{"id":23481,"date":"2017-12-16T15:30:48","date_gmt":"2017-12-16T13:30:48","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=23481"},"modified":"2017-12-16T15:33:06","modified_gmt":"2017-12-16T13:33:06","slug":"rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/","title":{"rendered":"Rwanda: Inzego z&#8217;iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steve Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Nk&#8217;uko bikomeje gutangazwa n&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu nka <a href=\"https:\/\/www.hrw.org\/fr\/africa\/rwanda\">Human Rights Watch <\/a>mu ma raporo atandukanye, muri iyi minsi abasirikari b\u2019u Rwanda bakajije umurego mu guhohotera no kwica urubozo bamwe mu baturage b\u2019inzirakarengane babashinja kuba bari mu mitwe itavuga rumwe na leta yu Rwanda.<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri the Rwandan aremeza ko Bamwe mu bantu bafitanye amasano n&#8217;abayoboke b\u2019amashyaka atavuga rumwe na Leta iri ku butegetsi ya FPR atemerewe gukore mu Rwanda (yiganjemo akorera hanze y\u2019igihugu) bahaswe ibibazo ari nako bakorerwa iyica rubozo n&#8217;inzego z\u2019umutekano z\u2019U Rwanda ndetse abandi baburirwa irengero.<\/p>\n<p>Benshi mu bagiye batabwa muri yombi mu buryo butemewe n&#8217;amategeko bumeze nko gushimutwa bagiye bajyanwa mu bigo bya gisirikare n&#8217;ahandi hantu hatemerewe gufungirwa abantu kuko batifuzaga ko barogowa muri ibyo bikorwa by&#8217;urugomo. Ni muri urwo rwego\u00a0<a href=\"http:\/\/www.jeuneafrique.com\/depeches\/485444\/societe\/rwanda-un-comite-antitorture-de-lonu-interrompt-sa-visite-en-raison-dobstacles\/\">Intumwa za biro y\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye irwanya iyicarubozo zahagaritse uruzinduko zagiriraga mu Rwanda<\/a>.\u00a0Nk\u2019uko itangazo rya ONU ribivuga, leta y\u2019u Rwanda yabashyizeho amananiza menshi kandi yanga no gukorana nabo. Bari bamaze iminsi itanu mu butumwa bwagombaga kumara icyumweru cyose.\u00a0By\u2019umwihariko, izi ntumwa ntizabashije kugera muri za gereza n\u2019ahandi abantu bafungirwa nk\u2019uko zabyifuzaga. N\u2019aho zageze ntizabashije kuganira n\u2019imfungwa mu ibanga. Bavuga kandi ko babonye amakuru ababwira ko bamwe mu mfungwa baganiriye bashobora kubiryozwa.<\/p>\n<p>Amakuru yageze kuri the Rwandan aremeze ko umugabo witwa Karimijabo Stanislas wari utuye mu karere ka Ruhango yafashwe n\u2019abagabo babiri bari bambaye gisivili, bamukurikiye bari mu modoka yo mubwoko bwa Toyota Avensis, aho yavaga ku kiliziya cy\u2019itolero ry\u2019abagatulika ahetswe kuri taximoto.<\/p>\n<p>Abatugejejeho aya makuru bemeza ko yabanje kujyanwa ku kigo cya police mu Ruhango nyuma y\u2019umunsi umwe akaza kujya gufungirwa mu kigo cya gisirikare cya Kami giherereye hafi umujyi wa Kigali, aho we n&#8217;izindi mfungwa yakorewe iyicwa rubozo n&#8217;inzego zishinzwe umutekano.<\/p>\n<p>Bamwe mu bantu bo mu muryango wa Karinijabo Stanislas batashatse gutanga amazina yabo kubera umutekano wabo babwiye The Rwandan ko badashidikanya ko inzego zishinzwe umutekano z\u2019u Rwanda zashimuse ndetse zikorera iyica rubozo Karinijabo Stanislas zimuziza ngo kuba akorana n\u2019abanzi b\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi bikaba biterwa ngo n&#8217;ibiganiro yajyaga agirana na mwishywa we witwa Emmanuel Tuyisenge uba mu gihugu cy\u2019Ubufaransa, ngo uyu akaba ari umuyoboke w&#8217;Ihuriro Nyarwanda (RNC) ritavuga rumwe na leta y\u2019U Rwanda.<\/p>\n<p>Ibi uyu muryango ukabyemeza ushingiye ku kuba mu ntangiriro z&#8217;ukwezi kwa Nzeli 2017 icyumweru kimwe mbere y\u2019ishimutwa rya Karimijabo Stanislas umwe mu nshuti ze ufite abavandimwe mu nzego z&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda yaramubwiye ubwo barimo gusangira mu kabari ko hari amakuru ari gucicikana ko akorana n\u2019abanzi b\u2019U Rwanda akamusaba nk\u2019inshuti ye kwitwararika ku mutekano we kandi yaba koko hari aho yaba ahuriye nibyo biri kuvugwa akabivamo amazi atararenga inkombe.