{"id":24916,"date":"2018-02-23T15:05:12","date_gmt":"2018-02-23T13:05:12","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=24916"},"modified":"2018-02-23T15:05:12","modified_gmt":"2018-02-23T13:05:12","slug":"mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/","title":{"rendered":"Mu Rwanda abashima RDF n&#8217; imibereho myiza bari munsi ya 50%"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Jean Michel Twagirayezu<\/strong><\/p>\n<p>Mu Rwanda Abaturage bagaragaje akarengane biciye muri Raporo yakozwe na kimwe mu kigega kigaragaza uko inzego zihagaze cyane mu Mutekano. Aha RDF arizo ngabo z&#8217;Igihugu zagaragaye nk&#8217;izitizewe nyuma mu gucunga umutekano.<\/p>\n<p>RDF igirirwa ikizere kuri 7%, DASSO bakayizera 53,6% Abanyakigali ngo ntibakwiye kugereranywa n\u2019abo mu cyaro.<\/p>\n<p>Abatuye mu karere ka Nyarugenge bashima Serivisi zigamije kuzamura imibereho myiza y\u2019Abaturage ni 45,0%, muri Gasabo ni 48,1%, muri Kicukiro bakaba 38,3% mu gihe ku rwegorw\u2019Igihugu izi zerivisi zishimwa kuri 36,5%, zikanengwa n\u2019abaturage 81,1% nk\u2019uko bikubiye muri raporo y\u2019Urwego rw\u2019igihugu rw\u2019imiyoborere,RGB.<\/p>\n<p>Ab\u2019i Kigali ngo ntibakwiye kugereranywa n\u2019abo mu cyaro Iyi raporo yitwa \u2018Citizen Report Card\u20192017 ya RGB igaragaza uko abaturage babona imikorere n\u2019imitangire ya Serivisi y\u2019inzego zibegereye .<\/p>\n<p>Uyu munsi hagaragajwe ishusho y\u2019umugi wa Kigali, ahabajijwe abantu 1 170 barimo 300 bo mu karere ka Nyarugenge, 540 bo muri Gasabo na 330 bo muri Kicukiro. Iyi raporo yerekana uko abaturage bashima cyangwa banenga gahunda zitandukanye, igaragaza ko serivisi zigamije kuzamura imibereho y\u2019abaturage zishimwa n\u2019abantu bangana na 38,3%, zikanengwa na 14,4% mu karere ka Kicukiro, muri Gasabo zigashimwa n\u2019abangana na 48,1% zikanengwa na 15,6%, naho muri Nyarugenge zigashimwa kuri 45,0% zikanengwa na 16,2%.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo uturere tugize umugi wa Kigali nta na kamwe karengeje 48%, ku rwego rw\u2019igihugu izi gahunda zishimwa ku kigero cya 21,1% zikanengwa kuri 63,1%.<\/p>\n<p>Nka gahunda yo guhitamo abagenerwabikorwa ba VUP mu karere ka Nyarugenge bishimwa ku kigero cya 15,7% zikanengwa kuri 46,7%, muri Gasabo bigashimwa kuri 14,2% bikanengwa kuri 52,4%, muri kicukiro bigashimwa kuri 17,5% bikanengwa na 39,4% mu gihe ku rwego rw\u2019igihugu bishimwa kuri 23,7% bikanengwa kuri 66,6%.<\/p>\n<p>Guhitamo abagomba korozwa muri gahunda ya Girinka, ku rwego rw\u2019igihugu bishimwa kuri 73,7% bikanengwa kuri 17,2% mu gihe muri Kicukiro bishimwa na 34,5% bikanengwa na 12,1%, Gasabo bakabishima kuri 48,1% bakabinenga kuri 14,6% naho muri Nyarugenge bigashimwa n\u2019abangana na 45,3% bikanengwa na 10,7%.<\/p>\n<p>Ku myanya rusange y\u2019uturere twose uko ari 30, Akarere ka Gasabo kari ku mwanya wa 26 n\u2019amanota 67.20%, Nyarugenge ikaba iya 28 n\u2019amanota 65.50% mu gihe Kicukiro ari iya nyuma (30) n\u2019amanota 64.40%.<\/p>\n<p>Impuzandengo rusange y\u2019imyanya y\u2019Intara, Umugi wa Kigali n\u2019ubundi iza ku mwanya wa nyuma n\u2019amajwi 65.70% mu gihe Intara y\u2019Amajyaruguru iza ku mwanya wa mbere n\u2019amanota 75.18%, Iburasirazuba ikaza ku mwanya wa kabiri n\u2019amanota 73.37%, Intara y\u2019Iburengerazuba ikaba iya Gatatu n\u2019amanota 69.90%, iy\u2019Amajyepfo afite amanota 69.15% ikaba iya kane.<\/p>\n<p>Mu nzego z\u2019Umutekano, abaturage bo mu mugi wa Kigali bafitiye ikizere RDF ku kigero cya 48,0%, Police y\u2019igihugu bakayizera kuri 45,6% mu gihe DASSO bayizera kuri 94,6%.