{"id":21675,"date":"2017-08-28T13:04:39","date_gmt":"2017-08-28T11:04:39","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=21675"},"modified":"2017-08-28T13:04:39","modified_gmt":"2017-08-28T11:04:39","slug":"nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/","title":{"rendered":"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi"},"content":{"rendered":"<p>Iki kibazo cy\u2019abazunguzayi kimaze iminsi cyarateye abantu ururondogoro kigomba kwiganwa ubushishozi buhagije ejo kitazakurura ibindi bibazo bikirushije ubukana. Abayobozi b\u2019Umujyi wa Kigali hamwe n\u2019izindi nzego bireba bakwiye gutumiza inama rusange ndetse iyo nama igatumirwamo bamwe mu bahagarariye Abazunguzayi, bagasuzumira hamwe ikibazo bakivuye imuzi, hanyuma hagafatwa ingamba zo<span class=\"text_exposed_show\">\u00a0kugikemura ariko impande zose (harimo n\u2019abazunguzayi) zibyumvikanyeho.<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Ikibazo nyamukuru abantu bagomba kubanza kwibaza ni iki gikurikira: Ni mpamvu ki itera abazunguzayi kuba bo, ni mpamvu ki abantu bmwe bahitamo gukora umwuga w\u2019ubuzunguzayi? Impamvu y\u2019icyo kibazo nimara kugaragara neza, impande zose zikayumva kimwe, icyo gihe noneho bazarebera hamwe uburyo bwiza kandi bunoze bwatuma Abazunguzayi bashakirwa uburyo bukwiriye bwatuma bakora umurimo wabo ntacyo bahungabanyije.<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Hari abantu bamwe bibwira ko abazunguzayi baba mu Rwanda gusa, oya rwose, Abazunguzayi baba mu bihugu hafi ya byose, bivuze ko Abazunguzayi ntaho bataba ku isi. Ariko mu bindi bihugu ntabwo babahiga ngo babafate babakubite banabafunge nk\u2019uko bikorwa hano mu Rwanda. Ahubwo bashaka uburyo babareka bagakora umwuga wabo ntawe babangamiye nta n\u2019icyo babangamiye cyangwa bangiza ku bijyanye n\u2019umutekano n\u2019isuku.<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Turebye mu bindi bihugu binyuranye byo kw\u2019isi, ndetse na biriya twita ko byateye imbere, dusangayo Abazunguzayi, aribo bita mu ndimi z\u2019amahanga \u201cles vendeurs \u00e0 la sauvette\/street sellers\u201d.<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Reka dutange nk\u2019ingero zikurikira:<br \/>\n1. Muri Amerika,mu mujyi wa New York, usangayo abazunguzayi, baba cyane bacururiza aho bita \u201cTimes square\u201d ndetse naho bita \u201cHarlem\u201d<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">2. Mu gihugu cya France, mu mujyi w\u2019i Paris, usangayo abazunguzayi, baba cyane aho bita \u201cPigalle\u201d ndetse unabasanga kuri \u201cTour Eiffel\u201d<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">3. Mu gihugu cya Belgique, mu mujyi wa Bruxelles, usangayo abazunguzayi, baba cyane aho bita kuri \u201cPorte de Namur\u201d muri quartier Matonge<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">4. Mu gihugu cya Kenya, mu mujyi wa Nairobi, usangayo abazunguzayi mu ma quartiers menshi akennye, ariko cyane cyane ubasanga ahitwa \u201cMathare Valley\u201d<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">5. Mu gihugu cy\u2019abaturanyi cya Uganda, mu mujyi wa Kampala uhasanga abazunguzayi benshi, cyane cyane ahitwa \u201cKasubi-Kawaala\u201d ndetse n\u2019ahitwa \u201cKamwokya\u201d<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">6. Mu gihugu cya India, mu murwa mukuru \u201cNew Delhi\u201d usangamo Abazunguzayi benshi, iyo ugeze mu mujyi wa \u201cBombay\u201d ho usanga biteye ubwoba cyane cyane muri quartier bita \u201cDharavi\u201d haba Abazunguzayi benshi cyane batagira ingano.<br \/>\n<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Mu Rwanda rero, Abayobozi b\u2019umujyi wa Kigali nibareke gufata ikibazo nk\u2019aho cyoroshye, ngo bafate ibyemezo bikakaye ariko nyamara bitazatanga igisubizo ahubwo bizakurura ibindi bibazo by\u2019urusobe. Guhigisha uruhindu no gufunga abazunguzayi bose NTABWO ARIWO MUTI. Baribeshya, ndetse n\u2019abanyamahanga nibabimenya bazaduseka cyane. Bizanashimangira ibyo batuvugaho ko mu Rwanda bahonyora ikiremwamuntu byahebuje.