{"id":24591,"date":"2018-02-11T11:37:43","date_gmt":"2018-02-11T09:37:43","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24591"},"modified":"2018-02-11T11:37:43","modified_gmt":"2018-02-11T09:37:43","slug":"ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/","title":{"rendered":"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ?"},"content":{"rendered":"<p>Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gashyantare 2018 akanama gategura amatora ka FERWAFA kongeye gushyira mu rujijo ibirebana n&#8217;amatora y&#8217;ubuyobozi bwa FERWAFA nk&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda ateganijwe taliki 31 Werurwe uyu mwaka. Aho ukuriye aka kanama Kalisa Adolfe Camarade yibukije ko ari Degaule ndetse na Rwemalika Felicita bari bahanganye mu kwiyamamaza guheruka amatora akaza gupfuba nabo ngo nta busembwa bafite bubabuza kuba bakwiyamamaza!<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo Abo bakandida b&#8217;ubuheruka bombi ntacyo baratangaza ku giti cyabo niba baziyamamaza cyangwa ntibiyamamaze, ayo magambo ya Camarade yahise yongera urujijo mu matora agiye kuza bituma umuntu yakwibaza ku muntu uzayobora FERWAFA imyaka ine iri imbere. Amwe mu mazina manini yakunze kugarukwaho \u00a0<a href=\"https:\/\/regismuramira.blogspot.no\/\">Regis Muramira<\/a>\u00a0amaze iminsi aganira n\u2019abantu benshi bazobereye ibya ruhago mu Rwanda mu bubari, mu mahoteli, mu mahuriro, ku mbuga nkoranyambaga n&#8217;ahandi harimo ko bose bahurije ko umuti nta wundi usibye kugira inteko rusange ihamye (abayobozi b\u2019amakipe biyubashye kandi bazi gufata imyanzuro inogeye mu gihe gikwiye mu nyungu rusange z\u2019igihe kirekire).<\/p>\n<p>Ikindi twaganiriye benshi bakirinda no kuba amazina yabo yagaragara mu iyi nkuru ni umuntu ushobora kuzasimbura Nzamwita Degaule igihe azaba asoje mandat ye\/ze muri FERWAFA bitewe n\u2019ikizere abatora bazaba bakomeje kumugirira. Bose mu byifuzo byabo ntibihuriza ku izina rimwe, ahubwo byabaye ngombwa ko dukurikiranya amazina duhereye ku cyizere abafana babafitemo nk\u2019uwazasimbura Degaule akusa ikivi ndetse akaba yanahindura byinshi mu mikorere ya FERWAFA.<\/p>\n<p><strong>1.Nkubito Athanase:<\/strong><\/p>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-mEryRm2MqB8\/Wn_cqSXWT4I\/AAAAAAAAEJw\/wZ__yaLDmI84IczbzRhqgSOhkeueveXpACLcBGAs\/s1600\/XP2hq51__400x400.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-mEryRm2MqB8\/Wn_cqSXWT4I\/AAAAAAAAEJw\/wZ__yaLDmI84IczbzRhqgSOhkeueveXpACLcBGAs\/s640\/XP2hq51__400x400.jpg\" width=\"640\" height=\"640\" border=\"0\" data-original-height=\"400\" data-original-width=\"400\" \/><\/a><\/div>\n<p>Uyu mugabo izina rye ryamamaye muri ruhago mu gihe yari umusifuzi w\u2019umupira w\u2019amaguru. Nawe abamuhurijeho bemeza ko ari umuntu utsimbarara\u00a0 ku mategeko by\u2019umwihariko ay\u2019umupira w\u2019amaguru, igice kigaragara nk\u2019icyuho gikomeye muri football mu Rwanda.<\/p>\n<p>Yabaye muri FERWAFA igihe gito ari umunyamabanga w\u2019agateganyo akaba yarakoze akazi katoroshye ko kwigisha abasifuzi benshi mu mupira haba mu Rwanda no hanze. Ubuhanga bwe ndetse no kutarya indimi no gukorera mu mucyo byamuhesheje kuzamuka mu ntera byihuse aba ageze muri CAF (ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaguru muri Afrika) ari umuyobozi wungirije ushinzwe abasifuzi\u00a0 imyaka hafi ine, naho atatinze cyane kuko yahise ajya muri Qatar gukora nk\u2019imwe mu nzobere mu gutegura imigendekere myiza y\u2019igikombe cy\u2019isi kizabera mu icyo gihugu mu 2022.