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Mu Rwanda Abaturage bagaragaje akarengane biciye muri Raporo yakozwe na kimwe mu kigega kigaragaza uko inzego zihagaze cyane mu Mutekano. Aha RDF arizo ngabo z&#8217;Igihugu zagaragaye nk&#8217;izitizewe nyuma mu gucunga umutekano. RDF igirirwa ikizere kuri 7%, DASSO bakayizera 53,6% Abanyakigali ngo ntibakwiye kugereranywa n\u2019abo mu cyaro. Abatuye mu karere ka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":9012,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-24916","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu Rwanda abashima RDF n&#039; imibereho myiza bari munsi ya 50% - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu Rwanda abashima RDF n&#039; imibereho myiza bari munsi ya 50% - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Mu Rwanda Abaturage bagaragaje akarengane biciye muri Raporo yakozwe na kimwe mu kigega kigaragaza uko inzego zihagaze cyane mu Mutekano. Aha RDF arizo ngabo z&#8217;Igihugu zagaragaye nk&#8217;izitizewe nyuma mu gucunga umutekano. RDF igirirwa ikizere kuri 7%, DASSO bakayizera 53,6% Abanyakigali ngo ntibakwiye kugereranywa n\u2019abo mu cyaro. Abatuye mu karere ka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-23T13:05:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/rdf.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"784\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"523\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Mu Rwanda abashima RDF n&#8217; imibereho myiza bari munsi ya 50%\",\"datePublished\":\"2018-02-23T13:05:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/\"},\"wordCount\":409,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/11\\\/rdf.jpg\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/\",\"name\":\"Mu Rwanda abashima RDF n' imibereho myiza bari munsi ya 50% - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/11\\\/rdf.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-23T13:05:12+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/11\\\/rdf.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2014\\\/11\\\/rdf.jpg\",\"width\":784,\"height\":523},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda abashima RDF n&#8217; imibereho myiza bari munsi ya 50%\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu Rwanda abashima RDF n' imibereho myiza bari munsi ya 50% - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu Rwanda abashima RDF n' imibereho myiza bari munsi ya 50% - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Jean Michel Twagirayezu Mu Rwanda Abaturage bagaragaje akarengane biciye muri Raporo yakozwe na kimwe mu kigega kigaragaza uko inzego zihagaze cyane mu Mutekano. Aha RDF arizo ngabo z&#8217;Igihugu zagaragaye nk&#8217;izitizewe nyuma mu gucunga umutekano. RDF igirirwa ikizere kuri 7%, DASSO bakayizera 53,6% Abanyakigali ngo ntibakwiye kugereranywa n\u2019abo mu cyaro. Abatuye mu karere ka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-02-23T13:05:12+00:00","og_image":[{"width":784,"height":523,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/rdf.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Mu Rwanda abashima RDF n&#8217; imibereho myiza bari munsi ya 50%","datePublished":"2018-02-23T13:05:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/"},"wordCount":409,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/rdf.jpg","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/","name":"Mu Rwanda abashima RDF n' imibereho myiza bari munsi ya 50% - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/rdf.jpg","datePublished":"2018-02-23T13:05:12+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/rdf.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/11\/rdf.jpg","width":784,"height":523},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mu-rwanda-abashima-rdf-n-imibereho-myiza-bari-munsi-ya-50\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu Rwanda abashima RDF n&#8217; imibereho myiza bari munsi ya 50%"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24916","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=24916"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24916\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":24918,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/24916\/revisions\/24918"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/9012"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=24916"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=24916"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=24916"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}