{"id":1922,"date":"2012-10-08T23:37:52","date_gmt":"2012-10-08T21:37:52","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1922"},"modified":"2012-10-08T23:37:52","modified_gmt":"2012-10-08T21:37:52","slug":"intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/","title":{"rendered":"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE"},"content":{"rendered":"<p>GUSUBIZA INYANDIKO YASOHOTSE MU KINYAMAKURU RUSHYASHYA IFITE UMUTWE UGIRA UTI: \u201c GENERAL Laurent NKUNDA, ABAVANDIMWE BE N\u2019INSHUTI ZE BAGIRIWE INAMA \u201c<!--more--><\/p>\n<p>Bwana NGIRABAKUNZI Amani, mwene Kabasha Elie na Kanziga Agathe ukomoka i Rutshuru;<\/p>\n<p>Nyuma yo gusoma mu kinyamakuru RUSHYASHYA Vol.149 cyo kuwa 27 Nzeli 2012; inyandiko yawe ifite umutwe ugira uti \u2018\u2019 General Laurent Nkunda, abavandimwe be n\u2019inshuti ze bagiriwe inama\u2019\u2019 mpisemo gusubiza iyi nyandiko yawe no kukwereka uburyo inama watanze muri iriya nyandiko zitera urujijo kandi zongera ibibazo aho gutanga umuti urambye ku Banyekongo n\u2019abandi bayisomye.<\/p>\n<p>Nitwa KANUMA Christophe nabaye Congo mpamara imyaka 18, Itegeko Nshinga rya Congo rikaba rinyemerera kuba Umunyekongo uvuga ikinyarwanda nkawe.<\/p>\n<p>Ndemeranya nawe ibyo wanditse mu iriburiro (introduction) ry\u2019inyandiko yawe aho ugira uti:\u201d\u2026Hari uwo inzira ishobora guhira, undi ntimuhire. \u2026 ikamubera ndende, akaramira kuri iyi si, undi ikamubera ngufi, isi ikamumira ndetse abandi ikababera imvange, ibibi n\u2019ibyiza bikajya binyuranamo, bakazarinda bahenuka\u2026Urongera uti: Uwo ukunda umwifuriza ibyiza ariko ibyo akenshi bishirira mu byifuzo gusa kuko utabimugabira ngo bikunde, kuko hatanga Imana\u2026.Uwo wanga umwifuriza ibibi. Nyamara kandi hari igihe ibibi umwifuriza, akenshi bimuviramo imigisha\u201d.<\/p>\n<p>Kandi ndumva ibintu kimwe nawe aho ugira uti:\u201dNkundi wese wavuye Congo, nterwa agahinda n\u2019ibibera iwacu. Nayobewe amaherezo, ngo amahoro agaruke dusubire iwacu\u201d.<\/p>\n<p>Ariko kandi ntewe agahinda n\u2019inyandiko yawe ishyira imbere intambara nk\u2019umuti urambye w\u2019ibibazo byacu. Ese niba uri impunzi koko nk\u2019uko wabyanditse kuki ushishikariza abantu guhora bashyigikira intambara zidashira, cyane iyo uvuga uti:\u201d\u2026Akenshi twakunze kugirira icyizere intambara zagiye zisimburana, zigamije guharanira uburenganzira bwacu (byahe byo kajya!)\u2026.mu nyandiko yawe ukongeraho uti: \u201c\u2026urwo rugamba (rwa M23) turarushyigikiye\u2026\u201d.<\/p>\n<p>Ku bwanjye nsanga nta somo ziriya ntambara zose zagiye zisimburana nkuko wazitondekanije zagiye ziguha n\u2019ubwo bwose usanga nta gisubizo zagiye zitanga. Nahamya kuri 99,9% ko mbere y\u2019izo ntambara (Iya AFDL, iya RCD, iya CNDP, iya M23) twebwe \u2018Abanyekongo\u2019 bavuga ikinyarwanda nta kibazo kinini twari dufite mu gihugu cyacu. Ntaho twari duhejwe uretse mu butegetsi nabwo mu myanya yo hejuru. Nta kindi izo ntambara zazanye rero uretse urwikekwe hagati y\u2019Abanyekongo, ubuhunzi n\u2019impfu z\u2019abavandimwe bacu bamaze kubarirwa mu ma miriyoni ubu. Nsanga kuba wumva ko izo ntambara zigamije guharanira uburenganzira bwacu ari agashinyaguro gakomeye no kuba ntibindeba. Ziriya ntambara nta kindi mbona zigamije uretse ubucuruzi no kurwanira imyanya yo hejuru kubatangije izo ntambara. (Ndabigarukaho).