<\/p>\n<p>Amakuru yizewe agera kuri \u00a0<a href=\"https:\/\/regismuramira.blogspot.no\/\">Regis Muramira<\/a> aranemeza ko ubwo aheruka mu Rwanda mu mpera z&#8217;umwaka yahuye na bamwe mu bayobozi bamwijeje ko ariwe muyobozi utaha wa FERWAFA nubwo we ku giti cye tuganira yirinze kugira icyo abivugaho.<\/p>\n<p>Uwo twaganiriye yagize ati: <em>\u201cyemeye guhara umushahara w\u2019umurengera abona hariya, yaba igisubizo kuko ntekereza ko ariwe mu sportif w\u2019umunyarwanda uhembwa menshi kurusha nabo bakinnyi bose muvuga nabakina hanze kandi ayo yose akayabona nta nduru. Sinzi ko yaza rero mu iyo FERWAFA yanyu\u201d.<\/em><\/p>\n<p><strong>2.Martin Ngoga<\/strong><\/p>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-FvaqR2fB0Mc\/Wn_cxaq26HI\/AAAAAAAAEJ4\/G88of6FaSxswyReVEdKh2nVWNWvTS9nwQCLcBGAs\/s1600\/arton1306.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-FvaqR2fB0Mc\/Wn_cxaq26HI\/AAAAAAAAEJ4\/G88of6FaSxswyReVEdKh2nVWNWvTS9nwQCLcBGAs\/s640\/arton1306.jpg\" width=\"640\" height=\"472\" border=\"0\" data-original-height=\"546\" data-original-width=\"740\" \/><\/a><\/div>\n<p>Niwe waje ku mwanya wa mbere mu busesenguzi bwabo twaganiriye. Gusa bose bagahuriza ko byagorana aho umwe buribo yagize ati:<em> \u201cNkurikije ubunyangamugayo bwe , urwego yazamutseho ndetse n\u2019icyubahiro afite aho yanyuze hose, byagora ko yakwemera kwinjira mu iriya nzu imeze nk\u2019ihumanye. Gusa mbona yaba igisubizo cyane cyane mu gihe cyo gufata ibyemezo bigoye\u201d.<\/em><\/p>\n<p>Ngoga wahoze ari Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika y\u2019u Rwanda aherutse kwemezwa n\u2019inteko rusange ya 67 y\u2019Ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amagaru ku Isi (FIFA), nk\u2019umwe mu bagize akanama gashinzwe imyitwarire ka FIFA.<\/p>\n<p>Ngoga wari usanzwe agaharariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y\u2019Umuryango w\u2019Ibihugu bya Afurika y\u2019Uburasirazuba (EALA) kuva muri Werurwe 2015, yari yatanzwe nk\u2019umukandida ku mwanya wo kuba Perezida wungirije w\u2019akanama gashinzwe gukora iperereza ku bintu bitandukanye bireberwa na FIFA akaba yaraje kwemezwa\u00a0 n\u2019inteko rusange yateraniye i Bahrain.<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo yagiye akora mu nzego zitandukanye z\u2019ubuyobozi bw\u2019igihugu, Ngoga ni umwe mu bazwi cyane muri siporo by\u2019umwihariko mu mupira w\u2019amaguru akaba yarigeze no kuba Vice Perezida wa Ferwafa ubwo yayoborwaga na Jenerali Majoro Kazura Jean Bosco aho atatinze kubera inshingano nyinshi yagize nyuma.\u00a0Anazwiho kuba umukunzi magara w\u2019ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza.<\/p>\n<p>Ngoga yavukiye muri Tanzania muri 1968, aba ari na ho yiga amashuri kugeza arangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu ishami ry\u2019amategeko.\u00a0Yatangiriye akazi muri Minisiteri y\u2019ubutabera ya Tanzania no mu biro by\u2019Umushinjacyaha mukuru w\u2019iki gihugu, nk\u2019uwimenyereza umwuga.