{"id":25911,"date":"2018-04-16T00:28:23","date_gmt":"2018-04-15T22:28:23","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=25911"},"modified":"2018-04-20T00:03:05","modified_gmt":"2018-04-19T22:03:05","slug":"urugwiro-si-urugomo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/","title":{"rendered":"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo"},"content":{"rendered":"<p>Banyarwandakazi, banyarwanda, namwe nshuti z\u2019 u Rwanda mwese mbifurije imigisha ya Nyagasani. Twese atugwizemo imbaraga ze twere imbuto mu bikorwa byacu tugire ubuzima burangwa<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>n\u2019ubutabera n\u2019amahoro. Dukunze kuvugako ukwemera nyako kurangwa n\u2019ibikorwa kandiko ukwemera kutagira ibikorwa kuba kwarapfuye. None rero twese hamwe ukwemera kuduhurize mu bumwe kunatubyarire ubuvandimwe maze turengere abacu barengana twunze ubumwe kandi dutabare ingorwa zose ntavangura.<\/p>\n<p>Na none mu kinyarwanda, by\u2019umwihariko mumuco, tuvugako ifuni ibagara ubucuti ari akarenge ubundi tukongera tuti\u00a0:\u00a0\u00ab\u00a0 kora ndebe iruta vuga numve\u00a0\u00bb. Izo mvugo, zombi zihamyako ubucuti, ubumwe n\u2019ibikorwa byiza aribyo bigize umuzi w\u2019umuco.Umuco ukagaragarira mu mitekerereze no mu migenzereze. Izo mvugo na none, zisobanuye ko Umunyarwanda kimwe n\u2019undi muntu wese mu mibereho ye no mu kujyambere agomba guhora ashaka inzira nyazo zo gukora ikiza gikwiye, kuburyo yiyubaka kandi akubaka n\u2019ubuzima bw\u2019abandi kugirango abantu bose bajye mbere kandi ngo bose babeho neza akabikora ataronda igitsina, akarere, urimi, umutungo cyangwa ubwoko n\u2019ikindi cyose cyatuma asumbanya abantu. Abantu bose ababona nkawe ubwe, maze uko yirinda ikibi akaba ari nako akirinda n\u2019abandi.<\/p>\n<p>Nyamara ariko, hari abantu bagwingiye, maze aho gutekereza ikiza, bagahora birebera gusa inyungu zabo batitaye ku kibi izo nyungu zabo zishobora gukurura\u00a0; abo kandi nibo bahora bamaranira kurenganya, guhuguza, kwambura no kunyaga abandi, aho kureba ikiza bo baba birebera gusa ibyo buzuza inda zabo doreko bene abo bantu baba baribereye nk \u2018utunyamaswa.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>Abo bantu kandi ntibita cyane ku mateka<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>n\u2019ibyahise, ahubwo bahora bibeshyako ngo bareba kure kurusha abandi ko bavumbuye, nako ngo ni agashya\u00a0! nuko bagahora mu budode no mu mateshwa, aho guha agaciro umuco mwiza n\u2019abakera, bagataba amateka,bagaharanira gusibanganya ibyahise, bakibagirwa ko iminsi iteka<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>inzovu mu urwabya ko nabo ibyabo bizahita abandi bakazakenera kubyubakiraho. Naho abahanga n\u2019abanyabwenge, inyangamugayo n\u2019inararibonye bubaha buri mwanya na buri munsi, buri jambo na buri gikorwa<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>buri gihe bakagiha agaciro gikwiye.<\/p>\n<p>Ngaho aho mu muco wacu twashingiraga, kubaha ibigabiro, tukirahira abagabo bagaba, tukavuga imyato intwali z\u2019iwacu ndetse tukanibuka abacu bapfuye\u00a0; maze buri muryango, uretse n\u2019imandwa ukagira ndetse n\u2019abarinzi.<\/p>\n<p>Dore rero bijya gucika uko byagenze, ariko<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>mumbabarire munyumve neza, ntawe nteye ibuye ntawe nshinja, ahubwo twiyumvire gusa iby\u2019ingenzi.