{"id":23752,"date":"2018-01-08T19:12:45","date_gmt":"2018-01-08T17:12:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=23752"},"modified":"2018-01-08T19:13:42","modified_gmt":"2018-01-08T17:13:42","slug":"hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/","title":{"rendered":"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE."},"content":{"rendered":"<p><strong>U Rwanda rukeneye umuperezida ukunda rubanda nka Kayibanda na Habyarimana.<\/strong><\/p>\n<p>Iyo umupadiri wa Kiliziya gatolika yifuje cyane kumenya amakuru yo hakurya y\u2019imva arayamenya. Ni umwihariko ujyanye n\u2019ubutore bwabo nk\u2019abashumba, n\u2019ubwo hari n\u2019abandi bantu basanzwe bagira amahirwe yo kugera kuri iyo ntera y\u2019imyemerere. Nanone kugira ngo abigereho nta nkomyi bimusaba gufata igihe cyo guhinduka mu mutima,kwirinda gusa mara, gusiba no gusenga bihagije. Ashobora no kubigeraho mu buryo busa n\u2019ubworoshye cyane iyo yabiherewe impano yihariye cyangwa akabihabwamo ubutumwa mu nyungu z\u2019umuryango wose. Uko byamera kose, inzira zizwi zishobora kumugeza ku makuru yo hakurya y\u2019imva ni eshatu : mu nzozi, mu ibonekerwa cyangwa mu butumwa butunguranye yumviye mu bumuntu bwe bw\u2019imbere (perception intuitive).<br \/>\nMuri iyi minsi nagize amahirwe adasanzwe yo kumenya amakuru y \u2019 abagabo babiri b\u2019intwari bagize uruhare rukomeye cyane mu guhanga u Rwanda uko turuzi muri iki gihe. Abo ni Kayibanda Gregoire (1961-1973) na Juv\u00e9nal Habyarimana (1973-1994).<\/p>\n<p><strong>I. Icyo bahurizaho<\/strong><\/p>\n<p>(1) Baracyakunda u Rwanda ku buryo buhebuje<br \/>\n(2) Aho bari bakurikiranira hafi amakuru yose y\u2019ibibera mu Rwanda<br \/>\n(3) Bazi amazina y\u2019abenegihugu bagerageza guhanga ibisubizo byazanira Abanyarwanda amahoro<br \/>\n(4) Baremeza ko UBUTAKA bw\u2019u Rwanda bukwiye kugangahurwa bukarekera aho gukomeza kunywa amaraso y\u2019abaturage babwo.<br \/>\n(5) Baremeza ko ubutegetsi buriho mu Rwanda ari bubi cyane kuko bwica abaturage bukabarenganya,bukabakura umutima, kukababuza amahwemo mu buryo bunyuranye.<br \/>\n(6) Baradusaba kwirinda kuba imbohe z\u2019amateka ababaje ahubwo tukihatira kubaka igihugu gifitiye umuturage AKAMARO.<\/p>\n<p><strong>II. Hari icyo badahurizaho<\/strong><\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/kayibanda.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-23753\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/kayibanda.png\" alt=\"\" width=\"712\" height=\"625\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/kayibanda.png 423w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/kayibanda-300x263.png 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 712px) 100vw, 712px\" \/><\/a><\/p>\n<p>Perezida Kayibanda aremeza ko impinduka ikenewe dushobora kuyigeraho, mu nzira y\u2019ubwitonzi, twemera gutera intambwe imwe inyuma y\u2019indi,buhoro buhoro, tutiruka, hatagombye kumeneka andi maraso menshi y\u2019abanyarwanda.<\/p>\n<p>Perezida Habyarimana we aremeza ko ariwe dukwiye kureberaho,tugatinyuka gufata indangururamajwi tukavugira ahirengeye twamagana AKARENGANE , ndetse ntidutinye no kuba twakwegeranya ingabo zitarimo ibisambo n\u2019abicanyi, zigafata inkota, zikarwanira gusubiza mu biganza bya rubanda ubutaka bw\u2019abasokuruza. Aremeza ko ubushobozi bw\u2019amafaranga n\u2019ibikoresho bitakagombye kutubera imbogamizi kuko byaboneka. Yaduhishuriye igihugu cyiteguwe kudufasha.<\/p>\n<p><strong><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/Agathe-en-Juvenal-Habyarimana.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-19825\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/Agathe-en-Juvenal-Habyarimana.jpg\" alt=\"\" width=\"631\" height=\"931\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/Agathe-en-Juvenal-Habyarimana.jpg 533w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/Agathe-en-Juvenal-Habyarimana-203x300.jpg 203w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/Agathe-en-Juvenal-Habyarimana-285x420.jpg 285w\" sizes=\"auto, (max-width: 631px) 100vw, 631px\" \/><\/a>III. Icyo basaba abaturage n\u2019abashaka kuba Abalideri<\/strong><\/p>\n<p>Perezida Kayibanda arinubira ko yibagiranye, abanyarwanda bakaba batakimumenya ngo kandi yarabitangiye akemera \u00ab KURWAARA \u00bb kugira ngo bave mu UBUJA.