{"id":21968,"date":"2017-09-12T19:55:24","date_gmt":"2017-09-12T17:55:24","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=21968"},"modified":"2017-09-12T19:55:24","modified_gmt":"2017-09-12T17:55:24","slug":"iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/","title":{"rendered":"IY&#8217;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO"},"content":{"rendered":"<p>Niga muri Canada muri za 1970, inshuti yanjye Ali Chenghizi, umunya-irani, igihe twari mu myigaragambyo m<span class=\"text_exposed_show\">u muhanda witwa Sherbrooke i Montreal, twamagana Perezida Nixon wa USA, dusaba ko ahagarika intambara yagabwe n\u2019igihugu cye ku gihugu cy\u2019abakene cyitwa VIETNAM, nuko Ali arambwira ati AbanyaVietnam ni abagabo. Yambwiraga ibyo nanjye narinzi ati: bemeye gutanga ibitambo bitangira ingano aho kugira ngo babe abaja b\u2019Abanyamerika. <\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Yongeraho ati: natwe iwacu muri IRAN dufite intamabara itazwi yo kurwanya Abanyamerika. Ati tuzabarwanya mpaka tuvanyeho umugaragu wabo wishe ighugu cyacu ari we: Mohammad Reza Pahlavi, \u201cSHAH d\u2019IRAN\u201d. Avuga yongereye ijwi ati: kandi azavaho, avanyweho na rubanda. Ati kandi n\u2019AbanyaVietnam bazatsinda USA. Koko muri 1975 Vietnam itsinda Amerika, kandi ntako itari yaragize ikoreheje za bombe ziruta iza koreshejwe batsinda &lt;Hitler mu ntambara y kabiri y\u2019isi. Na Shah d\u2019Iran avanwaho na rubanda muri 1979, IRAN ihinduka Republika ya Kiislam, CIA isubira muri Amerika yimyiza imoso.<\/span><\/p>\n<p><span class=\"text_exposed_show\">Nta butegetsi na bumwe kw\u2019isi bushobora kunanira abanyagihugu iyo bashyize hamwe. Si ngombwa ko buri wese agira imbuda. Intambara yo kurwanya abanyagitugu ni kimwe n\u2019iyo kurwanya abakoloni. Yego imbunda ni ngombwa, ariko icya ngombwa ni ubushake no gukomera ku murya (r\u00e9sistance). Yego, intambara ya rubanda nayo ikorwa n\u2019imbuda zitari izi za Kalachinikov. Sizo kamara. Hari abari bazifite batsinzwe. Habaho n\u2019imbunda z\u2019umwihariko: ari nazo mbunda za mbere kw\u2019isi, zikunda kugira intsinzi. Zigizwe n\u2019IMBUNDA IMWE RUKUMBI ya RUTURA. Iyo mbunda si yindi ni RUBANDA.<\/span><\/p>\n<div class=\"text_exposed_show\">\n<p>Amasasu yayo aba ari make cyane: kwitegura (organisation), gutinyuka no kwemera kwitanga (gushira ubwoba), kutiheba(gukomera ku rugamba, gukomeza umurya), kwemera kuba igitambo ndetse no gutanga ibindi bitambo. Intambara nk\u2019iyi n\u2019intambara yo kwiha agaciro n\u2019icyubahiro nka RUBANDA. Ni intamabara yo kwannga gukomeza \u201ckwigira agatebo\u201d, n\u2019intambara ishingiye ku mateka, intabara yo guca ubutegetsi bwanze kwitwa ubwa AKAZU, buhitamo kuba ubwa AGATSIKO kagizwe n\u2019abazobereye mu iyica-rubozo ry\u2019abatemera kuba INGARUZWAMUHETO, no kuba ABAJA cyanga ABAHUTU b\u2019ibikoresho bia ni ibyahozeho ku goma ya cyami; ingoma yatsinwze tariki ya 25 Nzeri 1961. Kwanga kuba abaja, kwanga kuba ingaruzwamuheto, kwanga kuba imbohe z\u2019ubwoba, kwanga ubwami bwihishe muri Repuburika, nicyo cyadukiza kubaho nk\u2019imbwa mu gihugu cyacu.<\/p>\n<p>NI MUSHAKE UMURAGE W\u2019AMAHORO N\u2019UBUMWE<\/p>\n<p>TUGOMBA GUPFIRA abazasigara. Tugomba GUSIGA UMURAGE W\u2019AMAHORO N\u2019UBUMWE MU BANYIGIHUGU. AMAJYAMBERE asa n\u2019imurika-gurisha ryamazu agezweho no gukubura imihanda, mu gihe abazunguzayi bakubitwa bakicwa nk\u2019inyamaswa kubera ko baduza umugi, kandi ntayo Leta ibaha ngo btunge abana babo, mu gihe abaturage batagira amazi yo kunywa bajya kuvoma, bakaribwa n\u2019ingona z\u2019umurato w\u2019ibidukikije biruta rubanda! Bene ayo majyambere ashingiye ku minyago n\u2019uburiganya mumibare, ngo ni ibyagezweho n\u2019agatsiko kagizwe n\u201dabakoloni b\u2019ubwoko bushya\u201d siyo dukeneye. Dukeneye amahoro, ubwigenge, no kubaho nta mpungenge, amajyambere akaza nyuma. Tugomba gusiga umurage ushingiye k\u2019UMUBANO n\u2019URUKUNDO mu bana b\u2019uRWANDA. Kugira ngo imibereho yabo itazakomeza kuba uruhererrekane rwo kuba abaja, imbohe z\u2019ubwoba n\u2019ingaruzwamuheto zo gucundwa ayikoba n\u2019abicanyi n\u2019abajura, ubu babaye abagaragu bakuru b\u2019ibihugu by\u2019amahanga, byabagize IBYO BARI BYO.