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Ngewe uko nabibonye ni uko twivuguruje bitangaje\u00a0! Abavugaga kera ko u Rwanda rudaterwa, nibo ba mbere batatinze gushoza urugamba. Reka ndeke kubitindaho ubu kuko byabaye amateka. Ariko sinanabyibagirwa burundu, gusa nanone munkundire mbabwire ikibabaje cyane, ari nayo mvano y\u2019ibyo tubona ubungubu.<\/p>\n<p>Mu gihe agatima kari kaje ngo tuganire, ngo dusesengure ibyo twarimo bisesuye, ngo twumvikane duhuze byose, ngo dusaranganye dusangire twese, ngo hanyuma dusabane mu Rwagasabo, mwumve namwe indege niho yaguye. Imishyikirano ubwo yahereye aho, amasezerano agenda nka nyomberi, ikizere cy\u2019amahoro kirayoyoka, impunzi zitahuka izindi zigenda, abantu baricwa, inzigo iriyongera na n\u2019ubu rurageretse.<\/p>\n<p>Guhana amaboko iwacu, niko guhuza, kuvugana no gufatanya<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>rwose, niko kubana kuko burya ngo ijambo ryiza ni mugenzi w\u2019Imana. Nonese urugomo nka ruriya ko rwaduteye kwicana tukamarana, ntidukwiye gusubiza amaso inyuma tukagaya ababikoze, tukamagana abagikora ibikorwa byatuganisha murindi curaburindi\u00a0?<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>N\u2019ubwo kwibagirwa rimwe na rimwe ari ngombwa, icyago cyatugwiriye ni n\u2019umugera umuntu atagendana iteka, ni nko kwicwa n\u2019ihwa rirerire cyane, utaryihanduye ntaho wajya. Tugomba rero gukora ibishoboka tugacukumbura neza ibyabaye tugamije gukosora amafuti yose.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>Ngirango mwese muzi iby\u2019indege, guhora igaruka si ibindi, ni nka ririya hwa ridahanduye, kandi ndababwira ukuri, ninayo mpamvu utarenga Arusha n\u2019uko yishwe, ngo ubeshye Abanyarwanda ngo uzanye gacaca. None se waba utemera amasezerano nk\u2019ariya ugaha agaciro ubwiyunge bwa rubanda\u00a0?gacaca bayihinduye inkiko z\u2019akarengane, ubugome no gushinyagurira Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Hari n\u2019ibindi byinshi cyane tuzi, byerekana ubugome bugikorwa n\u2019ubu, aho kubaka amahoro iwacu, ngo twibanire mu mutuzo, ngo maze twese n\u2019abadusanga tubasanganize urugwiro, hakaba harimitswe urugomo hose. Ukuri kwaragiye rwose, ikinyoma cyiyerekanye cyose. Uzi iyo numvise baririmba bavuga ngo uzaze urebe, ngo urebe u Rwanda rw\u2019Abanyarwanda\u00a0! Uraza se wo gacwawe ngo uhasange iki,<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>atari ibizu bihanamye, bitanatuwe, birimo ubusa, uboshye bimwe byitwaga ibihuku\u00a0!<\/p>\n<p>Nawe se ngaho mbwira, wafata ikiboko ugahashya rubanda, warangiza ugahanika amataje, hirya no hino<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>wamaze abantu, warangiza ngo dore umugi mwiza\u00a0? Ngo amahanga nahaguruke aze arebe\u00a0? umugi se utagira abantu n\u2019amahoteri atagira ubuntu\u00a0??? Yewe ngo akumiro ni amavunja.<\/p>\n<p>Reka numva ko ngo na yo yanagarutse i Rwanda ngo ba majyari babaye benshi. Igihe Sankara aririmba yamagana ibinyoma n\u2019ubusambo by\u2019ingoma y\u2019ubu yabivuze neza ati visiyo ibaye nk\u2019imwe ya Zayire naho Singapuru ya Semuhanuka iteje amavunja mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ariko burya n\u2019ubundi ngo ibijya gucika bica amarenga. Mwibuke ukuntu basibanganyije izina rya Kayibanda Gr\u00e9goire ku kibuga cya kanombe, mwibuke ukuntu batwaye umubiri Dominiko Mbonyumutwa na n\u2019ubu tukaba tutazi irengero ryawo, amazina y\u2019imisozi n\u2019imirenge bahimbye ayandi ariko ntibabura kurenga bakiyitirira Repuburika y\u2019u Rwanda, bakavuga demokarasi ntayo bazi.