{"id":24748,"date":"2018-02-18T19:43:26","date_gmt":"2018-02-18T17:43:26","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24748"},"modified":"2018-02-18T19:43:26","modified_gmt":"2018-02-18T17:43:26","slug":"umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/","title":{"rendered":"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98%"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Jean Michel Twagirayezu<\/strong><\/p>\n<p>Ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta bwakozwe n\u2019Umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane, Transparency International (TIR), Ishami ry\u2019u Rwanda bwerekanye ko iyi ruswa ihari n&#8217;ubwo ngo bigoye cyane kuyigaragaza.<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 2010, TIR yakoze ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina muri rusange, abaganiriye nayo icyo gihe bemeje ko iyo ruswa iriho kandi ko igira ingaruka haba mu kazi no mu miryango nyarwanda.<\/p>\n<p>Ingabire Marie Immacul\u00e9e, Umuyobozi wa TIR avuga ko ubu bushakashatsi bwakozwe hagamijwe kureba imiterere y\u2019iki kibazo, kureba niba abantu babizi, n\u2019ubumenyi bafite kuri ruswa ishingiye ku gitsina mu mirimo ya Leta.<\/p>\n<p>Ubu bushakashatsi bwibanze ku bigo bya Leta by\u2019umwihariko. Ni mu gihe ubushakashatsi bwo mu mwaka wa 2010 bwari bwibanze ku nzego zose basanga mu bikorera icyo kibazo kiri ku rwego rwo hejuru ahenshi ngo usanga nta mategeko anoze, nta buryo bw\u2019imicungire inoze y\u2019abakozi.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cMu by\u2019ukuri iki kibazo kirahari kandi aho biba baricecekera, ubushakashatsi ni uburyo bwo gukangura no kumenya, twifuza ko haba imikoranire kuko urwego rumwe ntirwabasha kurwanya iyi ruswa.\u201d Ubushakashatsi bwakorewe ku bakozi bo mu nzego za Leta ku bigo 120.<\/p>\n<p>Haherewe ku mibare igaragazwa n\u2019ikigo k\u2019igihugu k\u2019ibarurishamibare mu mwaka wa 2016 hagaragaraga abakozi bagera ku 39 228 bakora mu nzego za Leta, mu gihugu ibigo bya Leta bigera ku 2272, muri byo 120 byatoranyijwe mu buryo bwa tombola. Mu gutoranya ibi bigo hakozwe ku bantu 1200 abashoboye gusubiza neza baba 1031.<\/p>\n<p>Ibi ngo byerekana ko ibyavuye muri ubu bushakashatsi byizewe. Mu ikusanyamakuru hakozwe isesengura ry\u2019inyandiko zihari, habazwa abantu byabayeho, abahura n\u2019iki kibazo, nyuma ibyavuye mu bushakashatsi byagaragaje ko abagera kuri 94,3% basubije ko icyo kibazo bacyumvise nubwo bitababayeho.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immacul\u00e9e yavuze ko iby\u2019ingenzi byavuye mu bushakashatsi byagaragaje ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ihari.<\/p>\n<p>Yagize ati:Iki ni kimwe k\u2019ingenzi kuko iyo utaramenya ko ikibazo gihari ntubona uko ugishakira ingamba zo kugikemura. Icya kabiri ni uko kuyibonera ibimenyetso bikiruhije cyane, icya gatatu cyagaragaye ni uko hari n\u2019abantu bumva ngo umuntu yayihanganira.<\/p>\n<p>Twebwe tutarakora ubushakashatsi twumvaga nta muntu n\u2019umwe wayihanganira ariko twabonye bake cyane bayishyigikiye. Gusa, n\u2019iyo yaba umwe uvuga ko tudakwiye kuyigiraho ikibazo birababaje.<\/p>\n<p>Ubu bushakashatsi asanga buzatuma umuntu wese yumva ko iki kibazo gihari,kandi koko kirahari usibye ubuyobozi ko bwisinziriye, ndetse bamwe babihomberamo bagaterwa sida n&#8217;inda z&#8217;indaro, ya mafaranga bahembwe kuri ako kazi bakirwanaho barwanya ibyo bibazo byatewe no gushaka ako kazi, bikagera n&#8217;aho bakwa iyo Ruswa. ikindi abumvaga babyemera kubera amaburakindi baramenya ko inzego zitandukanye muri iki gihugu zitabyemera noneho aho kujya babiceceka cyangwa kubura uko bagira bagatangira kubivuga.