{"id":19947,"date":"2017-04-26T17:30:16","date_gmt":"2017-04-26T15:30:16","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=19947"},"modified":"2017-04-26T17:30:16","modified_gmt":"2017-04-26T15:30:16","slug":"gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/","title":{"rendered":"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO"},"content":{"rendered":"<p>Dushingiye\u00a0 ku bwitange n\u2019umurava Bwana NSABIMANA Ernest yakomeje kugaragaza mu Ikipe Ishema abarizwamo kuva yashingwa, twafashe icyemezo cyo kumuha inshingano yo kuba Komiseri Ushinzwe abataripfana bose b\u2019Ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda babarizwa mu gihugu cya Afurika y\u2019Epfo, ibyo bikaba bitangiye kubahirizwa guhera kuri uyu wagatatu taliki ya 26 Mata 2017.<\/p>\n<p>Bwana NSABIMANA Ernest yavutse taliki ya 4\/4\/1978, avukira ahahoze hitwa Selire CYERU, Segiteri KAYONZA, Komine ya KAYONZA, Perefegitura ya KIBUNGO. Arubatse afite umugore n\u2019abana batatu.<\/p>\n<p>Ernest NSABIMANA ni umutaripfana w\u2019intwari kandi ubabazwa cyane n\u2019akarengane gakabije Umunyagitugu Paul Kagam\u00e9 n\u2019agatsiko ke bakomeje guhezamo Abanyarwanda . Arifuza cyane ko ubutegetsi bwahinduka mu Rwanda, abaturage bakaruhuka gukomeza kwicishwa inzara, kuraswa buri munsi, gutwikirwa mu magereza , gusenyerwa amazu, kwamburwa amasambu yabo, n\u2019ibindi bibi ubutegetsi bwa Kagame budasiba gukorera abaturage.<\/p>\n<p>Tumwifurije ikaze mu buyobozi bw\u2019Ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda . Turasaba\u00a0 kandi Abataripfana bose babarizwa muri Afurika y\u2019Epfo ko bamwegera , bagafatanya kuvugurura Amakipe Ishema ahari no kwisuganya kugira ngo ISHYAKA ISHEMA rirusheho kugaragaza ibikorwa bifatika byo guharanira impinduka nziza kandi zihuse mu mitegekere y\u2019igihugu cyacu cy\u2019u Rwanda .<\/p>\n<p>Abamushaka mwamubona kuri iyi nomero ya telefoni : +27 74 735 2951<\/p>\n<p>Bikorerwa Le Havre, taliki ya 26\/4\/2017,<\/p>\n<p>Mu izina rya Komite Nyobozi y\u2019Ishyaka ISHEMA ry\u2019u Rwanda,<\/p>\n<p><strong>Chaste GAHUNDE,<\/strong><br \/>\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dushingiye\u00a0 ku bwitange n\u2019umurava Bwana NSABIMANA Ernest yakomeje kugaragaza mu Ikipe Ishema abarizwamo kuva yashingwa, twafashe icyemezo cyo kumuha inshingano yo kuba Komiseri Ushinzwe abataripfana bose b\u2019Ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda babarizwa mu gihugu cya Afurika y\u2019Epfo, ibyo bikaba bitangiye kubahirizwa guhera kuri uyu wagatatu taliki ya 26 Mata 2017. Bwana NSABIMANA Ernest yavutse taliki ya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":19948,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[47],"tags":[],"class_list":["post-19947","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abanyapolitiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Dushingiye\u00a0 ku bwitange n\u2019umurava Bwana NSABIMANA Ernest yakomeje kugaragaza mu Ikipe Ishema abarizwamo kuva yashingwa, twafashe icyemezo cyo kumuha inshingano yo kuba Komiseri Ushinzwe abataripfana bose b\u2019Ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda babarizwa mu gihugu cya Afurika y\u2019Epfo, ibyo bikaba bitangiye kubahirizwa guhera kuri uyu wagatatu taliki ya 26 Mata 2017. Bwana NSABIMANA Ernest yavutse taliki ya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-26T15:30:16+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"200\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/\",\"name\":\"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg\",\"datePublished\":\"2017-04-26T15:30:16+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg\",\"width\":200,\"height\":200},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO - Umunyarwanda","og_description":"Dushingiye\u00a0 ku bwitange n\u2019umurava Bwana NSABIMANA Ernest yakomeje kugaragaza mu Ikipe Ishema abarizwamo kuva yashingwa, twafashe icyemezo cyo kumuha inshingano yo kuba Komiseri Ushinzwe abataripfana bose b\u2019Ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda babarizwa mu gihugu cya Afurika y\u2019Epfo, ibyo bikaba bitangiye kubahirizwa guhera kuri uyu wagatatu taliki ya 26 Mata 2017. Bwana NSABIMANA Ernest yavutse taliki ya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-04-26T15:30:16+00:00","og_image":[{"width":200,"height":200,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/","name":"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg","datePublished":"2017-04-26T15:30:16+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/NSABIMANA_Ernest.jpg","width":200,"height":200},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutanga-inshingano-komiseri-mushya-ushinzwe-ishyaka-ishema-mu-gihugucya-afurika-yepfo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"GUTANGA INSHINGANO : KOMISERI MUSHYA USHINZWE ISHYAKA ISHEMA MU GIHUGUCYA AFURIKA Y\u2019EPFO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19947","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=19947"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19947\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":19949,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/19947\/revisions\/19949"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19948"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=19947"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=19947"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=19947"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}