{"id":2450,"date":"2012-11-05T17:59:45","date_gmt":"2012-11-05T15:59:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2450"},"modified":"2012-11-06T16:39:25","modified_gmt":"2012-11-06T14:39:25","slug":"kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/","title":{"rendered":"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho?"},"content":{"rendered":"<p>Hari ibihugu byinshi byohereza ingabo zabyo mu butumwa bw\u2019amahoro kw\u2019isi, ariko uko bimaze kugaragara uko kohereza izo ngabo mu butumwa bw\u2019amahoro biba bihishe inyungu za politiki, ubukungu, diplomasi, no kugaragaza isura nziza mu mahanga kurusha ubwitange bwo kujya gutabara no gufasha ahari ibibazo.<!--more--><\/p>\n<p>Iyo witegereje ibihugu byagiye byoherezwamo ingabo za ONU ngo zigiye kugarura amahoro usanga ibyinshi muri ibyo bihugu izo ngabo ntacyo zamaze ahubwo usanga amafaranga atagira ingano azitangwaho adafite aho ahuriye n\u2019ibikorwa zikora.<\/p>\n<p>Natanga urugero rwa MONUSCO muri Congo aho abantu bakomeje gupfa ndetse n\u2019umutekano muke ukaba warabaye ingorabahizi mu gihe izo ngabo zisaga 17.000 zikaba zifite ingengo y\u2019imari ingana na Miliyari 1,5 y\u2019amadolari ku mwaka.<\/p>\n<p>Urugero twatanga rundi ni MINUAR I na MINUAR II mu Rwanda. Izo ngabo ntabwo zashoboye kugira icyo zimarira abanyarwanda mu 1994 bo mu moko yose , ahubwo zarahambiriye ziritahira, n\u2019izitwa ngo zirasigaye zihitamo uruhande rumwe rw\u2019abarwanaga zifatanya narwo urugero natanga ni General Rom\u00e9o Dallaire. Naho MINUAR II ntawe uyobewe ko igihe abantu bapfaga mu gihugu hose hagati ya 1994 na 1995 abo basirikare bari bahari kugeza n\u2019i Kibeho aho impunzi zari zabahungiyeho bazirasiye mu maso yabo.<\/p>\n<p>Ibihugu byinshi bikunze gutanga ingabo mu rwego rwo kugira ngo bigire ijambo mu rugaga mpuzamahanga ndetse kuri bimwe mu bihugu by\u2019Afurika abasirikare babyo bashobore guhembwa neza, rimwe na rimwe iyo mishahara iranyerezwa (abasirikare bo muri Nepal, C\u00f4te d&#8217;Ivoire&#8230;. bigeze kwigaragambya)akenshi nta muhate ukunze gushyirwa mu gukemura ibibazo kugira ngo ayo mafaranga atubutse akomeze kuboneka.<\/p>\n<figure id=\"attachment_2451\" aria-describedby=\"caption-attachment-2451\" style=\"width: 237px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/11\/Nyamvumba.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-2451\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/11\/Nyamvumba.jpg\" alt=\"\" width=\"237\" height=\"213\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-2451\" class=\"wp-caption-text\">Lt Gen Patrick Nyamvumba uyoboye ingabo za UNAMID<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ku rundi ruhande hari ibihugu bimwe byafashe iki gikorwa cyo kohereza ingabo nk\u2019uburyo bwo kwiteganyiriza hagamijwe inyungu zitandukanye z\u2019abohereza abasirikare mu butumwa bw\u2019amahoro ndetse tutibagiwe n\u2019ibihugu by\u2019ibihangange biba bishaka ko babirwanira intambara byo bidashobora kwijyiramo ubwabyo kubera ko abaturage babyo ndetse n\u2019amashyaka atari ku butegetsi yo muri ibyo bihugu byagora kubasobanurira icyo bagiye gukorayo n\u2019impamvu abana babo bapfa.<\/p>\n<p><strong>Dushobora gufata ingero z\u2019ibihugu bimwe na bimwe biri mu butumwa bw\u2019amahoro bw&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye cyangwa w&#8217;Afrika yunze ubumwe<\/strong><\/p>\n<p>U Rwanda rufite abasirikare n\u2019abapolisi mu butumwa bw\u2019amahoro mu bihugu nka Liberia, Sudani y\u2019amajyepfo, Haiti, na Sudani y\u2019amajyaruguru cyane cyane Darfur naho Uganda ikagira abasirikare muri Somalia, Sudani y\u2019amajyepfo, na Repubulika ya Centrafrique.