{"id":20066,"date":"2017-05-03T21:36:17","date_gmt":"2017-05-03T19:36:17","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20066"},"modified":"2017-05-03T21:36:17","modified_gmt":"2017-05-03T19:36:17","slug":"diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/","title":{"rendered":"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#8217;amatora kutabogama"},"content":{"rendered":"<p>Umwali Diane Shima Rwigara umaze gutangaza ku mugaragaro ko azahatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe mu ntangiriro z\u2019ukwezi kwa munani uyu mwaka azabikora nk\u2019umukandida wigenga. Ni imfura y\u2019uwahoze ari umunyemari ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara. Uyu yapfuye mu 2015 ku mpamvu zitavuzweho rumwe.<\/p>\n<p>Diane Shima w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko ntaho azwi mu bikorwa bya politiki. Afite impamyabumyi y\u2019icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu byimari n\u2019icungamutungo.Mu kiganiro yahaye abanyamakuru yavuze ko mu myaka 58 ishize nta butegetsi bwigeze busubiza ibibazo by\u2019ibanze bireba abaturage.<\/p>\n<p>Aravuga ko ubu abanyarwanda bugarijwe n\u2019ubukene bicwa n\u2019inzara hirya no hino mu gihugu bagahunga, aravuga ko ibibazo by\u2019akarengane na byo biri mu bihangayikishije abanyarwanda, abaturage bicwa mu buryo budasobanutse ndetse n\u2019ababurirwa irengero. Uyu mwali avuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kutagira ubwisanzure mu baturage. Akavuga ko hakenewe politiki idaheza. Iha uburenganzira buri munyarwanda mu kugaragaza ibitekerezo bye byubaka.<\/p>\n<p>Umwali Diane Rwigara aramutse yujuje ibisabwa akemererwa kwiyamamariza gutegeka u Rwanda nta kabuza ko yahanga na Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame umaze imyaka 17 kuri uwo mwanya. Ubunararibonye buke muri politiki ntibumuteye impungenge.<\/p>\n<p>Shima Rwigara atangaje ko aziyamamariza gutegeka u Rwanda mu gihe mu mpera za 2015 abanyarwanda batoye kamarampaka ku mpuzandengo ya 98% basaba ko itegekonshinga rya Repubulika rivugururwa mu ngingo yaryo ya 101 bakomorera Prezida Kagame ngo azabashe kongera kwiyamamariza gutegeka.<\/p>\n<p>Uyu ushaka kuba umukandida wigenga yibukije amwe mu magambo Umukuru w\u2019u Rwanda yavuze ko igihe yabura umusimbura byaba bigaragaza ko yategetse nabi.<\/p>\n<p>Kuba rero magingo aya ibya Perezida Kagame byarabaye ikinyuranyo, na byo Diane Shimana yagize icyo abivugaho. Yagize ati \u201c <em>Iyo igihe cyo gutanga ubuyobozi kigeze bitwaza ko ari abaturage babasabye gukomeza kubayobora. Ugasanga abaturage rubanda rugufi ari bo bigizeho ingaruka nyuma. Kugira ngo rero uwo muco mubi ucike , nuko komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora ikwiye kutabogama, igaha amahirwe angana buri munyarwanda ushaka kwiyamamaza, abanyarwanda bakihitiramo ikibabaereye. Ati ibyo leta ya FPR itashoboye gukora mu myaka 23 ishize ntizagishobora mu myaka izaza\u201d<\/em><\/p>\n<p>Umunyemari Asssinapol Rwigara akimara gupfa umuryango we wakunze kumvikana mu bitangazamakuru wikoma ubutegetsi ko buri inyuma y\u2019urupfu rwe. Abanyamakuru bashatse kumenya niba uyu mukobwa we utamenyerewe mu bikorwa bya politiki kuba yayinjiyemo bifitanye isano n\u2019urupfu rwa se.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c <em>Ibyabaye ku muryango wanjye nasanze Atari twe twenyine , nasanze ibibazo twaciyemo ari ibibazo abanyarwanda benshi bacamo,niho rero niyemeje gushaka inzira nabona uko nkemura ibibazo byugarije abanyarwanda kuko si umuryango umwe ni imiryango myinshi\u201d<\/em><\/p>\n<p>Umwali Diane Shima Rwigarara abaye umunyarwandakazi umwe rukumbi ugaragaje ubushake bwo gutegeka u Rwanda. Yiyongeye ku rutonde rw\u2019abandi banyarwanda bamaze kugaragaza ubushake bwo kwiyamamariza gutegeka u Rwanda mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa Munani nk\u2019umukandida wigenga. Ni nyuma Bwana Philippe Mpayimana wabaga mu Bufaransa na we uvuga ko aziyamamaza nk\u2019umukandida wigenga.<\/p>\n<p>Hari kandi bwana Frank Habineza ku iturufu y\u2019ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi buriho mu Rwanda; ndetse na Padiri Thomas Nahimana uba mu Bufaransa. Uyu na we ku iturufu y\u2019ishyaka Ishema ry\u2019u Rwanda amaze gukumirirwa ubugira kabiri adakandagira ku butaka bw\u2019u Rwanda ngo abashe kuhakorera ibikorwa bya politiki.<\/p>\n<p>Kugeza ubu abasesengurira ibintu hafi bemeza ko hataraboneka umuntu ukomeye muri Politiki uzashobora guhangana bya nyabyo na Prezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame umaze imyaka 17 ku butegetsi ku iturufu y\u2019ishyaka FPR Inkotanyi.