<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>Aho kubakira kubisanzwe, ubu byose byabaye gutekinika ni uko bagasenya bikitwa guhanga, maze guhangara no guhangana iteka bigatuma basambura bagasenya ibyakera nuko ibyo bakoze ntibigire umusaruro.<\/p>\n<p>Yego sinabyita ubutwari bwa cyane, ariko mu bihe bya kera, abandi baribarebye, barashishoza bibukako kubaka atari ugusenya ahubwoko ari ukugereka ibuye ku rindi. Na Yezu arabihamya, aho agira ati\u00a0:\u00a0\u00ab\u00a0sinaje gukuraho, naje kunononsora\u00a0\u00bb.Uwo rero niwo muco mwiza watanze amazina nkaya\u00a0: \u00ab\u00a0Hoteli umubano\u00a0\u00bb, \u00ab\u00a0Stade amahoro\u00a0\u00bb, \u00ab\u00a0Stade umuganda\u00a0\u00bb ndetse n\u2019ahandi kugera ku \u00ab\u00a0Urugwiro\u00a0\u00bb ari nayo ngoro y\u2019umukuru w\u2019igihugu igomba kurangwa mbere na mbere n\u2019indangagaciro z\u2019umuco mwiza.<\/p>\n<p>Ariko urugomo rusigaye iwacu magingo aya ruteye impungenge no kwibaza ngo turagana hehe? Kuva mu ntango ingoma ya FPR yaranzwe n\u2019urugomo rwinshi, kandi n\u2019uyibereye ku isonga ntayindi ntero agira uretse guhangana, kurakara, gutukana no kwica.<\/p>\n<p>Reka rero mbibwirire banyarwanda, nimuhaguruke mutabare naho ubundi u Rwanda ruraducika. Nge ubu rero ndavugana intimba nibaza niba bikwiye gukuraho n\u2019umuco wacu maze amahoro akagazwa n\u2019umwiryane, kwikubira bigaca gusangira, kwikunda bigaca kubana, gutinya bigaca gutabara, maze koko urugwiro rugatura umunyarugomo nk\u2019uriya.<\/p>\n<p>Ngaho Rwigara arapfuye, Rujugiro arahunze, Diane na Adeline barafunzwe, abantu benshi baburiwe irengero, abayobozi bose bataye agaciro mu ngirwa mwiherero ,imitungo ya rubanda icyama kirayinyaze kirayijyanye, impunzi za Kiziba zirashwe urufaya, amahanga twitaga inshuti zacu nayo aradutaye; ni kuki rwose njyewe nawe,<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>mbese twesetwese, tutabwira Kagame uriya, tuti: \u201cngaho sigaho rwose urugwiro si urugomo\u201d. Dukwiye kumwibutsa iteka ko uwicaye mu Rugwiro aharanira u Rwanda n\u2019umuco wacu, akubaha Abanyarwanda<span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0 <\/span>akanabahesha ishema mu bandi.<\/p>\n<p><span class=\"Apple-converted-space\">\u00a0<\/span>Reka nibwirire Kagame nka Perezida w\u2019u Rwanda nti: \u201cKubuza abaturanyi amahwemo, ugahora uhigira kubatera, gusuzugura Abanyarwanda ubatuka mu mvugo ya gishumba, ngo wabagerekaho urusyo, ukicisha inyundo isazi ni ikimenytso kigaragarira bose ko uwo mwanya atariwo wawe\u201d. Ariko hari n\u2019ingaruka bijya navuga noroheje mu magambo makeya ngo: \u201cukoze hasi yibutsa undi ibuye\u201d, ngo: \u201cnyamwanga kumva ntiyanze no kubona\u201d kandi ngo: \u201curwishigishiye ararusoma\u201d kimwe n\u2019uko uwiyishe ataririrwa. Ushobora kuzasanga ruriya ruswo ari wowe urwikoreye.<\/p>\n<p>Banyarwandakazi, Banyarwanda namwe mwese mukunda u Rwanda ibyavuzwe birahagije ahasigaye n\u2019ah\u2019ibikorwa. Igihe kirageze ngo dukure urugomo mu ngoro y\u2019igihugu cyacu, tuhatuze Umugabo w\u2019inyangamugayo udakunda guhemuka, akazira uburiganya n\u2019ubuhendanyi, ivangura n\u2019ubusumbane, maze koko urugomo rucike, urugwiro ruganze, u Rwanda rusubire rube u Rwanda.