{"id":23695,"date":"2018-01-02T23:51:19","date_gmt":"2018-01-02T21:51:19","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=23695"},"modified":"2018-01-02T23:51:19","modified_gmt":"2018-01-02T21:51:19","slug":"gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/","title":{"rendered":"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong><em>\u201c Umwanzi agucira akobo; imana igucira icyanzu, impunzi zitegereje igisubizo ku Mana\u201d<\/em><\/strong><\/p>\n<p>Amakuru dukura mu nkambi y\u2019impunzi z\u2019Abanyekongo ya Gihembe; iherereye mu karere ka Gicumbi mu Majyaruguru y\u2019u Rwanda aravuga ko ubu umwuka ari mubi hagati y\u2019izi mpunzi n\u2019Abakozi bahagarariye Leta y\u2019u Rwanda muri iyi nkambi, ubu izi mpunzi zikaba zitakambira umuhisi n\u2019umugenzi kugira ngo azikorere ubuvugizi zirenganurwe.<\/p>\n<p>Aya makuru avuga ko abahagarariye Leta y\u2019u Rwanda mu nkambi ya Gihembe bakomeje kurenganya izi mpunzi mu buryo bwose, bakaba barabigejeje ku nzego zitandukanye ariko ntihagire igikorwa.<\/p>\n<p>Umwe muri izi mpunzi yagize ati : <em>\u201c \u2026 ubundi wiruka ku mbwa cyane wagera aho ukayimara ubwoba. Ubundi nta rupfu rurenze urwo aba bagabo bahagarariye u Rwanda batwica ubu natwe tugiye guhangana nabo mu buryo bweruye\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Izi mpunzi zivuga ko zirenganwa cyane n\u2019umukozi uhagarariye urwego rw\u2019Abinjira n\u2019Abasohoka (Migration) ukorere muri iyi nkambi witwa Innocent Ngirabatware ubabuza uburenganzira bwose burimo no guhagarika abantu bagize amahirwe yo kujya muri Amerika.<\/p>\n<p>Izi mpunzi zakomeje zigira ziti:<em> \u201cAkarengane tugakorerwa na Ngirabatware Innocent uhagarariye Migration mu nkambi. Uyu mugabo yatangiye imirimo ye tariki ya 23 Gashyantare 2017; yaje asimbura umusaza witwa Enock. Uyu mugabo kuva agitangira imirimo kugera ubu araturembeje kugera n\u2019aho ahagarika dossier z\u2019abantu bagize amahirwe yo kujya muri Amerika izo adahagaritse bisaba ko nyirayo yigura agatanga amafaranga ari hagati y\u2019ibihumbi Magana atandatu na Miliyoni by\u2019Amanyarwanda. Hari bagenzi bacu bayatanze ubu bageze muri Amerika kandi biteguye gutanga ubuhamya bw\u2019iyo nzira y\u2019umusaraba banyuzemo n\u2019uko batanze ayo amafaranga\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Iyi mpunzi yakomeje igira iti: <em>\u201c Ubundi iyo gahunda yawe yo kujya gutuzwa muri Amerika iramgiye; werekeza I Kigali aho bita muri League. Kugira ngo wemerwe gusohoka mu nkambi kugira ngo ujye I Kigali muri League, Migration y\u2019u Rwanda iguha icyangombwa kikwemerera gusohoka inkambi, ubu rero kubona icyo cyangombwa birakomeye cyane ukibonye aba asimbutse urupfu. Ubu twahise akazina ka \u201cMUGUNGA\u201d. Mugunga ni agace ko muri Kongo abantu bacu baguye bava Kongo bahungira mu Rwanda habaga abicanyi benshi cyane bari bashinzwe kugirira nabi abari guhunga ku buryo uwabaga ahambutse yabaga ari umurame\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Izi mpunzi zivuga ko uyu Ngirabatware Innocent azibangamiye cyane; ibi byose akaba abikora abayobozi be babirebera; ubu hakaba hibazwa niba atari umugambi waba Sebuja wo kuvutsa izi mpunzi amahirwe yo kujya muri Amerika dore ko iyi gahunda igitanga bakomeje kuyirwanya nkuko byakomeje gutangazwa mu bitangazamakuru bitandukanye.<br \/>\nLeta y\u2019u Rwanda ikomeje kubangamira iyi gahunda yo gutuza impunzi z\u2019Abanyekongo ziri mu Rwanda muri Amerika mu gihe Ambassaderi wa Amerika mu Rwanda ubwo yaherukaga gusura izi mpunzi yazimenyesheje ko n\u2019ubwo umubare w\u2019abajya muri Amerika uzagabanukaho ariko gahunda igikomeje kandi ko impunzi za Gihembe ziri muzitaweho kubera ibibazo zahuye nabyo muri Mudende.<\/p>\n<p>Ikindi kibangamiye izi mpunzi ni uko benshi nta byangombwa bafite bitewe n\u2019uko inzego zibishinzwe zitabishyiramo imbaraga bitewe n\u2019impamvu zitazwi.<\/p>\n<p>Umwe muri izi mpunzi yagize ati :<em> \u201c Urebye abantu bafite icyangombwa kiranga impunzi muri twe (Irangampunzi) ni mbarwa. Iyi Rangampunzi tuyihabwa n\u2019Ikigo cy\u2019u Rwanda gishinzwe gutanga Irangamuntu. Baraje baradufotora, abari bujuje imyaka bose nyuma Irangampunzi barazitanga. Nyuma y\u2019Igihe gito kuzitanga byarahagaze ku buryo abatarazibonye byarangiranye n\u2019icyo gihe ntazo babonye nanubu ntazo barabona. Iyo umuntu agize amahirwe yo kujya muri Amerika atayifite nawe ntibamwemerera barayimusaba akababwira ko ntayo yabonye ntibabyemere. Hari n\u2019abahuye n\u2019ikibazo cyo kuzita nabo ntibahabwa amahirwe yo kubona izindi. Ubundi byari biteganyijwe ko uru rwego buri mwaka ruza gufotora kubera ko buri mwaka hari abuzuza imyaka yo gufata icyangombwa ariko hashize imyaka itatu. Iyo rero urwo rubyiruko narwo rubonye ayo mahirwe yo kujya muri Amerika narwo barubaza ibyagombwa kandi batarigeze bafotorwa. Ibi byose babisabwa n\u2019inzego zishinzwe kubibaha\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Ubundi amabwiriza y\u2019Ishami ry\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), ateganya ko impunzi zandikwa zigahabwa ikarita y\u2019ubuhunzi izemerera guhabwa serivisi zigenerwa impunzi nk\u2019aho kuba, ibiribwa no kurindirwa umutekano nk\u2019abantu batari mu gihugu cyabo; ariko aya mabwiriza ntabwo akurikizwa kuko benshi muri izi mpunzi batangake ko bafite iki kibazo. Ibi byose bakaba bakomeje gusaba ko byakemurwa, iki kibazo kandi cyagarutsweho muri Raporo y\u2019Inteko Ishinga Amategeko ku mibereho y\u2019impunzi ya 2014\/2015.