<\/span><\/p>\n<p><strong>Kabano<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iki kibazo cy\u2019abazunguzayi kimaze iminsi cyarateye abantu ururondogoro kigomba kwiganwa ubushishozi buhagije ejo kitazakurura ibindi bibazo bikirushije ubukana. Abayobozi b\u2019Umujyi wa Kigali hamwe n\u2019izindi nzego bireba bakwiye gutumiza inama rusange ndetse iyo nama igatumirwamo bamwe mu bahagarariye Abazunguzayi, bagasuzumira hamwe ikibazo bakivuye imuzi, hanyuma hagafatwa ingamba zo\u00a0kugikemura ariko impande zose (harimo n\u2019abazunguzayi) zibyumvikanyeho. Ikibazo nyamukuru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":21676,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-21675","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Nta gihugu kitabamo abazunguzayi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iki kibazo cy\u2019abazunguzayi kimaze iminsi cyarateye abantu ururondogoro kigomba kwiganwa ubushishozi buhagije ejo kitazakurura ibindi bibazo bikirushije ubukana. Abayobozi b\u2019Umujyi wa Kigali hamwe n\u2019izindi nzego bireba bakwiye gutumiza inama rusange ndetse iyo nama igatumirwamo bamwe mu bahagarariye Abazunguzayi, bagasuzumira hamwe ikibazo bakivuye imuzi, hanyuma hagafatwa ingamba zo\u00a0kugikemura ariko impande zose (harimo n\u2019abazunguzayi) zibyumvikanyeho. Ikibazo nyamukuru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-28T11:04:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"650\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"469\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/\",\"name\":\"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg\",\"datePublished\":\"2017-08-28T11:04:39+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg\",\"width\":650,\"height\":469,\"caption\":\"Uyu muzunguzayi akorera ahitwa \u201cTimes square\u201d mu mujyi wa New York muri Amerika\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi - Umunyarwanda","og_description":"Iki kibazo cy\u2019abazunguzayi kimaze iminsi cyarateye abantu ururondogoro kigomba kwiganwa ubushishozi buhagije ejo kitazakurura ibindi bibazo bikirushije ubukana. Abayobozi b\u2019Umujyi wa Kigali hamwe n\u2019izindi nzego bireba bakwiye gutumiza inama rusange ndetse iyo nama igatumirwamo bamwe mu bahagarariye Abazunguzayi, bagasuzumira hamwe ikibazo bakivuye imuzi, hanyuma hagafatwa ingamba zo\u00a0kugikemura ariko impande zose (harimo n\u2019abazunguzayi) zibyumvikanyeho. Ikibazo nyamukuru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-08-28T11:04:39+00:00","og_image":[{"width":650,"height":469,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/","name":"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg","datePublished":"2017-08-28T11:04:39+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/08\/zunguza.jpg","width":650,"height":469,"caption":"Uyu muzunguzayi akorera ahitwa \u201cTimes square\u201d mu mujyi wa New York muri Amerika"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-gihugu-kitabamo-abazunguzayi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nta gihugu kitabamo abazunguzayi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21675","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=21675"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21675\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21677,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21675\/revisions\/21677"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21676"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=21675"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=21675"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=21675"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}