{"id":20371,"date":"2017-05-30T19:35:04","date_gmt":"2017-05-30T17:35:04","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20371"},"modified":"2017-05-30T19:35:04","modified_gmt":"2017-05-30T17:35:04","slug":"rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/","title":{"rendered":"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu."},"content":{"rendered":"<p>Iyo uvuze \u00ab\u00a0indege\u00a0\u00bb agatsiko k\u2019i Kigali gashya ubwoba. Bigaragara cyane iyo ubajije umwe mu bagize Leta ya Kagame cyangwa mu intumwa z\u2019arubanda nako za Kagame zibarizwa mu cyakagombye kuba Inteko Nshingamategeko ubu yabaye \u00ab\u00a0nshingarugomo\u00a0\u00bb aho buri wese agerageza guhunga icyo kibazo kubera ubugome n\u2019ubusambo burimo. Wa kibaza umutware wabo Paul Kagame mu gusubiza muri cya kinyabupfura cye gicye ati : \u00ab\u00a0Muzi train (gare ya moshi) ? Train irakomeza ikajyenda imbwa zigasigara zimoka !\u00a0\u00bb<\/p>\n<p>Ibyerekeye indege byabaye ikintu kibanga ndetse usangamo n\u2019iterabwoba. Icya mbere bumva ko umuntu aba ashaka kubaza iby\u2019indege ya \u00ab\u00a0Myst\u00e8re-Falcon 50\u00a0\u00bb (9XR-NN) yahanuwe n\u2019ibisasu 2 byo murwego rwa za \u00ab\u00a0<em>missiles<\/em>\u00a0\u00bb 9M313 byarashwe n\u2019intwaro 2 zo mu bwoko bwa 9K310 Igla-1 (SA-16 Gimlet) kuwa 06\/04\/1994 hakurikijwe itegeko ryatanzwe na Paul Kagame.<\/p>\n<p>Icya kabiri bumva ko umuntu aba ashaka kuvuga ibijyanye n\u2019indege za Kagame akodesha birengeje na Leta y\u2019u Rwanda kuva muri Afrika y\u2019Epfo ubwo yari afite indege 2 za \u00ab\u00a0Bombardier BD-700-1A10 Global Express\u00a0\u00bb bakunze kwita \u00ab\u00a0Bombardier Global Express\u00a0\u00bb muri sosiyete ya RPF yitwa \u00ab\u00a0Repli Investments Nr 29 (Pty) Ltd\u00a0\u00bb afatanyije na bamufasha gusahura aribo ba Jean-Paul Nyirubutuma ubusanzwe wari 2e Conseiller (<em>2<sup>nd<\/sup> Counsellor<\/em>) muri ambassade y\u2019u Rwanda i Pretoria, Manasseh Nshuti na Hatari Saidi Sekoko bakayikodesha muli sosiyete y\u2019indege ikorera i Lanseria muli Johannesburg ariyo yitwa\u00a0\u00ab\u00a0ExecuJet\u00a0\u00bb. Ubu atunze 3 zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Gulfstream\u00a0\u00bb : Gulfstream G450 yaguzwe mu kwa 01\/2010 ifite nimero SX-GAB iba mu Bugereki, Gulfsrtream G550 yaguzwe mu kwa 03\/2012 mbere yabaga mu Bugereki (SX-GJJ) igahungirishwa muri Ireland ifite nimero yaho EI-LSY na Gulfstream G650 yaguzwe mu kwa 10\/2014 nayo yabaga mu Bugereki (SX-GSB) igahungirishwa muri Ireland ifite nimero yaho EI-LSN.<\/p>\n<p>Naho icyanyuma ni ikirebana n\u2019imikorere ndetse n\u2019umutungo w\u2019ikigo gitwara abantu n\u2019imizigo mu kirere ariyo \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb aho abadepite n\u2019abasenateri badatinyuka gutumiza abayobozi bayo nkuko bijyendekera abandi bayobozi b\u2019ibigo bya Leta ngo babasobanurire uko bacunga umutungo wayo mu gihe baba banasabye inguzanyo mw\u2019izina rya Leta y\u2019u Rwanda nkuko tuza kubibona hano hasi ariko inyungu bakuramo ntigaruke mw\u2019isanduku ya Leta. Ikindi kizwi n\u2019uko ikora ikora ihomba !<\/p>\n<p>Mugutangiza gahunda yo gutwara abantu mu mpande z\u2019isi bagerageje kujya bagabanya ho gato ibiciro bya za tike (<em>ticket<\/em>) ugereranyije nandi makompanyi y\u2019indege akorera mu rwanda. Urugero natanga ni nko kuva i Kigali ujya i London mu Bwongereza :<\/p>\n<ul>\n<li><strong>KLM<\/strong> <em>ticket<\/em> ya \u00ab\u00a0<em>Economic class<\/em>\u00bb ihanywe na RwF 687.828 (US$ 820.155) ;<\/li>\n<li><strong>SN Brussels<\/strong> <em>ticket<\/em> ya \u00ab\u00a0<em>Economic class<\/em>\u00bb ihanywe na RwF 672.139 (US$ 803.596) ;<\/li>\n<li><strong>Turkish Airlines<\/strong> <em>ticket<\/em> ya <em>Economic class<\/em> ihanywe na RwF 666.359 (US$ 796.685) ;<\/li>\n<li><strong>Ethiopian<\/strong> <em>ticket<\/em> ya \u00ab\u00a0<em>Economic class<\/em>\u00bb ihanywe na RwF 598.650 (US$ 715.734) ;<\/li>\n<li><strong>RwandAir<\/strong> <em>ticket<\/em> ya \u00ab\u00a0<em>Economic class<\/em>\u00bb ihanywe na <strong>RwF 534.243<\/strong> (US$ 637.830).