{"id":24809,"date":"2018-02-21T01:38:18","date_gmt":"2018-02-20T23:38:18","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24809"},"modified":"2018-02-21T01:38:18","modified_gmt":"2018-02-20T23:38:18","slug":"impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/","title":{"rendered":"Impunzi z&#8217;abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ni bwo impunzi ibihumbi z\u2019Abanyekongo ziba mu nkambi ya Kiziba mu Rwanda, zahagurutse zerekeza ku biro bya HCR i Karongi mu Burengerazuba bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Zirifuza gutaha cyangwa zikimurirwa mu gihugu cya gatatu aho kwicirwa n&#8217;inzara mu nkambi. Igisirikare cy&#8217;u Rwanda cyabanje kurasa hejuru kibabuza kugenda ubwo bari bahagurutse mu nkambi mu gihe cya sakumi n\u2019imwe za mu gitondo uyu munsi, ariko kibonye banangiye kirabareka. Icyo gihe umuntu umuntu umwe yakomerekejwe n&#8217;insasu.<\/p>\n<p>Inyinshi muri izo mpunzi zakoze urugendo rw\u2019amasaha arenga atatu kugira ngo zigere ku biro bya HCR. Zari zikoreye ibiryamirwa, ibyo kwiyorosa hamwe n\u2019ibyo gutekamo.<\/p>\n<p>Zari uruvangitirane rw\u2019abana n\u2019abakuru. Bakikije ibiro bya HCR i Karongi, bavuga ko badashobora kuhava badahawe igisubizo ku bibazo bafite. Ibyo birimo ko barambiwe kuba impunzi mu Rwanda, ko bakeneye kujyanwa mu gihugu cya gatatu mu gihe bategereje ko umutekano ugaruka mu gihugu cyabo. Mu byo bataka harimo inzara. Bakanavuga ko batacyizeye umutekano wabo mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ubwo twavuganaga n\u2019umunyamakuru w\u2019Ijwi ry\u2019Amerika, Claude Ganza Munyamagana dukesha iyi nkuru, nta muyobozi wa HCR wari wakandangiye aho izo mpunzi ziri. Nta n\u2019undi muyobozi wari wagize icyo atangaza.<\/p>\n<p>Cyakora habonekaga abo mu nzego z\u2019umutekano na bo bagendaga bitaruye ikivunge cy\u2019impunzi, hamwe n\u2019abasilikare bari bagose imisozi ikikije inyubako ya HCR. Ni igipangu cyari gifunze kigaragamo abapolisi gusa bari bazengurutse impande zose.<\/p>\n<p>Inkambi ya Kiziba ni yo nkambi ya mbere y\u2019Abanyekongo iri mu Rwanda. Bahamaze imyaka irenga 20. Inyinshi muri izo mpunzi zavuye mu bice bya Kivu y\u2019Amajyepfo, hamwe no mu ntara ya Katanga mu gihugu cya Repuburika iharanira demokarasi ya Congo, mu 1996 biturutse ku bibazo by\u2019umutekano muke.<\/p>\n<p>https:\/\/www.facebook.com\/RadiyoyacuVOA\/videos\/943236355850386\/<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p>VOA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ni bwo impunzi ibihumbi z\u2019Abanyekongo ziba mu nkambi ya Kiziba mu Rwanda, zahagurutse zerekeza ku biro bya HCR i Karongi mu Burengerazuba bw\u2019u Rwanda. Zirifuza gutaha cyangwa zikimurirwa mu gihugu cya gatatu aho kwicirwa n&#8217;inzara mu nkambi. Igisirikare cy&#8217;u Rwanda cyabanje kurasa hejuru kibabuza kugenda ubwo bari bahagurutse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24811,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-24809","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Impunzi z&#039;abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impunzi z&#039;abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ni bwo impunzi ibihumbi z\u2019Abanyekongo ziba mu nkambi ya Kiziba mu Rwanda, zahagurutse zerekeza ku biro bya HCR i Karongi mu Burengerazuba bw\u2019u Rwanda. Zirifuza gutaha cyangwa zikimurirwa mu gihugu cya gatatu aho kwicirwa n&#8217;inzara mu nkambi. Igisirikare cy&#8217;u Rwanda cyabanje kurasa hejuru kibabuza kugenda ubwo bari bahagurutse [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-20T23:38:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/\",\"name\":\"Impunzi z'abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-20T23:38:18+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impunzi z&#8217;abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impunzi z'abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impunzi z'abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ni bwo impunzi ibihumbi z\u2019Abanyekongo ziba mu nkambi ya Kiziba mu Rwanda, zahagurutse zerekeza ku biro bya HCR i Karongi mu Burengerazuba bw\u2019u Rwanda. Zirifuza gutaha cyangwa zikimurirwa mu gihugu cya gatatu aho kwicirwa n&#8217;inzara mu nkambi. Igisirikare cy&#8217;u Rwanda cyabanje kurasa hejuru kibabuza kugenda ubwo bari bahagurutse [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-20T23:38:18+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/","name":"Impunzi z'abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg","datePublished":"2018-02-20T23:38:18+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/sddefault-12.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/impunzi-zabanyekongo-zirashaka-kujya-mu-kindi-gihugu-ariko-kitari-u-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impunzi z&#8217;abanyekongo zirashaka kujya mu kindi gihugu ariko kitari u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24809","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24809"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24809\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24810,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24809\/revisions\/24810"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24811"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24809"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24809"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24809"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}