{"id":22653,"date":"2017-10-31T01:12:05","date_gmt":"2017-10-30T23:12:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=22653"},"modified":"2017-10-31T01:15:23","modified_gmt":"2017-10-30T23:15:23","slug":"rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/","title":{"rendered":"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#8217;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#8217;igifungo"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamakuru w&#8217;umunyarwanda ubu ashobora gukatirwa igifungo cy&#8217;imyaka 7 cyangwa agacibwa ihazabu y&#8217;amafaranga Miliyoni 7 z&#8217;amanyarwanda hakurikijwe itegeko rishya rigenga itangazamakuru rimaze kwemezwa n&#8217;inteko inshingamategeko y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Iri tegeko ryemejwe mu cyumweru gishize n&#8217;inteko ishingamategeko umutwe w&#8217;abadepite, umuntu arasanga risa nk&#8217;iryibasira itangazamakuru kuko mu ivugurura ry&#8217;amategeko mpanabyaha (code p\u00e9nal) ririmo gukorwa ubu umushinga w&#8217;itegeko wongera ibihano ku cyaha cyo gukwiza ibihuha no gusebanya.<\/p>\n<p>Uwo mushinga w&#8217;itegeko kandi wongeyemo ikindi cyaha gishya gihanwa n&#8217;amategeko: Gutuka no gusebya umukuru w&#8217;igihugu. Icyo cyaha cyonyine ubwacyo gihanishwa igifungo kuva ku myaka 5 kugeza kuri 7 n&#8217;ihazabu y&#8217;amafaranga miliyoni 5 kugeza kuri 7.<\/p>\n<p>Icyaha cyo gusebanya no gukwiza ibihuha igihano cyacyo cyazamuwe kigirwa igihano cy&#8217;igifungo kuva ku myaka 2 kugeza kuri 3 kivuye ku mezi 6 yateganywaga n&#8217;itegeko ryari risanzwe. Ihazabu nayo yazamuwe iva kuri miliyoni 1 kuza kuri 3 ishyirwa kuri miliyoni 5.<\/p>\n<p>Abakurikiranira hafi ibijyanye n&#8217;itangazamakuru bahamya badashidikanya ko iri tegeko rigamije gufunga umunwa burundu abanyamakuru bo mu Rwanda dore ko n&#8217;ubundi gukora uwo mwaga wandika ibyo Leta idashaka cyangwa bitayishimagiza ari nk&#8217;ukwihanduza icumu.<\/p>\n<p>Uretse aya mategeko akomeye arimo ashyirwaho biramenyerewe ko abanyamakuru benshi b&#8217;abanyarwanda bicwa, bafungwa ndetse abagize umugisha bo bagakizwa n&#8217;amaguru bagahungira mu mahanga ya kure kuko mu bihugu by&#8217;abaturanyi naho nta mutekano wabo uhari kuko basangwa yo bakicwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Umunyamakuru w&#8217;umunyarwanda ubu ashobora gukatirwa igifungo cy&#8217;imyaka 7 cyangwa agacibwa ihazabu y&#8217;amafaranga Miliyoni 7 z&#8217;amanyarwanda hakurikijwe itegeko rishya rigenga itangazamakuru rimaze kwemezwa n&#8217;inteko inshingamategeko y&#8217;u Rwanda. Iri tegeko ryemejwe mu cyumweru gishize n&#8217;inteko ishingamategeko umutwe w&#8217;abadepite, umuntu arasanga risa nk&#8217;iryibasira itangazamakuru kuko mu ivugurura ry&#8217;amategeko mpanabyaha (code p\u00e9nal) ririmo gukorwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":22654,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-22653","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#039;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#039;igifungo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#039;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#039;igifungo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Umunyamakuru w&#8217;umunyarwanda ubu ashobora gukatirwa igifungo cy&#8217;imyaka 7 cyangwa agacibwa ihazabu y&#8217;amafaranga Miliyoni 7 z&#8217;amanyarwanda hakurikijwe itegeko rishya rigenga itangazamakuru rimaze kwemezwa n&#8217;inteko inshingamategeko y&#8217;u Rwanda. Iri tegeko ryemejwe mu cyumweru gishize n&#8217;inteko ishingamategeko umutwe w&#8217;abadepite, umuntu arasanga risa nk&#8217;iryibasira itangazamakuru kuko mu ivugurura ry&#8217;amategeko mpanabyaha (code p\u00e9nal) ririmo gukorwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-30T23:12:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-10-30T23:15:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/map-rwanda.gif\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"593\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"511\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/gif\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#8217;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#8217;igifungo\",\"datePublished\":\"2017-10-30T23:12:05+00:00\",\"dateModified\":\"2017-10-30T23:15:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/\"},\"wordCount\":214,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/map-rwanda.gif\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/\",\"name\":\"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w'igihugu bihanishwa imyaka 7 y'igifungo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/map-rwanda.gif\",\"datePublished\":\"2017-10-30T23:12:05+00:00\",\"dateModified\":\"2017-10-30T23:15:23+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/map-rwanda.gif\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/10\\\/map-rwanda.gif\",\"width\":593,\"height\":511},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#8217;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#8217;igifungo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w'igihugu bihanishwa imyaka 7 y'igifungo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w'igihugu bihanishwa imyaka 7 y'igifungo - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Umunyamakuru w&#8217;umunyarwanda ubu ashobora gukatirwa igifungo cy&#8217;imyaka 7 cyangwa agacibwa ihazabu y&#8217;amafaranga Miliyoni 7 z&#8217;amanyarwanda hakurikijwe itegeko rishya rigenga itangazamakuru rimaze kwemezwa n&#8217;inteko inshingamategeko y&#8217;u Rwanda. Iri tegeko ryemejwe mu cyumweru gishize n&#8217;inteko ishingamategeko umutwe w&#8217;abadepite, umuntu arasanga risa nk&#8217;iryibasira itangazamakuru kuko mu ivugurura ry&#8217;amategeko mpanabyaha (code p\u00e9nal) ririmo gukorwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-10-30T23:12:05+00:00","article_modified_time":"2017-10-30T23:15:23+00:00","og_image":[{"width":593,"height":511,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/map-rwanda.gif","type":"image\/gif"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#8217;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#8217;igifungo","datePublished":"2017-10-30T23:12:05+00:00","dateModified":"2017-10-30T23:15:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/"},"wordCount":214,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/map-rwanda.gif","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/","name":"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w'igihugu bihanishwa imyaka 7 y'igifungo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/map-rwanda.gif","datePublished":"2017-10-30T23:12:05+00:00","dateModified":"2017-10-30T23:15:23+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/map-rwanda.gif","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/10\/map-rwanda.gif","width":593,"height":511},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-itegeko-rishya-ritegenya-ko-gusebya-cyangwa-gutuka-umukuru-wigihugu-bihanishwa-imyaka-7-yigifungo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: itegeko rishya ritegenya ko gusebya cyangwa gutuka umukuru w&#8217;igihugu bihanishwa imyaka 7 y&#8217;igifungo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22653","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=22653"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22653\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":22657,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/22653\/revisions\/22657"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/22654"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=22653"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=22653"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=22653"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}