<\/li>\n<\/ul>\n<p>Mu gihe abakozi (bose) bakora mu bigo bya Leta bajyiye mu butumwa mu mahanga bategetswe kujyendera mu ndege za \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb cyangwa ibigo (bya Leta) bakoreramo bikabagurira amatike (<em>tickets<\/em>) kugiciro cy\u2019ikubye kabire ugereranyije ibiciro bya \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Gutangira kuvuga indege za \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yabanza gato kuvuga amavu n\u2019amavuko yiyo kompanyi inshinzwe gutwara abantu n\u2019imizigo mu kirere.<\/p>\n<p>Ubundi \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb ni kompanyi yashinzwe muri 2002 izunguye kompanyi y\u2019igihugu yitwaga \u00ab\u00a0<strong>Air Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb nayo ubwayo yashinzwe mu kwa 07\/1975. Na \u00ab\u00a0Air Rwanda\u00a0\u00bb ubwayo yaje isimbura kompanyi ya mbere y\u2019igihugu yitwaga \u00ab\u00a0<strong>Soci\u00e9t\u00e9 de Transport A\u00e9rien du Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb (<strong>S.T.A.R.<\/strong>) nayo yashinzwe muri 1962.<\/p>\n<p><strong>Sosiyete y\u2019Igihugu y\u2019indege <\/strong>\u00ab\u00a0<strong>S.T.A.R.<\/strong>\u00a0\u00bb <strong>mbere ya 1973<\/strong><\/p>\n<p>Icyo nibuka n\u2019uko <strong>S.T.A.R.<\/strong> mbere y\u2019uko nyuma iba \u00ab\u00a0Air Rwanda\u00a0\u00bb mu ntangiriro ya za \u201970 yari itunze indege eshatu :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Britten-Norman BN-2A-3 Islander<\/strong>\u00a0\u00bb (<strong>9XR-KA<\/strong>). Yaguzwe mu mpera z\u2019ukwa 12\/1972 ibona nimero yayo kuwa 30\/01\/1973. Yakunze kwitirirwa <strong>K<\/strong>amoso <strong>A<\/strong>ugustin (minisitiri wari ushinzwe imiberoho myiza y\u2019abaturage, amaposita n\u2019itumanaho) kubera iriya \u00ab\u00a0KA\u00a0\u00bb yo kuri nimero. Mugutanga za nimero nyuma ya pr\u00e9fixe y\u2019u Rwanda \u00ab\u00a0<strong>9XR-<\/strong>\u00a0\u00bb ikurikirwa n\u2019inyuguti ebyiri za alphabet. Mu ntangiriro yi 1970 bahereye kunyuguti ya \u00ab\u00a0K\u00a0\u00bb ikaza gakurikirwa n\u2019indi nyuguti uhereye kuri A, B, C, D, \u2026 bitewe n\u2019uko indege zinjira mu gihungu.<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Britten-Norman BN-2A-3 Islander<\/strong>\u00a0\u00bb. Iyi nayo yaguzwe mu igihe kimwe (12\/1972) n\u2019iyi iriharuguru. Birumvikana ko yari gufata nimero yagombaga gukurikira ariyo 9XR-KB ariko siko byagenze ! Iya fashe nimero ya mbere yitiriwe minisitiri <strong>K<\/strong>amoso <strong>A<\/strong>ugustin (<strong>KA<\/strong>) nkuko twabibonye. Byabaye ngombwa ko basimbuka inyiguti nyinshi bakagera kuri \u00ab\u00a0G\u00a0\u00bb igafata nimero ya \u00ab\u00a0<strong>9XR-KG<\/strong>\u00a0\u00bb bityo nayo ikitirirwa Prezida <strong>K<\/strong>ayibanda <strong>G<\/strong>r\u00e9goire (<strong>KG<\/strong>) !<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Piper PA-31 Navajo<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-MD<\/strong>. Yaguzwe mu ntangiriro za 1973.<\/p>\n<p><strong>Sosiyete y\u2019Igihugu y\u2019indege <\/strong>\u00ab\u00a0<strong>Air Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb <strong>nyuma ya 1975<\/strong><\/p>\n<p>\u00ab\u00a0<strong>Air Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb, ikigo cya Leta, ubusanzwe yari itunze indege zayo enye :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 707-328C<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-JA<\/strong>, indege yari isanzwe ari iya \u00ab\u00a0Air France\u00a0\u00bb (F-BLCF) yaje kugurwa na \u00ab\u00a0<strong>Air Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb igera i Kigali kwa 20\/07\/1979. Leta ya FPR yaje kuyigurisha na kompanyi yo muri Za\u00efre yitwa \u00ab\u00a0Espace Aviation Service\u00a0\u00bb kuri 20\/04\/1996 nyuma yuko Air Rwanda imaze guseswa igafata irindi zina rya \u00ab\u00a0Rwanda Air\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Piper PA-23-250 Aztec<\/strong>\u00a0\u00bb. Iyi yaguzwe mu mpera za 1979. Ni iya gatatu muzagobye kubona nimero munyuguti ebyiri zanyuma ziherwa na \u00ab\u00a0K\u2026\u00a0\u00bb ariko nk\u2019uko twabibonye haruguru yabonye nimero ya kabiri ariyo <strong>9XR-KB<\/strong>.<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>de Havilland Canada DHC-6-300 Twin Otter<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-KC<\/strong>, kuva yakorwa mu kwa 04\/1980, iyi ndege yari igenewe koherezwa mu Bugereki muri \u00ab\u00a0Consolidated Contractors International (UK) Ltd.