{"id":20795,"date":"2017-06-20T21:42:59","date_gmt":"2017-06-20T19:42:59","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=20795"},"modified":"2017-06-20T21:42:59","modified_gmt":"2017-06-20T19:42:59","slug":"diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/","title":{"rendered":"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#8217;amatora"},"content":{"rendered":"<p>Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Kamena 2017 nibwo Umwali Diane Shima Rwigara aherekejwe n&#8217;umubyeyi we, Madamu Adeline Rwigara, yashyikirije Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora ibyangombwa byose uko bisabwa ku gusaba kuba umukandida mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Mu muvundo n\u2019uruvunganzoka rw\u2019abanyamakuru basaga ijana bakorera ibitangazamakuru byo mu Rwanda n\u2019ibyo hanze yarwo, Diane yatanze ikiganiro gihamya ku ntego z\u2019umukandida uhamye ku gutanga icyerekezo cyakura u Rwanda mu mage rumazemo imyaka myinshi, Diane Rwigara akavuga ko ayo majye rwayashyizwemo n\u2019ishyaka FPR riri ku butegetsi.<\/p>\n<p><iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_51441\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/9RmkNBQR-xE?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe><\/p>\n<blockquote>\n<h6><em>Iyakirwa rya kandidatire ya Diane Shima Rwigara, guherekezwa n&#8217;urubyiruko n&#8217;abakuze, guherekezwa n&#8217;umubyeyi we asigaranye, kwitabirwa n&#8217;abanyamakuru wagira ngo nta basigaye mu biro byayo, protocol ye, abashungeraga bibaza ibibaye, ni ikimeneytso ko kuboneka kwa Diane Shima Rwigara muri politiki ari itangira ry&#8217;ibirori.<\/em><\/h6>\n<\/blockquote>\n<p>Mbere gato yo kuganira n\u2019abanyamakuru, ibyo Diane yasabwe gutanga kandi byose akaba yari abifite hatabuzemo na kimwe, ni ibyangombwa bikurikira:<\/p>\n<p>1.Icyemezo cy&#8217;ubwenegihugu kimaze amezi atatu gitanzwe n&#8217;Urwego rubifitiye ububasha<br \/>\n2. Inyandiko y&#8217;Umukandida igaragaza ko nta bundi bwenegihugu afite, cyangwa ko yaretse ubwo yari afite. Aha Diane Rwigara yagaragaje inyandiko igaragaza ko yarekuye ubwenegihugu bw&#8217;u Bubiligi yari asanganywe<br \/>\n3. Icyemezo cy&#8217;amavuko kitarengeje amezi atatu gitanzwe n&#8217;urwego rubifitiye ububasha<br \/>\n4. Icyemezo cy&#8217;ubutabera kitarengeje amezi atatu gitanzwe n&#8217;urwego rubifitiye ububasha kigaragaza ko umuntu atigeze akatirwa cyangwa se ko yakatiwe igihano cy&#8217;igifungo.<br \/>\n5. Urutonde rw&#8217;abantu magana atandatu bashyigikiye umukandida n&#8221;imikono yabo. Aha Diande Rwigara yashyikirije Komisiyo y&#8217;amatora urutonde ruriho abantu 929.<br \/>\n6. Icyemezo cy&#8217;uko afite nibura umubyeyi umwe ufite ubwenegihugu nyarwanda bw&#8217;inkomoko<br \/>\n7. Inyandiko yemeza ko inyandiko zose zatanzwe ari ukuri<br \/>\n8. Umwirondoro ugaragaza Aho Atuye, umwuga we n&#8217;imirimo yakoze<br \/>\n9. Amafoto abiri magufi y&#8217;amabara<br \/>\n10. Fotokopi y&#8217;ikarita ndangamuntu ye<br \/>\n11. Fotokopi y&#8217;ikarita ye y&#8217;itora<br \/>\n12. Ikimenyetso kimuranga gishyirwa ku ikarita y&#8217;itora<\/p>\n<p>Inyandiko imwe atatanze ni icyemezo kigaragaza ko yamurikiye umutungo we urwego rw&#8217;Umuvunyi, ariko iki ntikimureba, ahubwo gisabwa abasanwe mu nzego nkuru z&#8217;ubuyobozi bukuru bw&#8217;igihugu.<\/p>\n<p>Kuba Umwali Diane Shima Rwigara abaye umukandida wa mbere ugejeje kuri Komisiyo y\u2019amatora ibisabwa byose hataburamo na kimwe ngo azabe akizana hanyuma, ni ikimeneyetso ko yahagurutse ahagurutse, kandi ko urugamba yiyemeje yambariye kurutsinda.<\/p>\n<p><strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Kamena 2017 nibwo Umwali Diane Shima Rwigara aherekejwe n&#8217;umubyeyi we, Madamu Adeline Rwigara, yashyikirije Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora ibyangombwa byose uko bisabwa ku gusaba kuba umukandida mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Mu muvundo n\u2019uruvunganzoka rw\u2019abanyamakuru basaga ijana bakorera ibitangazamakuru byo mu Rwanda n\u2019ibyo hanze yarwo, Diane yatanze ikiganiro gihamya ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":20796,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-20795","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#039;amatora - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#039;amatora - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Kamena 2017 nibwo Umwali Diane Shima Rwigara aherekejwe n&#8217;umubyeyi we, Madamu Adeline Rwigara, yashyikirije Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora ibyangombwa byose uko bisabwa ku gusaba kuba umukandida mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Mu muvundo n\u2019uruvunganzoka rw\u2019abanyamakuru basaga ijana bakorera ibitangazamakuru byo mu Rwanda n\u2019ibyo hanze yarwo, Diane yatanze ikiganiro gihamya ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-06-20T19:42:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"610\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"380\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#8217;amatora\",\"datePublished\":\"2017-06-20T19:42:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/\"},\"wordCount\":358,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/\",\"name\":\"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y'amatora - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg\",\"datePublished\":\"2017-06-20T19:42:59+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/06\\\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg\",\"width\":610,\"height\":380},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#8217;amatora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y'amatora - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y'amatora - Umunyarwanda","og_description":"Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Kamena 2017 nibwo Umwali Diane Shima Rwigara aherekejwe n&#8217;umubyeyi we, Madamu Adeline Rwigara, yashyikirije Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Amatora ibyangombwa byose uko bisabwa ku gusaba kuba umukandida mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Mu muvundo n\u2019uruvunganzoka rw\u2019abanyamakuru basaga ijana bakorera ibitangazamakuru byo mu Rwanda n\u2019ibyo hanze yarwo, Diane yatanze ikiganiro gihamya ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-06-20T19:42:59+00:00","og_image":[{"width":610,"height":380,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#8217;amatora","datePublished":"2017-06-20T19:42:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/"},"wordCount":358,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/","name":"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y'amatora - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg","datePublished":"2017-06-20T19:42:59+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/06\/Diane-Rwigara-kuri-Komisiyo.jpg","width":610,"height":380},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/diane-rwigara-ari-kumwe-na-nyina-yashyikirije-ibyangombwa-byose-komisiyo-yamatora\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Diane Rwigara ari kumwe na nyina yashyikirije ibyangombwa byose komisiyo y&#8217;amatora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20795","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=20795"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20795\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":20797,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/20795\/revisions\/20797"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/20796"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=20795"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=20795"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=20795"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}