{"id":25676,"date":"2018-04-08T13:30:38","date_gmt":"2018-04-08T11:30:38","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=25676"},"modified":"2018-04-08T13:47:24","modified_gmt":"2018-04-08T11:47:24","slug":"umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/","title":{"rendered":"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi"},"content":{"rendered":"<p><i>Umugabo witwa Nsengiyumva Francois w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Rurenge akagali ka Rugese umudugudu wa Kiyanja, ari mu maboko ya Polisi kuri sitasiyo ya Kibungo akekwaho ingenga bitekerezo ya Jenoside aho yise itangira ry\u2019icyumweru cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi ndetse agafata n\u2019icyemezo cyo kugura umuhoro mushya (kw&#8217;ifoto ugaragara nk&#8217;uriho ingese!) avuga ko ari buwutemeshe abaturage!<\/i><\/p>\n<p>Ibi byabaye ku mugoroba kuwa Gatanu tariki ya 6 Mata 2018 ubwo hari buramuke hatangira icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi.Mu magambo ye yivugiye ko umunsi wo gutangira igikorwa cyo kwibuka ari umunsi mukuru w\u2019abatutsi ndetse anagura umuhoro ariko akimara gufatwa yisobanuye avuga ko yabitewe n\u2019inzoga.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage Madamu Kirenga Providence yabwiye Muhabura.rw ko mubyukuri uwo mugabo afunzwe kandi ko ibyo acyekwaho yabyivugiye ubwo yarimo gukora igikorwa cyo guhwitura dore ko ari n\u2019umuhwituzi muri uwo mudugudu.<\/p>\n<p>Kirenga Providence ati\u201d<i>kumugoroba ushyira ku itariki ya 7,kuko nu busanzwe mu mudugudu asanzwe ari umuhwituzi(umuturage ufasha abandi kumenya gahunda y\u2019ibiri bukorwe) akaba yasabwe nk\u2019uko yari asanzwe abikora gufasha abaturage kumenya aho bari buze guhurira mu rwego rwo gutangira igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi.Yahise rero avuga ngo n\u2019ubundi se ni umunsi mukuru w\u2019abatutsi.Aza no kubiganira n\u2019abandi. Urumva yabisubiyemo inshuro ya kabiri ati si umunsi mukuru w\u2019abatutsi se? kuri uwo mugoroba kuwa Gatanu agura umuhoro aranavuga ati uwuza kunyura ahangaha ndamutema.Ubwo byaje kumenyekana birakurikiranwa ndetse n\u2019umuhoro koko barawumufatana awufite.Hanyuma yaje kubyemera avuga ko ari ubusinzi ngo yari yanyoye.Ubwo yahise afatwa ashyikirizwa polisi ubu bakaba bari gukurikirana ibye\u201d.<br class=\"autobr\" \/><\/i><br class=\"autobr\" \/>Kirenga Providence yavuze ko nubwo uyu mugabo abikoze muri iyi minsi twibuka,bivugwa ko bibaye ubwa kabiri kuko umwaka ushize mu gihe nk\u2019iki nabwo yavuze amagambo Atari meza ariko ntihagaragara ibimenyetso bifatika ngo abiryozwe none umutima ura munaniye abishyira ahagaragara n\u2019ubwo yifashishije ubusinzi.<\/p>\n<p>Source: Muhabura<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Nsengiyumva Francois w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Rurenge akagali ka Rugese umudugudu wa Kiyanja, ari mu maboko ya Polisi kuri sitasiyo ya Kibungo akekwaho ingenga bitekerezo ya Jenoside aho yise itangira ry\u2019icyumweru cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi ndetse agafata n\u2019icyemezo cyo kugura umuhoro mushya (kw&#8217;ifoto ugaragara nk&#8217;uriho ingese!) avuga ko ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":25679,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-25676","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugabo witwa Nsengiyumva Francois w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Rurenge akagali ka Rugese umudugudu wa Kiyanja, ari mu maboko ya Polisi kuri sitasiyo ya Kibungo akekwaho ingenga bitekerezo ya Jenoside aho yise itangira ry\u2019icyumweru cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi ndetse agafata n\u2019icyemezo cyo kugura umuhoro mushya (kw&#8217;ifoto ugaragara nk&#8217;uriho ingese!) avuga ko ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-08T11:30:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-04-08T11:47:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"730\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1217\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/\",\"name\":\"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg\",\"datePublished\":\"2018-04-08T11:30:38+00:00\",\"dateModified\":\"2018-04-08T11:47:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg\",\"width\":730,\"height\":1217,\"caption\":\"Umuhoro ashinjwa ko yaguze ngo azatemesha abantu ntacyo wigeze uvugwaho mu rubanza rwe bivuze ko yawuhawe ngo byongere icyaha n'amarangamutima mu bantu.\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi - Umunyarwanda","og_description":"Umugabo witwa Nsengiyumva Francois w\u2019imyaka 35 y\u2019amavuko utuye mu murenge wa Rurenge akagali ka Rugese umudugudu wa Kiyanja, ari mu maboko ya Polisi kuri sitasiyo ya Kibungo akekwaho ingenga bitekerezo ya Jenoside aho yise itangira ry\u2019icyumweru cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi ndetse agafata n\u2019icyemezo cyo kugura umuhoro mushya (kw&#8217;ifoto ugaragara nk&#8217;uriho ingese!) avuga ko ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-04-08T11:30:38+00:00","article_modified_time":"2018-04-08T11:47:24+00:00","og_image":[{"width":730,"height":1217,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/","name":"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg","datePublished":"2018-04-08T11:30:38+00:00","dateModified":"2018-04-08T11:47:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/arton4945-78423-2.jpg","width":730,"height":1217,"caption":"Umuhoro ashinjwa ko yaguze ngo azatemesha abantu ntacyo wigeze uvugwaho mu rubanza rwe bivuze ko yawuhawe ngo byongere icyaha n'amarangamutima mu bantu."},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umugabo-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kwita-igikorwa-cyo-kwibuka-umunsi-mukuru-wabatutsi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kwita igikorwa cyo kwibuka umunsi mukuru w\u2019abatutsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25676","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25676"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25676\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25680,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25676\/revisions\/25680"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25679"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25676"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25676"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25676"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}