{"id":23452,"date":"2017-12-14T17:26:45","date_gmt":"2017-12-14T15:26:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=23452"},"modified":"2017-12-14T22:19:24","modified_gmt":"2017-12-14T20:19:24","slug":"cassien-ntamuhanga-arabatashya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/","title":{"rendered":"Cassien Ntamuhanga arabatashya"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na<strong> Kanuma Christophe<\/strong><\/p>\n<p>Cassien Ntamuhanga,\u00a0umunyamakuru wa Radio Ubuntu Butangaje akaba yari umuyobozi w&#8217;iyo Radio kuva yashingwa,\u00a0yafunganywe n&#8217;umuririrmbyi w&#8217;icyamamare Kizito Mihigo, barenganyijwe The Rwandan yabonye amakuru avuga ko ari mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo nyuma y&#8217;urugendo rutoroshye.<\/p>\n<p>Cassien Ntamuhanga yari yarakatiwe imyaka 25 y&#8217;igifungo ashinjwa guhungabanya umutekano w&#8217;igihugu, aza gutoroka Gereza ya Mpanga I Nyanza ari kumwe n&#8217;abandi bagororwa babiri mu ijoro ryo ku wa 30 Ukwakira 2017.<\/p>\n<p><strong>Mu kiganiro yagiranye n&#8217;umunyamakuru wa The Rwandan yadutangarije uko byamugendekeye.<\/strong><\/p>\n<p>N&#8217;ubwo yirinze gutangaza byinshi ku mayeri n&#8217;ubuhanga yakoresheje asohoka gereza n&#8217;uko yasohotse mu Rwanda kugira ngo bitazatambamira abandi bazifuza kunyura aho yanyuze; yemeza ko koko yatorotse we na bagenzi be bakoresheje imigozi yagaragajwe n&#8217;ubuyobozi bwa Gereza amafoto agashyirwa mu bitangazakuru.<\/p>\n<p>Cassien Ntamuhanga yemeza kandi ko itoroka rye ryagizwemo uruhare n&#8217;umutwe ugizwe n&#8217;abagabo n&#8217;abagore b&#8217;abanyarwanda bakiri bato uhuriwemo n&#8217;abaturuka mu moko yose witwa Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration pour la R\u00e9volution &#8220;ABATANGANA&#8221; ukaba wari uyobowe na G\u00e9rard Niyomugabo bivugwa ko yishwe mu gihe yakorerwaga iyicwa rubozo n&#8217;inzego z&#8217;iperereza mu Rwanda.\u00a0Abatangana ngo bashinzwe n&#8217;itsinda ry&#8217;urubyiruko rw&#8217;abatutsi n&#8217;abahutu intego yabo ngo ni ukwibuka Bose no kurengera Bose hagamije guca inzigo hagati y&#8217;abahutu n&#8217;abatutsi. Ibyo leta y&#8217;u Rwanda ntibikozwa niyo mpamvu ngo bakorera mu ibanga rikomeye kugirango baticwa.<\/p>\n<p>Cassien Ntamuhanga na bagenzi be babiri batorokanye bikoreye operation yo gusohoka muri gereza ya Mpanga, basohotse berekeje i Nyanza. Bageze i Nyanza Ntamuhanga yahise ahamagara abasore 2 bo mur&#8217;uwo mutwe w&#8217;ABATANGANA baza kumutwara bajya kumuhisha ngo adafatwa bahita batangira gutegura uko yasohoka igihugu yemye.<\/p>\n<p><strong>Cassien NTAMUHANGA ati: &#8220;SINDATANGA AGATEGO, ARIKO NKENEYE KWIRAMBURIRA AMAGURU&#8221;<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamakuru\u00a0Cassien Ntamuhanga \u00a0nk&#8217;uko abyivugira ngo yatorotse imwe mu ma gereza yo mu Rwanda irinzwe kurusha izindi ( Gereza ya Nyanza tubibutse ko iyi gereza ariyo u Rwanda rwajyaga rwirirwa ruratira abazungu ngo ni gereza iri ku rwego mpuzamanga ngo bayizanire imfungwa ifunge, aha akaba ari naho hafungiye bamwe mubahamijwe ibyaha n&#8217; urukiko rwa ONU rwashyizweho kuburanisha ibyaha by&#8217;intambara n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu byakozwe n&#8217;inyeshyamba zo muri Sierra L\u00e9one zari zishyigikiwe na Charles Taylor)<\/p>\n<p>Cassien\u00a0Ntamuhanga akaba yarahatorotse hakoreshejwe uburyo nk&#8217;ubwa gikomando nk&#8217;uko byitangarijwe n&#8217;umuvugizi w&#8217;urwego rw&#8217;igihugu rushinzwe amagereza mu Rwanda (RCS), abantu benshi bakomeje Kwibaza ukuntu we na bagenzi be baba barabashije gutoroka iriya Gereza n&#8217;ababafashije abo aribo ariko ntibabone igisubizo kivuye kuri ba nyirubwite cyangwa ababafashije, ibi bikaba byarakurikiwe n&#8217;amakuru anyuranye yakomeje gucicikana hirya no hino mu binyamakuru byaba ibyandikirwa mu gihugu no hanze yacyo amwe yemeza ko Ntamuhanga yagaragaye ahantu runaka.<\/p>\n<p>Twabajije Callixte Sankara iby&#8217;iyo Association cyane ko bivugwa ko ari umwe mubayishinze yemeza ko koko iyo association Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration pour la R\u00e9volution &#8220;ABATANGANA&#8221; ko ihari kandi bakorera mu Rwanda mu ibanga rikomeye kandi nibo bafashije Cassien Ntamuhanga kwambuka umupaka.<\/p>\n<p>Abatangana bamaze kumugeza hanze y&#8217;igihugu akazi gasigaye kahise kajya mu maboko y&#8217;inzego z&#8217;ubutasi za RWANDA REVOLUTIONARY MOVEMENT (RRM) ishyaka rishya riherutse gushingwa vuba na Callixte Sankara na bagenzi be.<\/p>\n<p>Ibyakurikiye n&#8217;uko Callixte Sankara abifashijwemo n&#8217;ubutasi bwa RRM bahise bategura uko yabageraho muri Afrika y&#8217;Epfo ntawumuriye n&#8217;urwara cyane cyane ko bumvaga byanze bikunze ko inzego zikorera leta y&#8217;uRwanda zitari zisinziriye mu gushaka uko yatabwa muri yombi.