\u00a0Ageze mu Rwanda, Ngoga yaje gukora mu Bushinjacyaha bukuru bwa Repubulika mu yahoze ari Perefegitura ya Butare, azamurwa mu ntera yoherezwa guhagararira u Rwanda mu Rukiko rwashyiriweho u Rwanda i Arusha muri Tanzania.<\/p>\n<p>Yaje kugirwa Umushinjacyaha mukuru wungirije nyuma yo gutora Itegeko Nshinga no kuvugurura inzego z\u2019ubutabera, nyuma y\u2019imyaka ibiri gusa yongera kuzamurwa mu ntera aba Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika y\u2019u Rwanda.<br \/>\nMbere gato yo kujya guhagararira u Rwanda muri EALA, Ngoga yayoboye Komisiyo yacukumbuye uruhare rwa BBC ku gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi muri filimi \u201cRwanda: The Untold Story\u201d.<\/p>\n<p><strong>3.Nizeyimana Olivier:<\/strong><\/p>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-1BMSMAw3aR0\/Wn_c2ysaeNI\/AAAAAAAAEJ8\/GIsqlbpTLvE_iWoDwo8z6DOJC6nhXpTTgCLcBGAs\/s1600\/OLIVIER.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-1BMSMAw3aR0\/Wn_c2ysaeNI\/AAAAAAAAEJ8\/GIsqlbpTLvE_iWoDwo8z6DOJC6nhXpTTgCLcBGAs\/s640\/OLIVIER.jpg\" width=\"640\" height=\"360\" border=\"0\" data-original-height=\"338\" data-original-width=\"600\" \/><\/a><\/div>\n<p>Uyu mugabo usanzwe uyobora ikipe ya Mukura VS yo mu majyepfo. Bakunze kumwita Olivier Volcano bitewe niyo sosiyete ye imaze imyaka muri za 20 iha service nziza ntamakemwa abagenzi cyane cyane abo ku murongo wa Kigali-Huye.<\/p>\n<p>Yagize igikundiro kuva isosoyete ye yatangira akazi mu muhanda mu 1998\u00a0 ubwo abanyeshuri n\u2019abaturage muri rusange bo mu mujyi wa Huye batishyuzwa amafranga yo kugenda aho mu mujyi na za karitsiye ziwuturiye kugeza mu minsi ya none.<\/p>\n<p>Ni\u00a0 mu bantu 3 mubayoboye Mukura VS yagize\u00a0 bayihetse mu bihe binyuranye binagoye hamwe n\u2019abamubanjirije harimo Gakuba Paul wayitunze mbere ya Genocide yakorewe abatutsi, na Nayandi Abraham wayifashe imyaka isaga\u00a0 10 nyuma y\u2019icyo gihe kandi mu bihe byari bigoye.<\/p>\n<p>Uwagize icyo amuvugaho yagize ati: \u201cOlivier ni umu sportif amaze kwinjira bya nyabyo mu mupira kandi FERWAFA inakeneye kuyoborwa n\u2019umuntu wifite abantu batabona mu ndorerwamo yuko akeneye amaronko\u201d.<\/p>\n<p>Nizeyimana Olivier akaba ari n\u2019umufana ukomeye wa FC Barcelona aho akunze kugaragara ku kibuga cya Camp Nou yagiye gushyigikira iyo kipe.<\/p>\n<p><strong>4. Afande Sekamana.<\/strong><\/p>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/1.bp.blogspot.com\/-ZcIk30MJnDQ\/Wn_e11rWtCI\/AAAAAAAAEKQ\/9FLr5dfmIZ8y_TyF2DrzZxtT-Hi4DCDkwCLcBGAs\/s1600\/IMG_20180211_072443.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"\" src=\"https:\/\/1.bp.blogspot.com\/-ZcIk30MJnDQ\/Wn_e11rWtCI\/AAAAAAAAEKQ\/9FLr5dfmIZ8y_TyF2DrzZxtT-Hi4DCDkwCLcBGAs\/s400\/IMG_20180211_072443.jpg\" width=\"549\" height=\"732\" border=\"0\" data-original-height=\"1600\" data-original-width=\"1200\" \/><\/a><\/div>\n<p>Undi mugabo wagarutsweho ariko binyuze gusa mu mbuga nkoranyambaga ni Afande Sekamana uherutse kujya mu karuhuko k&#8217;izabukuru mu gisirikare. Gusa nta byinshi byavuzwe nyuma ya Twitter ya Tom Ndahiro yahise ihererekanywa\u00a0 na benshi muri za whatsapp, facebook na instagram.