{"id":2578,"date":"2012-11-13T14:18:54","date_gmt":"2012-11-13T12:18:54","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2578"},"modified":"2012-11-13T14:18:54","modified_gmt":"2012-11-13T12:18:54","slug":"abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/","title":{"rendered":"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha"},"content":{"rendered":"<p>Abanyamakuru babiri b\u2019ikinyamakuru Umurabyo baravuga ko bandikiye Perezida wa Repubulika bamusaba imbabazi ariko amabaruwa yabo ntiyarenga ubuyobozi bwa gereza.<\/p>\n<p>Uwimana Agnes Nkusi w\u2019imyaka 36 y\u2019amavuko na Mukakibibi Saidath w\u2019imyaka 52 y\u2019amavuko bakatiwe bwa nyuma n\u2019inkiko, Uwimana Agnes ahanishwa igifungo cy\u2019imyaka ine naho Saidath ahanishwa imyaka 3 y\u2019igifungo.<!--more--><\/p>\n<p>Ubwo ikinyamakuru Izuba Rirashe cyabasuraga aho bafungiye muri Gereza Nkuru ya Kigali, bagitangarije ko bandikiye Umukuru w\u2019Igihugu ariko umuyobozi wa gereza \u201cakanga guhesha umugisha\u201d amabaruwa yabo (Inyandiko zose zisohoka muri gereza zigomba kunyuzwa mu buyobozi bwa gereza zigashyirwaho kashi).<\/p>\n<p>Mukakibibi Saidath yagize ati, \u201ctukiri mu nkiko twashatse gusaba imbabazi batubwira ko bidashoboka keretse urubanza rurangiye, tumaze gukatirwa twandikiye Umukuru w\u2019Igihugu tumusaba gufungurwa, ariko mu byumweru bibiri bishize umuyobozi wa gereza yatumenyesheje ko basanze tutarasabye imbabazi by\u2019ukuri adusaba kongera kwandika\u201d.<\/p>\n<p>Uwimana Agnes Nkusi, Urukiko Rukuru rwari rwamukatiye imyaka 17 y\u2019igifungo ariko Urukiko rw\u2019Ikirenga ruza kumugabanyiriza ibihano rumuhanisha gufungwa imyaka 4.<\/p>\n<p>Saidath Mukakibibi nawe yari yakatiwe imyaka 7, ariko aza kugabanyirizwa igihano n\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga ahabwa gufungwa imyaka 3. Bombi nubwo bahamijwe icyaha ntibabyemera.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa gereza ya Kigali avuga ko ngo mu by\u2019ukuri batigeze basaba imbabazi mu ibaruwa zabo, ahubwo ngo basaga nkaho bamenyesha Perezida wa Repubulika ko barenganyijwe n\u2019inkiko.<\/p>\n<p>Gahima Rusa yagize ati, \u201cTumaze kubiganiraho na Minisitiri w\u2019Ubutabera naragarutse mbagira inama yo kwandika bemera icyaha nkabona kubaha recommendation (kubemerera ko impapuro zabo zijyanwa aho zigenewe).\u201d<\/p>\n<p>Icyakora nubwo babwiwe kongera kwandika amabaruwa asaba imbabazi by\u2019ukuri, ngo bamaze kumenya ko ntazo (imbabazi) bazahabwa, aya makuru ngo bakaba barayamenye binyuze mu Muryango Mpuzamahanga ushinzwe kurengera abanyamakuru (Committee to protect journalists).<\/p>\n<p>Uwimana Agnes Nkusi yagize ati, \u201ctwebwe turabizi ko nta mahirwe dufite yo gufungurwa, ni nayo mpamvu tutemera ibivugwa n\u2019umuyobozi wa gereza kuko icyemezo cyamaze gufatwa, ntabwo tuzababarirwa.\u201d<\/p>\n<p><strong>Ese mu mabaruwa asaba imbabazi harimo iki?<\/strong><\/p>\n<p>Kuri Agnes Uwimana Nkusi wari umuyobozi w\u2019ikinyamakuru \u201cUmurabyo\u201d yanditse agira ati:<br \/>\n\u201cNyakubahwa Perezida wa Repubulika,<\/p>\n<p>mbandikiye iyi baruwa ngira ngo nsabe imbabazi ku byaha nahamijwe n\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga ngahanishwa igihano cyo gufungwa imyaka ine\u2026 Maze kubona ko inkiko zose nazizengurutse , nkaba nta bundi bwinyagamburiro nsigaranye, mbikubise imbere ngo mukoreshe ububasha muhabwa n\u2019Itegeko Nshinga mu ngingo yaryo ya 144, mungirire imbabazi.\u201d<\/p>\n<p>Kuri Mukakibibi Saidath yandikiye Perezida wa Repubulika akoresheje amwe muri aya magambo:<\/p>\n<p>\u201cNyakubahwa Perezida wa Repubulika, mukoreshe ububasha muhabwa n\u2019Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda n\u2019icyubahiro cyanyu nk\u2019Umukuru w\u2019Igihugu, mwakire gutaka kwanjye mungirire imbabazi ku cyaha cyo kuvutsa igihugu umudendezo mpabwa igihano cy\u2019imyaka itatu n\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga ku ya 05\/04\/2012, nkaba nshigaje umwaka w\u2019igifungo,\u2026<\/p>\n<p>Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, nyuma yo kurangiza ibiteganwa n\u2019amategeko, Urukiko rw\u2019Ikirenga rukampamya icyaha, nsanze ari mwebwe nkwiriye kwikubita imbere, mugaca inkoni izamba, mukangirira impuhwe, ndi umubyeyi, ndi umupfakazi kandi nemera ko mfitiye umwenda ukomeye igihugu cyanjye, kuko icyaha nahamijwe nagikoze mu itangazamakuru, mfite ishyaka n\u2019igishyika cyo gukosora ibitaragenze neza kugira ngo ndusheho gukora itangazamakuru ryubaka,\u2026\u201d<\/p>\n<p>Amabaruwa ikinyamakuru Izuba Rirashe gifitiye kopi agaragaza ko basabye imbabazi muri Gicurasi 2012, ndetse ubuyobozi bwa Gereza Nkuru ya Kigali bwemera ko agezwa ku nzego zibishinzwe taliki ya 12 Kamena 2012, nubwo abanyamakuru bo bavuga ko atigeze ahabwa uburenganzira bwo gutambuka (recommendation).