{"id":2131,"date":"2012-10-20T12:03:45","date_gmt":"2012-10-20T10:03:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2131"},"modified":"2012-10-20T12:03:45","modified_gmt":"2012-10-20T10:03:45","slug":"rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/","title":{"rendered":"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha ikinyamakuru <a href=\"http:\/\/syfia-grands-lacs.info\/index.php?view=articles&amp;action=voir&amp;idArticle=2678\">Syfia Grands Lacs<\/a>\u00a0mu nkuru yanditswe n\u2019uwitwa Fulgence Niyonagize, ngo bamwe mu bahoze bafunze, bakaba barakoraga imibonano mpuzabitsina n\u2019abo basangiye igitsina, ngo nyuma yo gufungurwa ntabwo bahinduye uburyo bakoraga iyo mibonano ku buryo bamwe mu bagore babo babyinubira, benshi muri abo bagore babuze uko bagira ngo bashobore kuvuga uko guhohoterwa gushya kubibasiye.<!--more--><\/p>\n<p>Ni abagore bake cyane batinyuka gushyira ahagaragara ubwo bwoko bushya bw\u2019ihohoterwa bushingiye ku gitsina butangiye wigaragaza mu myaka ya vuba.<\/p>\n<p>Jules Gahamanyi ukora muri ARAMA (Association de recherche et d&#8217;appui aux mouvements associatifs) ikorera mu burasirazuba bw\u2019u Rwanda, avuga ko bisaba ko uwahohotewe aba akwizeye cyangwa muziranye bihagije kugira ngo ushobore kumenya icyo kibazo kidasanzwe. Akomeza avuga ko abagore barenze umwe bitabaje iryo shyirahamwe basobanura ibibazo bifite mu ngo zabo bitewe n\u2019abagabo babo batera akabariro mu buryo budasanzwe bakoresheje umwenge wagenewe gukoreshwa umuntu yituma ibikomeye. Abagore bakunze kugaragaza icyo kibazo n\u2019abafite abagabo bafunguwe vuba.<\/p>\n<p>Edouard Munyakayanza umunyamabanga wa RWAMREC, umuryango w\u2019abagabo urwanya ihohorwa rikorwa mu ngo yagize ati:\u201dMu nama n\u2019urwego rw\u2019igihugu rw\u2019abagore i Muhanga, abagore bamwe bagarutse ku kibazo cy\u2019iryo hohoterwa bagenzi babo bagirirwa ariko bakicecekera kuko batazi uwo bakwitabaza.\u201d<\/p>\n<p>Itegeko rikumira rikanahana ihohoterwa iryo ariryo ryose rishingiye ku gitsina rifata uburyo bwo gutera akabariro hakoreshejwe umwenge wagenewe kwituma ibikomeye hagati y\u2019abashakanye hatabaye kubyemeranywaho nk\u2019icyaha. Ariko, bitewe n\u2019amabanga y\u2019abashakanye, iryo hohoterwa ntabwo rikunze gushyirwa ahagaragara.<\/p>\n<p>Hagati yabo, abagore b&#8217;abanyarwanda hagati yabo bamwe bita ubwo buryo bwo gutera abariro \u201dGushinga umutwe mu ngata\u201d<\/p>\n<p><strong>Ubwo buryo bureze mu magereza<\/strong><\/p>\n<p>Muri za gereza hari amagambo menshi akoreshwa mu kuvuga imibonano mpuzagitsina hagati y\u2019abahuje igitsina.<\/p>\n<p>Umwe mu bacungagereza wo mu Rwanda yagize ati :\u201dNtabwo ushobora kumva icyo umuntu avuze utazi insiguro y\u2019ayo magambo\u201d<\/p>\n<p>Umwe mu bahoze bafungiye muri gereza ya Kimironko i Kigali avuga ko abakunze guhura n\u2019iryo hohoterwa ryo gukoreshwa iyo mibonano mpuzagitsina n&#8217;abo bahuje igitsina mu magereza ari abana b\u2019abahungu b\u2019abakene. Iyo abo basore bafunzwe bakirwa n\u2019abagabo bakuru bakize bafite ubuzima bwiza, bakabiyegereza bakabagira inshuti bakagera aho babajyana muri izo ngeso. Ngo n\u2019ubwo iyo ngeso itemewe n\u2019amategeko irakorwa. Rimwe na rimwe abashinzwe imyitwarire myiza muri gereza bafungira abakoze ibyo bikorwa muri twa mabuso (cachots) duto turi muri gereza imbere. Buri gitondo abafatiwe muri icyo cyaha bahita imbere y\u2019izindi nfungwa, bambaye inzogera, ibyo bigatuma abandi bafungwa babamenya bakabirinda. Ngo ibihano ntabwo birenga aho, kuko mu Rwanda kuva hashyirwaho itegeko rishya mpanabyaha mu 2009, imibonano mpuzabitsina hagati y\u2019abasangiye igitsina ntabwo ikiri icyaha.