{"id":2372,"date":"2012-11-01T15:03:17","date_gmt":"2012-11-01T13:03:17","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2372"},"modified":"2012-11-01T15:03:17","modified_gmt":"2012-11-01T13:03:17","slug":"rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/","title":{"rendered":"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR), aravuga ko abantu barenga 13 ari bo bamaze guhitanwa n\u2019imvura imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu.<\/p>\n<p>Ntawukuriryayo Frederic, ushinzwe itumanaho n\u2019itangazamakuru muri MIDIMAR, yabwiye IGIHE ko abo bantu ari 6 baguye i Rubavu, 4 baguye Kicukiro mu Murenge wa Gikondo na 3 baguye mu Karere ka Rusizi (muri Bugarama).<!--more--><\/p>\n<p>Uretse aba bapfuye, MIDIMAR itangaza ko hari n\u2019abandi baburiwe irengero bagishakishwa.<\/p>\n<p>Ntawukuriryayo yakomeje avuga ko mu rwego rwo gutabara iyi miryango iyi Minisiteri imaze kohereza abakozi bayo aho haguye abantu, kandi ko barimo kubakorera ubutabazi bw\u2019ibanze.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cAho hantu hose habaye ibiza hari abakozi ba Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi. Bari kubarura no gukusanya ibitekerezo uyu munsi haroherezwa raporo n\u2019ibyo abitekerezo abaturage bari gutanga bityo, aho hantu haze kohoherezwa ibyabafasha byibanze byakorwa muri aka kanya.\u201d<\/p>\n<p>Abantu 4 bapfiriye muri Kigali bishwe n\u2019umukingo<\/p>\n<p>Abantu bane bapfiriye muri Kigali, mu Karere ka Kicukiro ni umuryango w\u2019abantu 4 wagwiriwe n\u2019umukingo ubwo imvura yagwaga kuri uyu wa Kabiri maze ubutaka bugatengukira ku nzu barimo.<\/p>\n<p>Abaguye muri iyo nzu bazwi ku mazina ya Mukeshimana Ir\u00e8ne, n\u2019abana be aribo Ndayisenga Yves, Isingizwe Yvonne na Emelyse Better.<\/p>\n<p>Abaturanyi batangarije The New Times, ko abo banyakwigendera bapfuye ku isaha ya saa mbiri z\u2019umugoroba.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Gikondo, Kanyesigye Nathan yatangaje ko umuvu w\u2019amazi aturuka ku musozi wa Rebero. Yongeyeho ko imyubakire y\u2019ayo mazu itari myiza kandi n\u2019igipangu kikaba kitari gikomeye kuburyo cyahangana n\u2019amazi.<\/p>\n<p>Abaje mu muhango wo gushyingura bavuze ko nyiri iki gipangu, Kalisa Ezekiel yirengagije inama yagiye ahabwa mu buryo bwo gufata amazi kugirango adasenyera abaturanyi.<\/p>\n<p>Abantu 6 bahitanwe n\u2019imvura i Rubavu<\/p>\n<p>Akarere ka Rubavu kamaze kubarura abantu 6 ko ari bo bishwe n\u2019imvura imaze iminsi igwa ntihite. Abo bantu ni umusaza n\u2019abana babiri bo mu Murenge wa Rugerero, Akagari ka Rushubi.<\/p>\n<p>Mu Murenge wa Nyamyumba, kugeza mu masaha ya nyuma ya sita zo kuwa Gatatu, imirambo 3 mu bantu 4 bavugwa ko aribo baguye muri ibi biza, niyo yari imaze kuboneka.<\/p>\n<p>Aba batatu bapfuye ni umuryango w\u2019umugabo n\u2019umugore n\u2019umwana w\u2019amezi 8, bagwiriwe n\u2019igikuta cy\u2019icyumba bari baryamyemo nk\u2019uko Radio 10 yabitangaje.<\/p>\n<p>Umukobwa wo muri Rubavu witeguraga ubukwe yaburiwe irengero<\/p>\n<p>Undi umwe ni umukobwa bakundaga kwita Kobwa, wari urimo kwirukanka mu by\u2019ubukwe bwe bwari bwegereje mu minsi iri imbere, aho yatwawe n\u2019amazi yari avuye ruguru y\u2019umuhanda, umumotari wari umuhetse yabashije gusimbuka, maze moto ijyana n\u2019umukobwa mu nsi y\u2019umugunguzi, ariko moto baza kuyibona, ariko we kugeza n\u2019ubu utaraboneka.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Rubavu, Sheikh Bahame Hassan, avuga ko hari ibyihutirwa bigiye gukorwa, mu rwego rwo gutabara abaturage bahuye n\u2019ayo makuba.<\/p>\n<p>Uretse impfu z\u2019abantu, iyi mvura yaswenye ibiraro n\u2019amateme muri Rubavu ku buryo abaturage batakibasha guhahirana nka mbere.<\/p>\n<p>Hirya no hino mu Rwanda ho, haravugwa ko amazu n\u2019imyaka by\u2019abaturage byangiritse bitagira ingano.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.igihe.com\/amakuru\/u-rwanda\/abantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-n-imvura-nyinshi-irimo-kugwa-mu-gihugu.html\">igihe.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru dukesha Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR), aravuga ko abantu barenga 13 ari bo bamaze guhitanwa n\u2019imvura imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu. Ntawukuriryayo Frederic, ushinzwe itumanaho n\u2019itangazamakuru muri MIDIMAR, yabwiye IGIHE ko abo bantu ari 6 baguye i Rubavu, 4 baguye Kicukiro mu Murenge wa Gikondo na 3 baguye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2373,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-2372","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru dukesha Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR), aravuga ko abantu barenga 13 ari bo bamaze guhitanwa n\u2019imvura imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu. Ntawukuriryayo Frederic, ushinzwe itumanaho n\u2019itangazamakuru muri MIDIMAR, yabwiye IGIHE ko abo bantu ari 6 baguye i Rubavu, 4 baguye Kicukiro mu Murenge wa Gikondo na 3 baguye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-01T13:03:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/\",\"name\":\"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-01T13:03:17+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"584\",\"height\":\"391\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru dukesha Minisiteri ishinzwe kurwanya ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR), aravuga ko abantu barenga 13 ari bo bamaze guhitanwa n\u2019imvura imaze iminsi igwa hirya no hino mu gihugu. Ntawukuriryayo Frederic, ushinzwe itumanaho n\u2019itangazamakuru muri MIDIMAR, yabwiye IGIHE ko abo bantu ari 6 baguye i Rubavu, 4 baguye Kicukiro mu Murenge wa Gikondo na 3 baguye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-01T13:03:17+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/","name":"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-01T13:03:17+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"584","height":"391"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwandaabantu-13-nibo-bamaze-guhitanwa-nimvura-nyinshi-irimo-kugwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda:Abantu 13 nibo bamaze guhitanwa n\u2019imvura nyinshi irimo kugwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2372","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2372"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2372\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2372"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2372"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2372"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}