<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019Intumwa Nkuru ya Leta ngo yaba yarahamagaje abayobozi ba gereza kugira ngo baganire kuri icyo kibazo ubwo cyari kimaze kugera mu miryango mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Ubwo ikinyamakuru Izuba Rirashe cyavuganaga na Minisitiri w\u2019ubutabera Tharcisse Karugarama ntiyemeje ko amabaruwa asaba imbabazi yagejejwe kuri Perezida wa Repubulika ahubwo yagize ati, \u201cimbabazi zigira uko zisabwa, iyo umuntu asaba imbabazi aba yemera icyaha, ukavuga ko utazongera kubisubira, usaba imbabazi kuko uba wumva ko wakosheje, nkurikije uko amategeko abiteganya ntabwo byubahirijwe, basa nkaho bavuga ko babuze ubutabera bakaba basa nkaho bajuririra Umukuru w\u2019igihugu.\u201d<\/p>\n<p>Andi makuru avuga ko aba banyamakuru bamaze kugeza ikirego cyabo muri Komisiyo y\u2019Uburenganzira bwa muntu nyafurika ishami rishinzwe ubwisanzure (Droit d\u2019expression), aho bamenyesheje komisiyo ko babujijwe amahirwe yo gusaba imbabazi Umukuru w\u2019igihugu.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/fredmuvunyi.wordpress.com\/author\/fredmuvunyi\/\">Fred Muvunyi<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyamakuru babiri b\u2019ikinyamakuru Umurabyo baravuga ko bandikiye Perezida wa Repubulika bamusaba imbabazi ariko amabaruwa yabo ntiyarenga ubuyobozi bwa gereza. Uwimana Agnes Nkusi w\u2019imyaka 36 y\u2019amavuko na Mukakibibi Saidath w\u2019imyaka 52 y\u2019amavuko bakatiwe bwa nyuma n\u2019inkiko, Uwimana Agnes ahanishwa igifungo cy\u2019imyaka ine naho Saidath ahanishwa imyaka 3 y\u2019igifungo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2579,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,63],"tags":[],"class_list":["post-2578","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abanyamakuru babiri b\u2019ikinyamakuru Umurabyo baravuga ko bandikiye Perezida wa Repubulika bamusaba imbabazi ariko amabaruwa yabo ntiyarenga ubuyobozi bwa gereza. Uwimana Agnes Nkusi w\u2019imyaka 36 y\u2019amavuko na Mukakibibi Saidath w\u2019imyaka 52 y\u2019amavuko bakatiwe bwa nyuma n\u2019inkiko, Uwimana Agnes ahanishwa igifungo cy\u2019imyaka ine naho Saidath ahanishwa imyaka 3 y\u2019igifungo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-13T12:18:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha\",\"datePublished\":\"2012-11-13T12:18:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/\"},\"wordCount\":662,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\",\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/\",\"name\":\"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-13T12:18:54+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"300\",\"height\":\"274\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha - Umunyarwanda","og_description":"Abanyamakuru babiri b\u2019ikinyamakuru Umurabyo baravuga ko bandikiye Perezida wa Repubulika bamusaba imbabazi ariko amabaruwa yabo ntiyarenga ubuyobozi bwa gereza. Uwimana Agnes Nkusi w\u2019imyaka 36 y\u2019amavuko na Mukakibibi Saidath w\u2019imyaka 52 y\u2019amavuko bakatiwe bwa nyuma n\u2019inkiko, Uwimana Agnes ahanishwa igifungo cy\u2019imyaka ine naho Saidath ahanishwa imyaka 3 y\u2019igifungo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-13T12:18:54+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha","datePublished":"2012-11-13T12:18:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/"},"wordCount":662,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru","Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/","name":"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-13T12:18:54+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"300","height":"274"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abanyamakuru-bumurabyo-bimwe-uburyo-bwo-gusaba-imbabazi-ngo-ntabwo-bemeye-icyaha\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abanyamakuru b\u2019Umurabyo bimwe uburyo bwo gusaba imbabazi ngo ntabwo bemeye icyaha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2578","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2578"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2578\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2578"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2578"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2578"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}