{"id":19769,"date":"2017-04-06T08:48:01","date_gmt":"2017-04-06T06:48:01","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=19769"},"modified":"2017-04-06T09:01:36","modified_gmt":"2017-04-06T07:01:36","slug":"guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/","title":{"rendered":"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye"},"content":{"rendered":"<p><strong><u>Inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yemeje gahunda n\u2019ibikorwa byihutirwa<\/u><\/strong><\/p>\n<p>Ku cyumweru tariki ya 2 Mata (4) 2017 \u00a0hateranye inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro \u00a0iyobowe na Perezida Padiri Thomas NAHIMANA yiga kandi ifata ingamba ku ngingo zikurikira\u00a0:<\/p>\n<ol>\n<li>Kumva raporo y\u2019ibyavuye mu ruzinduko intumwa za Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro zagiriye mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika guhera tariki ya 15 kugeza ku ya 30 ukwezi kwa gatatu (3) 2017.<\/li>\n<li>Kwemeza no kunoza ingengabihe y\u2019ibikorwa bikurikira itariki ya 23 Werurwe (3) 2017<\/li>\n<li>Kuganira kuri gahunda ngarukamwaka y\u2019icyunamo<\/li>\n<\/ol>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p><strong>1)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Abagize inama bagejejweho uko uruzinduko rwo mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z\u2019Amerika rwagenze:<\/strong><\/p>\n<p>a)uko bakiriwe neza,<\/p>\n<p>b) uko basobanuye ibibazo bikomeye bibangamiye Abanyarwanda muri iki gihe , baba abari mu gihugu muri rusange ndetse n\u2019impunzi ku buryo bw\u2019umwihariko, ibyo bibazo bikaba bishingiye ahanini\u00a0 ku\u00a0butegetsi bubi bw\u2019umunyagitugu Paul Kagam\u00e9 wiyemeje kuzapfira ku ntebe y\u2019umukuru w\u2019igihugu\u00a0,<\/p>\n<p>c)inama zubaka bagiriwe<\/p>\n<p>d) Abagize inama bashimiye itsinda rya Guverinoma rigizwe na Perezida Padiri Thomas NAHIMANA, Minisitiri w\u2019Uburezi Madame Chantal MUKAMANA MUTEGA na Minisitiri w\u2019ubukungu n\u2019ubucuruzi Madame Marine UWIMANA ryakoze ubutumwa bwiza. Inama ya Guverinoma kandi yashimiye Abanyarwanda n\u2019inshuti z\u2019u Rwanda zagize uruhare mu gutunganya urwo rugendo.<\/p>\n<p>2)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Inama ya Guverinoma, nyuma yo kubona ko Agatsiko kayobowe na Paul Kagame kadakozwa ibyerekeye <strong><em>\u00ab\u00a0gukingura urubuga rwa politiki nta mananiza bitarenze taliki ya 23\/03\/2017\u00bb<\/em><\/strong> nk\u2019uko bikubiye mu ngingo ya XII, igika cya mbere n\u2019icya kabiri by\u2019itangazo rishyiraho Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro, yemeje\u00a0<strong><em>\u00a0\u00bb ingamba zikakaye\u00a0\u00bb<\/em><\/strong> zigamije kugamburuza Agatsiko gakomeje gucura bufuni na buhoro\u00a0 Abanyarwanda haba mu gihugu ndetse no mu mahanga.<\/p>\n<p>3)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0<strong>\u00a0 Inama ya Guverinoma yize kandi kuri gahunda ngarukamwaka y\u2019icyunamo\u00a0:<\/strong><\/p>\n<p>a) Inama ya Guverinoma isanga nta Munyarwanda ushyira mu gaciro wakwirengagiza amateka mabi igihugu cyacu cyagize, nanone ariko bikaba bikwiye ko hakorwa ibishoboka byose kugira ngo Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko badakomeza kugirwa imbohe z\u2019ayo amateka mabi, ko ahubwo bakwiye gushishikarizwa\u00a0gushyira ingufu mu kubaka ejo hazaza heza.\u00a0 Bityo bikaba bikwiye ko hashakwa umuti nyawo wakiza umuryango nyarwanda imizi yose iganisha ku mwiryane ariyo ivangura, ihezwa rya bamwe, kwizirika ku butegetsi, kwikubira ibyiza by\u2019igihugu, n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>b) Inama ya Guverinoma yagaye cyane Agatsiko kayobowe na Jenerali Paul KAGAME gakoresha \u00ab\u00a0icyunamo no kwibuka\u00a0\u00bb kagamije guhoza Abanyarwanda mu maganya no mu buja bwo guhora bakomera Umunyagitugu amashyi ngo iyo batamugira ntibaba bakiriho. Koko rero aho gushaka icyatuma ubumwe bw\u2019abanyarwanda busagamba, FPR Inkotanyi na Paul KAGAME bakomeje gukoresha gahunda z\u2019icyunamo no kwibuka mu guhembera umujinya n\u2019uburakari biganisha mu kwihorera no kwimakaza inzangano mu benegihugu.<\/p>\n<p>c) Inama ya Guverinoma yemeje ko hakwiye uburyo bushya bwo \u00ab\u00a0kwibuka abanyarwanda bose bishwe\u00a0\u00bb hagamijwe guha icyubahiro ubuzima bwa buri munyarwanda no kunga abenegihugu ngo bafatanye kwiyubakira u Rwanda rujya mbere aho guhora mu ndwano zidashira.