{"id":20387,"date":"2017-05-31T15:41:36","date_gmt":"2017-05-31T13:41:36","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20387"},"modified":"2017-05-31T15:41:36","modified_gmt":"2017-05-31T13:41:36","slug":"kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/","title":{"rendered":"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye!"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe kuva tariki ya 12 Gicurasi kugera tariki ya 11 kamena 2017, mu turere twose tugize igihugu, abakandida bigenga bifuza kuzahatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu mu matora yo muri kanama 2017 mu Rwanda, bari gusinyisha ababashyigikiye, akarere ka Kicukiro kanze kwakira abasinyishiriza Diane Shima Rwigara umwe mu bakandida.<\/p>\n<p>Nkuko amabwiriza nimero 01\/2017 yo kuwa 04\/04\/2017 ya Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019Amatora , agenga itora rya perezida wa repubulika mu 2017 abivuga, hashingiwe ku ngingo ya 2 n\u2019iya 139 z\u2019Itegeko Nshinga rya repubulika y\u2019u Rwanda ryo kuwa 04 kamena 2003 nk\u2019uko ryavuguruwe mu mwaka wa 2015, hashingiwe kandi ku ngingoya 204 y\u2019itegeko nimero 27\/2010 ryo kuwa 19\/06\/2010 rigenga amatora nk\u2019uko ryahinduwe kandi ryujujwe kugera ubu, ingingo ya 23 y\u2019aya mabwiriza ivuga ko:<br \/>\n<strong><br \/>\n\u201c umukandida wigenga asinyishiriza abamushyigikiye ahantu hatarenze hamwe mu karere yamenyesheje ubuyobozi bw\u2019akarere mu nyandiko, akagenera kopi umuhuzabikorwa w\u2019amatora ku rwego rwa zone y\u2019amatora akarere gaherereyemo\u201d.<\/strong><\/p>\n<p>Ahagana isa 13h50 zo kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Gicurasi 2017, nibwo ku kicaro cy\u2019akarere ka Kicukiro hari hageze abasinyishiriza Diane Shima Rwigara, umwe mu bakandida bifuza kuzahatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu mu matora yo muri kanama 2017 mu Rwanda.<\/p>\n<p>Bakigera ku biro by\u2019akarere ka Kicukiro mu bunyamabanga rusange( secretariat centrale ), umusore muremure w\u2019inzobe uri mu kigero cy\u2019imyaka 30 y\u2019amavuko uhakorera, n\u2019imiziki yumviraga mu matwi (muri ecouteur) atiriwe ayihagarika, yahise anenga ibaruwa ya Diane Rwigara imenyesha ubuyobozi bw\u2019akarere, maze arayisiribanga avuga ko itanditse neza.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-20388\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/diane-kicukiro1.jpg\" alt=\"\" width=\"768\" height=\"810\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/diane-kicukiro1.jpg 768w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/diane-kicukiro1-284x300.jpg 284w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/diane-kicukiro1-696x734.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/diane-kicukiro1-398x420.jpg 398w\" sizes=\"auto, (max-width: 768px) 100vw, 768px\" \/><\/p>\n<p><b> Ibaruwa ya Diane Shima Rwigara imenyesha isinyishwa yanze kwakirwa mu karere ka Kicukiro <\/b><\/p>\n<p>Nyuma yo gusiribanga no kwanga kwakira ibaruwa ya Diane Shima Rwigara, uyu musore tutabashije guhita tumenya amazina ye, yanze kugira impamvu yabimuteye atangariza umurashi.rw, maze ahitamo kuvuga ko ibisobanuro byatangwa n\u2019ubuyobozi bumukuriye.<\/p>\n<p>Umugore w\u2019inzobe uri mu kigero cy\u2019imyaka 40 y\u2019amavuko, nawe wanze gutangaza amazina ye, akaba umunyamabanga w\u2019umuyobozi w\u2019akarere, yashimangiye iby\u2019uyu musore maze avuga ko iyi baruwa itanditse neza, aho yagize ati:<\/p>\n<p>\u201c <i>Mwandikiye ubuyobozi bw\u2019akarere ka Kicukiro kandi mwari kwandikira Madame umuyobozi w\u2019akarere ka Kicukiro, ubuse twamenya iyi baruwa igenewe nde? Niyo mpamvu tutayakiriye ubwo mwashaka mayor akaba ariwe wumva ikibazo cyanyu<\/i>\u201d.<\/p>\n<p>Uwari uje gusinyishiriza Diane Shima Rwigara yagize ati :<\/p>\n<p>\u201c <i>Si ubwa mbere njya gusinyishiriza Diane Rwigara, ariko ubu ni ubwa mbere mbwirwa ko nzanye ibaruwa itanditse neza kandi yaranditswe hashingiwe ku mabwiriza ya komisiyo y&#8217;amatora, ndatunguwe kubona ntakirwa ahubwo ibaruwa nari mfite igasiribangwa,\u2026nakiriwe nabi<\/i> <i>muri Kicukiro<\/i>\u201d.