{"id":25865,"date":"2018-04-13T09:25:05","date_gmt":"2018-04-13T07:25:05","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=25865"},"modified":"2018-04-13T09:25:05","modified_gmt":"2018-04-13T07:25:05","slug":"abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/","title":{"rendered":"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#8217;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni"},"content":{"rendered":"<p>IBIBAZO BISABA GUHAGURUKIRWA.<\/p>\n<p>Twe abatanze iyi raporo turi abakozi bakorera Ikigo gishamikiye kuri MININFRA aricyo WASAC Ltd bitewe nibyo tubona bitagenda mu mikorere yacyo cyane ishingiye ku miyoborere ndetse no mu migenzereze mu itangwa ry\u2019akazi aho usanga bihabanye cyane n\u2019ijambo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda aherutse kugeza ku bayobozi basaga 1,300 bari muri Fawe kuwa 28\/03\/2018. Nyakubahwa yagarutse cyane ku mikorere idahwitse aho abayobozi bamwe muri za minisiteri cg se ibigo bitandukanye usanga bigwizaho inshutsi, imiryango bakabuzuza iruhande rwabo mu kazi ibi ugasanga byica akazi. Yakomeje avuga ko hari ababibona ariko ugasanga ntawe uvuze, ese ngo kuki ntawuvuga cg ngo abigaragaze?<\/p>\n<p>Natwe ni kuri iri jambo dushingiye tugaragaza ibyo tubona bikorwa muri iki kigo bihabanye cyane nibyo Nyakubahwa avuga ndetse bishobora kuba ari icyorezo cyugarije ibigo byinshi bishamikiye kuri MININFRA kuko na bagenzi bacu bakora hirya no hino mu bindi bigo usanga bararize bakihanagura. Tukaba dusaba ko hakorwa ubugenzuzi bwimbitse bityo imikorere tugiye kubagaragariza hepfo idahwitse na gato ahubwo ubona intego yayo ari ukongera kuryanisha abanyarwanda bacikamo ibice cyane bidashingiye ku moko ahubwo bishingiye ku irondakarere n\u2019itonesha.<\/p>\n<p>Bijya gutangira Ikigo cyitwaga EWSA cyagabanijwemo kabiri gikurwamo ibigo bibiri aribyo WASAC Ltd na REG Ltd ndetse mu minsi yakurikiyeho hari abari abayobozi munzego zitandukanye bagiye bahagarikwa kuko mu bigaragara natwe twemera impunduka ko zari zikenewe hakazanwamo amaraso mashya mu bigo bishya byari bimaze gushingwa.<\/p>\n<p>Mu minsi yakurikiye twaje kubona hoherejwe itsinda ry\u2019abapolisi ngo rizajya rikurikira ndetse rikanarwanya imikorere mibi ishingiye kuri ruswa nibindi byaha mu nzego soze.<\/p>\n<p>Aboherejwe muri WASAC Ltd ni aba bakurikira:<\/p>\n<p>KARISA Benon uyu akaba ariwe Muyobozi wabo yaba muri WASAC Ltd na REG Ltd mbese akora ku mpande zombi.<\/p>\n<p>KAGARAMA Silas: Akorera mu Ishami ritanga amasoko (Procurement Management Unit)<\/p>\n<p>KANDWANAHO Julius: Akorera mu Ishami rishinzwe Ubutegetsi n\u2019Umutungo (Administration and Logistics Unit)<\/p>\n<p>MURISA Johnson: Akorera mu Ishami rishinwe ubucuruzi (Commercial Department)<\/p>\n<p>MUKAYUHI Joselyne: Akorera mu Ishami ry\u2019Ikoranabuhanga (IT Unit)<\/p>\n<p>Irinsinda rya polisi n\u2019irikorana umunsi ku wundi n\u2019abakozi ndetse no mu mana atandukanye abafite amapeti (ranks) zo hejuru KARISA Benon na KAGARAMA Silas bajya no muri management meeting. Kuri iri nsinda kandi hiyongeraho n\u2019irindi tsinda rya police field operations tunashimira cyane kuko rikora akazi gafatika rikumira abajura rikaba riyobowe na CIP BUGINGO NYAMWIGEMA.<\/p>\n<p>Icyaje kudutera kwibaza byinshi ndetse bigatuma dukora niyi report naho usanga aba bapolisi bavuzwe hejuru batari bariya bashinzwe field operations mu by\u2019ukuri bataraje gukora icyabazanye ahubwo barinjiye mu miyoborere y\u2019Ikigo ku buryo tudatinya kuvuga ko aribo basigaye banafata ibyemezo byose kuko ibikorwa byose ku nzego zindi iyo birangiye bibashyikirizwa ngo babijyane muri vetting. Aha tukaba tubona iyi vetting bitwaza ari baringa kuko niba ari system yemewe na Leta y\u2019u Rwanda ibyo tubona byaba bigaragaza ko ibyo Nyakubahwa avuga bitandukanye n\u2019imikorere bityo bikaba bitera kwibaza byinshi.