{"id":19218,"date":"2017-02-15T18:10:01","date_gmt":"2017-02-15T16:10:01","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=19218"},"modified":"2017-02-15T20:03:37","modified_gmt":"2017-02-15T18:03:37","slug":"albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/","title":{"rendered":"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara  kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano"},"content":{"rendered":"<p>Maze kumva ikiganiro Aimable Karirima na Rukerantare Albert \u00a0kiswe &#8220;Nahisemo&#8221;.<\/p>\n<p>Nasanze nacyita ni inde ubeshya ni inde ubeshywa\u00a0?<\/p>\n<p>Ngire icyo mbivugaho.<\/p>\n<p>Karirima Aimable ati \u00a0Bwana Rukerantare tuganire\u00a0, mwaravuze muti ndi ku ibere\u00a0;<!--more--><\/p>\n<p>Ese kuba ku ibere bivuze iki\u00a0? Byaba ari bya bindi bajyaga bavuga kuri leta yo kwa Habyalimana\u00a0 ko umuntu yahawe imbehe\u00a0? Leta ya Habyalimana aho wakoraga akazi k\u2019ubutasi. Mutubwire nkamwe mwahoze muri opposition mutubwire ukuntu muri\u00a0 ku ibere kuko abanyarwanda bibaza kuri iki kibazo.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_71709\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/o7c80JC8Zo4?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n<p>Rukerantare ati icyo kibazo nanjye nakibajijeho\u00a0 maze kubona uko abenshi babifashe. Rukerantare yumva abenshi batumva ikinyarwanda cyangwa se bagambiriye gupfobya no gusesereza abandi.<\/p>\n<p>Rukerantare yunzemo ati nyuma y\u2019imyaka makumyabiri nongeye kubona mama\u00a0 wandemberaga kuri telefoni , nongeye kumubona arangaburira ndijuta, nongeye kubona igihugu, nibuka ubuto bwanjye.<\/p>\n<p>Reka mbe mpiniye aha mbabwire uko numvise amagambo y\u2019uyu mugabo.<\/p>\n<p>Ati Mama yarandemberaga\u00a0; uyu mugabo wari ugikeneye kuremberwa na nyina angana atya azaniye iki u Rwanda n\u2019abanyarwanda\u00a0? \u00a0Ese yibutse ko ijambo mama ku banyarwanda benshi ari ijambo \u00a0umuntu avuga azimiza \u00a0kuko bamwe bakuze\u00a0 batabagira ubu ntashinyagurira imfubyi zuzuye u Rwanda n\u2019izuzuye hanze zitazi konka zitanonse kubera ubutabere batewe n\u2019impamvu yatumye Rukerantare ahunga\u00a0? Sinamuziza ko afite nyina ariko harimo ubutesi n\u2019agashinyaguro. Arakuze kuburyo yagombye kuba yarahisemo imvugo itibutsa imfubyi ubutabere hari amagambo atavugwa mu Kinyarwanda hari amagambo atagikoreshwa ngo batavuga ibigoramye. Mbibutse ukuntu ijambo ubuyanja ryateye ubwoba\u00a0!<\/p>\n<p>Ati Mama yarangaburiye\u00a0: byatumye nibaza\u00a0 abatagira ba nyina bakiri hanze murumva \u00a0\u00a0ikizabajyana mu\u00a0 Rwanda ni iki\u00a0? Ese ko muzi ikinyarwanda hari umugabo ujya mu bandi akavuga ko yonka\u00a0? Uwonka aba ataraba umugabo , mu kinyarwanda nta mugabo urata ko yijuse ibiryo bifatwa nk\u2019ubusambo.<\/p>\n<p>Umwana niwe wijuta yakuka ku mbehe y\u2019ibitonore agashimira ababyeyi yerekana inda. None se utazi ikinyarwanda ni inde\u00a0? Mu kinyarwanda ngo umugabo yonka igihe arimo \u00a0ahabwa inzaratsi, \u00a0murabona ko Albert ashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara\u00a0 kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano. Birumvikana, yavuze ko arimo konka yonka inzaratsi aho ageze avugishwa nta yindi gihamya itari iyi video.<\/p>\n<p>Rukerantare arakomeza gushyinyagura avuga ko nyina yamuhaye ibitonore n\u2019ibihaza . Iyo umwitegereje \u00a0ukabona itoto afite wibaza niba koko yarondowe n\u2019ayo mafunguro mu gihe \u00a0abamwakiriye biragaragara ko ari imidari idashyira uturaso ku mubiri. Amafoto ari ku rukuta rwe rwa Facebook asobanura cyangwa agaragaza ibyo mvuze.<\/p>\n<p>Ese koko ayo mafunguro yaba ari rwa ruhisho tumenyereye rwakirizwaga umushyitsi\u00a0? Umunyarwanda yarangwaga no kwereka umushyitsi w\u2019imena ibyishimo yigomwa akamwakiriza inzoga nziza ndetse akanabaga itungo rye kabone n\u2019iyo ariryo yabaga ari ryo ryonyine afite.<\/p>\n<p>Muri make\u00a0 bamufuguriye bagoswe n\u2019isari biziritse agashumi mu nda\u00a0 si ubukire yabonye arimo arashinyagura.<\/p>\n<p>Rukerantare \u00a0akomeza agira ati nibutse ubuto bwanjye.<\/p>\n<p>Mwibarize\u00a0;\u00a0 yaba yarabonye bagenzi be bangahe mubo batobanye akondo iwabo mu majyaruguru\u00a0? Barahari se\u00a0? Atwereke amafoto turebe niba banganya za nyakubahwa\u00a0 adushyirire kuri facebook nk\u2019uko yabigenje atwereka\u00a0 imva za benenyina bishwe n\u2019inkotanyi.<\/p>\n<p>Bagiye he\u00a0?\u00a0 Nabo se bishwe n\u2019interahamwe\u00a0? Natwereke\u00a0 inzibutso tuzisure.