{"id":20496,"date":"2017-06-07T23:32:19","date_gmt":"2017-06-07T21:32:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20496"},"modified":"2017-06-07T23:32:19","modified_gmt":"2017-06-07T21:32:19","slug":"icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/","title":{"rendered":"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA"},"content":{"rendered":"<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_4310\">Ejobundi aha umwe mu bakinnyi basanzwe bakina mu Ikinamico \u201cUrunana\u201d witwa Bamporiki Edouard ubu wagizwe umudepute mu Nteko Ishinga Amategeko yo ku ngoma ya Kagame, aherutse kumurika igitabo yanditse. Inyito yacyo, ibyanditsemo, n\u2019icyo kigamije simbitinda ho. Ndashaka kugaruka ku magambo yavuze agitangiza. Ariko ntarajya kure mbanze mbibutse neza ko Bamporiki ari umuhanzi. Ni umukinnyi w\u2019ikinamico kandi koko n\u2019iyi ni ikinamico!!! Abakinnyi beza rero mu makinamico cyangwa sinema, iyo bageze ahanditse ko umukinnyi arira, bararira, amarira akaza ndetse menshi n\u2019agahinda kakagaragara nya ko, kandi bari mu mukino. Bakina ibyanditse nk&#8217;ibiriho mu buzima busanzwe. Ariko umukino iyo urangiye, biyambura imyenda yabugenewe bakambara iyo basanganywe, bakikomereza ubuzima basanzwemo. Bamporiki ni umukinnyi w&#8217;\u00edkinamico\u00a0 kandi icyo yakora cyose nti yakunda ingoma ngo arushe umwami!<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_4293\">Mbere na mbere icyatumye ahabwa uriya mwanya afite, ni uko inkotanyi hari icyo zamushakagaho: Kwatura akavuga ububi bw\u2019abahutu, maze kuko na we ari we, akaba ahindutse igikoresho cyo kubakoza isoni, kubahoza mu ipfunwe ridashira no kubahamya burundu icyaha cy\u2019inkomoko. Abakurikiye ibyo akora mubona neza ko ako ariko kazi yashinzwe, ari ko akora ubu. Si we muhutu uzi ubwenge kurusha abandi uri mu Rwanda, cyangwa wabonye ko hari abahutu bakoze jenoside akaba abinenga. Oya! Nuko yemeye ikiraka cy\u2019ikinamico y\u2019ubutegetsi. Ari we, arabizi ko ari mu ikinamico, ari n\u2019ubutegetsi akorera na bwo burabizi ko ari mu ikinamico. Ikibazo gusa ni ukuvuga ngo iyi kinamico irimo iragera ku ntego turebye ku mpande zombi?<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_4298\">Duhereye kuri Bamporiki, twavuga ko muri aka kanya intego yari ategereje muri iki kiraka arimo azigeraho neza. Yabonye umwanya wo kuba umudepute, ahembwa neza kurusha abahutu benshi, ndetse yabonye n\u2019ijambo, kuko akoranya abantu bakamutega amatwi. N&#8217;ubwo akibebera bwose, kandi agomba guhora anenga bene wabo kugirango abeho, byibura ubu twavuga ko umukamo w&#8217; ingoma umugeraho. Ikibazo gusa ni ukwibaza ngo iki kiraka kizahoraho? \u00a0Kizakenerwa kugeza ryari? Kuko hano yagombye kumenya ko ku ngoma iriho mu Rwanda ubu, waba umuhutu, waba umututsi umunsi uba umwe, bakakwigiza yo kandi nta we uyivamo neza. Ndi Bamporiki nakwibaza aho nzajya n\u2019abo nzabana na bo umunsi bansezereye. Ikindi: Niba atinyuka akandagaza uwamutwaye mu nda amezi icyenda, akamwonsa, akamurera akamuha izo ndangagaciro zatumye ahura na \u201cmalayika FPR\u201d, yarangiza akamunengera mu ruhame, akamucyurira telefone yamuguriye mu mafaranga ya FPR, akamuta ku gasi \u00a0akamutesha agaciro, ntazatekereze ko n\u2019abo bamuhaye ikiraka bamubonamo ubupfura cyangwa ubumuntu! Icyo ni ikimeyetso cya mbere cy\u2019ubuswa, guhubuka no kudashyira mu gaciro. Nta cyubahiro ushobora guhabwa no gusuzugura umubyeyi n&#8217;ubwo waba umwita injiji. Ku bemera Bibiliya, hari aho ivuga ngo \u201cUsuzugura Se cyangwa nyina, avumwe! Uraberwe rero Bamporiki! Wibuke ko amagambo wamuvuzeho ahagije kuba yafatwa nkubuhamya bumushinja kwangisha abaturage ubuyobozi buriho! Ariko FPR turayizi, izaba iyabitse kugeza igihe azakenerwa. Imana igufashe.<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_4299\">Tugarutse ku butegetsi buri ho bwatanze ikiraka ku mukinnyi Bamporiki, na bwo hari icyo bwakuye muri iyi kinamico. Kuba barahimbye \u2018ndi umunyarwanda\u2019 yashoye abahutu mu gusaba imbabazi z\u2019icyaha cy\u2019inkomoko, kubahoza mu ipfunwe no kubacubya, cyiyongera ku muryango IBUKA ihembera inzika n\u2019urwango, n\u2019ingando za Rucagu wiyemereye ko zikora akazi ko koza ubwonko.\u00a0 Ariko na none ntawabura kwibaza: Iki kinyoma kizafata kugeza ryari? Twese twigeze kugira ababyeyi kandi si ko bose bari bajijutse. Ni nde muntu wandagaza umubyeyi we bigeze hariya wari ukwiriye icyizere cya Leta? Ndi FPR nakwibaza uzemera ukuri k\u2019umuntu wandagaza umubyeyi we kuriya. Nakwibaza ubunyangamugayo asigaranye bwatuma ibyo avuga muri iyi kinamico hari abashobora kubitega amatwi cyangwa kubyemera! Kubibavugira yego arabikora ariko se umusaruro urihe? Niba se hari n&#8217;abantu aba yatumiye, kubera amafaranga aba yahawe yo kubikora, bakagaragara mu cyumba cy\u2019inama, umusaruro muri rubanda kandi ku buryo burambye uri he? Keretse kugaragaza ibintu biteguye gusa aho mu cyumba, cyangwa bimwe abaturage bahoberana ngo bahanye imbabazi, kandi muri bo babizi neza ko banganye urunuka! Ariko abanyamakuru bakajyana inkuru ngo abanyarwanda barababariranye.