{"id":20412,"date":"2017-06-02T19:27:10","date_gmt":"2017-06-02T17:27:10","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20412"},"modified":"2017-06-02T19:32:23","modified_gmt":"2017-06-02T17:32:23","slug":"ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/","title":{"rendered":"IBARUWA IFUNGUYE  IGENEWE  PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric"},"content":{"rendered":"<p>Muyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi n\u2019Imibereho myiza y\u2019Abaturage (P.S.D.), nyuma y\u2019inyandiko nyinshi nagiye mbagezaho mu bihe bitandukanye, mbagaragariza buryo ki nagiye mbangamirwa mu buryo butandukanye, hagamijwe gusa kugira ngo ncike intege sinshobore gukomeza kuzamuka bigendanye n\u2019urwego naringezeho mu Ishyaka P.S.D., kugeza ubwo ku munota wa nyuma nahatiwe guharira amajwi Depite NIYONSENGA Theodomir twarikumwe ku mwanya w\u2019Umunyamabanga Mukuru wungirije Ushinzwe Urubyiruko, kugira ngo asigare ku mwanya ari umwe rukumbi, kuko ijanisha ryinshi ryagaragazaga ko namurushaga amahirwe menshi yo gutorwa mu matora yo gushyiraho Komite Nyobozi y\u2019Ishyaka PSD ku rwego rw\u2019Igihugu muri Kongere ya 5 yabaye muri Gicurasi umwaka wa 2015. Icyo gihe Nyakubahwa MUKANDASIRA Caritas Guverineri wayoboraga Intara y\u2019Iburengerazuba, iwacu aho nkomoka, niwe wangejejeho ubwo butumwa bwansabaga guharira umukandida mugenzi wanjye twari ku mwanya umwe. Igitangaje ni uko yambwiye ko yatumwe n\u2019ibukuru, ngo kandi ko nimbyemera bizangirira akamaro, ariko siko byagenze kuko hejuru yo kuba narahatiwe kwirengagiza ihame ngenderaho rya demokarasi, P.S.D. ivugako iharanira: rwose iyo ibukuru nabwiwe narabumviye nkora ibyo bashakaga, ariko bo nta bufasha na buke bigeze bampa mu bikorwa byose bya politiki (amatora) nitabiriye, kandi mu by\u2019ukuri aribo ubwabo babaga babinyoherejemwo babinsabye!<\/p>\n<p>Nibutse ko ubwo Ishyaka P.S.D. ryateguraga abakandida bagombaga kujya ku rutonde rw\u2019Ishyaka mu matora y\u2019Abadepite yo muri Nzeri 2013, icyo gihe nanjye nk\u2019umuyoboke nitabiriye igikorwa cyo gutoranya abakandida depite bagombaga kujya ku rutonde rw\u2019Ishyaka, igikorwa cyatangiriye mu turere twose tugize Igihugu, abazamutse mu turere, bakomezaga ku rwego rw\u2019intara. Njye icyo gihe natorewe iwacu aho nkomoka mu karere ka Rusizi, ndakomeza no ku rwego rw\u2019Intara y\u2019Iburengerazuba ahaje intumwa za Komite Nyobozi ku rwego rw\u2019Igihugu zari ziyobowe n\u2019Umunyamabanga Mukuru w\u2019Ishyaka Dr. NGABITSINZE Jean Chrysistome, maze hemezwa urutonde rw\u2019abayoboke barenga 20, maze nza imbere ya Madamu MUKANSANGA Clarisse ubu ni Visi Meya w\u2019Akarere ka Nyabihu, ndi kumwanya wa 6, nkurikiye Depite MUKABIKINO Henriette wari nomero ya 5 akurikiye Visi Perezida w\u2019Intara mu Ishyaka, nawe akurikiye KABAHIZI Celestin wari Guverineri icyo gihe, nawe imbereye hari Depite HINDURA Jean, ku mwanya wa 1 hari MUKANDASIRA Caritas wari Depite icyo gihe, nyuma akaza kuba Guverineri none ubu akaba ari Umuyobozi Mukuru wungirije w\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rushyinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry\u2019ubwuzuzanye.<\/p>\n<p>Muyobozi w\u2019Ishyaka P.S.D., yejuru y\u2019ibi byose mvuze hamwe n\u2019ibindi byinshi byagiye bimputaza mu gihe kirenga imyaka 13 yose namaze nkorera Ishyaka P.S.D., Ishyaka nakuze nsanga iwacu, mbere y\u2019uko muri Nzeri umwaka ushize wa 2016 nandika ndisezeramwo ku mugaragaro nk\u2019uko Itegeko Nshingiro ry\u2019Ishyaka ribiteganya: ubu rwose sinumva mpamvuki WEBSITE na SOFTWARE byanjye byafatiriwe bikaba ubu birigukoreshwa n\u2019Ishyaka P.S.D., munyungu zitari izanjye nta burenganzira mbitangiye kandi muzi neza ko ari umutungo wanjye bwite mu by\u2019ubwenge. Nk\u2019uko mubizi, Itegeko No31\/2009 ryo kuwa 26\/10\/2009 rigamije kurengera umutungo bwite mu by\u2019ubwenge: riteganya ko porogaramu ya mudasobwa ari umutungo bwite mu by\u2019ubwenge. None ndabaza nti, kuki ndenganywa n\u2019Ishyaka P.S.D. kandi ryakabaye rimpa ubutabera kuko rivuga ko intego yaryo ari Ubutabera, Ubwisungane, n\u2019Amajyambere.<\/p>\n<p><strong>NDAYISHIMIYE Eric<\/strong><\/p>\n<p>Bimenyeshejwe:<br \/>\n-Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda<br \/>\n-Nyakubahwa Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda<br \/>\n-Nyakubahwa Ambasaderi uhagarariye Igihugu\/ Umuryango Mpuzamahanga m\u2019u Rwanda (BOSE)<br \/>\n-Madamu\/ Bwana Umuyobozi w\u2019Igitangazamakuru (BOSE)<br \/>\n<img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter size-full wp-image-20413\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/eric.jpg\" alt=\"\" width=\"697\" height=\"960\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/eric.jpg 697w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/eric-218x300.jpg 218w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/eric-696x959.