<\/p>\n<p><strong>5.Murenzi Abdallah:<\/strong><\/p>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/2.bp.blogspot.com\/-67b6LoIEZgg\/Wn_fJ6lyxeI\/AAAAAAAAEKU\/s1hyEVqZBp0_LcNvD3Y4cxlsRzt8Ph4nACLcBGAs\/s1600\/murenzi_abdallah_yafashije_rayon_sports_gusubira_i_nyanza_itwara_igikombe_cya_shampiyona_nyuma_y_imyaka_8.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/2.bp.blogspot.com\/-67b6LoIEZgg\/Wn_fJ6lyxeI\/AAAAAAAAEKU\/s1hyEVqZBp0_LcNvD3Y4cxlsRzt8Ph4nACLcBGAs\/s640\/murenzi_abdallah_yafashije_rayon_sports_gusubira_i_nyanza_itwara_igikombe_cya_shampiyona_nyuma_y_imyaka_8.jpg\" width=\"640\" height=\"476\" border=\"0\" data-original-height=\"477\" data-original-width=\"640\" \/><\/a><\/div>\n<p>Ni umwe mu bakunze guhurizwaho na benshi mu bafana ba football cyane cyane aba Rayon sports. Murenzi yigeze kuyobora Rayon sports n\u2019akarere ka Nyanza.<\/p>\n<p>Murenzi ni umugabo wubashywe haba muri ruhago ndetse yagiye agera ku musaruro aho yanyuze nko mu buyobozi bwa Nyanza FC yasize ahesheje igikombe cy&#8217;icyiciro cya 2 ndetse anayizamura mu kiciro cya mbere, akanabonwa mu isura y\u2019umuntu wakuye Rayon sports \u2018mu muhanda\u2019 ubwo iyo kipe yajyaga kubana n\u2019akarere ka Nyanza inahatwarira igikombe mu 2012.<\/p>\n<p>Football yayibayemo kuva akiri umwana dore ko umubyeyi we Murenzi Kassim yakiniye Rayon sports n\u2019ikipe y\u2019igihugu mu myaka ya za 1980.<\/p>\n<p><strong>6. Rwemalika F\u00e9licit\u00e9<\/strong><\/p>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/4.bp.blogspot.com\/-FIU7eyc-3Xw\/Wn_f9QxMF1I\/AAAAAAAAEKk\/ubtjnhtO-7Mj-gXhAqOSRaTozGJyPjj6ACLcBGAs\/s1600\/MH2A3492_0.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/4.bp.blogspot.com\/-FIU7eyc-3Xw\/Wn_f9QxMF1I\/AAAAAAAAEKk\/ubtjnhtO-7Mj-gXhAqOSRaTozGJyPjj6ACLcBGAs\/s640\/MH2A3492_0.jpg\" width=\"640\" height=\"392\" border=\"0\" data-original-height=\"980\" data-original-width=\"1600\" \/><\/a><\/div>\n<div class=\"separator\">Uyu mubyeyi uherutse gutsindwa ari wenyine ubwo Nzamwita Degaule yakuragamo candidature, nawe amakuru ava ku nshuti ze za hafi yemeza ko atarakurayo ikizere cyo kuba yaba umugore wa 3 uyoboye Federasiyo y&#8217;umupira muri Afrika nyuma y&#8217;uwo muri Sierra Leone Isha Johansen na Lydia Nsekera wayoboye federasiyo y&#8217;i Burundi.<\/p>\n<p><strong>7.Nzamwita Degaule:<\/strong><\/div>\n<div><\/div>\n<div class=\"separator\"><a href=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-sLOE6HYztdE\/Wn_fgk0IhBI\/AAAAAAAAEKo\/KgH8_IwBv8060xBAyMLA0hcD-OlBAP7ZgCEwYBhgL\/s1600\/arton95550.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/3.bp.blogspot.com\/-sLOE6HYztdE\/Wn_fgk0IhBI\/AAAAAAAAEKo\/KgH8_IwBv8060xBAyMLA0hcD-OlBAP7ZgCEwYBhgL\/s640\/arton95550.jpg\" width=\"640\" height=\"426\" border=\"0\" data-original-height=\"667\" data-original-width=\"1000\" \/><\/a><\/div>\n<p>Ubwo Kalisa Adolphe Camarade yatangazaga ko nta busembwa Degaule afite bwamubuza kwiyamamaza\u00a0 kuyobora FERWAFA nk\u2019ishyirahamwe ry\u2019umupira w\u2019amaguru mu Rwanda bamwe bu bayobozi b&#8217;amakipe twashoboye kuganira bahurije ku mpamvu ko aramutse yemerewe kwiyamamaza ubu nta mukandida n&#8217;umwe wamuhangara mu matora ya FERWAFA kuko ngo afitanye umubano mwiza cyane na benshi mu bakuriye amakipe n&#8217;andi mashyirahamwe ashamikiye kuri FERWAFA atora nk&#8217;abatoza, abaganga, abasifuzi n&#8217;abandi hafi ya bose bahuriza ko bamubonamo umugabo wagira byinshi yabagezaho bitewe n&#8217;ubuhanga mu gushakisha ubuhahirane n&#8217;andi mafederasiyo manini yo hirya na hino muri Afrika no ku isi muri rusange.