{"id":24812,"date":"2018-02-21T02:28:26","date_gmt":"2018-02-21T00:28:26","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24812"},"modified":"2022-05-30T21:40:43","modified_gmt":"2022-05-30T19:40:43","slug":"gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/","title":{"rendered":"Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>J.L. Ishimwe<\/strong><\/p>\n<p>Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo,\u00a0Abahinzi baratakamba mugihe narya kusanyirizo bahawe ryahawe indi campany.<\/p>\n<p>Abahinzi basaga ibihumbi 3 bibumbiye muri koperative KOTEMUGI ihinga ibihingwa birimo ibigori n\u2019ibirayi mu karere ka Gicumbi barashinja Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi kubambura ikigega (ubuhunikiro) yari yabahaye ngo bahunikemo imyaka hanyuma ikagiha company ya EAX mu buryo bita ko budasobanutse; none kuri ubu imyaka bejeje babuze aho bayihunika bayirekera hanze ku buryo yatangiye kubora.<\/p>\n<p>Aba bahinzi bavuga ko mu mwaka wa 2015 Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi yabahaye ikigega cyo guhunikamo imyaka binyuze mu mushinga wayo LWH none ngo bacyambuwe mu buryo bw\u2019amaherere. Mu gihe aba bahinzi bashinja iyi company kubambura ikigega, \u201camakuru agera kuri The Rwandan Olivier Ngoga ushinzwe ibikorwa muri EAX (East Africa Exchange) arabihakana akavuga ko bagihawe na MINAGRI gusa akemera ko bahunikamo imyaka ariko itavuye ahandi.<\/p>\n<p>Ikindi kandi ngo ntibigeze babuza aba bahinzi guhunikamo imyaka ahubwo akabashinja gushaka guhunika imyaka idafite ubuziranenge.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Minisiteri y\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi, Nzeyimana Jean Chrisostome uyihagarariye mu karere ka Gicumbi unashinzwe ubuhinzi by\u2019umwihariko muri aka karere maze yemera ko iki kigega bari bagitije iyi company ngo ihunikemo imyaka ariko ngo abahinzi bagaragaza ko bagikeneye kugira ngo umusaruro wabo udakomeza kwangirika dore ko ngo batari banakizi.<\/p>\n<p>Ni mugihe mu Karere ka Rubavu naho mu mirenge ya Cyanzarwe, Migeshi na Busasamana ibirayi bikomeje kuborera mu mirima.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi, Dr.Geraldine Mukeshimana yavuze ko ibirayi bikomeje kwangirikira mu mirima by\u2019umwihariko mu mirenge ya Cyanzarwe, Bugeshi na Busasamana igize akarere ka Rubavu, mu ntara y\u2019Iburengerazuba.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Ubucuruzi n\u2019Inganda, Bwana Vincent Munyeshyaka ubwo yagiraga icyo avuga ku kibazo cy\u2019ubucuruzi bw\u2019ibirayi mu minsi ishize, yavuze ko impamvu Minisiteri ayoboye yashyizeho uburyo bwo kunoza ubucuruzi bw\u2019ibirayi hashyirwaho igiciro kizwi mu gihe rubanda bari basanzwe aribo bacyishyiriraho bitewe n\u2019uburyo ibiciro ku isoko bihagaze.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yatangaje ko Minisiteri yabikoze mu rwego rwo kunoza ubucuruzi bw\u2019ibirayi hirindwa akajagari kari gasigaye kagaragara ndetse anatangaza ko hari ibihano bikarishye kuri buri wese uzakora ubu bucuruzi bunyuranyije n\u2019amategeko. Ibaze nawe ?ngo nuwajya kubicyuruza yahanwa ,ubwo ninkaho baba bategetswe kubireka bikaborera mu mirima.Ese leta yo ntireba igihombo itera aba bahinzi?<\/p>\n<p>Ikibazo cy\u2019ubucuruzi bw\u2019ibirayi cyasize benshi mu bayobozi b\u2019amakusanyirizo mu karere ka Burera batabwa muri yombi ubwo Minisitiri w\u2019intebe yasuraga aka karere.<\/p>\n<p>Reka twitege ko wenda leta yakwikubita agashyi kuko abaturage b&#8217;Uturere turenga 5 mu Rwanda iki kibazo kiri kubageraho usibye kuvuga ko kiri mu ntara y&#8217; Amajyaruguru n&#8217;igice cy&#8217;intara y&#8217;uburengerazuba.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na J.L. Ishimwe Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo,\u00a0Abahinzi baratakamba mugihe narya kusanyirizo bahawe ryahawe indi campany. Abahinzi basaga ibihumbi 3 bibumbiye muri koperative KOTEMUGI ihinga ibihingwa birimo ibigori n\u2019ibirayi mu karere ka Gicumbi barashinja Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi kubambura ikigega (ubuhunikiro) yari yabahaye ngo bahunikemo imyaka hanyuma ikagiha company ya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":15143,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-24812","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ibirayi ku isoko biragurwa n&#039;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibirayi ku isoko biragurwa n&#039;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na J.L. Ishimwe Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo,\u00a0Abahinzi baratakamba mugihe narya kusanyirizo bahawe ryahawe indi campany. Abahinzi basaga ibihumbi 3 bibumbiye muri koperative KOTEMUGI ihinga ibihingwa birimo ibigori n\u2019ibirayi mu karere ka Gicumbi barashinja Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi kubambura ikigega (ubuhunikiro) yari yabahaye ngo bahunikemo imyaka hanyuma ikagiha company ya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-21T00:28:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2022-05-30T19:40:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"299\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"168\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/\",\"name\":\"Ibirayi ku isoko biragurwa n'uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-21T00:28:26+00:00\",\"dateModified\":\"2022-05-30T19:40:43+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg\",\"width\":299,\"height\":168},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibirayi ku isoko biragurwa n'uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibirayi ku isoko biragurwa n'uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na J.L. Ishimwe Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo,\u00a0Abahinzi baratakamba mugihe narya kusanyirizo bahawe ryahawe indi campany. Abahinzi basaga ibihumbi 3 bibumbiye muri koperative KOTEMUGI ihinga ibihingwa birimo ibigori n\u2019ibirayi mu karere ka Gicumbi barashinja Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi kubambura ikigega (ubuhunikiro) yari yabahaye ngo bahunikemo imyaka hanyuma ikagiha company ya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-21T00:28:26+00:00","article_modified_time":"2022-05-30T19:40:43+00:00","og_image":[{"width":299,"height":168,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/","name":"Ibirayi ku isoko biragurwa n'uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg","datePublished":"2018-02-21T00:28:26+00:00","dateModified":"2022-05-30T19:40:43+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/ibirayi1.jpg","width":299,"height":168},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gicumbi-ibirayi-ku-isoko-biragurwa-nuwifite-kandi-mu-mirima-birimo-kuboreramo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibirayi ku isoko biragurwa n&#8217;uwifite, kandi mu mirima birimo kuboreramo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24812","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24812"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24812\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":45846,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24812\/revisions\/45846"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15143"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24812"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24812"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24812"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}