<\/p>\n<p>Abavandimwe n&#8217;inshuti za\u00a0Karimijabo Stanislas bagerageje gukurikirana aho umuntu wabo afungiye ariko bagiye baterwa ubwoba n&#8217;inzego z&#8217;ibanze ndetse bamwe mu bashinzwe umutekano mu duce batuyemo ntabwo batinye kubabwira ko nibadaceceka nabo bakurikizwa\u00a0Karimijabo Stanislas.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steve Ruta Nk&#8217;uko bikomeje gutangazwa n&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu nka Human Rights Watch mu ma raporo atandukanye, muri iyi minsi abasirikari b\u2019u Rwanda bakajije umurego mu guhohotera no kwica urubozo bamwe mu baturage b\u2019inzirakarengane babashinja kuba bari mu mitwe itavuga rumwe na leta yu Rwanda. Amakuru agera kuri the Rwandan aremeza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":23482,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-23481","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: Inzego z&#039;iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Inzego z&#039;iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steve Ruta Nk&#8217;uko bikomeje gutangazwa n&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu nka Human Rights Watch mu ma raporo atandukanye, muri iyi minsi abasirikari b\u2019u Rwanda bakajije umurego mu guhohotera no kwica urubozo bamwe mu baturage b\u2019inzirakarengane babashinja kuba bari mu mitwe itavuga rumwe na leta yu Rwanda. Amakuru agera kuri the Rwandan aremeza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-16T13:30:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2017-12-16T13:33:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"600\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"360\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/\",\"name\":\"Rwanda: Inzego z'iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg\",\"datePublished\":\"2017-12-16T13:30:48+00:00\",\"dateModified\":\"2017-12-16T13:33:06+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg\",\"width\":600,\"height\":360},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Inzego z&#8217;iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Inzego z'iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Inzego z'iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steve Ruta Nk&#8217;uko bikomeje gutangazwa n&#8217;imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu nka Human Rights Watch mu ma raporo atandukanye, muri iyi minsi abasirikari b\u2019u Rwanda bakajije umurego mu guhohotera no kwica urubozo bamwe mu baturage b\u2019inzirakarengane babashinja kuba bari mu mitwe itavuga rumwe na leta yu Rwanda. Amakuru agera kuri the Rwandan aremeza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2017-12-16T13:30:48+00:00","article_modified_time":"2017-12-16T13:33:06+00:00","og_image":[{"width":600,"height":360,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/","name":"Rwanda: Inzego z'iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg","datePublished":"2017-12-16T13:30:48+00:00","dateModified":"2017-12-16T13:33:06+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/4229e1ca.jpg","width":600,"height":360},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-inzego-ziperereza-za-gisirikare-zikomeje-kugaragara-mu-bikorwa-byo-gushimuta-abantu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Inzego z&#8217;iperereza za gisirikare zikomeje kugaragara mu bikorwa byo gushimuta abantu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23481","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23481"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23481\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23503,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23481\/revisions\/23503"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23482"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23481"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23481"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23481"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}