\u00a0\u00bb ariko ntibyashobotse. Nyuma yaje kugurwa na Air Rwanda igera i Kigali kwa 02\/09\/1981. Kw\u2019itariki ya 18\/02\/1987 yaje gukodeshwa igihe gito muri kompanyi y\u2019indege yitwa \u00ab\u00a0Skyways Airlines\u00a0\u00bb ibarizwa i Mombasa muri Kenya. Iza kugurishwa kw\u2019itariki ya 14\/09\/1992 muri kompanyi yitwa \u00ab\u00a0Sataircraft A\/S\u00a0\u00bb ibarizwa i Roskilde muri Danemark.<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>de Havilland Canada DHC-6-300 Twin Otter<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-KD<\/strong>, yaguzwe na Air Rwanda igera i Kigali kwa 03\/09\/1985. Ubwo Leta ya RPF yari ikataje mukujya gusahura umutungo wa RD Congo bitewe n\u2019intambara yatangijeyo (1996) kw\u2019itariki ya 17\/08\/1999 bayijyanyeyo bayigusha mu muhanda w\u2019imodoka hafi y\u2019i Lobutu maze ibiti bikikije uwo umuhanda byangiza bikomeye amababa yayo. Igisigazwa kigurishwa na kompanyi iba muri Amerika yitwa \u00ab\u00a0F&amp;M Aviation LLC\u00a0\u00bb ihita icyohereza murugana muri Canada bongera kuyisana mu 2007 nyuma nabo bayigurisha na \u00ab\u00a0Polynesian Airlines\u00a0\u00bb mu kwa 05\/2008.<\/p>\n<p>\u00ab\u00a0<strong>Air Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb <strong>nyuma ya 1994<\/strong><\/p>\n<p>Muri 1994 ubwo FPR yafataga igihugu abambari ba Kagame bihutiye kuyigarurira barayisahura biratinda. Byabaye ngombwa ko mu 1996 \u00ab\u00a0Air Rwanda\u00a0\u00bb bayisesa bakaza kuyita \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb. Kuva icyo gihe kugeza ubu nta wamenya niba \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb ari ikigo cya Leta cyangwa icya RPF cyangwa icy\u2019abantu ku giti cyabo. Abadepite n\u2019abasenateri bakagombye kubibaza kugira ngo umutungo w\u2019abanyarwanda utabura nabo ntabwo bashobora gusubiza icyo kibazo bahitamo kwicecekera !<\/p>\n<p>Kuyita \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb, icyo gihe mubari bafitemo imigabane ni sosiyete ya RPF yitwa \u00ab\u00a0Nyarutarama Developers\u00a0\u00bb yaje kuba nyuma \u00ab\u00a0NPD-Cotraco\u00a0\u00bb yarifite 77% naho indi sosiyete ya RPF ikaba nayo ari kompanyi y\u2019indege yitwa \u00ab\u00a0Silverback Cargo Freighters\u00a0\u00bb yarifite 23%. Nkuko bigaragara ku impapuro zahabwa agaciro n\u2019ubutabera, ku itariki ya 28\/08\/2002, noteri w\u2019u Rwanda yashizeho umukono ku rupapuro rwerekana ko \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb ari isosiyete yigenga (itari iya Leta). Ariko ntibiyibuza kujyendera ku izina rya Leta cyane cyane mu gusaba inguzanyo !<\/p>\n<p>Umwaka wakurikiyeho Leta yasinye amasezerano na kompanyi yitwa \u00ab\u00a0Alliance Airlines\u00a0\u00bb iba muri Uganda kugira ngo ishobore kuyobora \u00ab\u00a0RwandAir\u00a0\u00bb bityo igafata irindi zina rya \u00ab\u00a0<strong>Alliance Express Rwanda<\/strong>\u00a0\u00bb kuva muka 03\/1998.<\/p>\n<p>Iyo kompanyi \u00ab\u00a0Alliance Airlines\u00a0\u00bb ubusanzwe yashinzwe muri 1995 kubufatanye bwa za kompanyi z\u2019indege nka \u00ab\u00a0South African Airways\u00a0\u00bb (40%), \u00ab\u00a0Air Tanzania Corporation\u00a0\u00bb (10%), \u00ab\u00a0Uganda Airlines\u00a0\u00bb (10%) ndetse nka za Leta nk\u2019iya Tanzanie (5%) n\u2019iya ya Uganda (5%). Naho imigabane yo muri \u00ab\u00a0Alliance Express Rwanda\u00a0\u00bb 49% yari iya \u00ab\u00a0South African Airways\u00a0\u00bb naho 51% yari aya Leta y\u2019u Rwanda ndetse na sosiyete ya RPF yitwa \u00ab\u00a0Silverback Cargo Freighters\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Ntibyatinze, mu kwa 10\/2000, agatsiko kakomeje kumunga umutongo bituma \u00ab\u00a0Alliance Airlines\u00a0\u00bb irekera aho gufasha \u00ab\u00a0Alliance Express Rwanda\u00a0\u00bb ariko Leta y\u2019u Rwanda yaragobotse isaba \u00ab\u00a0South African Airways\u00a0\u00bb ariyo yakomeza gushyigikira iyo kompanyi y\u2019u Rwanda kugeza igihe isesewe mu kwa 11\/2002. Nyuma \u00ab\u00a0Alliance Express Rwanda\u00a0\u00bb imaze guhomba yongeye kubyutswa ifata izina rya \u00ab\u00a0<strong>Rwandair Express<\/strong>\u00a0\u00bb imigabane yayo 90% yari iya sosiyete ya RPF titwa \u00ab\u00a0Silverback Cargo Freighters\u00a0\u00bb naho iya Leta ari 10%.