<\/p>\n<p>Ingabire ntiyemeranywa n\u2019abavuga ko imyambarire cyangwa kamere bikwiye guha icyuho ruswa ishingiye ku gitsina, yagize ati \u201cImyambarire ni ikintu ntajya nemera. Urugero nko mu Buhinde, nta myenda migufi ibayo ariko ni ho hantu gufata abagore ku ngufu biri ku rwego rwo hejuru njye nsanga hari indangagaciro zatakaye mu banyarwanda, ubunyangamugayo, kwiyubaha, kugira icyo wubaha, icyo utinya no kwihesha agaciro, byaratakaye ku bantu bamwe.\u201d<\/p>\n<p>Yungamo ati \u201cAbandi nabo kutiyizera, akumva ntiyizeye cyangwa se akamenya ko hari ibintu atujuje agahitamo kuvuga ngo nzatanga umubiri wanjye kugira ngo mbone ibyo ntashoboraga kubona ni byo bibazo bihari biteza iyi ruswa.\u201d<\/p>\n<p>Asanga ibi byose byacibwa n\u2019ubukangurambaga bukomeye, inzego zose zikabigiramo uruhare rugaragara kuko iyi ari ruswa mu zindi kandi ko ifite ingaruka ku bukungu bw\u2019igihugu no ku mibereho y\u2019ingo n\u2019imiryango noneho ugaragayeho icyo kintu akaba yakurikiranwa akabihanirwa.<\/p>\n<p>Ati: \u201cTwebwe turacyategereje itegeko ubu rigeze mu Nteko Ishinga Amategeko, umushinga w\u2019itegeko uvuga ko noneho byemewe kuba wafata umuntu amajwi utarinze guhamagara Polisi ngo ariyo iza kuyafata kuko benshi basaba ko iri tegeko riramutse ribonetse umuntu akaba yabasha kwifatira amajwi igikorwa kirimo kiba byaca iyi ruswa.\u201d<\/p>\n<p>Avuga ko kugeza ubu nta mbaraga bishyirwamo, n\u2019abatunzwe agatoki ngo usanga ari ukubimura bakabajyana ahandi noneho ihohoterwa rikarushaho gusakara. Aha hari ingero nyinshi z&#8217;abahohotewe ariko abo banyabyaha baza kwimurwa gusa, ndetse bongererwa imishahara.<\/p>\n<p>Ikindi ngo abari barabigize ingeso cyangwa bateganyaga kubijyamo bazabireka kuko babona ko bishobora kuzabagiraho ingaruka. Ubushakashatsi bwagaragaje ko iyi ruswa yiganje cyane mu nzego z\u2019ibanze, mu bigo nderabuzima.<\/p>\n<p>Musangabatware Clement umuvunyi wungirije, yashimye TIR kuko ubu bushakashatsi budakunze kubona ababukoraho. Yagaragaje ko hakiri imbogamizi mu kubona amakuru yerekeranye na ruswa ishingiye ku gitsina kubera ko hari abantu bamwe bataratinyuka gutanga amakuru nkuko imibare yabigaragaje aho ikunze kugaragara cyane ni muri za kaminuza bari hejuru ya 60% aho ari mito ni mu nzego z\u2019ubutabera kuri 50% ariko iki kibazo na we ahamya ko gihari. Yagize ati \u201cTukaba dushimira TIR yakoze ubushakashatsi kugira ngo dufate ingamba zo gukumira no kurwanya ruswa ishingiye ku gitsina.\u201dturacebuwe kuko tutari tuzi ko dutanga akazi tubanje kubaka ubwambure&#8221;.<\/p>\n<p>Ruswa ishingiye ku gitsina igira ingaruka zitandukanye zirimo kwica akazi umusaruro ukabura ndetse n\u2019isenyuka ry\u2019umuryango. Kugeza ubu, u Rwanda ruri ku isonga mu bipimo bitandukanye bigenda bishyirwa ahagaragara na TIR mu gushyira imbere ruswa, nk\u2019icyo mu 2016 kigaragaza ko u Rwanda rwateye intambwe muri Afurika mukwimakaza Ruswa, ruri ku mwanya wa 3, ku rwego rw\u2019Isi rwari ku mwanya wa 50 mu bihugu 170, naho rukaba rufite ijanisha rya 98% mugutanga akazi muri leta.