<\/p>\n<p>Aba bapolisi twe tubona atari akazi kandi kabazanye ahubwo ubona barazanywe no gushyira mu bikorwa imigambi ya Leta niba atari iyumuntu runaka cg se akaba ari agatsiko kikorera icyo gashaka ntawe ushinzwe kukagenzura dore ko nta mukozi numwe ubatinyuka ahubwo usanga bafite iterabwoba ryinshi no kwiyemera bikabije.<\/p>\n<p>Amakuru yizewe dufite ni uko baje basanga uwitwa BARIGYE Georges ufitanye amasano na MUSONI James bityo bakishyira hamwe bakubaka akazu ko gushyira mu bikorwa imigambi y\u2019agahomamunwa ishingiye ku irondakarere. Ibi tuvuga tugiye kubaha ingero zifatika n\u2019usoma iyi nkuru wese atiriwe ashishoza aza guhita abona ibyo tuvuga. Ni gute hatangwa akazi ku myanya hafi ya yose ifata ibyemezo mu Kigo ugasanga 99% ihawe abantu bavuye Uganda gusa, ese koko iyo vetting twumva ngo irakorwa irayungurura igasanga abujuje ibisabwa, abahanga, abadafite ubusebwa ari abavuye Uganda gusa? Ese niba Polisi hafi ya yose yashyinzwe mu Kigo igashyirwa mu mashami yose y\u2019Ingenzi yaravuye Uganda, key staff bose bazanwa bakaba baravuye Uganda, baziranye hagati yabo ese Ikigo murumva kigana he koko? Ese twe abakozi tugikoramo twibaza iki? Imyanya isanzwe ifite abayikoramo kandi akazi kagendaga neza ariko ngo hakenewe change, ese nta internal promotions zicyemewe mu Rwanda by\u2019umwihariko muri WASAC Ltd, ese niba umukozi ari acting akora neza ni ngobwa ko hatangwa cg se haseswa andi mafaranga ngo hakorwe recruitment y\u2019abandi babasimbura?Ese abo bakozi baba bafite amashuri asabwa bagashakirwaho abandi byo nibiki, ese twaba twigira iki koko ko usanga twiyuha akuya tutarya abana n\u2019imiryango ibayeho nabi cyane , duhora mu madeni ngo turebe ko twakwiga ariko ugasanga ntagaciro bifite? Mu gihe bamwe usanga no kwiga babona izo za bourses????<\/p>\n<p>Umutungo ugenda useswa hakorwa amafuti nkaya aba bavuzwe bagakwiye kuwuryozwa naho ubundi ntaho twaba tuva ntanaho twaba tujya igihe imikorere nk\u2019iyi igenda ifata intera ikomeye ndetse ugasanga ntakiyikoma mu nkokora kandi ugasanga abantu barashize mu mitima ariko bakabura uwabarenganura kuko uwo barega niwe baregera bagahitamo kuruca bakarumira. Ese uru nirwo Rwanda rwifuzwa koko?<\/p>\n<p>Namwe nimurebe izi ngero ku bakozi bashya babaye recruited recently ndetse baba bemejwe niyo vetting.<\/p>\n<p>1\u00a0Manager Human Resource<br \/>\nEmmanuel MUGIRE<br \/>\nUganda<br \/>\n2\u00a0Human Resource Mgt Officer<br \/>\nAgnes NUWAGABA<br \/>\nUganda<br \/>\n3\u00a0Capacity Building and Training Officer<br \/>\nApophia UMUTONI<br \/>\nUganda<br \/>\n4\u00a0Head of Career and Performance<br \/>\nChrissy RURISA<br \/>\nUganda<br \/>\n5\u00a0Manager Administration and Logistics Manager<br \/>\nRWABUGANDE Benon<br \/>\nUganda<br \/>\n6\u00a0Procurement Officer<br \/>\nJolly KYARISIIMA<br \/>\nUganda<br \/>\n7\u00a0Security Mgt Officer<br \/>\nAugustin GAKUBA<br \/>\nUganda<br \/>\n8\u00a0Management Accountant<br \/>\nMUSABYEMUNGU Gadi<br \/>\nUganda<br \/>\n9\u00a0Manager Revenue Mgt Services<br \/>\nAlex KANSIIME<br \/>\nUganda<br \/>\n10\u00a0Internal Audit<br \/>\nEmmanuel RUKUNDO<br \/>\nUganda<br \/>\n11\u00a0Head Investment unit<br \/>\nFaustin VUNINGOMA<br \/>\nUganda<br \/>\n12\u00a0Sanitation Projects Officer<br \/>\nFred SONGA<br \/>\nUganda<br \/>\n13\u00a0IT Business Analyst<br \/>\nDaniel KARUWI<br \/>\nUganda<br \/>\n14\u00a0IT Software Engineer<br \/>\nSamuel KABARE<br \/>\nUganda<br \/>\n15\u00a0Commercial Director<br \/>\nJames MWIJUKYE<br \/>\nUganda<br \/>\n16\u00a0Chief Finance Officer<br \/>\nNKUSI NKWESI Ceaser<br \/>\nUganda<\/p>\n<p>Aba ni abaje basangamo abandi bafite imyanya yose ikomeye (Legal Advisory Unit, Company Secretary Unit,\u2026) kandi muribo bakaba baragiye bafatanya naya team ya polisi yihisha inyuma ya vetting bagakora amafuti nkaya. Ntawanga change iganisha aheza ariko iyi yo kwimika irondakarere ntitwibaza ko hari aho ituganisha usibye kwangiza ibyagezweho no kuryanisha abanyarwanda ndetse no kubaremamo imyumvire mibi aho bigaragara ko bamwe batoneshwa abandi bakajya barya ibyasigajwe.