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 04\/2003, \u00ab\u00a0<strong>Rwandair Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Danemark yitwa \u00ab\u00a0Maersk Air\u00a0\u00bb gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 737\u00a0\u00bb yo muri s\u00e9rie 500 (Boeing 737-500) :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-5L9<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Danemark OY-APH yakodeshejwe kuva 11\/04\/2003 kugeza 28\/05\/2004.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 05\/2004, \u00ab\u00a0<strong>Rwandair Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Roumanie yitwa \u00ab\u00a0Acvila Air\u00a0\u00bb gukodesha indege yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0McDonnell Douglas MD-82\u00a0\u00bb. Ubusanzwe iyi ndege ni iya kompanyi yitwa Atlantic Express Airlines ibarizwa mu gihugu cya Gambia ariko iyo ndege ikabarizwa muri Swaziland :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>McDonnell Douglas MD-82<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Swaziland 3D-ABV yakodeshejwe kuva 18\/05\/2004 kugeza 05\/06\/2004.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 06\/2004, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Roumanie yitwa \u00ab\u00a0Acvila Air\u00a0\u00bb gukodesha indege yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0McDonnell Douglas MD-82\u00a0\u00bb. Kubera ibibazo bya tekinike by\u2019iyi ndege yari ibujijwe kugwa ku ibibuga byo mu Buholandi. Ubusanzwe iyi ndege ni iya kompanyi yitwa \u00ab\u00a0Jet Africa Services\u00a0\u00bb ibarizwa mu gihugu cya Swaziland :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>McDonnell Douglas MD-82<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Swaziland 3D-MDJ yakodeshejwe kuva 23\/06\/2004 kugeza mu mwaka 2007 ubwo yajyaga muzabukuru imaze imyaka irenga 26 ikora.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 07\/2004, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Ethiopie yitwa \u00ab\u00a0Midroc Aviation\u00a0\u00bb gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0de Havilland Canada\u00a0\u00bb\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>de Havilland Canada DHC-8-202Q Dash 8<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Ethiopie ET-AKZ yakodeshejwe kuva 20\/07\/2004 kugeza mu mwaka 2007 ubwo yajyaga muzabukuru.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 02\/2005, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Ethiopie yitwa \u00ab\u00a0Trans Nation Airways\u00a0\u00bb gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0de Havilland Canada\u00a0\u00bb\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>de Havilland Canada DHC-8-202Q Dash 8<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Ethiopie ET-ALX yakodeshejwe kuva 02\/02\/2005 kugeza mu mwaka 2006.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 04\/2006, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Roumanie yitwa \u00ab\u00a0Jetran Air\u00a0\u00bb gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0McDonnell Douglas MD-82\u00a0\u00bb\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>McDonnell Douglas MD-82<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Roumanie YR-MDL yakodeshejwe kuva mu kwa 04\/2006 kugeza 13\/04\/2007.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 04\/2007, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir Express<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Malawi yitwa \u00ab\u00a0Air Malawi\u00a0\u00bb gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 737\u00a0\u00bb yo muri s\u00e9rie 500 (Boeing 737-500) :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-522<\/strong>\u00a0\u00bb yahawe izina rya \u00ab\u00a0Sapitwa\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Malawi 7Q-YKW yakodeshejwe kuva 27\/04\/2007 kugeza mu kwa 04\/2009 ubwo yajyaga muzabukuru.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 08\/2009, \u00ab\u00a0RwandAir Express\u00a0\u00bb ubwo yabaga \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Kenya yitwa \u00ab\u00a0JetLink Express\u00a0\u00bb gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Bombardier CRJ-200\u00a0\u00bb :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-200<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Kenya 5Y-JLE yakodeshejwe kuva 30\/08\/2009 kugeza 16\/04\/2011.