<\/p>\n<p>None se muvandimwe Amani ko utangira ugira uti: \u201cAriko ntagisubizo na n\u2019uyu munsi kiraboneka kizanywe n\u2019izo ntambara\u201d warangiza mu nyandiko yawe ukongera uti: \u201cUrwo rugamba rwa M23 turarushyigikiye&#8230;\u201d Urabona utivuguruza cyane! Intambara irasenya ntiyubaka, isesa amaraso y\u2019inzirakarengane ntabwo itanga umuti uhamye w\u2019ibibazo. Ni akahe karusho wumva M23 izanye ku buryo impunzi n\u2019Abanyekongo bose bavuga ikinyarwanda wumva bagomba kuyisabira ku Mana no kuyizera nk\u2019umucunguzi? Ese ubundi kuki wibereye mu nkambi bagenzi bawe, abasore n\u2019inkumi, barimo gupfira ku rugamba niba koko urushyigikiye? Ubu koko ku bwawe amaraso yakomeje kumeneka muri kariya gace urumva adahagije? Urasanga impunzi zakwiriye hirya no hino zidahagije? Reka gushinyagurira Abanyekongo bene ako kageni!<\/p>\n<p>Mbere yo kugira ibyo mvuga ku byo wasomye mu kinyamakuru ISHEMA, reka mbanze nkugire inama yo kudafata ibintu byose usomye mu binyamakuru n\u2019ibyo wumvise ku maradiyo ko ari ihame n\u2019ukuri kw\u2019impamo kuko bene iyo myumvire niyo yatumye abantu bafata ibyo bumvise kuri RTLM nk\u2019ukuri kw\u2019impamo, yavuga ngo \u2018tumanuke\u2019 n\u2019imihoro \u2018bakamanuka\u2019, yavuga ngo tujye kuri za bariyeri bose bagahururira kuri za bariyeri ngo RTLM yavuze, yavuga ngo Inkotanyi zifite imirizo bose bati nabyiyumviye kuri radio ko zifite imirizo. Ntabwo ibyo wasomye byose mur\u2019icyo kinyamakuru wagombye kubifata nk\u2019ivanjiri ntagatifu no kubishingiraho ushinja General Laurent Nkunda, abo mumuryango we n\u2019inshuti ze inzika. Wagize uti:\u201diyo usomye iyi nkuru,\u2026\u2026,usangamo na none inzika ya General Laurent Nkunda, abo mu muryango we n\u2019inshuti ze, ishingira buri gihe ku mvugo ivuga ko General Ntaganda yakoreye coup d\u2019Etat General Nkunda mu ntangiriro y\u2019umwaka w\u20192009\u201d. Ku bwanjye wakagombye gusaba umuryango n\u2019inshuti za General Laurent Nkunda imbabazi zo kubatwerera inzika kuko wabatekerereje ukabambika icyasha cy\u2019inzika. Ese muvandimwe Amani, kuki ibyabaye icyo gihe wita coup d\u2019Etat bitaguteye agahinda na gato, usanga uzataha ute abo wita ko barwanira kugucyura baryana bene kariya kageni?<\/p>\n<p>Ku bwawe ubona uburyo Prof. Munyampenda, Dr. Kamanzi na General Ntaganda bitwaye icyo gihe ntacyo bitwaye, icy\u2019ingenzi gusa ni uko urugamba rukomeza! Nyamara mu kinyarwanda barasakuza bati: \u201csakwe sakwe, havuyemo umwe ntitwarya!\u201d Iriya kipe igishyize hamwe yari imaze gutera intambwe inatanga icyizere ku Banyekongo bavuga ikinyarwanda n\u2019ubwo kuba yarasenyutse bisa nk\u2019aho kubwawe ntacyo byangije kuko hakuweho umuyobozi umwe hakajyaho undi.