<\/p>\n<p>d) Inama ya Guverinoma yiyemeje kugeza ku Banyarwanda \u00ab\u00a0umurongo mushya\u00a0\u00bb wo \u00ab\u00a0kwibuka\u00a0\u00bb mu buryo bunoze kandi bufitiye igihugu cyacu akamaro.<\/p>\n<p><strong><em>Bikorewe i Paris, kuwa 04\/04\/17<\/em><\/strong><\/p>\n<p><strong><em>Chaste GAHUNDE<\/em><\/strong><\/p>\n<p><strong><em>Minisitiri ushinzwe itangazamakuru<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yemeje gahunda n\u2019ibikorwa byihutirwa Ku cyumweru tariki ya 2 Mata (4) 2017 \u00a0hateranye inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro \u00a0iyobowe na Perezida Padiri Thomas NAHIMANA yiga kandi ifata ingamba ku ngingo zikurikira\u00a0: Kumva raporo y\u2019ibyavuye mu ruzinduko intumwa za Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":17960,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[46],"tags":[],"class_list":["post-19769","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amanama"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yemeje gahunda n\u2019ibikorwa byihutirwa Ku cyumweru tariki ya 2 Mata (4) 2017 \u00a0hateranye inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro \u00a0iyobowe na Perezida Padiri Thomas NAHIMANA yiga kandi ifata ingamba ku ngingo zikurikira\u00a0: Kumva raporo y\u2019ibyavuye mu ruzinduko intumwa za Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-06T06:48:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-04-06T07:01:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye\",\"datePublished\":\"2017-04-06T06:48:01+00:00\",\"dateModified\":\"2017-04-06T07:01:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/\"},\"wordCount\":502,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Gahunde.jpg\",\"articleSection\":[\"Amanama\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/\",\"name\":\"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Gahunde.jpg\",\"datePublished\":\"2017-04-06T06:48:01+00:00\",\"dateModified\":\"2017-04-06T07:01:36+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Gahunde.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/11\\\/Gahunde.jpg\",\"width\":200,\"height\":200,\"caption\":\"Chaste Gahunde Minisitiri w\u2019Itangazamakuru. Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye - Umunyarwanda","og_description":"Inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yemeje gahunda n\u2019ibikorwa byihutirwa Ku cyumweru tariki ya 2 Mata (4) 2017 \u00a0hateranye inama ya Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro \u00a0iyobowe na Perezida Padiri Thomas NAHIMANA yiga kandi ifata ingamba ku ngingo zikurikira\u00a0: Kumva raporo y\u2019ibyavuye mu ruzinduko intumwa za Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-04-06T06:48:01+00:00","article_modified_time":"2017-04-06T07:01:36+00:00","og_image":[{"width":200,"height":200,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye","datePublished":"2017-04-06T06:48:01+00:00","dateModified":"2017-04-06T07:01:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/"},"wordCount":502,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","articleSection":["Amanama"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/","name":"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","datePublished":"2017-04-06T06:48:01+00:00","dateModified":"2017-04-06T07:01:36+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Gahunde.jpg","width":200,"height":200,"caption":"Chaste Gahunde Minisitiri w\u2019Itangazamakuru. Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yafashe-ingamba-zikakaye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yafashe ingamba zikakaye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19769","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19769"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19769\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19770,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19769\/revisions\/19770"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/17960"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19769"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19769"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19769"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}