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa Cyenda 2009, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb (mw\u2019izina rya Leta y\u2019u Rwanda) yahawe na Banki y\u2019ubucuruzi n\u2019iterambere ry\u2019Uburasirazuba n\u2019Amajyepfo y\u2019Afurika (Banque de la ZEP\u00a0\/ PTA Bank) inguzanyo y\u2019amadolari y\u2019amanyamerika angana na miliyoni 40 (US$ 40 million). Harimo ayo kugura indege ebyiri zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-200<\/strong>\u00a0\u00bb zakwozwe mu mwaka 2000 zisanzwe zikoreshwa na kompanyi y\u2019abadage yitwa \u00ab\u00a0Lufthansa CityLine\u00a0\u00bb, hakabamo andi yo kubaka ubundi bubiko bw\u2019indege (hangar) i Kanombe. Amakuru mfite n\u2019uko batigeze bubaka iyo \u00ab\u00a0hangar\u00a0\u00bb. Izo ndege ni izi\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-200<\/strong>\u00a0\u00bb yari isanzwe ifite nimero yo mu Budage D-ACHG yageze i Kigali kw\u2019itariki ya 14\/12\/2009 yambikwa indi nimero yo mu Rwanda ariyo\u00a0 <strong>9XR-WA<\/strong>\u00a0;<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-200<\/strong>\u00a0\u00bb yari isanzwe ifite nimero yo mu Budage D-ACHH yageze i Kigali kw\u2019itariki ya 21\/12\/2009 yambikwa indi nimero yo mu Rwanda ariyo\u00a0 <strong>9XR-WB<\/strong>.<\/p>\n<p>Ntizatinze nyuma y\u2019imyaka 3, ni ukuvuga tariki ya 20\/06\/2012, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yumvikanye n\u2019uruganda rwa \u00ab\u00a0Bombardier\u00a0\u00bb muri Canada rukora izo ndege ko bazibagurishaho bakongera bakabaguriraho izindi ebyiri nini kuri izo zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-900<\/strong>\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p>Kubera inguzanyo yasabye mu kigo gishinzwe gutanga inguzanyo cyitwa \u00ab\u00a0<strong>Export Development Canada<\/strong>\u00a0\u00bb mu ntangiriro z\u2019umwaka wa 2012 \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yaje kwakira indege ebyiri zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-900<\/strong>\u00a0\u00bb. Igiciro cyizo ndege ebyiri gihanywe n\u2019amadolari y\u2019abanyamerika miliyoni 185 (US$ 185 million). Dore ni izi\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-900<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WH<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Bombardier Aerospace\u00a0\u00bb igera i Kigali kwa 17\/10\/2012\u00a0;<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Bombardier CRJ-900<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WI<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Bombardier Aerospace\u00a0\u00bb igera i Kigali kwa 31\/10\/2012.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 05\/2010, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi yo muri Kenya ishinzwe gukodesha indege yitwa \u00ab\u00a0Aircraft Leasing Services\u00a0\u00bb yo gukodesha indege yayo yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0de Havilland Canada\u00a0\u00bb (DHC-8-106). Iyo kompanyi yari imaze iminsi 12 gusa iyi guze :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>DHC-8-106 Dash 8<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero yo muri Kenya 5Y-BXU yageze i Kigali kwa 12\/05\/2010.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 06\/2010, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi y\u2019indege yo muri Amerika yitwa \u00ab\u00a0General Electric Capital Aviation Services\u00a0\u00bb gukodesha indege ebyiri zayo zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 737\u00a0\u00bb yo muri s\u00e9rie 500 (Boeing 737-500) :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-55D<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WD<\/strong> yakodeshejwe kuva 07\/06\/2010 kugeza 03\/09\/2013.<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-55D<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WE<\/strong> yakodeshejwe kuva 16\/08\/2010 kugeza 03\/09\/2013.