{"id":2044,"date":"2012-10-16T23:14:10","date_gmt":"2012-10-16T21:14:10","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2044"},"modified":"2012-10-17T22:27:18","modified_gmt":"2012-10-17T20:27:18","slug":"icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/","title":{"rendered":"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru aturuka mu muryango w\u2019abibumbye ONU i New York kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nzeli 2012, akaba yashyizwe ahagaragara n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza <a href=\"http:\/\/www.reuters.com\/article\/2012\/10\/16\/us-congo-democratic-rwanda-uganda-idUSBRE89F1CM20121016\">Reuters<\/a>\u00a0aravuga ko ngo icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye kivuga ko n\u2019ubwo ibihugu bya Uganda n\u2019u Rwanda bibihakana ngo bikomeje gutera inkunga umutwe wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo kandi ngo ibyo bihugu byafashije ingabo za M23 mu kugaba ibitero <a href=\"http:\/\/www.businessweek.com\/news\/2012-07-06\/congo-rebels-kill-un-peacekeeper-in-raid-on-border-town\">\u00a0<\/a>byaguyemo n\u2019umusirikare w\u2019ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye (MONUSCO).<!--more--><\/p>\n<p>Icyegeranyo kikiri ibanga kigizwe n\u2019impapuro 44 cyakozwe n\u2019impuguke z\u2019akanama k\u2019umutekano k\u2019umuryango w\u2019abibumbye (U.N. Security Council&#8217;s Group of Experts) izo mpuguke zikurikiranira hafi ibihano umuryango w\u2019abibumbye no kubuza itangwa n\u2019igurishwa ry\u2019intwaro (embargo) muri Congo, zivuga ko M23 yongeye ubunini bw\u2019akarere igenzura, ishyira mu gisirikare abana bato kandi yica abinjizwaga mu gisirikare bagashaka gutoroka ndetse n\u2019imfungwa z\u2019intambara.<\/p>\n<p>Icyo cyegeranyo cyashoboye gusomwa n\u2019abanyamakuru b\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza Reuters igira kiti:<em>\u201dLeta y\u2019u Rwanda ikomeje kurenga ku bihano byo gutanga no kugurisha intwaro (embargo) byafashwe n\u2019umuryango w\u2019abibumbye kuri Congo, ibyo ngo u Rwanda rubikora rufasha ku rugamba umutwe wa M23 mu buryo butaziguye, Korohereza M23 kwinjiza abasirikare bashya, gushishikariza no korohereza abasirikare ba Congo (FARDC) gutoroka bajya muri M23, no guha uwo mutwe intwaro, amasasu, amakuru y\u2019iperereza no kugira inama za politiki uwo mutwe.\u201d<\/em><\/p>\n<p><strong>Uganda n\u2019u Rwanda bihakana ibyo birego<\/strong><\/p>\n<p>Icyo cyegeranyo kivuga urukurikirane rw\u2019imikorere y\u2019umutwe wa M23 utegekwa n\u2019abayobozi barimo na Bosco Ntaganda kugeza no kuri Ministre w\u2019ingabo z\u2019u Rwanda, James Kabarebe uvugwa ko ariwe uyoboye ibikorwa byose.<\/p>\n<p>Ngo muri Nyakanga 2012, umutwe wa M23 waguye ibirindiro byawo muri Rutshuru ufashijwe n\u2019inkunga ivuye hanze kandi witwaje ihagarikwa ry\u2019imirwano mu kugirana amasezerano y\u2019ubufatanye n&#8217;imitwe yindi no gukora ibikorwa bya gisirikare mu tundi duce.<\/p>\n<p>Abaturage bagera ku gice cya Miliyoni bavuye mu byabo bitewe n\u2019imirwano hagati ya M23 n\u2019ingabo za Congo. Nk\u2019uko bivugwa n\u2019umwe mu bahagarariye ibihugu byabo mu muryango w\u2019abibumbye ngo umutwe wa M23 werekanye ko wiyemeje kandi ngo Leta y\u2019u Rwanda isa nk\u2019aho yigaruriye uduce dukize ku mabuye y\u2019agaciro ikoresheje inyeshyamba za M23. Ngo kandi M23 ibona amafaranga ihabwa n\u2019abacuruzi bo mu Rwanda nayo ikabaha amabuye y\u2019agaciro ya tin, tungsten na tantalum acishwa ku mupaka rwihishwa ava mu birombe byo muri Congo agana mu Rwanda.<\/p>\n<p>Mu cyegeranyo cy\u2019agateganyo cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye cyatangajwe mu mpera za Kamena 2012 cyari kirimo ibirego bisa nk\u2019ibyo birega u Rwanda ariko kidatanga ibisobanuro byinshi nk\u2019ibiri muri iki gishya. Leta y\u2019u Rwanda yarakajwe n\u2019icyo cyegeranyo cy\u2019agateganyo ivuga ko cyari kibogamye kandi kigizwe n\u2019ibinyoma.