<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_4300\">Uretse guhemukira aba bantu nka ba Bamporiki, Nsengimana, Rucagu, Habineza n&#8217;abandi baba birirunduriye mu butegetsi ku buryo batabona uko basubira inyuma, haramutse hagize igihinduka, ikindi kintu ibikorwa nk\u2019ibi bimaze ni iki?<\/p>\n<p>Abanyarwanda byose barabiruzi! N&#8217;iyo batavuze baba barora. Ubu none ho, basigaye banavuga ibitandukanye n\u2019ibyo batekereza kuko batarakusanya neza imbaraga zibemerera kuvuga icyo bashaka. Ariko agatinze kazaza ni amenya ya ruguru.<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_5897\">Nsoza rero iyi nyandiko ndabwira Bamporiki n\u2019abamuhatse nti: ni mwibuke ko ibi byose mukora abanyarwanda babibona! Bazi neza icyo bigamije. Nabonye ibintu nsubira ibindi, &#8220;nimukure igiciro intama yaboze!&#8221; Iyi kinamico nta gaciro igifite. Ni ibyo kurangaza no \u00a0kurakaza abaturage, kandi akari kera muzabamara ubwoba!<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_5896\">Sindagura ndagena!<\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_4683\"><strong>Nyagasaza Siliveri<\/strong><\/p>\n<p id=\"yui_3_16_0_1_1496869151789_5890\">i Rubungo<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ejobundi aha umwe mu bakinnyi basanzwe bakina mu Ikinamico \u201cUrunana\u201d witwa Bamporiki Edouard ubu wagizwe umudepute mu Nteko Ishinga Amategeko yo ku ngoma ya Kagame, aherutse kumurika igitabo yanditse. Inyito yacyo, ibyanditsemo, n\u2019icyo kigamije simbitinda ho. Ndashaka kugaruka ku magambo yavuze agitangiza. Ariko ntarajya kure mbanze mbibutse neza ko Bamporiki ari umuhanzi. Ni umukinnyi w\u2019ikinamico [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20500,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"video","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-20496","post","type-post","status-publish","format-video","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo","post_format-post-format-video"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ejobundi aha umwe mu bakinnyi basanzwe bakina mu Ikinamico \u201cUrunana\u201d witwa Bamporiki Edouard ubu wagizwe umudepute mu Nteko Ishinga Amategeko yo ku ngoma ya Kagame, aherutse kumurika igitabo yanditse. Inyito yacyo, ibyanditsemo, n\u2019icyo kigamije simbitinda ho. Ndashaka kugaruka ku magambo yavuze agitangiza. Ariko ntarajya kure mbanze mbibutse neza ko Bamporiki ari umuhanzi. Ni umukinnyi w\u2019ikinamico [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-06-07T21:32:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/\",\"name\":\"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg\",\"datePublished\":\"2017-06-07T21:32:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA - Umunyarwanda","og_description":"Ejobundi aha umwe mu bakinnyi basanzwe bakina mu Ikinamico \u201cUrunana\u201d witwa Bamporiki Edouard ubu wagizwe umudepute mu Nteko Ishinga Amategeko yo ku ngoma ya Kagame, aherutse kumurika igitabo yanditse. Inyito yacyo, ibyanditsemo, n\u2019icyo kigamije simbitinda ho. Ndashaka kugaruka ku magambo yavuze agitangiza. Ariko ntarajya kure mbanze mbibutse neza ko Bamporiki ari umuhanzi. Ni umukinnyi w\u2019ikinamico [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-06-07T21:32:19+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/","name":"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg","datePublished":"2017-06-07T21:32:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/sddefault-10.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/icyo-inkotanyi-na-bamporiki-bakwiriye-kwibuka\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ICYO INKOTANYI NA BAMPORIKI BAKWIRIYE KWIBUKA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20496","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20496"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20496\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20499,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20496\/revisions\/20499"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20500"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20496"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20496"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20496"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}