<\/p>\n<p>Diane Shima Rwigara aganira n\u2019umurashi.rw kuri uyu wa kabiri tarikiya 30 Gicurasi 2017, yavuze ko mu bibazo abamusinyishiriza bagiye bahura nabyo aribwo bwa mbere abamuhagarariye babwirwa ko ibaruwa yanditse itanditse neza, akaba yatunguwe no kubona mu karere ka Kicukiro aribo banenga ibaruwa bandikiwe kandi ari nayo yandikiye uturere twose tugize igihugu.<\/p>\n<p>Ingingoya 23 y\u2019amabwiriza ya komisiyo y\u2019igihugu y\u2019amatora, isobanura neza igihe abakandida bigenga basinyishiriza ababashyigikiye n\u2019aho bikorerwa, aho ivuga ko bikorerwa ahantu hatarenze hamwe mu karere kandi bigakorwa uhereye iminsi 30 mbere yo gutangira gutanga kandidatire.<\/p>\n<p>Gutanga kandidatire bizakorwa tarikiya 12-23\/06\/2017.<\/p>\n<p>Source: Umurashi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe kuva tariki ya 12 Gicurasi kugera tariki ya 11 kamena 2017, mu turere twose tugize igihugu, abakandida bigenga bifuza kuzahatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu mu matora yo muri kanama 2017 mu Rwanda, bari gusinyisha ababashyigikiye, akarere ka Kicukiro kanze kwakira abasinyishiriza Diane Shima Rwigara umwe mu bakandida. Nkuko amabwiriza nimero 01\/2017 yo kuwa 04\/04\/2017 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20389,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-20387","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe kuva tariki ya 12 Gicurasi kugera tariki ya 11 kamena 2017, mu turere twose tugize igihugu, abakandida bigenga bifuza kuzahatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu mu matora yo muri kanama 2017 mu Rwanda, bari gusinyisha ababashyigikiye, akarere ka Kicukiro kanze kwakira abasinyishiriza Diane Shima Rwigara umwe mu bakandida. Nkuko amabwiriza nimero 01\/2017 yo kuwa 04\/04\/2017 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-05-31T13:41:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"427\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/\",\"name\":\"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg\",\"datePublished\":\"2017-05-31T13:41:36+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg\",\"width\":640,\"height\":427,\"caption\":\"Ibiro by\u2019Akarere ka Kicukiro\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye! - Umunyarwanda","og_description":"Mu gihe kuva tariki ya 12 Gicurasi kugera tariki ya 11 kamena 2017, mu turere twose tugize igihugu, abakandida bigenga bifuza kuzahatanira umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu mu matora yo muri kanama 2017 mu Rwanda, bari gusinyisha ababashyigikiye, akarere ka Kicukiro kanze kwakira abasinyishiriza Diane Shima Rwigara umwe mu bakandida. Nkuko amabwiriza nimero 01\/2017 yo kuwa 04\/04\/2017 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-05-31T13:41:36+00:00","og_image":[{"width":640,"height":427,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/","name":"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg","datePublished":"2017-05-31T13:41:36+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/kicukiro.jpg","width":640,"height":427,"caption":"Ibiro by\u2019Akarere ka Kicukiro"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kicukiro-akarere-kanze-kwakira-diane-shima-rwigara-mu-gikorwa-cyo-gusinyisha-abamushyigikiye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kicukiro : Akarere kanze kwakira Diane Shima Rwigara mu gikorwa cyo gusinyisha abamushyigikiye!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20387","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20387"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20387\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20390,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20387\/revisions\/20390"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20389"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20387"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20387"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20387"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}