<\/p>\n<p>Rwanda rufasha imitwe yitwaje intwaro yo muri Congo kuva mu myaka 15 ishize rwitwaje kurwanya inyeshyamba z\u2019abanyarwanda za FDLR.<\/p>\n<p><strong>Guha umutwe wa M23 intwaro ziremereye<\/strong><\/p>\n<p>Impuguke za ONU, zareze kandi igihugu cya Uganda guha M23 inkunga ikomeye, mu cyegeranyo hagaragaramo ko abayobozi bo hejuru bo muri Leta ya Uganda nabo bahaye M23 inkunga \u00a0y\u2019ingabo zo kuyifasha ku rugamba ku butaka bwa Congo, intwaro, amasasu, ubufasha mu bikoresho, gupangira hamwe, kugira M23 inama mu rwego rwa politiki, no gufasha M23 mu rwego rwa diplomasi n\u2019ububanyi n\u2019amahanga. Ngo imitwe y\u2019ingabo za Uganda n\u2019u Rwanda yafashije M23 mu bitero byinshi muri Nyakanga 2012 byo gufata imijyi minini yo muri Rutshuru n\u2019ikigo cya Rumangabo. Muri ibyo bitero, haguye umusirikare w\u2019ingabo z\u2019umuryango w\u2019abibumbye (MONUSCO) i Kiwanja.<\/p>\n<p>Ngo nk\u2019uko bivugwa n\u2019abasirikare benshi ba M23, ingabo z\u2019u Rwanda RDF zahaye umutwe wa M23 intwaro ziremereye nka 12.7 mm machine guns\/mitrailleuses, za mortars\/mortiers 60 mm, 91 mm na 120 mm, n\u2019imbunda zirasa ibimodoka by\u2019intambara (anti-tank) n\u2019izirasa indege (anti-aircraft) mu gihe cy\u2019ibyo bitero.<\/p>\n<p>Ingabo z\u2019ikubitiro z\u2019u Rwana (RDF Special Forces) muri Rutshuru ngo zafashije inyeshyamba za M23 zirasa inshuro 13 zose kuri Kajugujugu y\u2019ingabo za Congo mugihe cy&#8217;ifatwa rya Kiwanja.<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019ingabo za Uganda, Lt Col Felix Kulayigye yamaganye iki cyegeranyo avuga ko nta bimenyetso bihari, ngo abiyita impuguke nta muntu n\u2019umwe bigeze babaza, ngo bishingikirije iki gifatika mu kuvuga ibyo birego, kuri we ngo ibyo birego n\u2019umwanda.<\/p>\n<p>Olivier Nduhungirehe, uhagarariye u Rwanda mu muryango w\u2019abibumbye, nawe ahakana ibyo birego, kuri we ngo impuguke za ONU zifite izindi gahunda zirimo inyungu za politiki zidafite aho zihuriye no gushaka impamvu nyazo z\u2019ibibazo byo mu burasirazuba bwa Congo.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame nawe yahakanye ibyo birego yivuye inyuma mu gihe yari mu nama i New York mu mpera za Nzeli 2012, iyo nama na Perezida Kabila wa Congo nawe yari ayirimo.<\/p>\n<p>Impuguke za ONU zivuga ko ibimenyetso zabonye bishinja u Rwanda bihura n\u2019amakuru menshi y\u2019iperereza. Abakora mu nzego z\u2019iperereza bo mu bihugu bigize umuryango w\u2019ibihugu by\u2019amajyepfo y\u2019Afrika (SADC), bo mu bihugu by\u2019i Burayi, bo muri Uganda, no mu Burundi nabo bameza ibimenyetso impuguke za ONU zabonye ku bijyanye no kutubahiriza kutagurusha cyangwa gutanga intwaro (embargo) muri Congo bikorwa n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Ikindi kandi ngo Leta y\u2019u Rwanda yashakiye M23 abasirikare bashya mu Rwanda bagera hafi ku 1250. Icyo gikorwa ngo kikaba cyarakajije umurego mu mezi 4 ashize, abashakwaga cyane ni abavuye mu gisiriare cy\u2019u Rwanda (demobs), abasivili ndetse \u2019impunzi z\u2019abanyekongo.<\/p>\n<p>Gukoresha no gushyira abana bato mu gisirikare bikorwa n\u2019imitwe y\u2019abarwanyi byariyongereye cyane cyane ku ruhande rwa M23. Ngo abana barenga 250 bashyizwe mu gisirikare. Bamwe mu basirikare bo hejuru ba M23 bategetse ko bamwe mu bari bashyizwe mu gisirikare bashya n\u2019imfungwa z\u2019intambara bicwa nta rubanza.<\/p>\n<p>M23 ngo yakunze kubanza imbere ku rugamba abasore bakiri bato akenshi babaga barahawe imyitozo ya gisirikari y\u2019icyumweru kimwe gusa. Abandi bakoreshwa mu kwikorera ibikoresho, kuneka, no kurinda abakuru ba M23. Abakobwa bo ngo bakoreshwa mu guteka cyangwa nk\u2019abagore b\u2019abakuru b\u2019ingabo za M23.