{"id":20406,"date":"2017-06-02T17:50:31","date_gmt":"2017-06-02T15:50:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20406"},"modified":"2017-06-02T17:53:31","modified_gmt":"2017-06-02T15:53:31","slug":"ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/","title":{"rendered":"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019ubutegetsi bwa Habyarimana, habayeho itsembabwoko. Umuntu wese wagize uruhare muri iritsembabwoko, nta bwo yari azi ko igihe kizagera ngo abibazwe. Ubutegetsi bwabonaga ko bukomeye kandi bushyigikiwe n\u2019ingabo, zinabyizeza abaturage. Inzirabwoba zari zikomeye koko, kandi inshuro nyinshi zabashije gukumira ibitero by&#8217;ingabo z\u2019Inkotanyi.<\/p>\n<p>Abafataga ibyemezo baba abakuru b\u2019ingabo cyangwa abanyapolitike, n\u2019abandi bose bari mu myanya ikomeye, nta bwo bamenye uko bigenze n\u2019ukuntu FPR yafashe ubutegetsi.<\/p>\n<p>Ibyakurikiyeho ni uko bayabangiye ingata, imitungo bari baribikiye yose bakayisiga mu Rwanda, ndetse n\u2019ubu bamwe bakaba batarigeze babasha kuyisubirana, cyangwa ngo bagaruke mu Rwanda.<\/p>\n<p>Uyu munsi abajenerali b\u2019inngabo za leta iri ku butegetsi birirwa bizeza abaturage ko ingabo z\u2019u Rwanda zikomeye bitavugwa. Abaturage barabyemera kuko abenshi amateka yabanjirije aya ntabwo bayazi ngo bayagereranye, kandi leta ishora imbaraga nyinshi mu kumvisha abaturage ko ikomeye kandi umutekano wabo iwurinze bihagije. Muri iki gihe u Rwanda rugeze mu bihe bikomeye. Umuturage uzi kureba neza, yatangiye kubona ko mu by&#8217;ukuri nta mutekano uhari. Yatangiye kubona akarengane kari muri rubanda rwaba urw\u2019abatutsi cyangwa abahutu. Impfu za hato na hato kuri ayo moko yombi ni bimwe mu bikorwa bigaragaza ubwoba bwa Leta. Hari ibigaragarira amaso abanyarwanda babona nk\u2019amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Yego abanyarwanda benshi bafite ubwoba kubera ko leta ibubatera, ariko bashobora kubushira.<\/p>\n<p>Ubutumwa bwanjye bw\u2019imbuzi y\u2019uyu munsi Mbugeneye abagabo babiri: Charles Munyaneza na Prof. Kalisa Mbanda. Bakuriye komisiyo yamatora. Mwa bagabo mwe, Amateka murayazi.<\/p>\n<p>Muzi neza abari bakomeye mu ngoma yakuweho n\u2019inkotanyi uko byabagendekeye. Uyu munsi guhitamo kuri mu maboko yanyu. Nimwe mushobora guha abanyarwanda amahoro cyangwa mukayabima kuko nimwe muzibisha amatora, cyangwa mukareka abanyarwanda bagatora uko babyumva.<\/p>\n<p>Hakiri kare rero ni muhakane inshingano mwahawe yo kuyibisha no guhitisha Kagame mumutungure, mutangaze uwatsinze nya we nta cyo azaba akibatwaye mwamaze kubwira rubanda ukuri!<\/p>\n<p>Ni mubyange se mumugumishe ku butegetsi, amateka y\u2019iki gihugu azabibabaze nk&#8217;uko twabibonye kubabanjirije ingoma iriho ubu. Ibyo kandi n&#8217;aho byaba bitari mu gihe cya vuba aha, wenda hasigaye imyaka ibiri cyangwa itatu. Ndabibutsa ko Kagame nta nshuti agira.<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo mwamusiga mute, igihe cyanyu nikigera azabagenza nk&#8217;uko yagenje ba bandi bose muzi bari inshuti ze z\u2019akadasohoka. Guhitamo ni ukwanyu ni mubohore abanywarwanda namwe mutiretse cyangwa amateka azabibabaze. Njye akazi kanjye ndakarangije.<\/p>\n<p><strong>Gasarasi Ilidephonse<\/strong> i Muhanga<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019ubutegetsi bwa Habyarimana, habayeho itsembabwoko. Umuntu wese wagize uruhare muri iritsembabwoko, nta bwo yari azi ko igihe kizagera ngo abibazwe. Ubutegetsi bwabonaga ko bukomeye kandi bushyigikiwe n\u2019ingabo, zinabyizeza abaturage. Inzirabwoba zari zikomeye koko, kandi inshuro nyinshi zabashije gukumira ibitero by&#8217;ingabo z\u2019Inkotanyi. Abafataga ibyemezo baba abakuru b\u2019ingabo cyangwa abanyapolitike, n\u2019abandi bose bari mu myanya