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwali Diane Shima Rwigara umaze gutangaza ku mugaragaro ko azahatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe mu ntangiriro z\u2019ukwezi kwa munani uyu mwaka azabikora nk\u2019umukandida wigenga. Ni imfura y\u2019uwahoze ari umunyemari ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara. Uyu yapfuye mu 2015 ku mpamvu zitavuzweho rumwe. Diane Shima w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko ntaho azwi mu bikorwa bya politiki. Afite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20068,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"video","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-20066","post","type-post","status-publish","format-video","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda","post_format-post-format-video"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#039;amatora kutabogama - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#039;amatora kutabogama - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwali Diane Shima Rwigara umaze gutangaza ku mugaragaro ko azahatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe mu ntangiriro z\u2019ukwezi kwa munani uyu mwaka azabikora nk\u2019umukandida wigenga. Ni imfura y\u2019uwahoze ari umunyemari ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara. Uyu yapfuye mu 2015 ku mpamvu zitavuzweho rumwe. Diane Shima w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko ntaho azwi mu bikorwa bya politiki. Afite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-03T19:36:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-4.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#8217;amatora kutabogama\",\"datePublished\":\"2017-05-03T19:36:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/\"},\"wordCount\":551,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-4.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/\",\"name\":\"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y'amatora kutabogama - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-4.jpg\",\"datePublished\":\"2017-05-03T19:36:17+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-4.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-4.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#8217;amatora kutabogama\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y'amatora kutabogama - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y'amatora kutabogama - Umunyarwanda","og_description":"Umwali Diane Shima Rwigara umaze gutangaza ku mugaragaro ko azahatana mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu ateganyijwe mu ntangiriro z\u2019ukwezi kwa munani uyu mwaka azabikora nk\u2019umukandida wigenga. Ni imfura y\u2019uwahoze ari umunyemari ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara. Uyu yapfuye mu 2015 ku mpamvu zitavuzweho rumwe. Diane Shima w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko ntaho azwi mu bikorwa bya politiki. Afite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-05-03T19:36:17+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-4.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#8217;amatora kutabogama","datePublished":"2017-05-03T19:36:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/"},"wordCount":551,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-4.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/","name":"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y'amatora kutabogama - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-4.jpg","datePublished":"2017-05-03T19:36:17+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-4.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-4.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-shima-rwigara-arasaba-komisiyo-yamatora-kutabogama\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Diane Shima Rwigara arasaba Komisiyo y&#8217;amatora kutabogama"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20066","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20066"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20066\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20067,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20066\/revisions\/20067"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20068"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20066"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20066"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20066"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}