{"id":2604,"date":"2012-11-15T03:12:06","date_gmt":"2012-11-15T01:12:06","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2604"},"modified":"2012-11-15T03:12:06","modified_gmt":"2012-11-15T01:12:06","slug":"nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/","title":{"rendered":"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru aturuka i Qu\u00e9bec muri Canada aravuga ko ikibazo cya L\u00e9on Mugesera wirukanywe muri Canada akajya gufungirwa mu Rwanda muri Mutarama 2012, aregwa gushishikariza abantu gukora jenoside, ubu icyo kibazo cyongeye kujyanwa mu muryango w\u2019abibumbye mu gihe umuryango wa Mugesera n\u2019abamwunganira bemeza ko afashwe nabi aho afungiye. Bararega Leta ya Canada kutubahiriza amategeko arwanya iyica rubozo.<!--more--><\/p>\n<p>N\u2019ubwo bwose ikinyamakuru izuba rirashe kibogamiye kuri Leta y\u2019u Rwanda mu nyandiko yacyo cyise <a href=\"http:\/\/www.izuba.org.rw\/i-782-a-34818.izuba\">Imibereho ya Mugesera muri gereza<\/a> cyemeje ko L\u00e9on Mugesera afashwe neza cyane, umuryango wa Mugesera siko ubibona kuko uvuga ko, akagishwa kwicwa, ahabwa ibiryo byangiritse, aho aryama hari imbeba n\u2019ibiheri, ntabonana n\u2019abamwunganira ku buryo buhagije, ngo ibikorwa bibi akorerwa muri gereza urutonde ni rurerure.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019ikinyamakuru le soleil cyo muri Canada, ngo umugore wa Mugesera, Gemma Uwamariya wavuze kenshi ko nta soni afite zo kuba ari umugore wa Mugesera, yibaza impamvu umugabo we ahohoterwa ako kageni. Uwo mudamu yemeza ko umugabo we ari umwere n\u2019ubwo ashinjwa ibyaha biremereye bamwe ntibatinya kuvuga ngo ari mubateguye jenoside yo mu 1994.<\/p>\n<p>Ngo umugore wa Mugesera n\u2019umukobwa we bavugana nawe aho afungiye mu Rwanda kabiri mu cyumweru kuri telefone, ariko ngo bavugana igihe gito kandi ngo ibyo bavugana hari ibyuma bifata amajwi biba bibifata, ngo Mugesera ashobora gutanga amakuru make cyane y\u2019uko amerewe byaba ku mubiri cyangwa mu mutwe.<\/p>\n<p>Ngo uwunganira Mugesera mu Rwanda, Jean-F\u00e9lix Rudakemwa, ngo yashoboye gusobanurira umuryango wa Mugesera uko amerewe. Ngo mu nyandiko yageze ku muryango we muri Canada, ngo harimo ibimenyetso birenga 20 avuga ko bigaragaza ko uburenganzira bw\u2019ibanze bwa Mugesera buhonyorwa na Leta y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Gemma Uwamariya (Umugore wa Mugesera) avuga ko yamenye ko umugabo we yafunganywe amezi n\u2019abanzi be muri politiki, n\u2019ukuvuga abayoboke b\u2019ishyaka FPR riri ku butegetsi mu Rwanda, ngo batasibaga kumubwira ko icyaha kimuha. Mugesera yabwiye umwunganira ko atinya ko yakwicwa igihe icyo aricyo cyose ngo umwe mu bamaneko baba bari kuri Gereza yamubwiye ko n\u2019ako kanya ashobora kumurasa.<\/p>\n<p>Ngo uretse n\u2019ibiryo bidafite isuku ihagije kandi badahindura bihagije bishobora kuba byagira ingaruka ku buzima bwe, Mugesera ngo icyumba afungiyemo kirimo imbeba, imibu, n\u2019ibiheri mu buriri.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko umugore wa Mugesera yakomeje abibwira icyo kinyamakuru ngo abayobozi ba Gereza mu Rwanda ngo ntabwo bemerera Mugesera kuvugana n\u2019abandi bana be bane bakuze batakibana nawe, ngo abo bayobozi ntabwo bemera ko ari abana ba Mugesera. Ngo kuri Me Rudakemwa, ngo ibyo ni ukwigiriza nkana kuri Mugesera kudashobora kwihanganirwa. Ngo ikindi uburanira Mugesera atishimira n\u2019uko adahabwa uburenganzira bwo kuvugana n\u2019uwo yunganira bari bonyine kandi ngo ntabwo bahabwa igihe gihagije cyo gutegura urubanza.<\/p>\n<p>Ngo akimara kubona ibyo bimenyetso bishya byerekana ko Mugesera adafashwe neza, Me Johanne Doyon, wari wajyanye ikibazo cya Mugesera mu kanama k\u2019umuryango w\u2019abibumbye gashinzwe kurwanya iyicwa rubozo muri Mutarama 2012, igihe Mugesera yarimo yoherezwa mu Rwanda, ku itariki ya 1 Ugushyingo 2012 uwo munyamategeko yongeye kwiyambaza ako kanama k\u2019umuryango w\u2019abibumbye. Ku muryango wa Mugesera ngo iki kikaba ari ikindi cyizere bafite ko Leta ya Canada yakwamaganwa ku mugaragaro maze ikaboneraho gusubiza Mugesera muri Canada aho yatuye hafi imyaka 20 akaba ariho aburanishirizwa.