<\/p>\n<p><strong>Inyungu za politiki:<\/strong> byagaragaye kenshi ko u Rwanda rwagiye rukoresha igikangisho cyo gukura ingabo muri Darfur iyo hagiraga ikintu kiregwa abayobozi b\u2019u Rwanda. Natanga urugero mu 2010 igihe hasohokaga Mapping report ku bwicanyi bw&#8217;impunzi z&#8217;abanyarwanda muri Congo. U Rwanda rukunze gukangisha cyane ko nirufatirwa ibihano kubera gufasha M23 rushobora gukura ingabo muri Darfur. Ni nako bimeze kuri Uganda yatangiye kuvuga ko ishobora gukura ingabo zayo muri Somaliya, ibyo bikaba byatumye ONU isa nk\u2019aho yigengesera mu gushinja Uganda ivuga ko ngo igiye gikora iperereza ku buryo iperereza rishinja Uganda n\u2019u Rwanda ryakozwe kugira ngo wenda barebe ko Uganda yacururuka ntikure ingabo zayo hafi 6500 muri Somaliya.<\/p>\n<figure style=\"width: 415px\" class=\"wp-caption alignleft\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"http:\/\/www.faafiye.com\/wp-content\/uploads\/2012\/05\/ams-soldier.jpg\" alt=\"\" width=\"415\" height=\"278\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Umusirikare wa Uganda muri AMISOM i Mogadishu muri Somaliya<\/figcaption><\/figure>\n<p>Uku kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro, urebye mu rwego rwa politiki, Perezida Kagame na Museveni bakomeza gukandamiza abaturage babo kuko amahanga aba atifuza ko hagira igihungabanya ubutegetsi bwabo bityo bagakura ingabo muri Darfur na Somaliya.<\/p>\n<p><strong>Inyungu za Diplomasi:<\/strong> Uku kohereza ingabo bituma igihugu cyigirirwa icyizere ndetse kigashobora no kugira ijambo ahantu hafatitwa ibyemezo mu rwego mpuzamahanga. Muzarebe igihe u Rwanda rwahataniraga gutorerwa kujya mu mana y\u2019umutekano ya ONU, mu byo rwashyiraga imbere ngo n\u2019uko ari igihugu cya 6 mu gutanga ingabo nyinshi mu butumwa bw\u2019amahoro.<\/p>\n<p><strong>Inyungu z\u2019ubukungu<\/strong>: Kohereza ingabo birimo inyungu nyinshi, kuko hatangwa amafaranga menshi ku bintu bitandukanye. Imishahara y\u2019abajya mu butumwa bwa ONU iba itubutse, n\u2019ubwo Leta iba yakuyeho ayayo yitwaje impamvu zitandukanye nko kubakira abasirikare amacumbi n\u2019ibindi ariko muri rusange umusirikare uvuye Darfur aba ameze neza mu rwego rw\u2019ubukungu, ndetse na cya kigega cyiswe Agaciro nacyo ubwo butumwa bw\u2019amahoro cyabukuyemo akayabo: nk\u2019i Darfur havuye Miriyoni 75 Frw.<\/p>\n<p>Si ibyo gusa kuko amasosiyete menshi ya FPR yabonye ibiraka bitandukanye mu guha ibikoresho na za serivisi zindi izo ngabo n\u2019abapolisi bari mu butumwa bw\u2019amahoro.<\/p>\n<figure style=\"width: 568px\" class=\"wp-caption alignright\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"http:\/\/farm9.staticflickr.com\/8151\/7684317284_8bc09e37ea_b.jpg\" alt=\"\" width=\"568\" height=\"424\" \/><figcaption class=\"wp-caption-text\">Ingabo za MONUSCO i Kiwanja muri Congo<\/figcaption><\/figure>\n<p><strong>Inyungu za gisirikare<\/strong>: Iyo ingabo zigiye mu butumwa bw\u2019amahoro akenshi zihabwa imyitozo ihambaye n\u2019abasirikare kabuhariwe baturutse mu ngabo z\u2019Amerika n\u2019u Bwongereza. Muri ubwo buryo izo ngabo zibona ibikoresho bigezweho bya gisirikare byo kujya gukoreshwa mu butumwa bw\u2019amahoro ndetse ibihugu bikoroherezwa no mu kugura intwaro n\u2019ibikoresho bya gisirikare. Umuntu iyo yibutse ko abasirikare bajya mu butumwa bw\u2019amahoro basimburana akenshi buri mezi 6, bigaragara ko ubu ari uburyo bw\u2019amayeri Museveni na Kagame babonye bwo gutoza ingabo zabo no kuzishakira ibikoresho babifashijwemo n\u2019amahanga bitwaje ubutumwa bw\u2019amahoro.<\/p>\n<p><strong>Inyungu z\u2019abayobozi<\/strong>: Kohereza abasirikare n\u2019abapolisi mu butumwa bw\u2019amahoro bifasha ubutegetsi buriho mu Rwanda no muri Uganda guhitamo abo bugira abatoni bukabohereza kujya kurya iyo mari ya ONU, bityo abo boherejwe mu butumwa bwa ONU bakaba babona abayobozi babohereje nk\u2019Imana zabo. Ibyo bituma ubuyobozi bushimisha abo basirikare n\u2019abapolisi bukanabarangaza bityo hakabaho kugabanya abantu bashobora kuba abarakare nabyo ni amwe mu mayeri yo kuramba ku butegetsi.<\/p>\n<p>Kuba hari abasirikare b\u2019abanyarwanda n\u2019abagande bagwa i Darfur na Somaliya birababaje ariko ku bayobozi baboherezayo ikiri imbere n\u2019inyungu zabo zijyanye no kuramba ku buyobozi.