{"id":24734,"date":"2018-02-17T23:13:10","date_gmt":"2018-02-17T21:13:10","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24734"},"modified":"2018-02-17T23:13:10","modified_gmt":"2018-02-17T21:13:10","slug":"bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/","title":{"rendered":"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw&#8217;udupfubyi, badushukisha ibidufu."},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Jean Michel Twagirayezu<\/strong><\/p>\n<p>Mu duce tumwe na tumwe tw&#8217;u Rwanda hagenda hagaragara Abakobwa bato, barega bamwe mu bayobozi mu niego zitandukaye kubera kubatera inda, aho babashukisha ibidufu, no kubaha icyizere ko bazabarera kuko baba badafite ababyeyi, nabo bakumva ko koko bazabafasha.<\/p>\n<p>kuri uyu munsi twabahitiyemo ba Gitifu bayoboye ahantu hatandukanye mu karere ka Gicumbi bagiye batera amada utwo twana duto, kandi tw&#8217;impfubyi.<\/p>\n<p>Gitifu NKUNZURWANDA JOHN, uyu yabaye gitifu w&#8217;imirenge itandukanye y&#8217;aka karere, nk&#8217;umurenge wa Mukarange, Rushaki, ubu ni Gitifu w&#8217;umurenge wa Rubaya.<\/p>\n<p>Uyu mugabo afite abana n&#8217;umugore ariko nko mu murenge wa Rushaki yahavuye ateye inda umukobwa umwe w&#8217;impfubyi, utuye mu kagari Ka karurama, umudugudu wa Kizinga.<\/p>\n<p>Naho mu murenge wa Rubaya hari abakobwa 2 kugeza ubu amaze kubyarana nabo, bivuze ko muri Mukarange ariho yavuye adateye inda honyine cyangwa bitamenyekanye.<\/p>\n<p>Gitifu KAMU FRANK, uyu we ni icyago kuko akiri n&#8217;umusore gusa ushaje ufite imyaka 43. Uretse gutera inda abakobwa bato n&#8217;abagore bafite abagabo yarazibateye. Uyu we ntabwo turi burondore kuko amakuru agera kuri The Rwandan n&#8217;uko abo aryamana nabo kugira ngo abakuremo amakuru, dore ko abagore icyavugiwe mu tubari tw&#8217;inzoga babigendana, bivuze ko uyu we ni maneko. Ndetse ngo bamutegetse kudashaka umugore kugira ngo atazamufuhira, mu gihe aba yagiye kubakuraho amakuru. Gusa abana afite ntiwababara, uyu yayoboye imirenge itandukanye gusa kugeza ubu ayobora umurenge wa NYANKENKE.<\/p>\n<p>Gitifu bakundaga kwita Gihenera, uyu yabyaranye n&#8217;umukobwa witwa ZIYA ndetse nyuma y&#8217;uko umwana we avutse uyu ZIYA yaje kwitaba Imana, umwana arerwa na nyirakuru. Amakuru agera kuri The Rwandan n&#8217;uko na nyirakuru we yapfuye ubu umwana akaba ari kwandagara. Uyu Gitifu Gihenera yabanje kuba umwarimu mu ishyuri ryisumbuye rya Rushaki, nyuma aba Gitifu Wa Mukarange na Rushaki.<\/p>\n<p>Si aba gusa kuko aba bagaragaye nibo bagiye baregwa ku mugaragaro n&#8217;abo bateye inda, bigashimangirwa no kuba barabyiyemereye, bakemera gufasha abana babo ariko n&#8217;ubwo babivuga ku munwa ntibabafashe.<\/p>\n<p>Kuri uyu munsi muri Kirehe ho Gitifi waho ari mu maboko ya police ku bwo gutera inda umukozi we w&#8217;inyaka 16 y&#8217;amavuko mu gihe uwo gitifu we afite 35 y&#8217;amavuko.<\/p>\n<p>Uwo Gitifu w\u2019imyaka 35 yatawe muri yombi kuri uyu wa 15 Gashyantare 2018 akurikiranyweho gutera inda umwana w\u2019imfubyi wamukoreraga akazi ko mu rugo nk\u2019uko byatangaje n\u2019 ubuyobozi bw\u2019 akarere Muzungu Gerald yagize ati&#8221;Uyu mu gitifu acumbikiwe kuri police kuko yateye inda umwana muto.<\/p>\n<p>Imibare ya Minisiteri y\u2019 Uburinganire n\u2019Iterambere ry\u2019Umuryango igaragaraza ko ku mwaka abakobwa baterwa inda batarageza ku myaka y\u2019ubukure bagera ku bihumbi 18.<\/p>\n<p>Aba bagerwaho n\u2019ingaruka zirimo no gucikiriza amashuri. Icyo amategeko avuga ku cyaha cyo gusambanya umwana utarageza ku myaka y\u2019ubukure Ingingo y\u2019190 mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda, ivuga ko gusambanya umwana ari imibonano mpuzabitsina yose cyangwa ishingiye ku bitsina ikorewe umwana uko yaba ikozwe kose n\u2019icyaba cyakoreshejwe cyose, hanyuma ingingo y\u2019191 yo ikavuga ko umuntu wese usambanyije umwana, ahanishwa igifungo cya burundu cy\u2019umwihariko.<\/p>\n<p>Ingingo y\u2019192 yo ivuga iyo icyaha cyo gusambanya umwana cyakozwe n\u2019umubyeyi we cyangwa ushinzwe kumurera, uhagarariye ubutegetsi, uhagarariye idini, ushinzwe umutekano, ukora umwuga w\u2019ubuvuzi, ukora umwuga w\u2019uburezi, uwitoza umwuga n\u2019abandi bose bishingikirije umwuga bakora cyangwa ububasha bafite ku mwana, uwagikoze ahanishwa igifungo cya burundu cy\u2019umwihariko n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi ijana (100.000) kugeza ku bihumbi magana atanu (500.000).