<\/p>\n<p>Gutsindwa kwa rubanda ni: Guhorana mu marira n\u2019amaganya, guhora dutakamba, no kubaho dusa n\u2019impehe, no guhera mu ntambara y\u2019amoko atakibaho, guhora mu ndirimbo zo kurwanya abicanyib\u2019abahutu (ubu bamwe bayobotse ingoma iriho), ariko ntiturwanye abicanyi b\u2019abatutsi babeshya ko bakiri Inkotanyi za Rwigema. Ubu, aba bameze nk\u2019irorwe cyikuba kuruhu rw\u2019inka yabawe kera, bakoze agatsiko ko kwica abahutu n\u2019abatutsi ntakurobanura, babahora ibyabo cyango ko ngo batabakunda n\u2019iiyoborere yabo. Abarokotse jenoside nibareke gukomeza kubeshya amahanga ko aribo biciwe bonyine. Ababivuga ni abanzi b\u2019igihugu cy\u2019uRwanda n\u2019abanyarwanda muri rusange. Twese twariciwe, twicirwa n\u2019Interahamwe (zari zarasesewemo n\u2019Inkotanyi) ziyobowe n\u2019abahutu, twicirwa n\u2019Inkotanyi ziyobowe n\u2019abatutsi bazombereye mubyo kwica mu cyayenge, kandi babyize uri Uganda, bazobereye mubyo kuyobya uburari no gukoresha ibinyamakuru n\u2019abanyamahanga b\u2019injiji, n\u2019 abafite inyungu mubyo gukomeza gusennya Afurika.<\/p>\n<p>NI MUREKE INZANGANO MUSHYIGIKIRE INTWARI<\/p>\n<p>Ni musigeho guhembera inzangano, zigamije gukomeza gushyigikira politike y\u2019agatsiko k\u2019abidishyi. Abishwe n\u2019ababisha b\u2019impande zombi, bishwe nk\u2019abenegihugu. Bazize amateka twagize mu gihugu cyacu, amateka yashingiye kubuja no kubwibone. Abishwe bose ni bibukwe, ntacyo dupfa nabo. Abo dufite icyo dupfa nabo ni ababishhe, barimo n\u2019abarira ay\u2019ingona, ubu bakoresha ibituro, bagira ngo bahabwe ibyubahiro n\u2019amahanga, ko ngo bagize impuhwe zo kurokora abasigaye. Ibyo bashakaga si ukurokora abantu batanazi. Icyo bashakaga ni ubutegetsi. Barabufashe, baburobye mu nyanja y\u2019amaraso, mu bihe byo kwiheba n\u2019agahinda, bivanze n\u2019ibyishimo bya bamwe, baririmbaga intsinzi.<\/p>\n<p>Intambara ya rubanda si iyo ugutera imbabazi no kuririra abatagufitiye impuhwe. Intambara ntabwo ari ugutuza (ukicecekra), utegereje gukubitwa kw\u2019itama no gatanga irisigaye, wibwira ko cyanga wizera ko ari byo biguha amahoro. Intambara ntabwo izakorwa n\u2019abarira. Iza korwa n\u2019abarira amarira agatemba ajya munda. Amagambo yuzuye ishavu, agahinda n\u2019umubabaro bizamarwa n\u2019ubtwari n\u2019ubwitange bwa rubanda.<\/p>\n<p>Ibi byose, si ibihimbano, biri m\u2019ukuri kwa muntu. Bizashoborwa n\u2019ubushake bwo gushyira mu gaciro, tukumvako ntacyaruta ubumwe buzira uburyarya. Niyo nzira yo kutugeza ku buyobozi buzira ubwibone, no ku mubano nyarwanda, umurage w\u2019abasokuruza.<\/p>\n<p>Hazatsinda abazashira ubwoba, nka Diane na Adeline Rwigara, ndetse na Ingabire Umuhoza, tutibagiwe na Kizito Mihigo. Erega biragaragaye ko mu bihe turimo, ubutwari ntibikiri umwihariko w\u2019abagabo. Intambara turimo ntabwo ari yo kurwanira ubutegetsi, ni iyo gukunda igihugu no gukundana nk\u2019abanyarwanda. Abari n\u2019Abategarugori, ibyo gukunda ni kamere yabo. Nkuko bakunda abo bibarutse, ni impano bahawe n\u2019UWITEKA. Ni abo gushyigikirwa.<\/p>\n<p><strong>Faustin Twagiramungu<\/strong><\/p>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Niga muri Canada muri za 1970, inshuti yanjye Ali Chenghizi, umunya-irani, igihe twari mu myigaragambyo mu muhanda witwa Sherbrooke i Montreal, twamagana Perezida Nixon wa USA, dusaba ko ahagarika intambara yagabwe n\u2019igihugu cye ku gihugu cy\u2019abakene cyitwa VIETNAM, nuko Ali arambwira ati AbanyaVietnam ni abagabo. Yambwiraga ibyo nanjye narinzi ati: bemeye gutanga ibitambo bitangira ingano [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":21969,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[47],"tags":[],"class_list":["post-21968","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abanyapolitiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>IY&#039;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IY&#039;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Niga