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/eric-305x420.jpg 305w\" sizes=\"auto, (max-width: 697px) 100vw, 697px\" \/><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi n\u2019Imibereho myiza y\u2019Abaturage (P.S.D.), nyuma y\u2019inyandiko nyinshi nagiye mbagezaho mu bihe bitandukanye, mbagaragariza buryo ki nagiye mbangamirwa mu buryo butandukanye, hagamijwe gusa kugira ngo ncike intege sinshobore gukomeza kuzamuka bigendanye n\u2019urwego naringezeho mu Ishyaka P.S.D., kugeza ubwo ku munota wa nyuma nahatiwe guharira amajwi Depite NIYONSENGA Theodomir twarikumwe ku mwanya w\u2019Umunyamabanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20416,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[47],"tags":[],"class_list":["post-20412","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abanyapolitiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi n\u2019Imibereho myiza y\u2019Abaturage (P.S.D.), nyuma y\u2019inyandiko nyinshi nagiye mbagezaho mu bihe bitandukanye, mbagaragariza buryo ki nagiye mbangamirwa mu buryo butandukanye, hagamijwe gusa kugira ngo ncike intege sinshobore gukomeza kuzamuka bigendanye n\u2019urwego naringezeho mu Ishyaka P.S.D., kugeza ubwo ku munota wa nyuma nahatiwe guharira amajwi Depite NIYONSENGA Theodomir twarikumwe ku mwanya w\u2019Umunyamabanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-06-02T17:27:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-06-02T17:32:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"584\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric\",\"datePublished\":\"2017-06-02T17:27:10+00:00\",\"dateModified\":\"2017-06-02T17:32:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/\"},\"wordCount\":551,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg\",\"articleSection\":[\"Abanyapolitiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/\",\"name\":\"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg\",\"datePublished\":\"2017-06-02T17:27:10+00:00\",\"dateModified\":\"2017-06-02T17:32:23+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg\",\"width\":800,\"height\":584},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric - Umunyarwanda","og_description":"Muyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi n\u2019Imibereho myiza y\u2019Abaturage (P.S.D.), nyuma y\u2019inyandiko nyinshi nagiye mbagezaho mu bihe bitandukanye, mbagaragariza buryo ki nagiye mbangamirwa mu buryo butandukanye, hagamijwe gusa kugira ngo ncike intege sinshobore gukomeza kuzamuka bigendanye n\u2019urwego naringezeho mu Ishyaka P.S.D., kugeza ubwo ku munota wa nyuma nahatiwe guharira amajwi Depite NIYONSENGA Theodomir twarikumwe ku mwanya w\u2019Umunyamabanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-06-02T17:27:10+00:00","article_modified_time":"2017-06-02T17:32:23+00:00","og_image":[{"width":800,"height":584,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric","datePublished":"2017-06-02T17:27:10+00:00","dateModified":"2017-06-02T17:32:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/"},"wordCount":551,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg","articleSection":["Abanyapolitiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/","name":"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg","datePublished":"2017-06-02T17:27:10+00:00","dateModified":"2017-06-02T17:32:23+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/EricNDAYISHIMIYEandDRVicentBIRUTA.jpg","width":800,"height":584},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ibaruwa-ifunguye-igenewe-perezida-wishyaka-p-s-d-ndayishimiye-eric\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IBARUWA IFUNGUYE IGENEWE PEREZIDA W\u2019ISHYAKA P.S.D: NDAYISHIMIYE Eric"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20412","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20412"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20412\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20418,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20412\/revisions\/20418"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20416"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20412"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20412"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20412"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}