<\/p>\n<p>Uwitwa H. Twagirayezu, nawe wigeze gufungirwa muri Gereza ya Cyangugu avuga ko iyo ngeso ituruka ku irari ry\u2019abafungwa bamwe bakatiwe gufungwa burundu cyangwa ku bukene bwo kutagira ababagemurira kuri bamwe. Hari n\u2019ababa barafungiwe ibyaha bijyanye no gufata abagore ku ngufu, maze iryo rari rikabakurikirana igihe bafunzwe bigatuma bishora mu mibonano n\u2019abo bahuje igitsina.<\/p>\n<p>Iyo mibonano ikorwa akenshi nta gakingirizo ikunze gutera kwanduzanya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse na SIDA hagati y\u2019abayikoze.<\/p>\n<p>Minisiteri y\u2019umutekano mu gihugu mu Rwanda ivuga ko abafungiye mu magereza yo mu Rwanda bagera ku 56000.<\/p>\n<p><strong>Abagore babuze ayo bacira n\u2019ayo bamira<\/strong><\/p>\n<p>Abagabo bamenyereye gukora imibonano mpuzabitsina n\u2019abandi bagabo, ntabwo iyo ngeso bakunze kuyireka iyo bavuye muri za gereza. Nk\u2019uko Edouard Munyakayanza umunyamabanga wa RWAMREC, akomeza abivuga ngo umugore w\u2019imyaka 53 yatanze ubuhamya ko arambiwe ko umugabo we amutegeka gutera akabariro mu buryo atari yarigeze akoresha mu buzima bwe na rimwe.<\/p>\n<p>Kubera iki kibazo, abagore benshi barashobewe, abagabo bamwe banga kwiyambaza ababishinzwe ngo babagire inama, na none kandi abagore banga kujya kurega abagabo babo kugira ngo abo bagabo badasubizwa muri gereza, bakongera gusiragira mu mayira bikoreye twa dukapu twa \u201dNzamugwinyuma\u201d (Kugemura) kandi kugemurira umuntu ufunze birahenda bikanatera ubukene mu muryango.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko Jules Gahamanyi akomeza abivuga,abagabo bamwe nk\u2019abo mu burasirazuba bemera kuvuga ikibazo cyabo bakabona ubufasha bagera aho bagasubira kubaka urugo nk\u2019uko bari basanzwe barwubaka batarafungwa.<\/p>\n<p>Umuganga umwe we atangaza ko aho iyo ngeso yimonogoje, ingaruka ku mugore zishobora kuba nyinshi, imitsi ifata aho bitumira ishobora kurekurana bityo umugore ntajye ashobora kwifata igihe cyo kujya mu musarani. Nimwibaze namwe izo ngorane ku mugore wo mugiturage udashobora kubona ibyo kwibinda nk\u2019uruhinja byabigenewe akaga yaba arimo bitewe no gushaka gushimisha umugabo we.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo kwirinda ibyo bibazo mu ngo, zimwe mu mpirimbanyi mu by\u2019uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu zisaba ko habaho gahunda yo gufasha abafunguwe igihe bagiye hanze nyuma y\u2019imyaka myinshi muri gereza, kuri bamwe ngo bagera hanze bagasanga ubuzima bwarabasize ku buryo kwikuramo ingeso bari bafite mu buzima bwo muri gereza bibagora.<\/p>\n<p>Urubuga The Rwandan narwo rwaganiriye n\u2019abantu batandukanye kuri iki kibazo. Hari uwatubwiye ko iyo ngeso y\u2019imibonano mpuzabitsina hagati y\u2019abantu bahuje igitsina uretse muri gereza ari ingeso igenda yiyongera mu Rwanda ndetse n\u2019uburyo bwo gukora imibonano mpuzagitsina hakoreshejwe imyenge itarabigenewe nayo imaze gufata indi ntera. Hari abavuga ko byaba bituruka ku banyamahanga basanganywe iyo mico mu bihugu byabo cyangwa abanyarwanda bari barahugiye, batahutse bava cyangwa bakunze gutembera mu bihugu byiganjemo iyo mico. Kubera ikoranabuhanga n&#8217;ibindi bijyana naryo \u00a0iyo mico yariyongereye ndetse hari bamwe mu rubyiruko bayifata n&#8217;ubusirimu.