{"id":21604,"date":"2017-08-20T21:33:02","date_gmt":"2017-08-20T19:33:02","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=21604"},"modified":"2017-08-20T21:33:02","modified_gmt":"2017-08-20T19:33:02","slug":"burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/","title":{"rendered":"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma"},"content":{"rendered":"<p>Mu ijoro ryakeye \u00a0mu Karere ka Burera, Umurenge wa Rugarama, Akagari ka Rurembo habonetse umurambo w\u2019umusore ufite imyaka 22 witwa Biramahire Augustin wishwe ateraguwe ibyuma umubiri wose.<\/p>\n<p>Abaturage babonye uwo murambo bavuga ko nyakwigendera n\u2019abandi basore benshi bo mu kigero cye bari biriwe basangira inzoga aho ngo basengerwaga na mugenzi wabo usanzwe ufite akazi muri Uganda wari watashye aje kubasura, gusa ngo bigeze mu ma saa mbili abo bose bose barashwanye batangira gutongana.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage wari mu kabari kamwe na nyakwigendera yagize ati \u201cBitangira wabonaga bishimye, Biramahire[nyakwigendera] yasangiraga n\u2019inshuti ze ariko basengerwaga n\u2019undi musore wari uvuye mu Bugande\u2026bigeze saa mbili bashwanye, Biramahire aritahira ariko twatunguwe no kumubona mu ma saa tatu yapfuye; bari bamujombaguye ibyuma hose.\u201d<\/p>\n<p>IP Gasasira Innocent, Umuvugizi wa Polisi y\u2019Igihugu mu Ntara y\u2019Amajyaruguru akaba n\u2019Umugenzacyaha Mukuru muri iyo ntara, yahamirije izubarirashe.rw iby\u2019urwo rupfu, akaba yemeza ko iperereza ry\u2019ibanze polisi yakoze ryanzuye ko Biramahire yishwe.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cUwo muturage bigaragara ko yishwe\u2026ucyekwa yitwa Dukundane Emile yari yaragiye gupagasa mu Bugande, noneho ejo yaraje ashaka kugira ngo asabane n\u2019abaturanyi be; ubwo rero baje gutonganira mu kabari baza no gutaha batongana, umwe muri bagenzi ba nyakwigendera yari afite icyuma, Dukundane ni we wahanganye na nyakwigendera afatanyije na bagenzi be.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u201cUbwo rero yaje kumutera icyuma yahawe n\u2019umwe muri abo basore ahita agwa aho, bose bariruka baramusiga yapfuye, ariko ubwo inzego za polisi n\u2019abaturage baje gukurikirana hanyuma abo basore barafatwa.\u201d<\/p>\n<p>IP Gasasira avuga ko abacyekwa kuba bagize uruhare mu rupfu rwa Biramahire ari abasore batatu, magingo aya \u201cbafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gahunga (iri mu Karere ka Burera) mu gihe iperereza rigikomeje ngo hacukumburwe impamvu nyakuri yatumye aba basore bica mugenzi wabo.\u201d<\/p>\n<p><strong>Basangiranga inzoga zitemewe\u2026<\/strong><\/p>\n<p>Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019Igihugu mu Ntara y\u2019Amajyaruguru, ngo mu gihe polisi yakoraga iperereza ahabereye icyaha yaje gusanga abacyekwaho gukora buriya bwicanyi banywaga inzoga bita \u2018Blue Skys\u2019 zitemewe n\u2019amategeko y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ati \u201cAbo basore babasanganye za blue skys; kwa kundi abaturage bagaragaza ko bari kunywa urwagwa n\u2019izindi nzoga zemewe ariko binywera kanyanga n\u2019ibindi biyobwabwenge (\u2026) abo rero nabo baje kubasangana ziriya nzoga za blue skys; uzi rero ko ziriya nzoga zifatwa nk\u2019ibiyobyabwengee kubera ko iyo bazinyoye akenshi ubwenge bwabo burayoba.\u201d<\/p>\n<p>Ahereye ku migendekere ya buriya bwicanyi, IP Gasasira ahamagarira abaturage kwirinda ibiyobyabwenge banatanga amakuru ku kintu cyose babona cyabahungabanyiriza umutekano aho batuye.<\/p>\n<p>Ubwicanyi ni icyaha gihanwa n\u2019amategeko y\u2019u Rwanda, uwo gihamye ahanishwa igifungo cya burundu.<\/p>\n<p>Source: Izuba Rirashe<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu ijoro ryakeye \u00a0mu Karere ka Burera, Umurenge wa Rugarama, Akagari ka Rurembo habonetse umurambo w\u2019umusore ufite imyaka 22 witwa Biramahire Augustin wishwe ateraguwe ibyuma umubiri wose. Abaturage babonye uwo murambo bavuga ko nyakwigendera n\u2019abandi basore benshi bo mu kigero cye bari biriwe basangira inzoga aho ngo basengerwaga na mugenzi wabo usanzwe ufite akazi muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":21605,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-21604","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu ijoro ryakeye \u00a0mu Karere ka Burera, Umurenge wa Rugarama, Akagari ka Rurembo habonetse umurambo w\u2019umusore ufite imyaka 22 witwa Biramahire Augustin wishwe ateraguwe ibyuma umubiri wose. Abaturage babonye uwo murambo bavuga ko nyakwigendera n\u2019abandi basore benshi bo mu kigero cye bari biriwe basangira inzoga aho ngo basengerwaga na mugenzi wabo usanzwe ufite akazi muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-20T19:33:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"155\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"90\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/\",\"name\":\"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png\",\"datePublished\":\"2017-08-20T19:33:02+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png\",\"width\":155,\"height\":90},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma - Umunyarwanda","og_description":"Mu ijoro ryakeye \u00a0mu Karere ka Burera, Umurenge wa Rugarama, Akagari ka Rurembo habonetse umurambo w\u2019umusore ufite imyaka 22 witwa Biramahire Augustin wishwe ateraguwe ibyuma umubiri wose. Abaturage babonye uwo murambo bavuga ko nyakwigendera n\u2019abandi basore benshi bo mu kigero cye bari biriwe basangira inzoga aho ngo basengerwaga na mugenzi wabo usanzwe ufite akazi muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-08-20T19:33:02+00:00","og_image":[{"width":155,"height":90,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/","name":"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png","datePublished":"2017-08-20T19:33:02+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/burera.png","width":155,"height":90},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/burera-habonetse-umurambo-wumusore-wishwe-ateraguwe-ibyuma\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burera: Habonetse umurambo w\u2019umusore wishwe ateraguwe ibyuma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21604","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=21604"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21604\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21606,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21604\/revisions\/21606"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21605"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=21604"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=21604"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=21604"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}