<\/p>\n<p><strong>Padiri Athanase MUTARAMBIRWA<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Banyarwandakazi, banyarwanda, namwe nshuti z\u2019 u Rwanda mwese mbifurije imigisha ya Nyagasani. Twese atugwizemo imbaraga ze twere imbuto mu bikorwa byacu tugire ubuzima burangwa\u00a0 n\u2019ubutabera n\u2019amahoro. Dukunze kuvugako ukwemera nyako kurangwa n\u2019ibikorwa kandiko ukwemera kutagira ibikorwa kuba kwarapfuye. None rero twese hamwe ukwemera kuduhurize mu bumwe kunatubyarire ubuvandimwe maze turengere abacu barengana twunze ubumwe kandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":25989,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"video","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-25911","post","type-post","status-publish","format-video","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo","post_format-post-format-video"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Banyarwandakazi, banyarwanda, namwe nshuti z\u2019 u Rwanda mwese mbifurije imigisha ya Nyagasani. Twese atugwizemo imbaraga ze twere imbuto mu bikorwa byacu tugire ubuzima burangwa\u00a0 n\u2019ubutabera n\u2019amahoro. Dukunze kuvugako ukwemera nyako kurangwa n\u2019ibikorwa kandiko ukwemera kutagira ibikorwa kuba kwarapfuye. None rero twese hamwe ukwemera kuduhurize mu bumwe kunatubyarire ubuvandimwe maze turengere abacu barengana twunze ubumwe kandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-15T22:28:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2018-04-19T22:03:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"480\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/\",\"name\":\"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg\",\"datePublished\":\"2018-04-15T22:28:23+00:00\",\"dateModified\":\"2018-04-19T22:03:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg\",\"width\":640,\"height\":480},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo - Umunyarwanda","og_description":"Banyarwandakazi, banyarwanda, namwe nshuti z\u2019 u Rwanda mwese mbifurije imigisha ya Nyagasani. Twese atugwizemo imbaraga ze twere imbuto mu bikorwa byacu tugire ubuzima burangwa\u00a0 n\u2019ubutabera n\u2019amahoro. Dukunze kuvugako ukwemera nyako kurangwa n\u2019ibikorwa kandiko ukwemera kutagira ibikorwa kuba kwarapfuye. None rero twese hamwe ukwemera kuduhurize mu bumwe kunatubyarire ubuvandimwe maze turengere abacu barengana twunze ubumwe kandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-04-15T22:28:23+00:00","article_modified_time":"2018-04-19T22:03:05+00:00","og_image":[{"width":640,"height":480,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/","name":"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg","datePublished":"2018-04-15T22:28:23+00:00","dateModified":"2018-04-19T22:03:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/04\/sddefault-32.jpg","width":640,"height":480},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urugwiro-si-urugomo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Athanase Mutarambirwa ati: urugwiro si urugomo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25911","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=25911"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25911\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":25988,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/25911\/revisions\/25988"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25989"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=25911"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=25911"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=25911"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}