<\/p>\n<p>Muri uwo mwaka, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb (mw\u2019izina rya Leta y\u2019u Rwanda) yasinye amasezerano n\u2019uruganda rw\u2019indege rwo muri Amerika rwitwa \u00ab\u00a0Boeing\u00a0\u00bb yokugura indege ebyiri nshya zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 737\u00a0\u00bb yo muri s\u00e9rie 800 (Boeing 737-800) kugiciro kingana na miliyoni 80 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika. Banki y\u2019ubucuruzi n\u2019iterambere ry\u2019Uburasirazuba n\u2019Amajyepfo y\u2019Afurika (Banque de la ZEP\u00a0\/ PTA Bank) niyo yahaye inguzanyo \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb ingana na miliyoni 60 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika (US$ 60 million) kubufasha n\u2019ubwumvikane na banki y\u2019Abongereza yitwa \u00ab\u00a0HSBC\u00a0\u00bb (mu magambo ahirye) ndetse ikabiteramwo inkunga na banki yo muri Amerika yitwa \u00ab\u00a0Export-Import Bank of the United States\u00a0\u00bb (Ex-Im Bank) kugira ngo bashobore kugura izo ndege :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-84Y(WL)<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WF<\/strong> yavuye mu ruganda igera i Kigali kwa 25\/08\/2011;<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-84Y(WL)<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WG<\/strong> yavuye mu ruganda igera i Kigali kwa 26\/10\/2011.<\/p>\n<p>Abayobozi ba \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb banyarukiye i Dublin muri Ireland bajyanywe no gushyiraho umukono ujyanye no gukodesha indege ebyiri zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 737\u00a0\u00bb yo muri s\u00e9rie 700 (Boeing 737-700) muri sosiyete ishinze gukodesha indege (soci\u00e9t\u00e9 de leasing d\u2019avions \/ aircraft leasing company) yitwa \u00ab\u00a0<strong>AerCap<\/strong>\u00a0\u00bb. Dore ni izi\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-7K5(WL)<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero\u00a0 <strong>9XR-WJ<\/strong> yageze i Kigali kwa 17\/04\/2013\u00a0;<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-7K5(WL)<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero\u00a0 <strong>9XR-WK<\/strong> yageze i Kigali kwa 27\/06\/2013.<\/p>\n<p>Kuri 23\/04\/2013 \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb (mw\u2019izina rya Leta y\u2019u Rwanda) rwasinye amasezerano n\u2019uruganda rw\u2019indege rwo muri Canada rwitwa \u00ab\u00a0Bombardier Aerospace\u00a0\u00bb rwo kugura indege yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Bombardier Q-Serie\u00a0\u00bb (de Havilland Canada DHC-8) ya s\u00e9rie \u00ab\u00a0400 \u00bb bakunze kwita \u00ab\u00a0Bombardier Q400 NextGen \u00bb. Ikiguzi cyayo kingana na miliyoni 31 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika (US$ 31 million) :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>DHC-8-402Q Dash 8<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WL<\/strong> yageze i Kigali kwa 27\/02\/2014.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 03\/2010, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano n\u2019uruganda rw\u2019indege rwo muri Canada rwitwa \u00ab\u00a0Bombardier Aerospace\u00a0\u00bb rwo gukodesha indege yayo yo mu bwoko bakunze kwita \u00ab\u00a0Bombardier Q400 \u00bb :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>DHC-8-402Q Dash 8<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WM<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Bombardier Aerospace\u00a0\u00bb igera i Kigali kwa 22\/06\/2015.<\/p>\n<p>Kuri 24\/03\/2015, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong> \u00bb (mw\u2019izina rya Leta y\u2019u Rwanda) yasinye amasezerano (<em>protocole d\u2019accord<\/em>) n\u2019uruganda rukora indege ruba mu Bufaransa rwitwa \u00ab\u00a0Airbus \u00bb yo kugura indege ebyiri zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Airbus A330 \u00bb imwe ya s\u00e9rie \u00ab\u00a0200 \u00bb indi ya s\u00e9rie \u00ab\u00a0300 \u00bb. Ikiguzi cyazo zombi kikaba kingana na miliyoni 489 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika (US$ 489 million)\u00a0: \u00ab\u00a0Airbus A330-200 \u00bb igura US$ 231.5 million naho \u00ab\u00a0Airbus A330-300 \u00bb igura US$ 256.6 million. Nyuma y\u2019amaze abiri, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong> \u00bb yahawe inguzanyo na Banki y\u2019ubucuruzi n\u2019iterambere ry\u2019Uburasirazuba n\u2019Amajyepfo y\u2019Afurika (Banque de la ZEP\u00a0\/ PTA Bank) ingana na miliyoni 160 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika (US$ 160 million) kugirango ibashe kwishyura igice kimwe kuri izo indege ebyiri ishaka kugura.