{"id":2375,"date":"2012-11-01T17:42:30","date_gmt":"2012-11-01T15:42:30","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2375"},"modified":"2012-11-01T17:42:30","modified_gmt":"2012-11-01T15:42:30","slug":"hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/","title":{"rendered":"Hari 50.000 by&#8217;abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore"},"content":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko bigaragara mu nyandiko iri mu kinyamakuru igihe.com ifite umutwe ugira uti:\u201d<a href=\"http:\/\/www.igihe.com\/amakuru\/u-rwanda\/abarenga-ibihumbi-50-baracyakurikiranyweho-uruhare-muri-jenoside.html\"> Abarenga ibihumbi 50 baracyakurikiranyweho uruhare muri Jenoside\u201d<\/a>, iyo nyandiko iragira iti:<!--more--><br \/>\n<em>\u201d Abantu ibihumbi 50 bakekwaho gukora Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu w\u20191994 baracyidegembya mu bihugu bimwe na bimwe byo ku migabane ya Afurika n\u2019Uburayi nk\u2019uko bitangazwa n\u2019Ubushinjacyaha bukuru bw\u2019u Rwanda. Mu kiganiro aherutse kugirana n\u2019ibiro ntaramakuru byo ku rukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda Fondation Hirondelle, Siboyintore Jean Bosco ukuriye ishami ry\u2019Ubushinjacyaha Bukuru rishinzwe gukurikirana abaregwa gukora jenoside bari hanze y\u2019igihugu yavuze ko ubutabera bw\u2019u Rwanda bumaze gushyiraho impapuro zo gufata abakekwaho jenoside zigera ku 146, kandi ko hakomeje kwigwa no ku bandi benshi baregwa.Yagize ati \u201cdufitiye icyizere ku mikoranire yacu na bimwe mu bihugu ikibazo kireba. Bitinde bitebuke abantu bakekwaho jenoside bazafatwa. Bagomba kurangiza igihano haba hano mu gihugu cyangwa gusubirishwamo imanza zabo.\u201d Abenshi mu baregwa icyaha cya Jenoside bari ku mugabane wa Afurika cyane cyane muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Zambiya nk\u2019uko Ubushinjachaha bubitangaza. Ku mugabane w\u2019u Burayi abakurikiranyweho uruhare muri jenoside biganje mu Bubiligi, mu Bufaransa no mu Buholande.\u201d<\/em><\/p>\n<p>Ibi byavuzwe na Bwana Siboyintore biteye kwibaza. Ese iyi mibare yayikuye hehe? Ni mu nyandiko mvugo z\u2019ubugenzacyaha? Ni mu nyandikomvugo z\u2019inkiko gacaca? Ni ibarura ryakozwe?<\/p>\n<p>Ikindi giteye kwibaza n\u2019uko mu minsi ishize mu nyandiko yahise ku rubuga rwa ORINFOR ifite umutwe ugira uti:<a href=\"http:\/\/www.orinfor.gov.rw\/printmedia\/news.php?type=rw&amp;volumeid=251&amp;cat=3&amp;storyid=7018\">\u201dAbakiri mu buhunzi barashishikarizwa gutaha\u201d<\/a>,  Minisitiri Marcel Gatsinzi, ufite mu nshingano ze ibijyanye n\u2019impunzi yatangaje ko impunzi z\u2019abanyarwanda zikiri hanze zitarenga 70.000.  Ibyo bikaba bishatse kuvuga ko hafi y\u2019izo mpunzi zose ndetse n\u2019izavukiye mu buhungiro zikekwaho ibyaha bya jenoside? Ese n\u2019abana n\u2019abagore b\u2019abategetsi b\u2019u Rwanda boherezwa kwaka ubuhungiro mu bihugu by\u2019i Burayi n\u2019Amerika nabo babarirwa mu bakoze iyo Jenoside? Uretse ko nk\u2019umugore wa Ministre Gatsinzi we yashyizwe mu majwi n\u2019urukiko Gacaca rw\u2019ahahoze hitwa i Butare ariko ntabwo twavuga ko n\u2019abana ba Gatsinzi nabo bakekwaho jenoside.<\/p>\n<p>Aya magambo ya Siboyintore n\u2019ayo kwitonderwa kuko mu by\u2019ukuri keretse uzi icyo yari agamije ayavuga, naho ubundi harimo kwivuguruza ku ruhande rwa Leta kuvanze no gutera ubwoba abanyarwanda b\u2019impunzi bari hanze muri rusange ngo bumve ko hari ibyaha bakurikiranyweho. Ababa mu bihugu by\u2019i Burayi n\u2019Amerika bazi neza ko iyo urezwe ibyaha nka biriya n\u2019iyo wagirwa umwere hari igice cy\u2019ubuzima bwawe kiba gitakaye (bya bindi mu kinyarwanda bavuga ngo n\u2019utakwishe aragukerereza) kandi nta n\u2019indishyi umuntu ahabwa mu gihe bigaragaye ko yabeshyewe cyangwa bamwibeshyeho. Iyi mpamvu ikaba ari yo mpamvu nyamukuru ituma abanyarwanda benshi baba hanze badakunda kwitabira ibikorwa birwanya Leta y\u2019u Rwanda n\u2019ubwo bwose baba bayivumira ku gahera, ndetse hari n\u2019abazi kwiteganyiriza basimbuka bagashyira utuyero cyangwa utudorari mu Gaciro ngo batange abagabo hatazagira ubashakaho impamvu cyangwa akabibeshyaho.