{"id":25104,"date":"2018-03-02T01:48:50","date_gmt":"2018-03-01T23:48:50","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=25104"},"modified":"2018-03-02T01:48:50","modified_gmt":"2018-03-01T23:48:50","slug":"prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/","title":{"rendered":"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk&#8217;aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda."},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kane urukiko rukuru mu Rwanda rwasubukuye iburanisha ry&#8217;urubanza bwana Leopld Munyakazi yajuririyemo kubera igihano cy&#8217;igifungo cya burundu y&#8217;umwihariko yahanishijwe mu mwaka ushize.<\/p>\n<p>Mu iburanisha ryo kur&#8217;uyu munsi, uregwa yasabye ko umucamanza yazajya kumuburanishiriza aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Arasanga ari bwo yabona ubutabera buboneye. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bya jenoside n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu.<\/p>\n<p>Iburanisha rya none ku bujurire bwa Bwana Leopold Munyakazi mu rukiko rukuru mu Rwanda ryongeye kurangwa n\u2019impaka ndende ku baburanyi bombi.<\/p>\n<p>Kimwe mu byo uyu mugabo asaba urukiko rukuru ni ukumanuka rukajya kumuburanishiriza ku Kamonyi aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Mu mwaka ushize wa 2017 ni bwo Munyakazi yakatiwe n\u2019urukiko rwisumbuye rwa Muhanga igihano cy\u2019igifungo cya burundu y\u2019umwihariko.<\/p>\n<p>Munyakazi yasabye umucamanza kongera gusuzumana ubushishozi ubusabwe bwe. Arasanga kujya kumuburanishiriza aho aregwa ko yakoreye ibyaha byarushaho gutanga isura nziza y\u2019ubutabera bw\u2019u Rwanda mu maso y\u2019amahanga.<\/p>\n<p>Bwana Antoine Muhima umucamanza ukuriye inteko iburanisha yabwiye uregwa ko urubanza rugomba gukomereza mu rukiko yajuririyemo bazabona ari ngombwa bakazamanuka aho bikekwa ko ibyaha byabereye. Ni ingingo yashimishije Munyakazi.<\/p>\n<p>Munyakazi kandi yikomye inkiko z\u2019u Rwanda zabanje ko zamuburanishije zikamuhanisha igihano cya burundu y\u2019umwihariko. Aravuga ko izo nkiko zitabifitiye ububasha.<\/p>\n<p>Aravuga ko agifatwa hatagombaga kugira urundi rukiko rumuburanisha uretse uru rugereko rwihariye ruburanisha ibyaha biri ku rwego mpuzamahanga n\u2019ibyaha byambukiranya imipaka.<\/p>\n<p>Munyakazi aravuga ko yakorewe ihohoterwa yamburwa uburenganzira n\u2019ibihugu by\u2019u Rwanda na USA mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwasobanuye ko ibyo Munyakazi avuga biramutse ari ukuri cyaba ari ikibazo gikomeye. Bwisunze ingingo z\u2019amategeko bwabwiye urukiko ko Munyakazi yavuye muri USA yirukanywe yakirirwa i Kanombe ku kibuga cy\u2019indege nk&#8217;uko undi munyarwanda wese yakirwa, aburana agengwa n&#8217;itegeko risanzwe.<\/p>\n<p>Ubushinjacyahan bwavuze ko urukiko rwamuciriye urubanza rubifitiye ububasha kandi ko Munyakazi yakunze kwiyima uburenganzira bwo kuburana.<\/p>\n<p>Bwavuze ko urukiko rukuru rufite ububasha bwo kuburanisha ubujurire bw\u2019uregwa ariko nta bubasha rufite bwo gutesha agaciro ibyakozwe n\u2019inkiko zabanje.<\/p>\n<p>Munyakazi yavuze ko ubushinjacyaha bwiritiranya ibintu mu nyungu atazi izo ari zo. Yagize ati \u201c Sinafatiwe Kanombe nafatiwe muri USA ndahafungirwa. Yabajije ati ubushinjacyaha bubifitiye impapuro ko nirukanywe? Njye mfite urupapuro rwerekana ko nashimuswe nari ngitegereje icyemezo cy&#8217;urukiko najuririyemo.\u201d Ati Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk&#8217;aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda.<\/p>\n<p>Umucamanza yamubajije niba icyo yita ubushimutwe bwe bumuha ububasha bwo kuburanishirizwa mu rwego rwa mbere.<\/p>\n<p>Munyakazi yabihariye ubushishozi bw\u2019urukiko ariko ntiyabura no kuguma gutsimbara ku kuba yarashimuswe azanwa kuburanira mu Rwanda.<\/p>\n<p>Indi ngingo yateje impaka mu rukiko ku baburanyi bombi, ni iy\u2019abatangabuhamya bagera kuri 15 bahamagajwe n\u2019uruhande rwa Munyakazi. Aba bari biganjemo abasaza n\u2019abakecuru bazi ko baje gushinjura uregwa.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha buvuga ko aba batangabuhamya baje mu rukiko mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko kuko bagombye kuba bagaragarizwa imyirondoro yuzuye ndetse n\u2019icyo bazafasha urukiko. Ubushinjacyaha bwafashe abo bari baje mu rukiko nk\u2019abaherekeza. Bwavuze ko hagomba kubanza kuboneka urutonde rwabo runoze urukiko rukarwemeza aho kuza nk\u2019abaherekeje mu bukwe.<\/p>\n<p>Uruhande rwiregura rwo ruvuga ko aba batangabuhamya bari barabatanze no mu nyandiko. Munyakazi yabwiye umucamanza ati Nyakugira Imana nanjye ibyo ubushinjacyaha buvuga ni ko mbibona ariko ndagira ngo mbuhumurize ndabona bwatangiranye ubwoba.<\/p>\n<p>Na we yisunze ingingo z\u2019amategeko yasobanuye ko yemerewe kuza kuburana yitwaje ibimenyetso byose asanga ko byamurenganura igihe yaba yiteguye.<\/p>\n<p>Yikomye ubushinjacyaha ko buhora bukora icyo yita kwitwaza ko System bahuriraho mu guhanahana amakuru itameze neza bikaba intandaro yo gusubikisha urubanza. Kuri we ubwo si ubutabera buboneye.<\/p>\n<p>Umunyamategeko umwunganira yavuze ko iby\u2019abatangabuhamya bamushinjura baje mu rukiko, umucamanza yabisuzuma.