana barwo bose amahirwe angana<\/p>\n<p><strong>Chaste Gahunde,<\/strong><\/p>\n<p><strong>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda\u00a0<\/strong><strong>Ushinzwe Itangazamakuru.<\/strong><\/p>\n<p>T\u00e9l : 0033 643 60 13 11<\/p>\n<p>Email : <span id=\"cloakc76d5448c4351bbdc4d371a90858f5d1\"><a href=\"mailto:chaste.gahunde@gmail.com\">chaste.gahunde@gmail.com<\/a><\/span><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ISHEMA PARTY : ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":14447,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-19116","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ISHEMA PARTY : ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-01T14:57:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-02-01T15:06:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"300\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"135\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/\",\"name\":\"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png\",\"datePublished\":\"2017-02-01T14:57:45+00:00\",\"dateModified\":\"2017-02-01T15:06:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png\",\"width\":300,\"height\":135},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb. - Umunyarwanda","og_description":"ISHEMA PARTY : ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-02-01T14:57:45+00:00","article_modified_time":"2017-02-01T15:06:53+00:00","og_image":[{"width":300,"height":135,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/","name":"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png","datePublished":"2017-02-01T14:57:45+00:00","dateModified":"2017-02-01T15:06:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/07\/ishema.png","width":300,"height":135},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibiganiro-birakomeje-mbere-yo-gushyiraho-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IBIGANIRO BIRAKOMEJE MBERE YO GUSHYIRAHO \u00ab GUVERINOMA Y\u2019U RWANDA IKORERA MU BUHUNGIRO \u00bb."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19116","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19116"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19116\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19118,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19116\/revisions\/19118"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/14447"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19116"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19116"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19116"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}