<\/p>\n<p>Urubanza rwa Mugesera ruteganijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Ugushyingo 2012, uwo rubanza rwari rwasubitswe muri Nzeli uyu mwaka kugira ngo uregwa ashobore kwiga dosiye ye neza, umuryango wa Mugesera ngo wifuza ko yahabwa ikindi gihe cy\u2019inyongera kugira ngo umunyamategeko w\u2019umunyakenya Gershom Otachi Bw&#8217;Omanwa, azashobore kumwunganira kuko atarabona uruhushya ruva muri Leta y\u2019u Rwanda kandi hakaba hashize amezi menshi arusabye.<\/p>\n<p>Ibijyanye n\u2019iki kibazo cya Mugesera bisa nk\u2019aho ari umukino w\u2019injangwe n\u2019imbeba hagati ya Leta y\u2019u Rwanda na Mugesera, kuko uburyo ikinyamakuru izuba rirashe kibogamiye kuri Leta ya Kigali, cyatangaje iriya nkuru yerekana ko Mugesera afashwe neza muri Gereza ku buryo budasanzwe, umuntu ntabwo yabura kwibaza niba uyu munyamakuru atarajyanywe gusura Mugesera ndetse agasabwa gushyiramo n\u2019amakabyankuru ku buzima Mugesera abayeho kubera ko Leta y\u2019u Rwanda yari imaze kumenya ibya kiriya kibazo Me Johanne Doyon, yari yajyanye mu kanama k\u2019umuryango w\u2019abibumbye gashinzwe kurwanya iyicwa rubozo ku itariki ya 1 Ugushyingo 2012.<\/p>\n<p>Umuntu yasoza avuga nk\u2019abakera ati: \u00ab Timeo Danaos et dona ferentes \u00bb<\/p>\n<p>Marc Matabaro<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru aturuka i Qu\u00e9bec muri Canada aravuga ko ikibazo cya L\u00e9on Mugesera wirukanywe muri Canada akajya gufungirwa mu Rwanda muri Mutarama 2012, aregwa gushishikariza abantu gukora jenoside, ubu icyo kibazo cyongeye kujyanwa mu muryango w\u2019abibumbye mu gihe umuryango wa Mugesera n\u2019abamwunganira bemeza ko afashwe nabi aho afungiye. Bararega Leta ya Canada kutubahiriza amategeko arwanya iyica [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2605,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,63],"tags":[],"class_list":["post-2604","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru aturuka i Qu\u00e9bec muri Canada aravuga ko ikibazo cya L\u00e9on Mugesera wirukanywe muri Canada akajya gufungirwa mu Rwanda muri Mutarama 2012, aregwa gushishikariza abantu gukora jenoside, ubu icyo kibazo cyongeye kujyanwa mu muryango w\u2019abibumbye mu gihe umuryango wa Mugesera n\u2019abamwunganira bemeza ko afashwe nabi aho afungiye. Bararega Leta ya Canada kutubahiriza amategeko arwanya iyica [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-15T01:12:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/\",\"name\":\"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-15T01:12:06+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"640\",\"height\":\"427\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru aturuka i Qu\u00e9bec muri Canada aravuga ko ikibazo cya L\u00e9on Mugesera wirukanywe muri Canada akajya gufungirwa mu Rwanda muri Mutarama 2012, aregwa gushishikariza abantu gukora jenoside, ubu icyo kibazo cyongeye kujyanwa mu muryango w\u2019abibumbye mu gihe umuryango wa Mugesera n\u2019abamwunganira bemeza ko afashwe nabi aho afungiye. Bararega Leta ya Canada kutubahiriza amategeko arwanya iyica [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-15T01:12:06+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/","name":"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-15T01:12:06+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"640","height":"427"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-soni-mfite-zo-kwitwa-umugore-wa-mugesera-kuko-ari-umwere-gemma-uwamariya\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nta soni mfite zo kwitwa umugore wa Mugesera kuko ari umwere: Gemma Uwamariya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2604","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2604"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2604\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2604"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2604"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2604"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}