<\/p>\n<p>source:\u00a0<a href=\"https:\/\/regismuramira.blogspot.no\/\">Regis Muramira<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gashyantare 2018 akanama gategura amatora ka FERWAFA kongeye gushyira mu rujijo ibirebana n&#8217;amatora y&#8217;ubuyobozi bwa FERWAFA nk&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda ateganijwe taliki 31 Werurwe uyu mwaka. Aho ukuriye aka kanama Kalisa Adolfe Camarade yibukije ko ari Degaule ndetse na Rwemalika Felicita bari bahanganye mu kwiyamamaza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24592,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-24591","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gashyantare 2018 akanama gategura amatora ka FERWAFA kongeye gushyira mu rujijo ibirebana n&#8217;amatora y&#8217;ubuyobozi bwa FERWAFA nk&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda ateganijwe taliki 31 Werurwe uyu mwaka. Aho ukuriye aka kanama Kalisa Adolfe Camarade yibukije ko ari Degaule ndetse na Rwemalika Felicita bari bahanganye mu kwiyamamaza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-11T09:37:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"427\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/\",\"name\":\"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-11T09:37:43+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg\",\"width\":640,\"height\":427},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ? - Umunyarwanda","og_description":"Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru kuri uyu wa gatanu taliki 9 Gashyantare 2018 akanama gategura amatora ka FERWAFA kongeye gushyira mu rujijo ibirebana n&#8217;amatora y&#8217;ubuyobozi bwa FERWAFA nk&#8217;ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda ateganijwe taliki 31 Werurwe uyu mwaka. Aho ukuriye aka kanama Kalisa Adolfe Camarade yibukije ko ari Degaule ndetse na Rwemalika Felicita bari bahanganye mu kwiyamamaza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-11T09:37:43+00:00","og_image":[{"width":640,"height":427,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/","name":"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg","datePublished":"2018-02-11T09:37:43+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1514659180Vincent-Nzamwita-speaks-during-the-press-conference-after.jpg","width":640,"height":427},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ninde-uzasimbura-degaule-muri-ferwafa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"NINDE UZASIMBURA DEGAULE MURI FERWAFA ?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24591","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24591"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24591\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24593,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24591\/revisions\/24593"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24592"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24591"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24591"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24591"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}