<\/p>\n<p>Ingingo y\u2019193 yo ivuga ko iyo gusambanya umwana byamuviriyemo urupfu cyangwa byamuteye indwara idakira, uwakoze icyaha ahanishwa igifungo cya burundu cy\u2019umwihariko n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi magana atanu (500.000) kugeza kuri miliyoni imwe (1.000.000).<\/p>\n<p>Umwana uvugwa aha hose, ni uwo ari we wese utarageze ku myaka 18 y\u2019amavuko.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Mu duce tumwe na tumwe tw&#8217;u Rwanda hagenda hagaragara Abakobwa bato, barega bamwe mu bayobozi mu niego zitandukaye kubera kubatera inda, aho babashukisha ibidufu, no kubaha icyizere ko bazabarera kuko baba badafite ababyeyi, nabo bakumva ko koko bazabafasha. kuri uyu munsi twabahitiyemo ba Gitifu bayoboye ahantu hatandukanye mu karere ka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24735,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-24734","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw&#039;udupfubyi, badushukisha ibidufu. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw&#039;udupfubyi, badushukisha ibidufu. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Mu duce tumwe na tumwe tw&#8217;u Rwanda hagenda hagaragara Abakobwa bato, barega bamwe mu bayobozi mu niego zitandukaye kubera kubatera inda, aho babashukisha ibidufu, no kubaha icyizere ko bazabarera kuko baba badafite ababyeyi, nabo bakumva ko koko bazabafasha. kuri uyu munsi twabahitiyemo ba Gitifu bayoboye ahantu hatandukanye mu karere ka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-17T21:13:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"660\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"437\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/\",\"name\":\"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw'udupfubyi, badushukisha ibidufu. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-17T21:13:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg\",\"width\":660,\"height\":437},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw&#8217;udupfubyi, badushukisha ibidufu.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw'udupfubyi, badushukisha ibidufu. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw'udupfubyi, badushukisha ibidufu. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Mu duce tumwe na tumwe tw&#8217;u Rwanda hagenda hagaragara Abakobwa bato, barega bamwe mu bayobozi mu niego zitandukaye kubera kubatera inda, aho babashukisha ibidufu, no kubaha icyizere ko bazabarera kuko baba badafite ababyeyi, nabo bakumva ko koko bazabafasha. kuri uyu munsi twabahitiyemo ba Gitifu bayoboye ahantu hatandukanye mu karere ka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-17T21:13:10+00:00","og_image":[{"width":660,"height":437,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/","name":"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw'udupfubyi, badushukisha ibidufu. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg","datePublished":"2018-02-17T21:13:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/99509942_tanzania.jpg","width":660,"height":437},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/bamwe-mu-bayobozi-baravugwaho-gutera-amada-utwana-duto-twudupfubyi-badushukisha-ibidufu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bamwe mu bayobozi baravugwaho gutera amada utwana Duto tw&#8217;udupfubyi, badushukisha ibidufu."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24734","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24734"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24734\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24736,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24734\/revisions\/24736"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24735"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24734"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24734"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24734"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}