{"id":20008,"date":"2017-04-29T12:17:29","date_gmt":"2017-04-29T10:17:29","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20008"},"modified":"2017-04-29T12:17:29","modified_gmt":"2017-04-29T10:17:29","slug":"umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/","title":{"rendered":"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali"},"content":{"rendered":"<p>Aloys Simpunga, Umuhuzabikorwa w&#8217;Urugaga rw&#8217;amashyirahamwe n&#8217;abantu ku giti cyabo bibumbiye muri &#8220;Soci\u00e9t\u00e9 civile&#8221; yamaganiye kure ubwicanyi bwakorewe abana babiri b&#8217;inzererezi mu migi wa Kigali. Mu rukerera kuwa gatanu tariki ya 28 Mata 2017, abana batatu batwikiwe muri ruhurura, babiri barapfa, undi ajyanwa mu bitaro kandi na we amerewe nabi.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru &#8220;Igihe&#8221; cyo mu Rwanda cyatangaje ko Polisi yageze aho ibi byabereye ndetse uyu muhanda wahise ufungwa gusa ahagana saa moya n\u2019igice nibwo wongeye gufungurwa. Umwana umwe w\u2019inzererezi waganiriye na IGIHE yavuze ko hari abantu babirukankanye mu ijoro we arahunga yihisha inyuma y\u2019imodoka yari iparitse hafi n\u2019ahahoze hakorera BDF naho bagenzi be basigara aho muri ruhurura.<\/p>\n<p>Uyu mwana muto w\u2019umukobwa yabwiye IGIHE ko bagenzi be batwikishijwe lisansi.<\/p>\n<p>Naho ikinyamakuru &#8220;Bwiza&#8221; na cyo kiri mu Rwanda, kivuga ko cyabashije kugera ahebereye kiriya gikorwa cy&#8217;ubunyamaswa, cyaganiriye n&#8217;umwe mu bana b&#8217;inzererezi ayibwira agira ati:&#8221;hari nka saa sita z\u2019ijoro ubwo nabonaga abanyerondo nkabibwira bagenzi banjye bakanga kubyemera. Umwe muri abo banyerondo yaje adusanga aho twari turi hariya ku muhanda afata uw\u2019umukobwa ujya kuba mukuru twari kumwe aramutwara, twaketse ko yaba agiye kumugirira nabi hanyuma turabakurikira tujya kumurwanaho, ni bwo bahise batwirukankana bamwe bagahungira muri iriya ruhurura.\u201d<\/p>\n<p>Iki kinyamakuru &#8220;Bwiza&#8221; gikomeza kivuga ko Uyu mwana wavuze ko yitwa Byiringiro ufite imyaka 18, yavuze ko abana bahungiye muri iyo rigori bose hamwe bari 6 ari ko we akaba yari yirutse yagiye ariko akaba yari arimo kubacungira hafi, naho ab\u2019abakobwa bo bakaba bari babaretse bagiye kwihisha.<\/p>\n<p>Aba banyerondo bari bayobowe n\u2019umukuru wa bo ngo utari wambaye imyenda y\u2019akazi, ngo yafashe igiti akajya ajombera ba bana muri rigori aho bari bihishe yabona banze gusohokamo agatuma umwe muri bagenzi we aho bakorera ngo agende azane essence irimo abatwike.<\/p>\n<p>&#8220;Bwiza&#8221; yongeraho ko, uyu mwana yagize ati\u201dbazanye risansi bayimena ku bari bihishe muri ruhurura banyujije mu myenge barangije barasa ikibiriti imyambi 3 yose yanga, uwa kane niwo waste bahita bakongeza.\u201d<\/p>\n<p>Undi mugabo utashatse ko tumutangariza amazina, wavuze ko akorera akazi k\u2019izamu ahakorera SONARWA muri ako gace haruguru gato y\u2019ahabereye ubu bwicanyi yagize ati\u201d nari ndi ku kazi hariya haruguru, ubwo hari mu gicuku, numva abantu barasakuza nza kureba, mpageze nsanga ni inkeragutabara na ba bana baba hano ku muhanda. Sinatinze rero nahise njya kureba akazi kanjye.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mugabo yakomeje avuga ko ubwo yageraga ku kazi ke, hashize akanya akumva abana baratatse yagaruka agasanga umuriro uri kwaka muri rigori bari bahungiyemo inkeragutabara ariko ko n\u2019inzego z\u2019umutekano zindi zahise zihagera ba banyerondo bagahita biruka.<\/p>\n<p>Yongeyeho ati\u201dnubu uwabanyereka nabamenya nubwo hari nijoro gusa umukuru wabo nta myenda y\u2019akazi yari yambaye ariko bwamaze gucya ahita ajya kuyambara.\u201d Yanavuze ko ibi byasaga n\u2019agakino muri iryo joro kuko byatangiye mu ma saa sita z\u2019ijoro hanyuma aba bana bakicwa ahagana saa kumi n\u2019igice za mu gitondo ariko muri ayo masaha yose bakaba barimo bazenguruka inyumako ya CHIC bacenganwa ku buryo hari n\u2019ababanje gufungiranwa mu kazu gahuriramo amasinga y\u2019amashanyarazi nyuma bakaza kurekurwa.