<\/p>\n<p>Imwe mu mabanki yo mu gihugu cy\u2019Ubudage ariyo \u00ab\u00a0KfW IPEX-Bank \u00bb ifatanyije na Banki y\u2019ubucuruzi n\u2019iterambere ry\u2019Uburasirazuba n\u2019Amajyepfo y\u2019Afurika (Banque de la ZEP\u00a0\/ PTA Bank) bumvikanye ko inguzanyo baha \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong> \u00bb bayiguriramo indege yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Airbus A330 \u00bb ya s\u00e9rie \u00ab\u00a0300 \u00bb (Airbus A330-300). Ubwo byari bibaye ubugira kabiri kubwumvikane hagati yizo banki uko ari ebyiri. Dore izo \u00ab\u00a0Airbus A330 \u00bb izo arizo\u00a0:<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Airbus A330-243<\/strong>\u00a0\u00bb bahaye izina \u00ab\u00a0<strong>Ubumwe<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WN<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Airbus \u00bb igera i Kigali kwa 28\/09\/2016\u00a0;<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Airbus A330-343<\/strong>\u00a0\u00bb bahaye izina \u00ab\u00a0<strong>Umurage<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WP<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Airbus \u00bb igera i Kigali kwa 01\/12\/2016.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 12\/2015, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yasinye amasezerano na kompanyi yo muri Amerika yitwa \u00ab\u00a0Aircraft Lease Corporation\u00a0\u00bb yo gukodesha indege ebyiri zayo nshya zo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 737\u00a0\u00bb s\u00e9rie ya \u00ab\u00a0800\u00a0\u00bb bakunze kwita \u00ab\u00a0Next Generation\u00a0\u00bb (Boeing 737-800NG), imwe yahawe izina rya \u00ab\u00a0<strong>Kalisimbi<\/strong>\u00a0\u00bb indi ihabwa izina rya \u00ab\u00a0<strong>Muhabura<\/strong>\u00a0\u00bb :<\/p>\n<p>&#8211; \u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-8SH(WL)<\/strong> \u00a0\u00bb yahawe izina rya \u00ab\u00a0<strong>Kalisimbi<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WQ<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Boeing\u00a0\u00bb igera i Kigali kwa 16\/11\/2016 ;<\/p>\n<p><strong>&#8211; <\/strong>\u00ab\u00a0<strong>Boeing 737-8SH(WL)<\/strong> \u00a0\u00bb yahawe izina rya \u00ab\u00a0<strong>Muhabura<\/strong>\u00a0\u00bb ifite nimero <strong>9XR-WR<\/strong> yavuye mu ruganda rwa \u00ab\u00a0Boeing\u00a0\u00bb igera i Kigali ejo bundi kwa 28\/05\/2017.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 04\/2015, \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb (mw\u2019izina rya Leta y\u2019u Rwanda) yasinye amasezerano n\u2019uruganda rukora indege rwita \u00ab\u00a0Boeing\u00a0\u00bb yo kugura indege yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Boeing 787\u00a0\u00bb s\u00e9rie ya \u00ab\u00a0800\u00a0\u00bb bakunze kwita \u00ab\u00a0Dreamliner\u00a0\u00bb (<strong>Boeing 787-8 <\/strong><strong>Dreamliner<\/strong>). Indege izahabwa \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb ni iyari iteganyijwe kuzahabwa kompanyi yitwa \u00ab\u00a0Royal Air Maroc\u00a0\u00bb (CN-RGC). Nkurikije ifishi yayo mfite aha ndasanga ikiri muruganda aho bakomeje kuyitunganya. Ikiguzi cyayo kirengeje miliyoni 224 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika (US$ 224 million).<\/p>\n<p>Abayobozi bakuru ba \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb barateganya kugura indege yo mu bwoko bwa \u00ab\u00a0Airbus A350 \u00bb ya s\u00e9rie \u00ab\u00a0900 \u00bb (<strong>Airbus A350-900<\/strong>). Ikiguzi cyayo kirengeje miliyoni 308 y\u2019amadolari y\u2019abanyamerika (US$ 308 million).<\/p>\n<p>Aba bayobozi ba \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb amazani yabo uyasanga no mu zindi sosiyete za RPF :<\/p>\n<p>&#8211; Tariki ya 5\/04\/2017 nibwo <strong>John Mirenge<\/strong> wari umuyobozi mukuru (<em>Directeur g\u00e9n\u00e9ral<\/em> \/ <em>Chief Executive Officer<\/em>) wa \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb yirukanywe kuri uwo mwanya asimbuzwa byagateganyo na <strong>colonel Chance Ndagano<\/strong> wari usanzwe ari umucamanza mukuru mu rukiko rwa gisirikare (<em>Judge of the High Military Court<\/em>)\u00a0;<\/p>\n<p>&#8211; Naho <strong>Jean-Paul Nyirubutama<\/strong> nawe wari umuyobozi mukuru wungirije (<em>Directeur g\u00e9n\u00e9ral d\u00e9l\u00e9gu\u00e9, chef de l&#8217;exploitation et gestionnaire responsable<\/em> \/ <em>Deputy Chief Executive Officer, Chief Operating Officer and Accountable Manager<\/em>) nawe kuri uwo munsi yasimbuwe na lieutenant-colonel Silver Munyaneza. <strong>Jean-Paul Nyirubutama<\/strong> yagizwe <em>Member Board of Directors<\/em> wa \u00ab\u00a0<strong>RwandAir<\/strong>\u00a0\u00bb.