{"id":24562,"date":"2018-02-09T19:49:36","date_gmt":"2018-02-09T17:49:36","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24562"},"modified":"2018-02-09T19:50:24","modified_gmt":"2018-02-09T17:50:24","slug":"ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/","title":{"rendered":"Ikibazo cy&#8217;abimukira b&#8217;abanyafurika:Abayobozi b&#8217;u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl"},"content":{"rendered":"<p>Abategetsi b&#8217;u Rwanda banze kwakira umurwi w\u2019abadepite batavuga rumwe na leta mu gihugu cya Isiraheli bashakaga kuvuga ku kibazo cy\u2019abimukira b\u2019abanyafrika Isiraheli iriho ivuga ko ishaka kwirukana ku butaka bwayo.<\/p>\n<p>Michal Rozin, wo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta ya Israel ryitwa Meretz, yabwiye ibiro ntaramakuru by\u2019Abafransa, Agence France Presse, ko bari mu Rwanda mu gikorwa cyo guperereza kubera ko bashaka kumenya ukuri.<\/p>\n<p>Avuga ko basabye kubonana n\u2019abategetsi b&#8217;u Rwanda kugira ngo baganire kw\u2019iyirukanwa ku butaka bwa Isiraheli mu buryo avuga ko budaciye mu mategeko bw\u2019abasaba ubuhungiro bakomoka mu gihugu cya Eritreya, bakajyanwa mu Rwanda. Yamara Rozin avuga ko abategetsi b&#8217;u Rwanda banze kubaha umubonano, ngo bakaba babaza igituma ibyo bitashobotse.<\/p>\n<p>Isiraheli yiteguriye kwirukana abanyasudani n&#8217;abandi bakomoka muri Eritrea ibihumbi n\u2019ibihumbi kivuga ko binjiye mu buryo budaciye mu mategeko kandi batasabye ubuhungiro. Isiraheli yabahaye guhitamo kuva ku butaka bwayo kw\u2019italiki ya mbere y\u2019ukwezi kwa kane, bagasubira mu bihugu baje bavamwo cyangwa bakajya mu bindi bihugu cyangwa bagafungwa.<\/p>\n<p>Leta ya Isiraheli ikomeza guhisha amazina y\u2019ibihugu byumvikanye kugirango byakire abimukira bazaba birukanywe ku butaka bwayo. Nyamara amashyirahamwe ashinzwe gufasha abimukira avuga ko ibyo bihugu ari Uganda n\u2019u Rwanda. Ibyo bihugu bibiri byahakanye ibivugwa n&#8217;ayo mashyirahamwe.<\/p>\n<p>Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga mu Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yasobanuye ko abadepute baje bava muri Isiraheli batakiriwe kubera ko badashaka kwivanga mu bireba Isiraheli.<\/p>\n<p>VOA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abategetsi b&#8217;u Rwanda banze kwakira umurwi w\u2019abadepite batavuga rumwe na leta mu gihugu cya Isiraheli bashakaga kuvuga ku kibazo cy\u2019abimukira b\u2019abanyafrika Isiraheli iriho ivuga ko ishaka kwirukana ku butaka bwayo. Michal Rozin, wo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta ya Israel ryitwa Meretz, yabwiye ibiro ntaramakuru by\u2019Abafransa, Agence France Presse, ko bari mu Rwanda mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":19916,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-24562","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ikibazo cy&#039;abimukira b&#039;abanyafurika:Abayobozi b&#039;u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikibazo cy&#039;abimukira b&#039;abanyafurika:Abayobozi b&#039;u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abategetsi b&#8217;u Rwanda banze kwakira umurwi w\u2019abadepite batavuga rumwe na leta mu gihugu cya Isiraheli bashakaga kuvuga ku kibazo cy\u2019abimukira b\u2019abanyafrika Isiraheli iriho ivuga ko ishaka kwirukana ku butaka bwayo. Michal Rozin, wo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta ya Israel ryitwa Meretz, yabwiye ibiro ntaramakuru by\u2019Abafransa, Agence France Presse, ko bari mu Rwanda mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-09T17:49:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-02-09T17:50:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"353\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"485\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/\",\"name\":\"Ikibazo cy'abimukira b'abanyafurika:Abayobozi b'u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-09T17:49:36+00:00\",\"dateModified\":\"2018-02-09T17:50:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg\",\"width\":353,\"height\":485,\"caption\":\"Olivier Nduhungirehe ni we munyamabanga wa leta muri minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Rwanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikibazo cy&#8217;abimukira b&#8217;abanyafurika:Abayobozi b&#8217;u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikibazo cy'abimukira b'abanyafurika:Abayobozi b'u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikibazo cy'abimukira b'abanyafurika:Abayobozi b'u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl - Umunyarwanda","og_description":"Abategetsi b&#8217;u Rwanda banze kwakira umurwi w\u2019abadepite batavuga rumwe na leta mu gihugu cya Isiraheli bashakaga kuvuga ku kibazo cy\u2019abimukira b\u2019abanyafrika Isiraheli iriho ivuga ko ishaka kwirukana ku butaka bwayo. Michal Rozin, wo mu ishyaka ritavuga rumwe na leta ya Israel ryitwa Meretz, yabwiye ibiro ntaramakuru by\u2019Abafransa, Agence France Presse, ko bari mu Rwanda mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-09T17:49:36+00:00","article_modified_time":"2018-02-09T17:50:24+00:00","og_image":[{"width":353,"height":485,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/","name":"Ikibazo cy'abimukira b'abanyafurika:Abayobozi b'u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg","datePublished":"2018-02-09T17:49:36+00:00","dateModified":"2018-02-09T17:50:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/04\/nduhungirehe-olivier.jpg","width":353,"height":485,"caption":"Olivier Nduhungirehe ni we munyamabanga wa leta muri minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Rwanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ikibazo-cyabimukira-babanyafurikaabayobozi-bu-rwanda-banze-kwakira-abadepite-bo-muri-israel\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikibazo cy&#8217;abimukira b&#8217;abanyafurika:Abayobozi b&#8217;u Rwanda banze kwakira abadepite bo muri Isra\u00ebl"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24562","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24562"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24562\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24563,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24562\/revisions\/24563"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/19916"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24562"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24562"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24562"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}