<\/p>\n<p>Ikindi abantu batagomba kwirengagiza n\u2019amagambo akunze gukoreshwa na Perezida Kagame agaya ko MONUSCO ntacyo ikora kandi ihabwa akayabo, ariko akiyibagiza ko ingabo za UNAMID ziyobowe na Lt Gen Patrick Nyamvumba w\u2019umunyarwanda zirimo abasirikare b\u2019u Rwanda basaga 3000 kandi ibibazo bya Darfur bikaba bitarakemuka sinzi niba na Perezida Kagame aho ari yifuza ko bikemuka. Uko ikibazo cya Darfur kigomba gukemurwa mu rwego rwa Politiki kikaba kidashobora gukemurwa na UNAMID ni nako ikibazo cya Congo kigomba gukemurwa mu rwego rwa politiki kunanirana kw\u2019ikibazo bitashyirwa kuri MONUSCO.<\/p>\n<p>Igiteye inkeke n\u2019uko umuryango w\u2019abibumbye mu mikorere yawo usa nk\u2019aho waya. None se iyo uhaye intwaro n\u2019imyitozo abasirikare b\u2019u Rwanda na Uganda bakajya Darfur na Somalia, bavayo bagatera Bunagana na Kiwanja hakagwa abasirikare bandi bari mu butumwa bwa ONU bo muri MONUSCO, hari ukwaya kurenze uko?<\/p>\n<p>Marc Matabaro<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari ibihugu byinshi byohereza ingabo zabyo mu butumwa bw\u2019amahoro kw\u2019isi, ariko uko bimaze kugaragara uko kohereza izo ngabo mu butumwa bw\u2019amahoro biba bihishe inyungu za politiki, ubukungu, diplomasi, no kugaragaza isura nziza mu mahanga kurusha ubwitange bwo kujya gutabara no gufasha ahari ibibazo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2452,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-2450","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hari ibihugu byinshi byohereza ingabo zabyo mu butumwa bw\u2019amahoro kw\u2019isi, ariko uko bimaze kugaragara uko kohereza izo ngabo mu butumwa bw\u2019amahoro biba bihishe inyungu za politiki, ubukungu, diplomasi, no kugaragaza isura nziza mu mahanga kurusha ubwitange bwo kujya gutabara no gufasha ahari ibibazo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-05T15:59:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-11-06T14:39:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho?\",\"datePublished\":\"2012-11-05T15:59:45+00:00\",\"dateModified\":\"2012-11-06T14:39:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/\"},\"wordCount\":1040,\"commentCount\":3,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/\",\"name\":\"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-05T15:59:45+00:00\",\"dateModified\":\"2012-11-06T14:39:25+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"298\",\"height\":\"300\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho? - Umunyarwanda","og_description":"Hari ibihugu byinshi byohereza ingabo zabyo mu butumwa bw\u2019amahoro kw\u2019isi, ariko uko bimaze kugaragara uko kohereza izo ngabo mu butumwa bw\u2019amahoro biba bihishe inyungu za politiki, ubukungu, diplomasi, no kugaragaza isura nziza mu mahanga kurusha ubwitange bwo kujya gutabara no gufasha ahari ibibazo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-05T15:59:45+00:00","article_modified_time":"2012-11-06T14:39:25+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho?","datePublished":"2012-11-05T15:59:45+00:00","dateModified":"2012-11-06T14:39:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/"},"wordCount":1040,"commentCount":3,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/","name":"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-05T15:59:45+00:00","dateModified":"2012-11-06T14:39:25+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"298","height":"300"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/kohereza-ingabo-mu-butumwa-bwamahoro-bwa-onu-bisigaye-ari-igikangisho\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kohereza ingabo mu butumwa bw\u2019amahoro bisigaye ari igikangisho?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2450","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2450"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2450\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2450"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2450"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2450"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}