{"id":24815,"date":"2018-02-21T02:45:45","date_gmt":"2018-02-21T00:45:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24815"},"modified":"2018-02-21T02:45:45","modified_gmt":"2018-02-21T00:45:45","slug":"migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/","title":{"rendered":"&#8221;MIGEPROF&#8221;Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y&#8217;Abaturage b&#8217;intara y&#8217;Amajyaruguru"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Jean Michel Twagirayezu<\/strong><\/p>\n<p>N&#8217;ubwo hibanzwe kuri iyi ntara y&#8217;Amajyaruguru, nyamara ni ikibazo rusange mu Gihugu, aho amakimbirane aterwa n&#8217;ubusumbane, n&#8217;uko abaturage babayeho mu Rwanda cyane cyane bigashingira kuko FPR ihatira Abanyarwanda kuba mu ishaka ryayo rimwe gusa, ibibi ni bimwe bituma n&#8217;Abaturage bo hasi iyo bonkamwa n&#8217;iki kibazo .<\/p>\n<p>NYIRASAFARI Esp\u00e9rance mu ruzinduko yagiriraga mu karere ka Musanze yasoje aganira n\u2019abayobozi banyuranye bo mu ntara y\u2019amajyaruguru, minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango NYIRASAFARI Esp\u00e9rance yasabye abayobozi bo mu nzego z\u2019ibanze gushyira imbaraga mu kunoza gahunda y\u2019imigoroba y\u2019ababyeyi kuko ngo yasanze idahagaze neza nyamara yakabaye imwe mu nzira zabafasha guhashya amakimbirane yo mu miryango, kimwe mu bibazo bigikomeje kugaragara mu karere ka Musanze no mu ntara y\u2019amajyaruguru muri rusange.<\/p>\n<p>Muri ibyo biganiro byabereye mu karere ka Musanze, amakuru agera kuri The Rwandan n&#8217;uko byitabiriwe n\u2019abayobozi bo mu nzego z\u2019ibanze baturutse mu turere twose tugize intara y\u2019amajyaruguru, n\u2019abandi bafatanyabikorwa batandukanye, byasojwe bamwe mu bayobozi basezeranye guhindura imikorere, mu buryo bari basanzwe bakoresha bahangana n\u2019ikibazo cy\u2019amakimbirane yo mu miryango nyuma yo kubona ko nta musaruro ufatika bwatangaga. Ndetse banabwiwe ko utazabyubahiriza ubu bari kumutuma, ariko ko bazageza igihe bakituma. Aha bacaga amarenga ko n&#8217;Amagereza ataruzura.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango NYIRASAFARI Esp\u00e9rance mu gihe ubundi ngo imiryango itabanye neza yatumizwaga mu nteko z\u2019abaturage akaba ariho hacocerwaga ibibazo byabo ubu noneho ngo abayobozi nibo bagiye kujya basanga iyo miryango itabanye neza mu ngo, kuko ngo aribyo babona byazatanga umusaruro.<\/p>\n<p>Uretse ikibazo cy\u2019amakimbirane yo mu miryango, minisitiri w\u2019uburinganire n\u2019iterambere ry\u2019umuryango yanagarutse cyane kuri gahunda y\u2019amarerero y\u2019abana nayo yagaragaje ko uturere dutandukanye tw\u2019iyi ntara y\u2019amajyaruguru tutaragera ku rwego rushimishije, asaba abayobozi batwo kubishyiramo imbaraga.<\/p>\n<p>Uturere twatunzwe agatoki ni hafi ya twose tugize intara y&#8217;Amajyaruguru, ndetse agaruka cyane ku turere duhoramo impfu za hato na hato zitewe n&#8217;Amakimbirane, aho yanatanze urugero rw&#8217;umusore wakubiswe isuka ya majagu mu karere ka Gicumbi ndetse n&#8217;umuyobozi waho w&#8217;umudugudu wakubiswe umwase n&#8217;umuturage\u00a0maze agahita yitaba Imana.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu N&#8217;ubwo hibanzwe kuri iyi ntara y&#8217;Amajyaruguru, nyamara ni ikibazo rusange mu Gihugu, aho amakimbirane aterwa n&#8217;ubusumbane, n&#8217;uko abaturage babayeho mu Rwanda cyane cyane bigashingira kuko FPR ihatira Abanyarwanda kuba mu ishaka ryayo rimwe gusa, ibibi ni bimwe bituma n&#8217;Abaturage bo hasi iyo bonkamwa n&#8217;iki kibazo . NYIRASAFARI Esp\u00e9rance mu ruzinduko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":24816,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-24815","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>&#039;&#039;MIGEPROF&#039;&#039;Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y&#039;Abaturage b&#039;intara y&#039;Amajyaruguru - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"&#039;&#039;MIGEPROF&#039;&#039;Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y&#039;Abaturage b&#039;intara y&#039;Amajyaruguru - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu N&#8217;ubwo hibanzwe kuri iyi ntara y&#8217;Amajyaruguru, nyamara ni ikibazo rusange mu Gihugu, aho amakimbirane aterwa n&#8217;ubusumbane, n&#8217;uko abaturage babayeho mu Rwanda cyane cyane bigashingira kuko FPR ihatira Abanyarwanda kuba mu ishaka ryayo rimwe gusa, ibibi ni bimwe bituma n&#8217;Abaturage bo hasi iyo bonkamwa n&#8217;iki kibazo . NYIRASAFARI Esp\u00e9rance mu ruzinduko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-21T00:45:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"824\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"550\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/\",\"name\":\"''MIGEPROF''Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y'Abaturage b'intara y'Amajyaruguru - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-21T00:45:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg\",\"width\":824,\"height\":550,\"caption\":\"Ministre NYIRASAFARI Esp\u00e9rance\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"&#8221;MIGEPROF&#8221;Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y&#8217;Abaturage b&#8217;intara y&#8217;Amajyaruguru\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"''MIGEPROF''Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y'Abaturage b'intara y'Amajyaruguru - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"''MIGEPROF''Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y'Abaturage b'intara y'Amajyaruguru - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu N&#8217;ubwo hibanzwe kuri iyi ntara y&#8217;Amajyaruguru, nyamara ni ikibazo rusange mu Gihugu, aho amakimbirane aterwa n&#8217;ubusumbane, n&#8217;uko abaturage babayeho mu Rwanda cyane cyane bigashingira kuko FPR ihatira Abanyarwanda kuba mu ishaka ryayo rimwe gusa, ibibi ni bimwe bituma n&#8217;Abaturage bo hasi iyo bonkamwa n&#8217;iki kibazo . NYIRASAFARI Esp\u00e9rance mu ruzinduko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-21T00:45:45+00:00","og_image":[{"width":824,"height":550,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/","name":"''MIGEPROF''Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y'Abaturage b'intara y'Amajyaruguru - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg","datePublished":"2018-02-21T00:45:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/02\/1477602520ok.jpg","width":824,"height":550,"caption":"Ministre NYIRASAFARI Esp\u00e9rance"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/migeprofiti-amakimbirane-mu-tugoroba-twababyeyi-bimaze-kuba-imbata-yabaturage-bintara-yamajyaruguru\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"&#8221;MIGEPROF&#8221;Iti Amakimbirane Mu Tugoroba Tw\u2019ababyeyi bimaze kuba imbata y&#8217;Abaturage b&#8217;intara y&#8217;Amajyaruguru"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24815","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24815"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24815\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24817,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24815\/revisions\/24817"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/24816"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24815"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24815"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24815"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}