<\/p>\n<p><strong>F<\/strong>&#8211;<strong>F<\/strong>lavien <strong>Lizinde<\/strong> (<strong>FlavLiz<\/strong>)<\/p>\n<p>Bruxelles, 30\/05\/2017<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyo uvuze \u00ab\u00a0indege\u00a0\u00bb agatsiko k\u2019i Kigali gashya ubwoba. Bigaragara cyane iyo ubajije umwe mu bagize Leta ya Kagame cyangwa mu intumwa z\u2019arubanda nako za Kagame zibarizwa mu cyakagombye kuba Inteko Nshingamategeko ubu yabaye \u00ab\u00a0nshingarugomo\u00a0\u00bb aho buri wese agerageza guhunga icyo kibazo kubera ubugome n\u2019ubusambo burimo. Wa kibaza umutware wabo Paul Kagame mu gusubiza muri cya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20372,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-20371","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyo uvuze \u00ab\u00a0indege\u00a0\u00bb agatsiko k\u2019i Kigali gashya ubwoba. Bigaragara cyane iyo ubajije umwe mu bagize Leta ya Kagame cyangwa mu intumwa z\u2019arubanda nako za Kagame zibarizwa mu cyakagombye kuba Inteko Nshingamategeko ubu yabaye \u00ab\u00a0nshingarugomo\u00a0\u00bb aho buri wese agerageza guhunga icyo kibazo kubera ubugome n\u2019ubusambo burimo. Wa kibaza umutware wabo Paul Kagame mu gusubiza muri cya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-30T17:35:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kagame1-1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"450\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"14 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu.\",\"datePublished\":\"2017-05-30T17:35:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/\"},\"wordCount\":2884,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/kagame1-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/\",\"name\":\"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/kagame1-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-05-30T17:35:04+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/kagame1-1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/kagame1-1.jpg\",\"width\":600,\"height\":450},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu. - Umunyarwanda","og_description":"Iyo uvuze \u00ab\u00a0indege\u00a0\u00bb agatsiko k\u2019i Kigali gashya ubwoba. Bigaragara cyane iyo ubajije umwe mu bagize Leta ya Kagame cyangwa mu intumwa z\u2019arubanda nako za Kagame zibarizwa mu cyakagombye kuba Inteko Nshingamategeko ubu yabaye \u00ab\u00a0nshingarugomo\u00a0\u00bb aho buri wese agerageza guhunga icyo kibazo kubera ubugome n\u2019ubusambo burimo. Wa kibaza umutware wabo Paul Kagame mu gusubiza muri cya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-05-30T17:35:04+00:00","og_image":[{"width":600,"height":450,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kagame1-1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"14 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu.","datePublished":"2017-05-30T17:35:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/"},"wordCount":2884,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kagame1-1.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/","name":"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kagame1-1.jpg","datePublished":"2017-05-30T17:35:04+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kagame1-1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kagame1-1.jpg","width":600,"height":450},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandair-kimwe-mu-bigo-byigenga-binyunyuza-umutungo-wigihugu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u00ab RwandAir\u00a0\u00bb, kimwe mu bigo byigenga binyunyuza umutungo w\u2019igihugu."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20371","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20371"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20371\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20373,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20371\/revisions\/20373"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20372"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20371"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20371"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20371"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}