{"id":2488,"date":"2012-11-06T21:27:09","date_gmt":"2012-11-06T19:27:09","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2488"},"modified":"2012-11-06T22:30:26","modified_gmt":"2012-11-06T20:30:26","slug":"inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/","title":{"rendered":"Inyungu Leta y&#8217;u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk&#8217;icyana cy&#8217;ingagi"},"content":{"rendered":"<p>Nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ikinyamakuru Izuba rirashe mu nkuru icyo kinyamakuru cyise:\u00a0<a href=\"http:\/\/www.izuba.org.rw\/i-782-a-34818.izuba\">Imibereho ya Mugesera muri gereza<\/a>\u00a0kiragira cyiti:<\/p>\n<p><strong>&#8220;<em>\u2022 Mugesera akoresha mudasobwa muri gereza ategura urubanza rwe<\/em><\/strong><br \/>\n<strong> <em>\u2022 Ashobora kuvugana n\u2019umuryango we uri muri Canada iyo abishatse<\/em><\/strong><br \/>\n<strong> <em>\u2022 Arya ibyo kurya bitandukanye n\u2019iby\u2019izindi mfungwa<\/em><\/strong><!--more--><br \/>\n<strong><em>Mu cyumweru gishize; ikinyamakuru Izuba Rirashe cyasuye Leon Mugesera; aho afungiye muri gereza Nkuru ya Kigali cyirebera imibereho ye muri gereza; usanga itandukanye n\u2019iy\u2019izindi mfungwa.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bwashyikirije Leon Mugesera printer (icyuma gisohora impapuro) izajya imufasha gusohora inyandiko z\u2019urubanza yateguye.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Mugesera yari yabwiye urukiko ko ubushinjacyaha bwamuhaye mudasobwa gusa ariko bumwima uburyo bwo gusohora impapuro ndetse ko nta na flash disk yahawe.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Mu cyumweru gishize ubwo ikinyamakuru Izuba Rirashe cyasuraga Leon Mugesera aho afungiye muri gereza Nkuru ya Kigali; yari amaze ukwezi gusaga atarahabwa ibyo urukiko rwategetse ubushinjacyaha kumuha.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Yagize ati; \u201ckugeza uyu munsi sindabona ikintu na kimwe; yaba printer; Flash disk cyangwa se impapuro kandi ndacyategura urubanza ku ijisho ry\u2019ubushinjacyaha.\u201d\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Gusa; umunyamakuru w\u2019ikinyamakuru Izuba Rirashe agisohoka mu cyumba Mugesera afungiyemo yasanze ubuyobozi bwa gereza bwashyikirijwe ibikoresho bivuye mu Bushinjacyaha Bukuru bw\u2019u Rwanda; ibikoresho Mugesera yifuzaga kugira ngo yitegure urubanza rwe.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Umuyobozi wa Gereza Nkuru ya Kigali yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe ko hanakuweho amabwiriza yo kugenzura kenshi mudasobwa ikoreshwa na Mugesera; ubundi byakorwaga ku mpamvu z\u2019umutekano.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Gahima Rusa yagize ati; \u201cbahawe printer [Mugesera na Uwinkindi] na flash disk n\u2019impapuro kandi ntibizajya bigenzurwa\u201d.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Ibaruwa iherekeje ibyo bikoresho ikinyamakuru Izuba Rirashe cyabonye; ivuga ko Mugesera azajya akoresha mudasobwa na Flash disk mu bwisanzure bitandukanye nuko mbere byagombaga kugenzurwa mbere yuko bisohoka muri gereza.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Muri iyi baruwa handitseho amagambo agenewe Mugesera agira ati;\u201d kutagenzura imikoreshereze y\u2019ibi bikoresho; bizatuma ugira[Mugesera] icyizere cy\u2019umutekano w\u2019inyandiko zawe\u201d.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Nubwo Mugesera yahawe ibi bikoresho; ubuyobozi bwa gereza bwakoze ibishoboka byose ku buryo atazajya akoresha interineti ariko kuba ibyo yandika bizajya bisohoka hanze ya gereza bitagenzuwe ngo bisa nk\u2019ibiteye impungenge inzego z\u2019umutekano.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Aha; umuyobozi wa gereza n\u2019ushinzwe ikoranabuhanga; bagiranye ikiganiro kigaragaza impungenge z\u2019umutekano wo muri gereza ushingiye ku kuba Mugesera yarahawe umudendezo usesuye; bakaba basanga bishobora gutuma hacurwa imigambi mibi mu gihe ibyo akora kuri mudasobwa bitaba bigenzuwe n\u2019inzego z\u2019umutekano.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Umuyobozi wa gereza abajijwe impamvu bahaye uburenganzira busesuye Mugesera kandi bafite impungenge k\u2019umutekano; yasubije agira ati; \u201c natwe tubona ko bishobora gutera umutekano muke ariko nta kundi byagenda.\u201d\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Mugesera abayeho mu buryo bunyuranye n\u2019ubw\u2019izindi mfungwa.