{"id":1971,"date":"2012-10-14T11:31:22","date_gmt":"2012-10-14T09:31:22","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=1971"},"modified":"2012-10-14T11:31:22","modified_gmt":"2012-10-14T09:31:22","slug":"nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/","title":{"rendered":"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa"},"content":{"rendered":"<p>Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa, yabayemo iri ahitwa ku Bigega mu karere ka Nyanza irimo kuvugururwa kugira ngo ijyane n\u2019uburyo bw\u2019imyubakire igezweho ijyanye n\u2019igishushanyo mbonera cy\u2019umujyi wa Nyanza iherereyemo.<!--more--><\/p>\n<p>Kuvugurura iyo nzu n\u2019ubu yitirirwa Kigeli V Ndahindurwa kandi yaraguzwe muri cyamunara n\u2019abikorera ku giti cyabo bizatwara amafaranga miliyoni 20; nk\u2019uko Nzabamwita Emmanuel ushinzwe imivugururire y\u2019iyo nzu abitangaza.<\/p>\n<p>uyu\u00a0mwubatsi ushinzwe kuyivugurura ahamya ko binyuze muri cyamunara yakozwe nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 iyo nzu yegukanwe n\u2019umunyemari Rubangura Vedaste hanyuma abo mu muryango we bafata icyemezo cyo kuyivugurura bayisanisha n\u2019imyubakire igezweho.<\/p>\n<p>Nzabamwita akomeza avuga ko iyo nzu itazigera ihindurirwa igishushanyo cyayo ngo bayisenye ahubwo icyo izakorerwa ari ukuyivugurura hifashishijwe ibikoresho by\u2019ubwubatsi bigezweho kandi hatabayeho kongera ubunini bwayo.<\/p>\n<p>Agira ati: \u201cIyi nzu n\u2019ubwo yubatswe mu gihe cy\u2019abami iracyakomeye nicyo gituma abayiguze nabo muri cyamunara bayivugurura birinda kugira icyo bayikuraho usibye kuyongerera ubwiza\u201d.<\/p>\n<p>Iyo nzu ifite ibyumba umunani bigizwe n\u2019ibyo kuryamamo, isuku, gutekeramo, ububiko bw\u2019ibintu n\u2019cyo kwakiriramo abashyitsi.<\/p>\n<p>Hasigaye ibyumweru bibiri kugira ngo imirimo yo kuvugurura iyo nzu irangire maze yongere guturwamo nk\u2019uko Nzabamwita Emmanuel ushinzwe imivugururire yayo abyemeza.<\/p>\n<figure style=\"width: 490px\" class=\"wp-caption alignright\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"http:\/\/www.kigalitoday.com\/IMG\/jpg\/inzu_y_umwami_nyanza2_copy_copy.jpg\" alt=\"Uko iyo nzu iteye uyirebeye imbere yayo.\" width=\"490\" height=\"368\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Uko iyo nzu iteye uyirebeye imbere yayo.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ababyirutse babona iyo nzu mu buto bwabo bavuga ko nyuma y\u2019uko umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda Kigeli V Ndahindurwa ayivuyemo yagize amateka adasanzwe bahora bazirikana uko ibihe bigenda bisimburana.<\/p>\n<p>Urimubenshi Shira uturiye iyo nzu yubatse mu karere ka Nyanza wavutse mu mwaka w\u20191955 kuva mu buto bwe ndetse naho akuriye avuga ko iyo nzu ayizi neza ndetse n\u2019amwe mu mateka yayo akaba yarayahagazeho.<\/p>\n<p>Ikintu kidasanzwe avuga kuri iyo nzu yabonesheje amaso ye ndetse n\u2019abandi bahurizaho nawe ko babonye ni inzoka nini idasanzwe bose baburiraga izina bayita kubera imiterere bayisanganye.<\/p>\n<p>Agira ati: \u201cNyuma y\u2019uko umwami agiye habaye inzoka nini iteye ubwoba abantu bose bayikubita amaso bakavuga ko ari iy\u2019umwami Kigeri V Ndahindurwa yasize\u201d.<\/p>\n<p>Abaturage baturiye iyo nzu iri mu karere ka Nyanza bavuga ko iyo nzoka yahabaye igihe kitari gito Kigeli V amaze kuyivamo.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko uyu mukecuru Urimubenshi Shira akomeza abivuga icyaje kuhavana iyo nzoka muri iyo nzu nicyo we n\u2019abagenzi be batarabasha gusobanukirwa kuko nta muntu bizwi neza ko yigeze ayica cyangwa ngo ayihavane.<\/p>\n<p>Jean Pierre Twizeyeyezu<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.kigalitoday.com\/spip.php?article5993\">Kigali Today<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa, yabayemo iri ahitwa ku Bigega mu karere ka Nyanza irimo kuvugururwa kugira ngo ijyane n\u2019uburyo bw\u2019imyubakire igezweho ijyanye n\u2019igishushanyo mbonera cy\u2019umujyi wa Nyanza iherereyemo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1972,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[61],"tags":[],"class_list":["post-1971","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amateka"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa, yabayemo iri ahitwa ku Bigega mu karere ka Nyanza irimo kuvugururwa kugira ngo ijyane n\u2019uburyo bw\u2019imyubakire igezweho ijyanye n\u2019igishushanyo mbonera cy\u2019umujyi wa Nyanza iherereyemo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-10-14T09:31:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/\",\"name\":\"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-10-14T09:31:22+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"264\",\"height\":\"384\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa - Umunyarwanda","og_description":"Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa, yabayemo iri ahitwa ku Bigega mu karere ka Nyanza irimo kuvugururwa kugira ngo ijyane n\u2019uburyo bw\u2019imyubakire igezweho ijyanye n\u2019igishushanyo mbonera cy\u2019umujyi wa Nyanza iherereyemo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-10-14T09:31:22+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/","name":"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-10-14T09:31:22+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"264","height":"384"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nyanza-inzu-umwami-wa-nyuma-wu-rwanda-yabayemo-iri-kuvugururwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyanza: Inzu umwami wa nyuma w\u2019u Rwanda yabayemo iri kuvugururwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1971","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1971"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1971\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1971"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1971"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1971"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}