<\/p>\n<p>Aba bitwa ko baba baje nk\u2019abakozi bashya ngo bazanye impinduka biteye agahinda iyo baje ubona ntanicyo bazi yewe na experience ntayo ahubwo abari basanzwe bagakora bagahinduka abarimu babo, ese koko murumva iyo mitima uko iba imeze? Ukaba wiga cg se wicaranye izo za masters zikenewe uziko udateze kubona ka promotions cg kuba appointed\u2026..birababaje cyane. Ikindi kibabaje utu dutsiko turema ibinyoma nkaho WASAC Ltd nabakozi bari basanzwe bayikoramo bariswe abajura ruharwa nyamara aribyo bahimba barangiza ngo hakenewemo change bityo bakabibasira bamwe bakirukanwa nabasigayemo ubu ugasanga ninkaho badakenewe nyamara aribyahimbiwe muri utwo dutsiko hagamijwe kwinjiza benewabo, abanvandimwe n\u2019inshuti ngo bibonere akazi. Ibi bintu birababaje kuko bifite inkomoko yo hejuru kwa Minister. Aba bantu bose nibisambo bishaka kuvangire His Exellence mu ntumbero afitiye abanyarwanda.<\/p>\n<p>Muri iyo mbonera hamwe igaragaza iyo myanya yatanzwe nimwirebere iyahawe abitwa ko bakoresha ururimi rw\u2019igifaransa cg se batavuye Uganda:<\/p>\n<p>1\u00a0Performance Mgt Officer<br \/>\nRose MUSHIMIYIMANA<br \/>\n2\u00a0Central Secretariat Officer<br \/>\nClothilde RUSAKIZA<br \/>\n3\u00a0Head of Public Relation<br \/>\nEtienne GATANAZI<br \/>\n4\u00a0Director Rural Water Department<br \/>\nVincent de Paul MUGWANEZA<\/p>\n<p>Note: Iyi ni imyanya imaze gutangwa hakaba hakiri nindi iri hafi gutangwa yose hamwe, ariko mu bigaragara abanyarwanda dufite ubwenge kuvuga ibi si ukubura icyo gukora ariko ni ibintu biteye agahinda n\u2019akababaro kumva ko ari impinduka irimo gukorwa nyamara igasiga iciyemo ibice abantu nkuko bigaragara ubu mu bakozi ba WASAC Ltd.<\/p>\n<p>Iyi myanya uko ari ine mubyukuri ntacyo ivuze uwari we wese yayikoramo kuko ntaho ihuriye nibifatika cg se nibindi byemezo runaka. Birababaje aho bamwe babanza guhabwa bamara gukwirwa ibyasigajwe bidafite akamaro ninyungu runaka akaba aribyo bigenerwa rubanda rundi.<\/p>\n<p>Aha ntitwabura kuvuga kandi nk\u2019akantu gato aho uziranye na MUSONI James, umuvandimwe we, uwabaye iwe, uwigeze gucunga umutekano iwe, umuzamu, uwavuye Uganda cg uwo baturanye aba ari eligible kuba umuyobozi runaka. Aha turavuga uwari in charge of Logistics muri REG Ltd, TWAHIWA Innocent yagizwe Managing Director wa Rwanda Maintenance Road. Ibi rero ninabyo abitwa ba BARIGYE Georges bafatanya nabo bapolisi mu kwimakaza uwo muco w\u2019irondakarere kubera ayo masano yavuzwe hejuru.<\/p>\n<p>Aha ntitwabura kuvuga ku Muyobozi Mukuru Bwana MUZOLA Aim\u00e9 wa WASAC Ltd aho asigaye akora nk\u2019inyeshyamba kubera kubura uko agira. Asa nuwirengangiza ibiba kuko ntakindi yabikoraho ahubwo agasigara atunzwe no kwihagararaho avuga nabi no kwiyemera by\u2019amafuti. Ikindi akarengera ubuzima bwe azana aba secretaries bashya n\u2019umutegurira tea break kuko nicyo ashoboye gusa. Ubundi izo reports ziba zivuye muri Vetting ntizisubizwa inyuma. Yaba CEO na Board of Directors nubwo baba baje muri za interviews ndetse na report ya igakorwa bikoherezwa muri vetting nubwo uba yatsinze bigaragara report ya vetting ikaza byahindutse ntawe uyikumira successful candidates ni vetting system ibagena. Yaba CEO na Board of Directors ntawe ushobora kuyivuguruza bayakira uko. Ikindi abayobozi nkaba ba ntibimveho badakwiye mu ntumbero ya His Excellence, kuko hirya y\u2019akazi barabivuga nyamara mu kurengera umugati wabo bakaryumaho.