{"id":25405,"date":"2018-03-28T00:28:32","date_gmt":"2018-03-27T22:28:32","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=25405"},"modified":"2018-03-28T00:43:13","modified_gmt":"2018-03-27T22:43:13","slug":"umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda!"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru agera kuri The Rwandan ava mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo aravuga ko umuryango n&#8217;inshuti z&#8217;umugabo ukomoka muri Afrika y&#8217;Epfo wakoraga akazi mu byo kwamamaza hakoreshejwe interneti witwa Leon Orsmond bahangayitse nyuma y&#8217;aho uwo mugabo aburiwe irengero mu Rwanda.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko amakuru dukesha NEWS24 abivuga ngo\u00a0Leon Orsmond w&#8217;imyaka 60 yari amaze imyaka igera ku 8 aba mu Rwanda atuye i Kigali, kuva mu kwezi kwa kabiri hagati ntabwo aravugisha abo mu muryango we cyangwa inshuti ndetse nta n&#8217;ikintu arandika ku mbuga nkoranyambaga.<\/p>\n<p>Abo mu muryango wa\u00a0Leon Orsmond n&#8217;inshuti ze bakeka ko yatawe muri yombi kuko atatinyaga kuvuga ashize amanga kuri Perezida Kagame ndetse akaba yarakoraga ibikorwa ku mbuga nkoranyambaga byo gushyigikira Diane Rwigara.<\/p>\n<p>Chelsey May Orsmond, umukobwa w&#8217;umugore wa\u00a0Leon Orsmondtold yabwiye News24 \u00a0ko aheruka gukoresha imbuga nkoranyambaga ku wa 16 Gashyantare 2018.<\/p>\n<div class=\"article_content\">\n<p>Chelsey akomeza avuga ko aheruka kuvugana nawe kuri Whatsapp tariki ya 29 Mutarama 2018, yongeye kongera kumuvugisha mu kwezi kwa kabiri hagati ariko ntiyamubona ku murongo, n&#8217;ubutumwa yamwandikiraga yabonaga butamugeraho.<\/p>\n<p>Uwo mukobwa akomeza agira ati:&#8221;Twarabanje turategereza mbere yo kubimenyesha abategetsi ba Afrika y&#8217;Epfo.&#8221;\u00a0Ngo Visa na Passport byarengeje igihe ndetse na telephone ye irajimije.\u00a0Ngo Leon Orsmond yavugaga ashize amanga kuri Twitter na Facebook kuri Perezida Kagame n&#8217;uburyo mu Rwanda hatari ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo.<\/p>\n<p>Ngo abo mu muryango wa\u00a0Leon Orsmond bafite amakuru bahawe n&#8217;abantu bavuga ko biboneye atabwa muri yombi. Ndetse ngo bavuganye n&#8217;ibiro bihagarariye u Rwanda i Pretoria, babimenyesha Amnesty International yo muri Afrika y&#8217;Epfo, Human Rights Watch na Polisi y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Umukozi wo muri Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga y&#8217;Afrika y&#8217;Epfo ngo yabwiye abo mu muryango wa\u00a0Leon Orsmond ko ibiro bihagarariye Afrika y&#8217;Epfo mu Rwanda byavuganye na MInisteri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga y&#8217;u Rwanda, polisi y&#8217;u Rwanda ndetse n&#8217;ibiro bishinzwe abinjira n&#8217;abasohoka mu Rwanda. Ndetse hitabajwe station ya polisi yo hafi y&#8217;aho\u00a0Leon Orsmond yabaga ariko nta makuru abakozi bahagarariye Afrika y&#8217;Epfo mu Rwanda bashoboye guhabwa.<\/p>\n<p>Mubyara wa\u00a0Leon Orsmond witwa\u00a0Digby Orsmond, avuga ko mubyara we yari afite ibiro bishinzwe kwamamaza hakoreshejwe interneti I Kigali ndetse akaba yarakoreshaga cyane imbuga nkoranyambaga. Ngo bavuganaga kenshi mu bijyanye n&#8217;akazi ariko kuva tariki ya 16 Gashyantare 2018 whatsapp ye yahise iva ku murongo. Avuga kandi ko Polisi y&#8217;u Rwanda yamenyeshejwe ndetse n&#8217;amafoto ye ashyirwa kuri Istagram na hashtags Kigali na Rwanda mu Kidage, igifaransa n&#8217;icyongereza.<\/p>\n<p>Bene wabo wa\u00a0Leon Orsmond bavuga ko hari umuntu uba i Kigali wababwiye ko\u00a0Leon Orsmond yatawe muri yombi n&#8217;inzego z&#8217;umutekano zindi zikomeye akaba ari nayo mpamvu polisi itazi aho ari. Bavuga ko yari umuntu udatinya kuvuga ibyo atekereza ku buryo Leta y&#8217;u Rwanda itabibonaga neza. Ngo byari kuba byiza iyo yirukanwa akajya iwabo muri Afrika y&#8217;Epfo aho kugira ngo ashimutwe.