ikomeye, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20393,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-20406","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019ubutegetsi bwa Habyarimana, habayeho itsembabwoko. Umuntu wese wagize uruhare muri iritsembabwoko, nta bwo yari azi ko igihe kizagera ngo abibazwe. Ubutegetsi bwabonaga ko bukomeye kandi bushyigikiwe n\u2019ingabo, zinabyizeza abaturage. Inzirabwoba zari zikomeye koko, kandi inshuro nyinshi zabashije gukumira ibitero by&#8217;ingabo z\u2019Inkotanyi. Abafataga ibyemezo baba abakuru b\u2019ingabo cyangwa abanyapolitike, n\u2019abandi bose bari mu myanya ikomeye, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-06-02T15:50:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-06-02T15:53:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-23.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI\",\"datePublished\":\"2017-06-02T15:50:31+00:00\",\"dateModified\":\"2017-06-02T15:53:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/\"},\"wordCount\":381,\"commentCount\":4,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-23.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/\",\"name\":\"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-23.jpg\",\"datePublished\":\"2017-06-02T15:50:31+00:00\",\"dateModified\":\"2017-06-02T15:53:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-23.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/05\\\/sddefault-23.jpg\",\"width\":640,\"height\":480,\"caption\":\"Charles Munyaneza na Prof. Kalisa Mbanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019ubutegetsi bwa Habyarimana, habayeho itsembabwoko. Umuntu wese wagize uruhare muri iritsembabwoko, nta bwo yari azi ko igihe kizagera ngo abibazwe. Ubutegetsi bwabonaga ko bukomeye kandi bushyigikiwe n\u2019ingabo, zinabyizeza abaturage. Inzirabwoba zari zikomeye koko, kandi inshuro nyinshi zabashije gukumira ibitero by&#8217;ingabo z\u2019Inkotanyi. Abafataga ibyemezo baba abakuru b\u2019ingabo cyangwa abanyapolitike, n\u2019abandi bose bari mu myanya ikomeye, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-06-02T15:50:31+00:00","article_modified_time":"2017-06-02T15:53:31+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-23.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI","datePublished":"2017-06-02T15:50:31+00:00","dateModified":"2017-06-02T15:53:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/"},"wordCount":381,"commentCount":4,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-23.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/","name":"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-23.jpg","datePublished":"2017-06-02T15:50:31+00:00","dateModified":"2017-06-02T15:53:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-23.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/05\/sddefault-23.jpg","width":640,"height":480,"caption":"Charles Munyaneza na Prof. Kalisa Mbanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibihe-byanyuma-ubutumwa-bwa-mbere-bwimbuzi-no-1\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IBIHE BYA NYUMA, UBUTUMWA BWA MBERE BW\u2019IMBUZI"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20406","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20406"}],"version-history":[{"count":5,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20406\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20411,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20406\/revisions\/20411"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20393"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20406"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20406"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20406"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}