<\/p>\n<p>Ibisekeje noneho binababaje twavuga kuri aba bapolisi, ni aho usanga bafata ibyemezo bishingiye mu kwishyira hejuru ndetse bakiha n\u2019uburenganzira burenze ndetse ntihagire nukopfora ababwira ko ibyo bakora ataribyo. Hari nkuwitwa MURISA Johnson waje agahita afata imodoka RAC041U arayirarana, akayirirwana ndetse ntanundi ushobora kuyikoraho niyo iparitse kandi hari ibiba byihutirwa.<\/p>\n<p>Ikigaragaza ko ibi bintu bitoroshye byafashe indi ntera ninkaho umugore witwa Peace ukora muri Commercial Department\/Marketing rwose ngo kuko ari mwene wabo na MUSONI James ntakindi ashoboye pe, usibye kwirirwa aba umuhuzabikorwa w\u2019amatiku, aregana ugasanga yirirwa acunga cunga abantu ese koko murumva abantu nkaba bazageza he Ikigo cg igihugu muri rusange?<\/p>\n<p>Abandi muri aba bapilisi ngo naboherejwe na IGP ngo baraturanye iyo za Nyagatare ese koko imikorere nkiyi aho uhabwa akazi udashoboye ukagashobora kuko uhagarikiwe nukomeye bizatugeza he?<\/p>\n<p>Recruitment: Imyanya yingenzi bakeneye kuzuzamo bene wabo bavuye mu gace kamwe bakoresha companies nazo tutaba tuzi uko zabonetse kuko tendering processes baba bazigizemo uruhare niyo vetting igakorwa ariko imyanya iraho isanzwe yo hasi rwose transparence iragaragara kuko bafata Directors, Managers, Heads,\u2026bagakosorera hamwe ukabona ari ibinyuze mu mucyo, aha twatanga urugero rwa Commercial Field Officers bari under recruitment nibo bakosoye bari hamwe. Tubibutse ko aba Commercial Field Officers ari bamwe bagenda batanga za fagitire mu bafatabuguzi.<\/p>\n<p>Ibyo dusaba Leta:<\/p>\n<p>Imvugo y\u2019Abayobozi abe ariyo iba ingiro hamaganwa byimazeyo abashaka kugarura ibiryanisha abanyarwanda;<\/p>\n<p>Kwamagana no gukurikirana abitwa abayobozi bakora ibintu nkibi ndetse hagakorwa n\u2019igenzura bityo umutungo uba wahagendeye bakawuryozwa;<\/p>\n<p>Ku rwego rwa WASAC Ltd turasaba ko iri tonesha n\u2019irondakarere ririmo risenywa byihuse kuko abakozi barimo ibice bibiri ndetse bamwe bakaba bahitamo kugenda kubera kubona uko ibintu bimeze;<\/p>\n<p>Ntitwanze imikoranire ya Polisi nizindi nzego ariko nibikorwe mu buryo buboneye buganisha aheza atari ukubaka akazu wagira ngo kaje gushyira mu bikorwa imigambi mibi bafite nk\u2019agatsiko cg iyabayobozi runaka. Nibajye bavangwa bityo habe ubwuzuzanye bubyara imikorere myiza n\u2019Iterambere kuri bose;<\/p>\n<p>Hakorwe ubugenzuzi ku bigo byose bishamikiye kuri MININFRA iyi mikorere ivugwamo ihinduke bityo iyi minisiteri abanyarwanda bose bayibonemo.<\/p>\n<p>Tukaba dushoje dusaba ko yaba ari umunyamakuru, umuyobozi nundi wese ubonye iyi nkuru yakora ubuvugizi ku nzego zibishinwe bityo iyi mico mibi igacika mu gihugu cyacu. Twirinze kuvuga amazina yacu kubera umutekano wacu kugira ngo naho turi tutahakurwa.<\/p>\n<p>Murakoze<\/p>\n<p><strong>Abakozi ba WASAC Ltd.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>IBIBAZO BISABA GUHAGURUKIRWA. Twe abatanze iyi raporo turi abakozi bakorera Ikigo gishamikiye kuri MININFRA aricyo WASAC Ltd bitewe nibyo tubona bitagenda mu mikorere yacyo cyane ishingiye ku miyoborere ndetse no mu migenzereze mu itangwa ry\u2019akazi aho usanga bihabanye cyane n\u2019ijambo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda aherutse kugeza ku bayobozi basaga 1,300 bari muri Fawe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":25866,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-25865","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#039;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#039;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"IBIBAZO BISABA GUHAGURUKIRWA. Twe abatanze iyi raporo turi abakozi bakorera Ikigo gishamikiye kuri MININFRA aricyo WASAC Ltd bitewe nibyo tubona bitagenda mu mikorere yacyo cyane ishingiye ku miyoborere ndetse no mu migenzereze mu itangwa ry\u2019akazi aho usanga bihabanye cyane n\u2019ijambo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda aherutse kugeza ku bayobozi basaga 1,300 bari muri Fawe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-13T07:25:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/WASAC.