<\/p>\n<p>Umucamanza yavuze ko hataragera kumva abatangabuhamya. Yavuze ko kuba baje bishobora gukorwa mu manza mbonezamubano kandi ko bitashoboka mu manza nshinjabyaha. Yabategetse gusohoka mu iburanisha umwanditsi w\u2019urukiko akabanza gufata imyirondoro yabo.<\/p>\n<p>Ni ingingo na yo Munyakazi yateyeho impaka maze avuga ko imyirondoro y\u2019abatangabuhamya ikorerwa ku nyandiko y&#8217;iburanisha bari mu rukiko.<\/p>\n<p>Umucamanza yamwibukije ko igikenewe ari ugusigarana nomero za telephones zabo. Maze ategeka ko ntawemerewe gukurikirana urubanza.<\/p>\n<p>Munyakazi yasabye ko kandi yahabwa dosiye yuzuye y\u2019urubanza. Aravuga ko akeneye ibimenyetso byose byamurenganura. Ubushinjacyaha bwo bukavuga ko ibyo asanga byakamurenganuye ari we wagombye kuba abigeza ku mucamanza.<\/p>\n<p>Urukiko rwamaze impungenge Munyakazi rumubwira ko ikimenyetso cyose ruzasanga cyamurenganura ruzategeka kikazanwa mu rukiko.<\/p>\n<p>Bwana Leopold Munyakazi yirukanywe muri USA muri leta ya Alabama mu 2016 aho yari umwalimu muri Kaminuza. Mu 2017 inkiko z\u2019u Rwanda zamuhanishije igihano cy\u2019igifungo cya burundu y\u2019umwihariko nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu. Ibyaha byose yita ko ari ibicurano. Iburanisha rizakomeza ku itariki ya 08 y&#8217;ukwezi kwa gatatu.<\/p>\n<p>VOA<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kane urukiko rukuru mu Rwanda rwasubukuye iburanisha ry&#8217;urubanza bwana Leopld Munyakazi yajuririyemo kubera igihano cy&#8217;igifungo cya burundu y&#8217;umwihariko yahanishijwe mu mwaka ushize. Mu iburanisha ryo kur&#8217;uyu munsi, uregwa yasabye ko umucamanza yazajya kumuburanishiriza aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Arasanga ari bwo yabona ubutabera buboneye. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bya jenoside n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu. Iburanisha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":15969,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-25104","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk&#039;aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk&#039;aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Kane urukiko rukuru mu Rwanda rwasubukuye iburanisha ry&#8217;urubanza bwana Leopld Munyakazi yajuririyemo kubera igihano cy&#8217;igifungo cya burundu y&#8217;umwihariko yahanishijwe mu mwaka ushize. Mu iburanisha ryo kur&#8217;uyu munsi, uregwa yasabye ko umucamanza yazajya kumuburanishiriza aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Arasanga ari bwo yabona ubutabera buboneye. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bya jenoside n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu. Iburanisha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-01T23:48:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"534\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/\",\"name\":\"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk'aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg\",\"datePublished\":\"2018-03-01T23:48:50+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg\",\"width\":800,\"height\":534,\"caption\":\"Dr L\u00e9opold Munyakazi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk&#8217;aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk'aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk'aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda. - Umunyarwanda","og_description":"Kuri uyu wa Kane urukiko rukuru mu Rwanda rwasubukuye iburanisha ry&#8217;urubanza bwana Leopld Munyakazi yajuririyemo kubera igihano cy&#8217;igifungo cya burundu y&#8217;umwihariko yahanishijwe mu mwaka ushize. Mu iburanisha ryo kur&#8217;uyu munsi, uregwa yasabye ko umucamanza yazajya kumuburanishiriza aho bikekwa ko yakoreye ibyaha. Arasanga ari bwo yabona ubutabera buboneye. Ubushinjacyaha bumukurikiranyeho ibyaha bya jenoside n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu. Iburanisha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-03-01T23:48:50+00:00","og_image":[{"width":800,"height":534,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/","name":"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk'aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg","datePublished":"2018-03-01T23:48:50+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Munyakazi.jpg","width":800,"height":534,"caption":"Dr L\u00e9opold Munyakazi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/prof-leopold-munyakazi-ati-barashaka-kunkoreraho-ibyo-bishakiye-nkaho-ndi-ikimonyo-cyavanywe-mu-muhanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Prof L\u00e9opold Munyakazi ati: Barashaka kunkoreraho ibyo bishakiye nk&#8217;aho ndi ikimonyo cyavanywe mu muhanda."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25104","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25104"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25104\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25105,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25104\/revisions\/25105"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15969"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25104"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25104"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25104"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}