<\/p>\n<p>Hari aho rero mu kubogama kwinshi wagaragaje neza neza aho uhagaze ubwo wandikaga uti:\u201dIbyo (General Laurent Nkunda) yaba atarakoze neza, bikaba ari nabyo yenda byaba byaratumye afungwa, nabyo abyumve neza nk\u2019umuntu ujijutse wize, ko umuntu adafungwa n\u2019undi, ahubwo afungwa n\u2019ikosa. Ubutabera bwakurikirana bugasanga nta shingiro ririmo, uwafunzwe arafungurwa. Uwo ikosa rihamye, arariryozwa, agahabwa ibihano, bigenwa n\u2019amategeko\u201d. Mbega kubogama, agashinyaguro, kudashira mu gaciro no kwibagirwa vuba! Ubu wibagiwe uburyo yahagurutse akajya i Mukoto gutabara bene wacu koko, koko! Ko mu gusoza ugira uti:\u201d\u2026Icyo Imana yakwifuriza (General Bosco Ntaganda), Imana izakurinde kujya I La Haye.\u201d Mbega kwivuguruza ye! Kuki wumva Nkunda yakagombye gushyira mu gaciro akitaba ubutabera ariko ukumva Ntaganda we atagombye kwitaba ubutabera bw\u2019i La Haye bwifuza kumubaza ibyo yakoze Ituri? Kuki wumva Nkunda ariwe wenyine ugomba kuryozwa ibyo yakoze byagera kuri Ntaganda ukumva we atagomba kuryozwa ibyo yakoze?<\/p>\n<p>Biragaragara ko utakurikirana cyane none reka nkumenyeshe ko General Laurent Nkunda n\u2019umuryango we (madame we Elizabeth Maheshe Nkunda n\u2019abo ahagarariye) bahagarariwe na Me Stephane Bourgon na mugenzi we Bokanga Aim\u00e9 ntacyo batakoze kugira ngo ahabwe ubutabera, nta rukiko batiyambaje muri iki gihugu kugira ngo aburanishywe nibasanga hari ibyaha bimuhama abiryozwe nibasanga ari umwere arekurwe n\u2019ubwo bwose munyandiko yawe nabonye usa n\u2019ugaragaza ko afunzwe neza. Mbega agashinyaguro! Iyo uza kuba ushimira General Nkunda kubyo yakoze, uba ubabajwe mu nyandiko yawe n\u2019uko afunze igihe kingana gutya atarahamwe n\u2019icyaha nta rukiko na rumwe rwamukatiye. Ahubwo nagusaba ko wagira General Bosco Ntaganda inama, nawe, yo kwitaba ubutabera bwa La Haye akisobanura basanga ari umwere akarekurwa basanga ibyaha bimuhama akabiryozwa, nk\u2019uko uyigira Nkunda.<\/p>\n<p>Ndakumenyesha ko imitekerereze yo kubogama bitewe naho tuvuka cyangwa bitewe no kuba turi Abagogwe cyangwa Abanyejomba ntacyo izatugezaho uretse kubaho turyana gusa gusa.<\/p>\n<p>Haribyo mbona ari urwango rukomeye ufitiye General Laurent Nkunda cyane cyane aho ugira uti:\u201dGeneral Laurent Nkunda na we rero niyihangane, kuriya guhora abonekerwa buri gihe, ngo izo nzozi zimwereka General Ntaganda yageze mu Buholandi, izo ni mbi cyane\u2026.wongeyeho uti\u2026General Laurent Nkunda yababajwe n\u2019uko General Bosco Ntaganda yamusimbuye\u2026.\u201d kandi uti\u201d\u2026nitwumva Col. Makenga n\u2019abamwungirije bajyanywe mu rukiko mpuzamahanga, tuzishime, tubyine nk\u2019uko General Nkunda n\u2019umuryango we babisabira General Ntaganda?\u201d. Ni igitangaza rwose! Ibi wanditse ntacyo nabivugaho uretse kukubaza niba warahawe ubuhamya na Nkunda ubwe akakubwira ko ahora abonekerwa; ko yababajwe cyane n\u2019uko yasimbuwe kandi ko ashimishwa no kumva ko Ntaganda agiye kujyanwa i La Haye? Cyangwa ni ibyo watoraguye hirya no hino nk\u2019uko wabivuze mu nyandiko yawe hanyuma ubitwerera General Laurent Nkunda? Uzashake ikiganiro Imvo n\u2019imvano General Laurent Nkunda yatanze bwa nyuma kuri BBC Gahuzamiryango ibyumweru runaka mbere y\u2019uko afungwa uzasanga nta kibazo cyo gusimburwa yigeze agira; ikibazo yari afite n\u2019uko CNDP yacikamo ibice cyangwa igasenyuka, ni nacyo yaharaniye mu minsi ya nyuma y\u2019ubuyobozi bwe. Iyo uvuga ko ababazwa n\u2019isenyuka cyangwa icikamo ibice rya CNDP twari kukwemera turi benshi. Propaganda ziteranya zikanasenya abavandimwe ntabwo nzigera nzishyigikira nubwo nazitumwa nande!