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"827\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"554\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"9 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#8217;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni\",\"datePublished\":\"2018-04-13T07:25:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/\"},\"wordCount\":1806,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/04\\\/WASAC.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/\",\"name\":\"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n'icyenewabo bishingiye kuri James Musoni - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/04\\\/WASAC.jpg\",\"datePublished\":\"2018-04-13T07:25:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/04\\\/WASAC.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/04\\\/WASAC.jpg\",\"width\":827,\"height\":554},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#8217;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n'icyenewabo bishingiye kuri James Musoni - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n'icyenewabo bishingiye kuri James Musoni - Umunyarwanda","og_description":"IBIBAZO BISABA GUHAGURUKIRWA. Twe abatanze iyi raporo turi abakozi bakorera Ikigo gishamikiye kuri MININFRA aricyo WASAC Ltd bitewe nibyo tubona bitagenda mu mikorere yacyo cyane ishingiye ku miyoborere ndetse no mu migenzereze mu itangwa ry\u2019akazi aho usanga bihabanye cyane n\u2019ijambo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda aherutse kugeza ku bayobozi basaga 1,300 bari muri Fawe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-04-13T07:25:05+00:00","og_image":[{"width":827,"height":554,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/WASAC.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"9 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#8217;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni","datePublished":"2018-04-13T07:25:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/"},"wordCount":1806,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/WASAC.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/","name":"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n'icyenewabo bishingiye kuri James Musoni - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/WASAC.jpg","datePublished":"2018-04-13T07:25:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/WASAC.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/WASAC.jpg","width":827,"height":554},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/abakozi-ba-wasac-baramagana-ikimenyane-nicyenewabo-bishingiye-kuri-james-musoni\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abakozi ba WASAC baramagana ikimenyane n&#8217;icyenewabo bishingiye kuri James Musoni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25865","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25865"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25865\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25867,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25865\/revisions\/25867"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25866"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25865"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25865"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25865"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}