<\/p>\n<p>&#8220;Bwiza&#8221; isobanura ko Abatangabuhamya batandukanye bahageze bikiba bavuze ko abana 2 bose bari munsi y\u2019imyaka 18 y\u2019amavuko, bavuze ko hapfuye abana 2 undi akaba ari mu bitaro na we yakomeretse bikabije cyane kubera umuriro.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Aloys Simpunga, Umuhuzabikorwa w&#8217;Urugaga rw&#8217;amashyirahamwe n&#8217;abantu ku giti cyabo bibumbiye muri &#8220;Soci\u00e9t\u00e9 civile&#8221; yamaganiye kure ubwicanyi bwakorewe abana babiri b&#8217;inzererezi mu migi wa Kigali. Mu rukerera kuwa gatanu tariki ya 28 Mata 2017, abana batatu batwikiwe muri ruhurura, babiri barapfa, undi ajyanwa mu bitaro kandi na we amerewe nabi. Ikinyamakuru &#8220;Igihe&#8221; cyo mu Rwanda cyatangaje [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20010,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"video","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-20008","post","type-post","status-publish","format-video","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage","post_format-post-format-video"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Aloys Simpunga, Umuhuzabikorwa w&#8217;Urugaga rw&#8217;amashyirahamwe n&#8217;abantu ku giti cyabo bibumbiye muri &#8220;Soci\u00e9t\u00e9 civile&#8221; yamaganiye kure ubwicanyi bwakorewe abana babiri b&#8217;inzererezi mu migi wa Kigali. Mu rukerera kuwa gatanu tariki ya 28 Mata 2017, abana batatu batwikiwe muri ruhurura, babiri barapfa, undi ajyanwa mu bitaro kandi na we amerewe nabi. Ikinyamakuru &#8220;Igihe&#8221; cyo mu Rwanda cyatangaje [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-29T10:17:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1280\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/\",\"name\":\"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg\",\"datePublished\":\"2017-04-29T10:17:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg\",\"width\":1280,\"height\":720},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali - Umunyarwanda","og_description":"Aloys Simpunga, Umuhuzabikorwa w&#8217;Urugaga rw&#8217;amashyirahamwe n&#8217;abantu ku giti cyabo bibumbiye muri &#8220;Soci\u00e9t\u00e9 civile&#8221; yamaganiye kure ubwicanyi bwakorewe abana babiri b&#8217;inzererezi mu migi wa Kigali. Mu rukerera kuwa gatanu tariki ya 28 Mata 2017, abana batatu batwikiwe muri ruhurura, babiri barapfa, undi ajyanwa mu bitaro kandi na we amerewe nabi. Ikinyamakuru &#8220;Igihe&#8221; cyo mu Rwanda cyatangaje [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-04-29T10:17:29+00:00","og_image":[{"width":1280,"height":720,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/","name":"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg","datePublished":"2017-04-29T10:17:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/maxresdefault-6.jpg","width":1280,"height":720},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuhuzabikorwa-wa-ccscr-yamaganiye-kure-iyicwa-ryabana-binzererezi-ryabereye-i-kigali\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuhuzabikorwa wa CCSCR yamaganiye kure iyicwa ry\u2019abana b\u2019inzererezi ryabereye i Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20008","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20008"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20008\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20009,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20008\/revisions\/20009"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20010"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20008"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20008"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20008"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}