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Muri gereza; Leon Mugesera avuga ko atishimiye aho afungiwe; anenga imiryamire n\u2019imirire nubwo ahabwa amafunguro gatatu ku munsi kandi ntarye ibyo kurya bigenerwa abagororwa bose; ategurirwa amafunguro yihariye kandi meza.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Ubwo ikinyamakuru Izuba Rirashe cyamusuraga nka saa yine z\u2019amanywa mu cyumba afungiwemo; Mugesera yari ku meza afata icyayi cy\u2019amata n\u2019umugati n\u2019ibyo kuwusiga by\u2019ubwoko butandukanye.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Mu cyumba afungiyemo uhasanga ikarito y\u2019amazi akorwa n\u2019uruganda rwa Nyirangarama yitwa Akandi; gusa we yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe ko we ashaka ay\u2019Inyange.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Ati; \u201caya mazi; nababwiye ko adafite icyapa cy\u2019ubuziranenge; ndashaka amazi nagirira icyizere ameze nk\u2019Inyange.\u201d\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Mu gihe izindi mfungwa zirya rimwe ku munsi; Mugesera kimwe n\u2019izindi mfungwa nke; afungura saa sita na n\u2019ijoro; kandi ibyo arya ntibitekerwa muri gereza [n\u2019abafungwa] ahubwo hari uwatsindiye isoko rya kantine ya gereza akaba ari nawe uteka ibyo kurya bya Mugesera; gusa avuga ko biba bitetse nabi.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Ku bijyanye n\u2019abamwunganira; Leon Mugesera avuga ko urugaga rw\u2019abavoka rwimye uburenganzira umwe mu banyamahanga bagize itsinda ry\u2019ubwunganizi.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Mugesera yagize ati; \u201cmfite abavoka babiri bazava hanze; umwe ava muri Amerika undi ni Umunyakenya; ariko uwo muri Kenya bamwimye uburenganzira[Accreditation] kuva yabisaba muri Kamena uyu mwaka.\u201d\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Perezida w\u2019Urugaga rw\u2019abavoka mu Rwanda Me Rutabingwa Athanase; we avuga ko uwo mu Avoka wo muri Kenya atigeze asaba uburenganzira kandi ko nta n\u2019impamvu yakwimwa uburenganzira.\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>\u201cKugeza ubu; ubusabe twabonye ni ubw\u2019Umunyamerika; uwo wundi ntabwo tumuzi; nta mpamvu twamwima uburenganzira bwo kumwunganira.\u201d\u00a0<\/em><\/strong><strong><em>Urubanza rwa Mugesera ruzatangira kuburanishwa mu mizi taliki ya 19 Ugushyingo 2012.&#8221;<\/em><\/strong><strong> <em>\u2022 Ibyo akorera kuri mudasobwa ntibishobora kugenzurwa<\/em><!--more--><\/strong><\/p>\n<p>Iyo usesenguye iyi nkuru ukanakurikirana uburyo urubanza rugenda n&#8217;igihe L\u00e9on Mugesera yamaze yambaye kositimu ye mu gihe abagororwa bandi bahita bambikwa imyenda y&#8217;abagororwa ikitaraganya, bigaragara ko hari inyungu Leta y&#8217;u Rwanda ifite mu gufata neza L\u00e9on Mugesera n&#8217;ubwo imushinja ibyaha biremereye.<\/p>\n<p>Ugufatwa neza kwa Mugesera ni umuvuno wa Leta y&#8217;u Rwanda, mu rwego rw&#8217;ubutabera, ndetse na diplomasi. Ibyo bose bikaba biba bigamije guhuma amaso amahanga ngo nayo ajye ahita yohereza mu Rwanda uwo afashe wese n&#8217;iyo yaba abeshyerwa bakamwohereza bavuga ko azarenganurwa.<\/p>\n<p>None se murumva wasobanurira umunyakanada gute ko mu Rwanda bafunga nabi mu gihe iyo abajije Leta ye ihita imuha urugero rw&#8217;uko Mugesera afashwe neza? Ahubwo abanyarwanda bari muri Canada bararye bari menge kuko uwo bazajya batunga agatoki gusa n&#8217;iyo baba bamwitiranije feri ya mbere izajya iba ari i Kigali.<\/p>\n<p>Ubu ibihugu byinshi iyo byima ubuhungiro abaka ubuhungiro cyangwa abaregwa ibyaha bavuga ko batizeye ubutabera bw&#8217;u Rwanda, bahita babaha urugero rwa Mugesera n&#8217;uriya Uwinkindi woherejwe avuye Arusha. Ndetse hari n&#8217;abashinyagura bakavuga ko kubera ko go mu Rwanda nta gihano cy&#8217;urupfu gihari mu mategeko ngo ubwo byose ni munange. Bakiyibagiza ko icyo gihano uretse gukoreshwa ku gihe cya ba Karamira kitongeye gukoreshwa, uretse gusetsa se ubundi ba Rwisereka, Rugambage, Cyiza n&#8217;abandi bagiye bicwa bakatiwe urwo gupfa? Uretse ko na burundu bw&#8217;umwihariko nabyo ari nko gupfa uhagaze.<\/p>\n<p>Ibi bakorera Mugesera bimeze nko gukatira Madame Ingabire imyaka 8 gusa kandi ubushinjacyaha bwari bwamusabiye burundu.