<\/p>\n<p>Izi mpunzi zitangaje ibi mu gihe raporo z\u2019imiryango mpuzamahanga yita ku burenganzira bwa muntu yakomeje kugaragaza u Rwanda nk\u2019Igihugu kibangamira uburenganzira bwa muntu. Iyi miryango kandi yakomeje gutunga u Rwanda agatoki kuba rukoresha impunzi z\u2019Abanyekongo ziri mu Rwanda muri service zitandukanye zirimo Igisirikare; igipolisi n\u2019izindi nzego.<\/p>\n<p>Bibaye kandi mu gihe u Rwanda n\u2019Igihugu cy\u2019Igituranyi cya Uganda barebana ay\u2019Ingwe; bikaba bivugwa ko bashobora kurwana bityo u Rwanda rukaba rushobora kuzifashisha abasore bari muri izi nkambi nkuko byakozwe mu myaka yashize mu ntambara za Kongo bikaba bikekwa ko yaba ariyo mpamvu ubu umusore ufite dossier yo kujya muri Amerika bahimba impamvu yo kuyihagarika.<\/p>\n<p><strong>Olive B. M<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u201c Umwanzi agucira akobo; imana igucira icyanzu, impunzi zitegereje igisubizo ku Mana\u201d Amakuru dukura mu nkambi y\u2019impunzi z\u2019Abanyekongo ya Gihembe; iherereye mu karere ka Gicumbi mu Majyaruguru y\u2019u Rwanda aravuga ko ubu umwuka ari mubi hagati y\u2019izi mpunzi n\u2019Abakozi bahagarariye Leta y\u2019u Rwanda muri iyi nkambi, ubu izi mpunzi zikaba zitakambira umuhisi n\u2019umugenzi kugira ngo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":23606,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-23695","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u201c Umwanzi agucira akobo; imana igucira icyanzu, impunzi zitegereje igisubizo ku Mana\u201d Amakuru dukura mu nkambi y\u2019impunzi z\u2019Abanyekongo ya Gihembe; iherereye mu karere ka Gicumbi mu Majyaruguru y\u2019u Rwanda aravuga ko ubu umwuka ari mubi hagati y\u2019izi mpunzi n\u2019Abakozi bahagarariye Leta y\u2019u Rwanda muri iyi nkambi, ubu izi mpunzi zikaba zitakambira umuhisi n\u2019umugenzi kugira ngo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-02T21:51:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"426\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda\",\"datePublished\":\"2018-01-02T21:51:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":796,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/12\\\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/12\\\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg\",\"datePublished\":\"2018-01-02T21:51:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/12\\\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2017\\\/12\\\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg\",\"width\":640,\"height\":426},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"\u201c Umwanzi agucira akobo; imana igucira icyanzu, impunzi zitegereje igisubizo ku Mana\u201d Amakuru dukura mu nkambi y\u2019impunzi z\u2019Abanyekongo ya Gihembe; iherereye mu karere ka Gicumbi mu Majyaruguru y\u2019u Rwanda aravuga ko ubu umwuka ari mubi hagati y\u2019izi mpunzi n\u2019Abakozi bahagarariye Leta y\u2019u Rwanda muri iyi nkambi, ubu izi mpunzi zikaba zitakambira umuhisi n\u2019umugenzi kugira ngo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-01-02T21:51:19+00:00","og_image":[{"width":640,"height":426,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda","datePublished":"2018-01-02T21:51:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/"},"wordCount":796,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/","name":"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg","datePublished":"2018-01-02T21:51:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/12\/rw-gihembe-camp-crowd-in-remembrance.jpg","width":640,"height":426},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gihembeimpunzi-zabanyekongo-zirarebana-ayingwe-na-leta-yu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gihembe:Impunzi z\u2019Abanyekongo zirarebana ay\u2019ingwe na Leta y\u2019u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23695","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23695"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23695\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23696,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23695\/revisions\/23696"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23606"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23695"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23695"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23695"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}