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru aturuka mu muryango w\u2019abibumbye ONU i New York kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nzeli 2012, akaba yashyizwe ahagaragara n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza Reuters\u00a0aravuga ko ngo icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye kivuga ko n\u2019ubwo ibihugu bya Uganda n\u2019u Rwanda bibihakana ngo bikomeje gutera inkunga umutwe wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo kandi ngo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2045,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-2044","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru aturuka mu muryango w\u2019abibumbye ONU i New York kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nzeli 2012, akaba yashyizwe ahagaragara n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza Reuters\u00a0aravuga ko ngo icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye kivuga ko n\u2019ubwo ibihugu bya Uganda n\u2019u Rwanda bibihakana ngo bikomeje gutera inkunga umutwe wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo kandi ngo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-10-16T21:14:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-10-17T20:27:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23\",\"datePublished\":\"2012-10-16T21:14:10+00:00\",\"dateModified\":\"2012-10-17T20:27:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/\"},\"wordCount\":982,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Akarere\",\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/\",\"name\":\"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-10-16T21:14:10+00:00\",\"dateModified\":\"2012-10-17T20:27:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"500\",\"height\":\"334\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23 - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru aturuka mu muryango w\u2019abibumbye ONU i New York kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Nzeli 2012, akaba yashyizwe ahagaragara n\u2019ibiro ntaramakuru by\u2019abongereza Reuters\u00a0aravuga ko ngo icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke z\u2019umuryango w\u2019abibumbye kivuga ko n\u2019ubwo ibihugu bya Uganda n\u2019u Rwanda bibihakana ngo bikomeje gutera inkunga umutwe wa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo kandi ngo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-10-16T21:14:10+00:00","article_modified_time":"2012-10-17T20:27:18+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23","datePublished":"2012-10-16T21:14:10+00:00","dateModified":"2012-10-17T20:27:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/"},"wordCount":982,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Akarere","Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/","name":"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-10-16T21:14:10+00:00","dateModified":"2012-10-17T20:27:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"500","height":"334"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyegeranyo-gishya-cyimpuguke-za-onu-kirarega-u-rwanda-na-uganda-gufasha-m23\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Icyegeranyo gishya cy\u2019impuguke za ONU kirarega u Rwanda na Uganda gufasha M23"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2044","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2044"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2044\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2044"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2044"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2044"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}