{"id":21195,"date":"2017-07-17T06:52:15","date_gmt":"2017-07-17T04:52:15","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=21195"},"modified":"2017-07-18T06:39:22","modified_gmt":"2017-07-18T04:39:22","slug":"inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/","title":{"rendered":"Inzego z&#8217;iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru."},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru akomeza kugera kuri The Rwandan muri uru rukerera rwo ku wa mbere tariki ya 17 Nyakanga 2017 aravuga ko inzego z&#8217;iperereza za Leta y&#8217;u Rwanda zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko amakuru akomeza kutugeraho abivuga mu mperera z&#8217;ukwezi kwa 6 n&#8217;intangiriro z&#8217;ukwezi ka 7 ubwo abantu bari bahugiye mu bikorwa by&#8217;abakandida bashakaga ibyangombwa byo gutuma bemererwa guhatana ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, ndetse n&#8217;iminsi mikuru yo kwibohoza yakurikiye, habaye ibikorwa byo guta muri yombi abantu benshi batandukanye biganjemo abasirikare bakuru ndetse n&#8217;abandi bafite icyo bapfana n&#8217;abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi biganjemo abafite icyo bapfana n&#8217;umuryango wa Nyakwigendera Colonel Patrick Karegeya.<\/p>\n<p>Abenshi mu bafashwe imiryango yabo ntizi aho baherereye hagiye gushira\u00a0ibyumweru bigera kuri 3 kuri bamwe baraburiwe irengero dore ko ngo bagiye bafatwa urusorongo!<\/p>\n<p>Urutonde ni rurerure hari benshi tutashoboye kumenya ariko abashoboye kumenyekana dore bamwe muri bo duhereye ku basirikare:<\/p>\n<p>-Colonel Emmanuel Rugazora,<\/p>\n<p>-Colonel Joseph Gishaija,<\/p>\n<p>-Colonel Mugabo<\/p>\n<p>-Colonel Kalimba (rtd)<\/p>\n<p>Hari n&#8217;amakuru tugikorera igenzura avuga ko na Gen Augustin Gashaija nawe yaba afunze.<\/p>\n<p>Uretse bamwe mu basirikare bagiye ku rugerero bamwe muri aba bari mu bayoboraga imitwe y&#8217;ingabo ndetse harimo n&#8217;abayoboraga abashinwe kurinda Perezida Kagame<\/p>\n<p>Tugiye mu basivire dore bamwe twashoboye kumenya:<\/p>\n<p>-Goretti Kabuto akaba ava inda imwe na Leah Karegeya, umugore wa Nyakwigendera Col Patrick Karegeya<\/p>\n<p>-Uwitwa Amos wakoraga mu nzego z&#8217;abinjira n&#8217;abasohoka<\/p>\n<p>-Umu ofisiye muri Polisi y&#8217;u Rwanda witwa\u00a0Mutsinzi akaba umuvandimwe wa Amos twavuze haruguru.<\/p>\n<p>-Mubyara wa Col Parick Karegeya witwa Jotham Gashayija wakoraga mu bitaro King Faysal ku Kacyiru<\/p>\n<p>-Kalisa wakoraga muri Rwanda revenue authority.<\/p>\n<p>N&#8217;abandi benshi tutari twashobora kubonera imyirondoro yabo dore ko benshi mu miryamngo y&#8217;aba bantu isa nk&#8217;iyabigize ibanga kubera gutinya ko yagirirwa nabi cya ababo bafunzwe bakaba bagirirwa nabi.<\/p>\n<p>Nta makuru yimbitse avuga icyo aba bantu baba bazira dore ko n&#8217;uburyo bafunzwe bunyuranyije n&#8217;amategeko ariko icyakomeje guhwihwiswa n&#8217;uko baba bashinjwa gukorana n&#8217;Ihuriro nyarwanda RNC.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru akomeza kugera kuri The Rwandan muri uru rukerera rwo ku wa mbere tariki ya 17 Nyakanga 2017 aravuga ko inzego z&#8217;iperereza za Leta y&#8217;u Rwanda zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. Nk&#8217;uko amakuru akomeza kutugeraho abivuga mu mperera z&#8217;ukwezi kwa 6 n&#8217;intangiriro z&#8217;ukwezi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":21196,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-21195","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Inzego z&#039;iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Inzego z&#039;iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru akomeza kugera kuri The Rwandan muri uru rukerera rwo ku wa mbere tariki ya 17 Nyakanga 2017 aravuga ko inzego z&#8217;iperereza za Leta y&#8217;u Rwanda zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. Nk&#8217;uko amakuru akomeza kutugeraho abivuga mu mperera z&#8217;ukwezi kwa 6 n&#8217;intangiriro z&#8217;ukwezi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-17T04:52:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-07-18T04:39:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"399\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/\",\"name\":\"Inzego z'iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg\",\"datePublished\":\"2017-07-17T04:52:15+00:00\",\"dateModified\":\"2017-07-18T04:39:22+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg\",\"width\":600,\"height\":399},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Inzego z&#8217;iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Inzego z'iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Inzego z'iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru akomeza kugera kuri The Rwandan muri uru rukerera rwo ku wa mbere tariki ya 17 Nyakanga 2017 aravuga ko inzego z&#8217;iperereza za Leta y&#8217;u Rwanda zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. Nk&#8217;uko amakuru akomeza kutugeraho abivuga mu mperera z&#8217;ukwezi kwa 6 n&#8217;intangiriro z&#8217;ukwezi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-07-17T04:52:15+00:00","article_modified_time":"2017-07-18T04:39:22+00:00","og_image":[{"width":600,"height":399,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/","name":"Inzego z'iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg","datePublished":"2017-07-17T04:52:15+00:00","dateModified":"2017-07-18T04:39:22+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/07\/menotte.jpg","width":600,"height":399},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inzego-ziperereza-zahengereye-abantu-barangariye-ibyo-kwiyamamaza-ita-muri-yombi-abantu-benshi-barimo-abasirikare-bakuru\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Inzego z&#8217;iperereza zahengereye abantu barangariye ibyo kwiyamamaza zita muri yombi abantu benshi barimo abasirikare bakuru."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21195","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=21195"}],"version-history":[{"count":6,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21195\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21216,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21195\/revisions\/21216"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21196"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=21195"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=21195"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=21195"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}