<br \/>\nAbabajwe cyane n\u2019uko abanyarwanda bakomeje kuvutswa ukwishyira ukizana mu gihugu cyabo.Arifuza cyane ko icyo yaharaniye, kikamenyekana, kikigishwa urubyiruko.<br \/>\nPerezida Habyarimana arifuza ko abaturage bashira amanga bakirwanaho, bakareka gukomeza kugirwa nk\u2019agatebo kayora ivu. Arasaba ko hashyirwaho ingabo zigarura \u00ab ORDRE \u00bb mu gihugu. Abaturage bakabaho bishimiye kwambara \u00ab UMUDARI \u00bb uriho ifoto y\u2019umuyobozi wabo bakunda, ndetse bakamanika n\u2019amakaderi y\u2019ifoto ye mu mazu yabo, babigize ku bwende.<\/p>\n<p><strong>IV. Ubutumwa butari ibanga bunyerekeyeho<\/strong><\/p>\n<p>Njyewe wagize amahirwe yo gushyikirizwa ubutumwa, nasabwe gukorana ibishoboka byose \u00ab NGATAHA \u00bb ngasubira ku butaka bw\u2019u Rwanda, akaba ariho nkomereza urugamba rwo gufasha Abanyarwanda guharanira uburenganzira bwabo no kuzana impinduka nziza ikenewe.<br \/>\nNijejwe ukurindwa gutambutse kure imyumvire y\u2019abashakira ibisobanuro mu mubiri gusa.<\/p>\n<p><strong>V. Ubutumwa bwihariye ku miryango.<\/strong><\/p>\n<p>Perezida Habyarimana yatanze ubutumwa bwihariye bwo gushyikiriza umuryango we.<br \/>\nPerezida Kayibanda we, nta butumwa bwihariye yifuje guha umuryango we.<\/p>\n<p><strong>UMWANZURO <\/strong><\/p>\n<p>(1)Hakurya y\u2019 imva uburenganzira bwo gutekereza no gutangaza icyo ushatse burakomeza. Niyo mpamvu Ijuru ritwereka icyiza dukwiye gukora ariko nta na rimwe riduhatira kugikora tutabishatse. Ubwo bwigenge bw\u2019abana b\u2019Imana tukaba rero dusabwa kuburengera hano ku isi byaba ngombwa ntituzuyaze kubumenera amaraso yacu.<br \/>\n(2)Abo twumva ibintu kimwe rero ndabasaba kongera kwitegura urugendo : TUGOMBA GUTAHA i Rwanda bidatinze.<br \/>\n(3)Tugomba kwiyemeza gukorana ibintu ubwitonzi,buhoro buhoro, tutiruka ariko kandi byazaba ngombwa ntidutinye no guhamagarira rubanda kurema umutwe w\u2019ingabo hagamijwe kurengera igihugu cy\u2019abasokuruza no kugisubizamo \u00ab ORDRE \u00bb ibereye inyungu za rubanda.<br \/>\n(4)Ndasaba Abanyarwanda bose muri rusange kugandukira kumenya amavu n\u2019amavuko ya ba Nyakubahwa Gr\u00e9goire Kayibanda na Juv\u00e9nal Habyarimana. Abashakashatsi n\u2019abahanga mu kwandika ibitabo nibadufashe kumenya neza ubuzima n\u2019 ibikorwa byiza by\u2019izo ntwari. Birakwiye kandi biratunganye ko bamenyekanishwa hose mu Rwanda no mu mahanga, bagakundwa n\u2019urubyiruko kuko babereye rubanda urugero rwiza rwo gukurikiza muri byinshi. Bidatinze bazashyingurwa mu cyubahiro, batuzwe mu Urwibutso ruzitwa \u00ab INGORO Y\u2019UBWIYUNGE \u00bb(Temple de la Reconciliation) ruzatera ishema igihugu cyose.<br \/>\n(5)Igihe kirageze ngo amateka y\u2019u Rwanda nyakuri ajye ahagaragara ,asimbure amazimwe , amahomvu n\u2019amatiku byandikwa bikanakwirakwizwa na ba Nzigo kimwe na ba Gashozamvururu bishakira amaramuko yabo yonyine babikesha guca Abanyarwanda mo ibice kugira ngo bashobore kubagumisha mu buja.<br \/>\n(6) Igihe cyanjye cyo kuba Perezida w\u2019u Rwanda uganje mu gihugu nikigera, nzihatira kwigana Kayibanda na Habyarimana mu byiza bakoze babitewe no gukunda abaturage kandi nzaharanira gukosora aho batsikiye biturutse ku bibazo bikomeye cyane bari bahanganye nabyo mu gihe cyabo utaretse n\u2019imyitwarire igoye y\u2019abandi barwaniraga ubutegetsi muri icyo gihe .<\/p>\n<p>Harakabaho Perezida Gr\u00e9goire Kayibanda<br \/>\nHarakabaho Prezida Juv\u00e9nal Habyarimana<br \/>\nHarakabaho u Rwanda rutekanye, rurimo ORDRE kandi ruha abana barwo bose amahirwe angana.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-medium wp-image-2454\" src=\"https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?resize=300%2C225\" sizes=\"auto, (max-width: 300px) 100vw, 300px\" srcset=\"https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?resize=300%2C225 300w, https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?resize=360%2C270 360w, https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?w=600 