<\/p>\n<p>Iyo mico n\u2019imico yeze mu bihugu byinshi ariko ababyiyemeje muri ibyo bihugu cyane cyane mu bihugu byateye imbere bafite uburyo bikorwamo n\u2019ibyo bifashisha nk\u2019amavuta yabigenewe kugira ngo hatabaho ingaruka ndetse ngo hari n\u2019ababyishimira.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha ikinyamakuru Syfia Grands Lacs\u00a0mu nkuru yanditswe n\u2019uwitwa Fulgence Niyonagize, ngo bamwe mu bahoze bafunze, bakaba barakoraga imibonano mpuzabitsina n\u2019abo basangiye igitsina, ngo nyuma yo gufungurwa ntabwo bahinduye uburyo bakoraga iyo mibonano ku buryo bamwe mu bagore babo babyinubira, benshi muri abo bagore babuze uko bagira ngo bashobore kuvuga uko guhohoterwa gushya kubibasiye.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2132,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[71],"tags":[],"class_list":["post-2131","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-udushya"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru dukesha ikinyamakuru Syfia Grands Lacs\u00a0mu nkuru yanditswe n\u2019uwitwa Fulgence Niyonagize, ngo bamwe mu bahoze bafunze, bakaba barakoraga imibonano mpuzabitsina n\u2019abo basangiye igitsina, ngo nyuma yo gufungurwa ntabwo bahinduye uburyo bakoraga iyo mibonano ku buryo bamwe mu bagore babo babyinubira, benshi muri abo bagore babuze uko bagira ngo bashobore kuvuga uko guhohoterwa gushya kubibasiye.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-10-20T10:03:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro\",\"datePublished\":\"2012-10-20T10:03:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/\"},\"wordCount\":898,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Udushya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/\",\"name\":\"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-10-20T10:03:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"803\",\"height\":\"523\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru dukesha ikinyamakuru Syfia Grands Lacs\u00a0mu nkuru yanditswe n\u2019uwitwa Fulgence Niyonagize, ngo bamwe mu bahoze bafunze, bakaba barakoraga imibonano mpuzabitsina n\u2019abo basangiye igitsina, ngo nyuma yo gufungurwa ntabwo bahinduye uburyo bakoraga iyo mibonano ku buryo bamwe mu bagore babo babyinubira, benshi muri abo bagore babuze uko bagira ngo bashobore kuvuga uko guhohoterwa gushya kubibasiye.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-10-20T10:03:45+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro","datePublished":"2012-10-20T10:03:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/"},"wordCount":898,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Udushya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/","name":"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-10-20T10:03:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"803","height":"523"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-bamwe-mu-bagore-babahoze-bafunze-ntabwo-bishimiye-uburyo-bushya-abagabo-babo-bakoresha-batera-akabariro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Bamwe mu bagore b\u2019abahoze bafunze ntabwo bishimiye uburyo bushya abagabo babo bakoresha batera akabariro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2131","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2131"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2131\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2131"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2131"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2131"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}