<\/p>\n<p>Ese muvandimwe Ngirabakunzi Amani, niba ziriya ntambara uzigirira icyizere bene ako kageni wambwira amakosa Laurent Nkunda azizwa? Wambwira amaherezo ya Gafishi Ngango Philippe n\u2019igituma atakiyobora ubu akaba ntaho agaragara muri gouvernement yashyizweho na M23? Wambwira impamvu Dr. Kamanzi Desir\u00e9 atakiri ku buyobozi yaharaniye, akaba ntaho agaragara muri gouvernement yashyizweho na M23? Wambwira impamvu Mwangacucu Eduard yahisemo kwitandukanya na M23? Wambwira impamvu General Bosco Ntaganda yasimbuwe na Col. Makenga ko watubwiye mu nyandiko yawe ko ukurikirana? Wambwira impamvu Prof. Munyampenda ntaho agaragara muri gouvernement iherutse gushyirwaho na M23? Uku gutakara kwa bamwe mu bayobozi no kutavuga rumwe kwabo baharanira kuducyura ko ntacyo wabivuzeho wowe ubona hari icyizere bitanga? Ese ko ba Col. Makenga, Col. Kazarama n\u2019abagenzi babo numva baharanira guhabwa amapeti bakirengagiza ubuhunzi bateza, imivu y\u2019amaraso y\u2019abavandimwe babo, inzangano bateza hagati y\u2019amoko y\u2019Abanyekongo; ubona ko kuyahabwa hari icyo bizakumarira wowe Amani Ngirabakunzi? Iyi ntambara ya M23 jye mbona ntakindi igamije uretse bariya bakoloneli bifuza kuba abajenerali, abamajoro bifuza kuba abacoloneli, etc\u2026hamwe no gukomeza gushimangira ubucuruzi bwabo bw\u2019amabuye y\u2019agaciro.<\/p>\n<p>Hari aho nageze, mu nyandiko yawe, ndaseka ndatembagara, aho wagize uti:\u201dKuba General Bosco Ntaganda yaranze gukorana na Kabila ngo agambanire ubwoko, akanga gufatanya na Kayumba gutera u Rwanda, yari akwiriye igihembo\u201d. Upfana iki na Semuhanuka? Nusoma interview General James Kabarebe yagiranye na Colette Breakman w\u2019ikinyamakuru Le Soir uzasanga General Bosco Ntaganda yarakoranaga neza cyane na President Joseph Kabila, James Kabarebe azakubwira muri icyo kiganiro ko hari n\u2019indege yafatiwe i Goma yuzuye zahabu Ntaganda na Kabila bari bafatanije. Nyuma yo gusinya ayo masezerano yo kuya 23\/03\/2009 uzasanga Bosco Ntaganda yaririrwaga akina Tennis n\u2019aba ofisiye ba Monusco; bakajyana mu tubyiniro n\u2019utubari, ba Senateri Mwangacucu Edouard, Komiseri General Charles Bisengimana birirwa bambaye neza mu mujyi mukuru wa Kinshasa mu gihe abari mu nkambi hano mu Rwanda barabuze n\u2019inkwi zo gutekera abana igikoma abandi bahugira mu bucuruzi bwa zahabu no kuzuza amakonti yabo bibagirwa iyo mishyikirano no gusabira abaturage b\u2019impunzi gucyurwa. Wambwira ute ko aribo ufitiye icyizere ko bazacyura impunzi koko! Perezida Kabila niyongera kwemera imishyikirano bazisabira imyanya yindi myiza muri gouvernement ya Kongo bahabwe n\u2019andi mapete arenze ayo bafite ubu, hanyuma ubuzima bukomeze butyo. Ikibabaje ni uko nibamara guhabwa ibyo bazasaba byose hari abandi batazanyurwa bagashinga M24 n\u2019indi mitwe bityo bityo.