<\/p>\n<p>Abatareba inyungu za Leta y&#8217;u Rwanda babona guha Mugesera za Printer, mudasobwa, amazi ya nyirangarama, imigati isize n&#8217;ibindi no gukatira Madame Ingabire imyaka 8 ari ukujenjeka kwa Leta ariko ntibamenye ko inyuma yabyo hari inyungu nyinshi. Gukatira Madame Ingabire imyaka 8 kandi arengana hari ababibonyemo igikorwa cyiza cya Leta y&#8217;u Rwanda cyo kumubabarira ariko bakiyibagiza ko arengana atagombye kuba ari no muri Gereza, iyo myaka 8 ishobora guhuma bamwe amaso bari barishyizemo ko azakatirwa burundu bityo bikagabanya igitutu kuri Leta y&#8217;u Rwanda ngo afungurwe we n&#8217;izindi mfungwa za politiki akenshi ziba zifunze kugira ngo zibererekere FPR isigare mu kibuga cya politiki yikinana yonyine, itsinda ibitego ntawe bakina ndetse inategeka abafana (abanyarwanda) gufana ibyo bitego n&#8217;ayo macenga y&#8217;ikipe yikinana yonyine.<\/p>\n<p>Ibi bya Mugesera ni nka wa mukino bita damu (jeu de dames\/Draughts) aho umuntu yigomwa inka imwe cyangwa 2, kugira ngo ashobore kurya inka nyinshi z&#8217;uwo bakina cyangwa atsinde umukino. Ntibizabatangaze Mugesera bamuzaniye n&#8217;umugore we akajya aza kumusura bakararana!<\/p>\n<p>Marc Matabaro<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ikinyamakuru Izuba rirashe mu nkuru icyo kinyamakuru cyise:\u00a0Imibereho ya Mugesera muri gereza\u00a0kiragira cyiti: &#8220;\u2022 Mugesera akoresha mudasobwa muri gereza ategura urubanza rwe \u2022 Ashobora kuvugana n\u2019umuryango we uri muri Canada iyo abishatse \u2022 Arya ibyo kurya bitandukanye n\u2019iby\u2019izindi mfungwa<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2489,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[],"tags":[],"class_list":["post-2488","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Inyungu Leta y&#039;u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk&#039;icyana cy&#039;ingagi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Inyungu Leta y&#039;u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk&#039;icyana cy&#039;ingagi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ikinyamakuru Izuba rirashe mu nkuru icyo kinyamakuru cyise:\u00a0Imibereho ya Mugesera muri gereza\u00a0kiragira cyiti: &#8220;\u2022 Mugesera akoresha mudasobwa muri gereza ategura urubanza rwe \u2022 Ashobora kuvugana n\u2019umuryango we uri muri Canada iyo abishatse \u2022 Arya ibyo kurya bitandukanye n\u2019iby\u2019izindi mfungwa\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-06T19:27:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-11-06T20:30:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/\",\"name\":\"Inyungu Leta y'u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk'icyana cy'ingagi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-06T19:27:09+00:00\",\"dateModified\":\"2012-11-06T20:30:26+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"480\",\"height\":\"270\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Inyungu Leta y&#8217;u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk&#8217;icyana cy&#8217;ingagi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Inyungu Leta y'u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk'icyana cy'ingagi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Inyungu Leta y'u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk'icyana cy'ingagi - Umunyarwanda","og_description":"Nk&#8217;uko bitangazwa n&#8217;ikinyamakuru Izuba rirashe mu nkuru icyo kinyamakuru cyise:\u00a0Imibereho ya Mugesera muri gereza\u00a0kiragira cyiti: &#8220;\u2022 Mugesera akoresha mudasobwa muri gereza ategura urubanza rwe \u2022 Ashobora kuvugana n\u2019umuryango we uri muri Canada iyo abishatse \u2022 Arya ibyo kurya bitandukanye n\u2019iby\u2019izindi mfungwa","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-06T19:27:09+00:00","article_modified_time":"2012-11-06T20:30:26+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/","name":"Inyungu Leta y'u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk'icyana cy'ingagi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-06T19:27:09+00:00","dateModified":"2012-11-06T20:30:26+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"480","height":"270"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inyungu-leta-yu-rwanda-ifite-muri-mugesera-zituma-afatwa-nkicyana-cyingagi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Inyungu Leta y&#8217;u Rwanda ifite muri Mugesera zituma afatwa nk&#8217;icyana cy&#8217;ingagi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2488","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2488"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2488\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2488"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2488"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2488"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}