\u00a0 Natwereke ibyo bikwerere n\u2019ayo majigija\u00a0 bajyanaga kwiga no kuvoma bakiri bato\u00a0 biratuma tumenya ko mu Ruhengeri rw\u2019umurera ari amahoro nta bwicanyi bwakorewe abahutu .<\/p>\n<p>Ati ibiribwa bireze\u00a0: ese yaba yari yarahunze inzara we \u00a0?\u00a0 Ibi ndabona ari muri propagande yo kuvuga ko nta nzara iri mu Rwanda ivugwa n\u2019abarutuye muri ibi bihe abayobozi birirwa berekana amagorofa n\u2019imodoka nziza ngo ni iterambere.<\/p>\n<p>Rukerantare aravuga ko Imana ariyo\u00a0 agira impano akungamo ko impano yayihawe n\u2019igihugu muri 2016, none se u Rwanda rusigaye ari Imana itanga\u00a0 impano n\u2019amahirwe mubinsobanurire ababyumva njye bicanze\u00a0.<\/p>\n<p>Ndibaza\u00a0; imigisha itangwa n\u2019u Rwanda\u00a0\u00a0 cyangwa se Imana yitwa u Rwanda migisha\u00a0 kuki\u00a0 ruhitamo abarwanya ubutegetsi akaba aribo ruha impano mu gihe abatarwanya ubutegetsi batotezwa kugeza n\u2019ubwo baruhunga , bafungwa. Duhora dusoma inkuru zinyuranye mu bitangazamakuru binyuranye zivuga akababaro k\u2019abatotezwa n\u2019abayobozi bahagarariye ubuyobozi bukuru kandi bimwe byumvikana ko gutoteza abaturage biri muri gahunda za Leta ni wa mwera uturutse ibukuru.<\/p>\n<p>Muri iyi minsi mwiyumviye uko abaturage b\u2019i Nyagatare banze kumva Kaboneka nk\u2019uko babisabwaga bashaka ko Nyakubahwa Paul Kagame ariwe wenyine ubumva ndetse bikagera n\u2019ubwo we ubwe abasaba gutuza bakanga guceceka , ubwe yabasubizaga mu mvugo ya giseseka arimo abikiza.<\/p>\n<p>Mbaye mpiniye aha mutekereze ku kiganiro cyose mubwire abafite amatsiko uko mubyumva.<\/p>\n<p><strong>Uwariraye Yudita<\/strong><\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Maze kumva ikiganiro Aimable Karirima na Rukerantare Albert \u00a0kiswe &#8220;Nahisemo&#8221;. Nasanze nacyita ni inde ubeshya ni inde ubeshywa\u00a0? Ngire icyo mbivugaho. Karirima Aimable ati \u00a0Bwana Rukerantare tuganire\u00a0, mwaravuze muti ndi ku ibere\u00a0;<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":19220,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"video","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-19218","post","type-post","status-publish","format-video","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura","post_format-post-format-video"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Maze kumva ikiganiro Aimable Karirima na Rukerantare Albert \u00a0kiswe &#8220;Nahisemo&#8221;. Nasanze nacyita ni inde ubeshya ni inde ubeshywa\u00a0? Ngire icyo mbivugaho. Karirima Aimable ati \u00a0Bwana Rukerantare tuganire\u00a0, mwaravuze muti ndi ku ibere\u00a0;\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-02-15T16:10:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-02-15T18:03:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/\",\"name\":\"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg\",\"datePublished\":\"2017-02-15T16:10:01+00:00\",\"dateModified\":\"2017-02-15T18:03:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano - Umunyarwanda","og_description":"Maze kumva ikiganiro Aimable Karirima na Rukerantare Albert \u00a0kiswe &#8220;Nahisemo&#8221;. Nasanze nacyita ni inde ubeshya ni inde ubeshywa\u00a0? Ngire icyo mbivugaho. Karirima Aimable ati \u00a0Bwana Rukerantare tuganire\u00a0, mwaravuze muti ndi ku ibere\u00a0;","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-02-15T16:10:01+00:00","article_modified_time":"2017-02-15T18:03:37+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/","name":"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg","datePublished":"2017-02-15T16:10:01+00:00","dateModified":"2017-02-15T18:03:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/02\/sddefault-7.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/albert-rukerantare-arashaka-kuturindagiza-avuga-nyina-umubyara-kandi-hari-undi-yise-umubyeyi-igihe-yari-mu-mushyikirano\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Albert Rukerantare arashaka kuturindagiza avuga Nyina umubyara kandi hari undi yise umubyeyi igihe yari mu mushyikirano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19218","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19218"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19218\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19226,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19218\/revisions\/19226"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19220"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19218"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19218"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19218"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}