<\/p>\n<p>Komeza ushyigikire izo ntambara gusa umenye ko abaziteza n\u2019abazishyigikira umunsi uzagera ubwo bazabazwa impfu z\u2019abantu, abafatwa ku ngufu n\u2019ihohoterwa ry\u2019ikiremwamuntu bikorwa muri kariya gace kandi nibatabibazwa ubu Imana isumba byose izabibabaza.<\/p>\n<p>Nshoje nkumenyesha ko izo ntambara za M23 zitaratangira jye n\u2019undi Munyekongo uwo ariwe wese uvuga ikinyarwanda twagendaga i Goma, Bukavu na Uvira tutikandagira, abavandimwe b\u2019Abanyekongo baratwakiraga tugasangira bakaducumbikira nk\u2019Abakongomani bene wabo ariko ubu ntidushobora kubigerageza, kuko ibyo barimo gukorera abavuga ikinyarwanda bose, aho M23 itangiriye, urabyumva kandi urabizi.<br \/>\nNinde wunguka?<\/p>\n<p><em><strong>Intambara irasenya ntiyubaka!<\/strong><\/em><\/p>\n<p>KANUMA Christophe<br \/>\nE-mail: kanumac@yahoo.com<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>GUSUBIZA INYANDIKO YASOHOTSE MU KINYAMAKURU RUSHYASHYA IFITE UMUTWE UGIRA UTI: \u201c GENERAL Laurent NKUNDA, ABAVANDIMWE BE N\u2019INSHUTI ZE BAGIRIWE INAMA \u201c<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1923,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-1922","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"GUSUBIZA INYANDIKO YASOHOTSE MU KINYAMAKURU RUSHYASHYA IFITE UMUTWE UGIRA UTI: \u201c GENERAL Laurent NKUNDA, ABAVANDIMWE BE N\u2019INSHUTI ZE BAGIRIWE INAMA \u201c\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-10-08T21:37:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"9 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE\",\"datePublished\":\"2012-10-08T21:37:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/\"},\"wordCount\":1730,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Akarere\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/\",\"name\":\"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-10-08T21:37:52+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"320\",\"height\":\"229\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE - Umunyarwanda","og_description":"GUSUBIZA INYANDIKO YASOHOTSE MU KINYAMAKURU RUSHYASHYA IFITE UMUTWE UGIRA UTI: \u201c GENERAL Laurent NKUNDA, ABAVANDIMWE BE N\u2019INSHUTI ZE BAGIRIWE INAMA \u201c","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-10-08T21:37:52+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"9 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE","datePublished":"2012-10-08T21:37:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/"},"wordCount":1730,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Akarere"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/","name":"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-10-08T21:37:52+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"320","height":"229"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/intambara-ya-m23-iravugisha-benshi-amagambure\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1922","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1922"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1922\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1922"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1922"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1922"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}