<\/p>\n<p>Ndetse kugeza ubu ntihibazwa impamvu mu Rwanda batari bahana byibuze abafatiwe muri icyo kibazo cyo gutanga akazi habanje gukuramo amajipo y&#8217;abo bagiye guha ako kazi, bivuze ko leta y&#8217;u Rwanda ibishyigikiye kuko nta n&#8217;umwe urahanirwa iki kibazo ahubwo leta ikora uko ishoboye \u00a0ikimura uwo munyabyaha, ikamuha n&#8217;ibihembo nko kongererwa umushahara n&#8217;inshingano, nk&#8217;aho kwaka iyo Ruswa byemewe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta bwakozwe n\u2019Umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane, Transparency International (TIR), Ishami ry\u2019u Rwanda bwerekanye ko iyi ruswa ihari n&#8217;ubwo ngo bigoye cyane kuyigaragaza. Mu mwaka wa 2010, TIR yakoze ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina muri rusange, abaganiriye nayo icyo gihe bemeje [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":9130,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-24748","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98% - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98% - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta bwakozwe n\u2019Umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane, Transparency International (TIR), Ishami ry\u2019u Rwanda bwerekanye ko iyi ruswa ihari n&#8217;ubwo ngo bigoye cyane kuyigaragaza. Mu mwaka wa 2010, TIR yakoze ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina muri rusange, abaganiriye nayo icyo gihe bemeje [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-18T17:43:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"605\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"403\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/\",\"name\":\"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98% - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-18T17:43:26+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg\",\"width\":605,\"height\":403,\"caption\":\"Ingabire Marie Immacul\u00e9e\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98%\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98% - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98% - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta bwakozwe n\u2019Umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane, Transparency International (TIR), Ishami ry\u2019u Rwanda bwerekanye ko iyi ruswa ihari n&#8217;ubwo ngo bigoye cyane kuyigaragaza. Mu mwaka wa 2010, TIR yakoze ubushakashatsi kuri ruswa ishingiye ku gitsina muri rusange, abaganiriye nayo icyo gihe bemeje [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-18T17:43:26+00:00","og_image":[{"width":605,"height":403,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/","name":"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98% - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg","datePublished":"2018-02-18T17:43:26+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/12\/ingabire-marie-immaculee1.jpg","width":605,"height":403,"caption":"Ingabire Marie Immacul\u00e9e"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuyobozi-wa-tir-ingabire-marie-immaculee-yagaragaje-u-rwanda-ko-ruswa-ishingiye-ku-gitsina-mu-bakozi-ba-leta-ishinze-imizi-98\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"umuyobozi wa TIR Ingabire Marie Immacul\u00e9e yagaragaje u Rwanda, ko ruswa ishingiye ku gitsina mu bakozi ba Leta ishinze imizi 98%"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24748","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24748"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24748\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24749,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24748\/revisions\/24749"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9130"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24748"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24748"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24748"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}