600w\" alt=\"\" width=\"300\" height=\"225\" data-attachment-id=\"2454\" data-permalink=\"http:\/\/leprophete.fr\/2018-umwaka-wibinyoma-7-uragiye-umwaka-wukwizera-uraje\/284593_ovkyye8w-2\/\" data-orig-file=\"https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?fit=600%2C450\" data-orig-size=\"600,450\" data-comments-opened=\"0\" data-image-meta=\"{&quot;aperture&quot;:&quot;0&quot;,&quot;credit&quot;:&quot;&quot;,&quot;camera&quot;:&quot;&quot;,&quot;caption&quot;:&quot;&quot;,&quot;created_timestamp&quot;:&quot;0&quot;,&quot;copyright&quot;:&quot;&quot;,&quot;focal_length&quot;:&quot;0&quot;,&quot;iso&quot;:&quot;0&quot;,&quot;shutter_speed&quot;:&quot;0&quot;,&quot;title&quot;:&quot;&quot;,&quot;orientation&quot;:&quot;0&quot;}\" data-image-title=\"284593_ovkYYe8W\" data-image-description=\"\" data-medium-file=\"https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?fit=300%2C225\" data-large-file=\"https:\/\/i2.wp.com\/leprophete.fr\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/284593_ovkYYe8W.jpg?fit=600%2C450\" \/><\/p>\n<p><b><i>Padiri Thomas Nahimana\u00a0<\/i><\/b><\/p>\n<p><strong><em>Tel: +33652110445<\/em><\/strong><\/p>\n<p><strong><em>Email: nahimanathom@gmail.com\u00a0<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Rwanda rukeneye umuperezida ukunda rubanda nka Kayibanda na Habyarimana. Iyo umupadiri wa Kiliziya gatolika yifuje cyane kumenya amakuru yo hakurya y\u2019imva arayamenya. Ni umwihariko ujyanye n\u2019ubutore bwabo nk\u2019abashumba, n\u2019ubwo hari n\u2019abandi bantu basanzwe bagira amahirwe yo kugera kuri iyo ntera y\u2019imyemerere. Nanone kugira ngo abigereho nta nkomyi bimusaba gufata igihe cyo guhinduka mu mutima,kwirinda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":23754,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[47],"tags":[],"class_list":["post-23752","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-abanyapolitiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Rwanda rukeneye umuperezida ukunda rubanda nka Kayibanda na Habyarimana. Iyo umupadiri wa Kiliziya gatolika yifuje cyane kumenya amakuru yo hakurya y\u2019imva arayamenya. Ni umwihariko ujyanye n\u2019ubutore bwabo nk\u2019abashumba, n\u2019ubwo hari n\u2019abandi bantu basanzwe bagira amahirwe yo kugera kuri iyo ntera y\u2019imyemerere. Nanone kugira ngo abigereho nta nkomyi bimusaba gufata igihe cyo guhinduka mu mutima,kwirinda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-08T17:12:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-01-08T17:13:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"628\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"422\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/\",\"name\":\"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png\",\"datePublished\":\"2018-01-08T17:12:45+00:00\",\"dateModified\":\"2018-01-08T17:13:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png\",\"width\":628,\"height\":422},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE. - Umunyarwanda","og_description":"U Rwanda rukeneye umuperezida ukunda rubanda nka Kayibanda na Habyarimana. Iyo umupadiri wa Kiliziya gatolika yifuje cyane kumenya amakuru yo hakurya y\u2019imva arayamenya. Ni umwihariko ujyanye n\u2019ubutore bwabo nk\u2019abashumba, n\u2019ubwo hari n\u2019abandi bantu basanzwe bagira amahirwe yo kugera kuri iyo ntera y\u2019imyemerere. Nanone kugira ngo abigereho nta nkomyi bimusaba gufata igihe cyo guhinduka mu mutima,kwirinda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-01-08T17:12:45+00:00","article_modified_time":"2018-01-08T17:13:42+00:00","og_image":[{"width":628,"height":422,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/","name":"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png","datePublished":"2018-01-08T17:12:45+00:00","dateModified":"2018-01-08T17:13:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/01\/Habyalimana-Kayibanda.png","width":628,"height":422},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hakurya-yimva-hari-ubugingo-kayibanda-gregoire-na-juvenal-habyarimana-ngo-mutahe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"HAKURYA Y\u2019IMVA HARI UBUGINGO: KAYIBANDA GR\u00c9GOIRE NA JUV\u00c9NAL HABYARIMANA NGO MUTAHE."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23752","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=23752"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23752\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":23756,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/23752\/revisions\/23756"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23754"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=23752"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=23752"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=23752"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}