<\/p>\n<p>Mu gusoza ikiganiro twagiranye Cassien Ntamuhanga asoza ashimira abantu bose bamufashije kuva mu menyo ya rubamba baba ari abantu ku giti cyabo, urubyiruko rwa\u00a0Nouvelle G\u00e9n\u00e9ration pour la R\u00e9volution &#8220;ABATANGANA&#8221; ndetse na RWANDA REVOLUTIONARY MOVEMENT (RRM).<\/p>\n<p>Itoroka rya Ntamuhanga Cassien ryongeye kwerekana ko, n&#8217;ubwo inzego z&#8217;umutekano za leta y&#8217;uRwanda zivuga ko zikomeye cyane, zifite intege nkeya abarwanya ubutegetsi bashobora kwifashisha bakazicisha bugufi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Kanuma Christophe Cassien Ntamuhanga,\u00a0umunyamakuru wa Radio Ubuntu Butangaje akaba yari umuyobozi w&#8217;iyo Radio kuva yashingwa,\u00a0yafunganywe n&#8217;umuririrmbyi w&#8217;icyamamare Kizito Mihigo, barenganyijwe The Rwandan yabonye amakuru avuga ko ari mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo nyuma y&#8217;urugendo rutoroshye. Cassien Ntamuhanga yari yarakatiwe imyaka 25 y&#8217;igifungo ashinjwa guhungabanya umutekano w&#8217;igihugu, aza gutoroka Gereza ya Mpanga I Nyanza ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":23461,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-23452","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Cassien Ntamuhanga arabatashya - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Cassien Ntamuhanga arabatashya - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Kanuma Christophe Cassien Ntamuhanga,\u00a0umunyamakuru wa Radio Ubuntu Butangaje akaba yari umuyobozi w&#8217;iyo Radio kuva yashingwa,\u00a0yafunganywe n&#8217;umuririrmbyi w&#8217;icyamamare Kizito Mihigo, barenganyijwe The Rwandan yabonye amakuru avuga ko ari mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo nyuma y&#8217;urugendo rutoroshye. Cassien Ntamuhanga yari yarakatiwe imyaka 25 y&#8217;igifungo ashinjwa guhungabanya umutekano w&#8217;igihugu, aza gutoroka Gereza ya Mpanga I Nyanza ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-14T15:26:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-12-14T20:19:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"360\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/\",\"name\":\"Cassien Ntamuhanga arabatashya - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg\",\"datePublished\":\"2017-12-14T15:26:45+00:00\",\"dateModified\":\"2017-12-14T20:19:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg\",\"width\":360,\"height\":480,\"caption\":\"Cassien Ntamuhanga\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Cassien Ntamuhanga arabatashya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Cassien Ntamuhanga arabatashya - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Cassien Ntamuhanga arabatashya - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Kanuma Christophe Cassien Ntamuhanga,\u00a0umunyamakuru wa Radio Ubuntu Butangaje akaba yari umuyobozi w&#8217;iyo Radio kuva yashingwa,\u00a0yafunganywe n&#8217;umuririrmbyi w&#8217;icyamamare Kizito Mihigo, barenganyijwe The Rwandan yabonye amakuru avuga ko ari mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo nyuma y&#8217;urugendo rutoroshye. Cassien Ntamuhanga yari yarakatiwe imyaka 25 y&#8217;igifungo ashinjwa guhungabanya umutekano w&#8217;igihugu, aza gutoroka Gereza ya Mpanga I Nyanza ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-12-14T15:26:45+00:00","article_modified_time":"2017-12-14T20:19:24+00:00","og_image":[{"width":360,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/","name":"Cassien Ntamuhanga arabatashya - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg","datePublished":"2017-12-14T15:26:45+00:00","dateModified":"2017-12-14T20:19:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/25394079_1710096899040825_1479996606_n.jpg","width":360,"height":480,"caption":"Cassien Ntamuhanga"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/cassien-ntamuhanga-arabatashya\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Cassien Ntamuhanga arabatashya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23452","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23452"}],"version-history":[{"count":8,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23452\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23468,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23452\/revisions\/23468"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23461"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23452"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23452"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23452"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}