<\/p>\n<p>Inshuti magara ya\u00a0Leon Orsmond yitwa Philip Botha, nayo ikora ibyo kwamamaza hakoreshejwe interneti ivuga ko baheruka kuvugana nawe tariki ya 16 Gashyantare 2018.<\/p>\n<p>Ministeri y&#8217;ububanyi n&#8217;amahanga y&#8217;Afrika y&#8217;Epfo ntabwo yifuje gusubiza ibibazo by&#8217;abanyamakuru ba NEWS24.<\/p>\n<\/div>\n<div class=\"header-ad 24advert\"><\/div>\n<div id=\"social_sharing_bottom\" class=\"social_sharing_bottom\"><\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru agera kuri The Rwandan ava mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo aravuga ko umuryango n&#8217;inshuti z&#8217;umugabo ukomoka muri Afrika y&#8217;Epfo wakoraga akazi mu byo kwamamaza hakoreshejwe interneti witwa Leon Orsmond bahangayitse nyuma y&#8217;aho uwo mugabo aburiwe irengero mu Rwanda. Nk&#8217;uko amakuru dukesha NEWS24 abivuga ngo\u00a0Leon Orsmond w&#8217;imyaka 60 yari amaze imyaka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":25406,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-25405","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru agera kuri The Rwandan ava mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo aravuga ko umuryango n&#8217;inshuti z&#8217;umugabo ukomoka muri Afrika y&#8217;Epfo wakoraga akazi mu byo kwamamaza hakoreshejwe interneti witwa Leon Orsmond bahangayitse nyuma y&#8217;aho uwo mugabo aburiwe irengero mu Rwanda. Nk&#8217;uko amakuru dukesha NEWS24 abivuga ngo\u00a0Leon Orsmond w&#8217;imyaka 60 yari amaze imyaka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-27T22:28:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-03-27T22:43:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"813\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/\",\"name\":\"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg\",\"datePublished\":\"2018-03-27T22:28:32+00:00\",\"dateModified\":\"2018-03-27T22:43:13+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg\",\"width\":813,\"height\":960,\"caption\":\"Leon Orsmond\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru agera kuri The Rwandan ava mu gihugu cy&#8217;Afrika y&#8217;Epfo aravuga ko umuryango n&#8217;inshuti z&#8217;umugabo ukomoka muri Afrika y&#8217;Epfo wakoraga akazi mu byo kwamamaza hakoreshejwe interneti witwa Leon Orsmond bahangayitse nyuma y&#8217;aho uwo mugabo aburiwe irengero mu Rwanda. Nk&#8217;uko amakuru dukesha NEWS24 abivuga ngo\u00a0Leon Orsmond w&#8217;imyaka 60 yari amaze imyaka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-03-27T22:28:32+00:00","article_modified_time":"2018-03-27T22:43:13+00:00","og_image":[{"width":813,"height":960,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/","name":"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg","datePublished":"2018-03-27T22:28:32+00:00","dateModified":"2018-03-27T22:43:13+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/Leon.jpg","width":813,"height":960,"caption":"Leon Orsmond"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunyafrikayepfo-yashimutiwe-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umunyafrikayepfo yashimutiwe mu Rwanda!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25405","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25405"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25405\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25408,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25405\/revisions\/25408"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25406"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25405"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25405"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25405"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}