<\/p>\n<p>Ariko na none Leta y\u2019u Rwanda ikunze gushaka kwerekana ko umubare w\u2019impunzi ari muto cyane, yashibukanywe n\u2019umutego wayo n\u2019ubundi, none se niba hari 50.000 hanze byakoze jenoside mu 1994, impunzi Leta ikaba ivuga ko ari 70000 ubwo ni ukuvuga ko mu myaka 18 abo bantu batororotse, batapfuye? N\u2019ukuvuga ko bahunze bonyine batari kumwe n\u2019imiryago yabo? Iyi mibare rero n\u2019ubwo ikemangwa ariko ikigaragara iyo umuntu ashishoje n\u2019uko umubare w\u2019impunzi z\u2019abanyarwanda ziri hanze y\u2019u Rwanda ari munini cyane udafite aho uhuriye n\u2019uko Leta y\u2019u Rwanda ibivuga.<\/p>\n<p>Hari uwansekeje ambwira ko umunsi umwe kubera gutekinika cyane hari igihe bazibeshya bagashyira ku rutonde n\u2019abagore n\u2019abana b\u2019abategetsi nabo batse ubuhungiro biyita impunzi. Yampaye urugero rw\u2019umusenateri umwe ufite abana benshi hanze b\u2019<strong>IMPUNZI<\/strong> uherutse kuvuga ko FPR yateye kuko ngo Perezida Habyalimana yari yanze ko impunzi zitahuka, akibaza niba amaherezo uwo Senateri atazashoza intambara yindi yo gucyura abakobwa be ngo bahunze Kagame n\u2019abafandi ngo bashakaga kubarongora ku ngufu kandi barwaye SIDA.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nk\u2019uko bigaragara mu nyandiko iri mu kinyamakuru igihe.com ifite umutwe ugira uti:\u201d Abarenga ibihumbi 50 baracyakurikiranyweho uruhare muri Jenoside\u201d, iyo nyandiko iragira iti:<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2376,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[],"tags":[],"class_list":["post-2375","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Hari 50.000 by&#039;abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari 50.000 by&#039;abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nk\u2019uko bigaragara mu nyandiko iri mu kinyamakuru igihe.com ifite umutwe ugira uti:\u201d Abarenga ibihumbi 50 baracyakurikiranyweho uruhare muri Jenoside\u201d, iyo nyandiko iragira iti:\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-01T15:42:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/\",\"name\":\"Hari 50.000 by'abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-01T15:42:30+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"418\",\"height\":\"334\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari 50.000 by&#8217;abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari 50.000 by'abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari 50.000 by'abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore - Umunyarwanda","og_description":"Nk\u2019uko bigaragara mu nyandiko iri mu kinyamakuru igihe.com ifite umutwe ugira uti:\u201d Abarenga ibihumbi 50 baracyakurikiranyweho uruhare muri Jenoside\u201d, iyo nyandiko iragira iti:","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-01T15:42:30+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/","name":"Hari 50.000 by'abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-01T15:42:30+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"418","height":"334"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hari-50-000-byabakoze-jenoside-bidegembya-mu-mahanga-siboyintore\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari 50.000 by&#8217;abakoze Jenoside bidegembya mu mahanga: Siboyintore"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2375","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2375"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2375\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2375"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2375"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2375"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}