muri Canada muri za 1970, inshuti yanjye Ali Chenghizi, umunya-irani, igihe twari mu myigaragambyo mu muhanda witwa Sherbrooke i Montreal, twamagana Perezida Nixon wa USA, dusaba ko ahagarika intambara yagabwe n\u2019igihugu cye ku gihugu cy\u2019abakene cyitwa VIETNAM, nuko Ali arambwira ati AbanyaVietnam ni abagabo. Yambwiraga ibyo nanjye narinzi ati: bemeye gutanga ibitambo bitangira ingano [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-12T17:55:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Faustin-Twagiramungu.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"638\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"IY&#8217;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO\",\"datePublished\":\"2017-09-12T17:55:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/\"},\"wordCount\":905,\"commentCount\":7,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/09\\\/Faustin-Twagiramungu.png\",\"articleSection\":[\"Abanyapolitiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/\",\"name\":\"IY'ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/09\\\/Faustin-Twagiramungu.png\",\"datePublished\":\"2017-09-12T17:55:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/09\\\/Faustin-Twagiramungu.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/09\\\/Faustin-Twagiramungu.png\",\"width\":638,\"height\":480,\"caption\":\"Faustin Twagiramungu\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IY&#8217;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IY'ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IY'ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO - Umunyarwanda","og_description":"Niga muri Canada muri za 1970, inshuti yanjye Ali Chenghizi, umunya-irani, igihe twari mu myigaragambyo mu muhanda witwa Sherbrooke i Montreal, twamagana Perezida Nixon wa USA, dusaba ko ahagarika intambara yagabwe n\u2019igihugu cye ku gihugu cy\u2019abakene cyitwa VIETNAM, nuko Ali arambwira ati AbanyaVietnam ni abagabo. Yambwiraga ibyo nanjye narinzi ati: bemeye gutanga ibitambo bitangira ingano [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-09-12T17:55:24+00:00","og_image":[{"width":638,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Faustin-Twagiramungu.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"IY&#8217;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO","datePublished":"2017-09-12T17:55:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/"},"wordCount":905,"commentCount":7,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Faustin-Twagiramungu.png","articleSection":["Abanyapolitiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/","name":"IY'ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Faustin-Twagiramungu.png","datePublished":"2017-09-12T17:55:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Faustin-Twagiramungu.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/09\/Faustin-Twagiramungu.png","width":638,"height":480,"caption":"Faustin Twagiramungu"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iyishyamba-ni-igikangisho-iya-rubanda-nicyo-gisubizo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IY&#8217;ISHYAMBA\u201d NI IGIKANGISHO, IYA RUBANDA NICYO GISUBIZO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21968","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=21968"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21968\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":21970,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/21968\/revisions\/21970"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/21969"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=21968"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=21968"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=21968"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}