{"id":2639,"date":"2012-11-20T02:08:37","date_gmt":"2012-11-20T00:08:37","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2639"},"modified":"2012-11-20T02:08:37","modified_gmt":"2012-11-20T00:08:37","slug":"umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/","title":{"rendered":"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru ava i Goma mu nzego za gisirikare aravuga ko kuri uyu mugoroba w\u2019iya 19 Ugushyingo 2012, uwo mujyi waguye mu maboko y\u2019inyeshyamba za M23 zifashijwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi, nyuma yo kurasana ibisasu biremereye hagati y\u2019ingabo z\u2019u Rwanda n\u2019iza Congo, ibisasu byarashwe n\u2019ingabo za Congo byaguye hafi y\u2019ikibuga cy\u2019indege mu gace ka Mbugangari no ku musozi wa Rubavu umuturage w\u2019umunyarwanda umwe yitabye Imana abandi icyenda barakomereka, naho ibyarashwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda ngo byaguye mu gace kitwa office mu mujyi i Goma.<!--more--><\/p>\n<p>Umuntu wari hafi y\u2019umupaka yagize ati: \u201d&#8230;nabonye abasirikare b\u2019u Rwanda bambuka binjira muri Congo ntabwo bihishiraga ku buryo batafashe n\u2019umwanya wo guhindura n\u2019imyenda ibaranga..\u201d.<\/p>\n<p>Mu gihe ingabo za M23 zinjiraga muri Goma mu mujyi hari hakiri abasirikare bake ba Congo ku kibuga cy\u2019indege cy\u2019i Goma.<\/p>\n<p>Amakuru twahawe n\u2019umuntu ari hafi y\u2019umutwe wa M23 aravuga ko ingabo nyinshi za M23 zifite gahunda yo kuza i Goma zivuye mu majyaruguru mu karere ka Rutshuru bityo ingabo z\u2019u Rwanda zinjiye i Gomanazo zigahita zisubira mu Rwanda,ndetse n\u2019abayobozi b\u2019uruhande rwa M23 rwa politiki bagakoresha inama abatuye Goma mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 20 Ugushyingo 2012.<\/p>\n<p>Twabibutsa ko abayobozi ba Congo bari banze igihe ntarengwa bari bahawe na M23 cy\u2019amasaha 24 ngo babe bemeye imishyikirano.<\/p>\n<p>Abaturage ba Goma abatahunze bari mu ngo zabo, ubwoba ni bwose baribaza ibiza gukurikiraho.<\/p>\n<p>Guverineri wa Kivu y\u2019amajyaruguru Julien Paluku we akomeje kwemeza ko ngo umujyi wa Goma uri mu maboko ya FARDC<\/p>\n<p>Hari amakuru atarabonerwa gihamya avuga ko hari ingabo za Malawi zaje gufasha ingabo za Congo, ndetse ayo makuru avuga ko hari ibimodoka by\u2019intambara 3 bya Congo byafashwe, mu gihe ingabo za Congo zasohokaga i Goma zigana i Sake mu burengerazuba.<\/p>\n<p>Ababikurikiranira hafi bavuga ko gufata umujyi wa Goma n\u2019ikibuga cy\u2019indege cyaho bwari uburyo bwihuse bwo kubuza ingabo z\u2019ibihugu bya SADC nka Angola, Zimbabwe n\u2019ibindi kuba zahita zingira mu mirwano ku buryo bworoshye. Perezida Kagame yahaye amategeko Jenerali Alex Kagame mu byumweru bibiri bishize. Ifatwa rya Goma ryatangiye kwigwaho nyuma y\u2019ifatwa rya Bunagana ariko byatindijwe n\u2019ubwumvikane bucye hagati y\u2019abanyamasisi n\u2019abanyejomba, ubu Jenerali Bosco Ntaganda asa nk\u2019uri ku ruhande ashinzwe ibyo gutoza abasirikare bashya no kwinjiza abandi abifashijwemo na Jenerali Emmanuel Ruvusha.<\/p>\n<p>Iki gitero cy\u2019i Goma n\u2019uburyo Perezida Kagame yabonye bwo gushyira igitutu ku muryango w\u2019abibumbye kandi yabigezeho. Amahanga ntashobora guhita agira icyo akora kuko ni nk\u2019aho Leta y\u2019Amerika ihanganye n\u2019umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019uburayi (UE) ku kibazo cya Congo. Igihugu cyonyine gishyiramo ingufu mu gushyigikira Congo n\u2019u Bubiligi. Hari benshi bibeshya ko Perezida Kagame yataye ubutoni imbere y\u2019Abongereza n\u2019Abanyamerika ariko kubera byinshi baziranyeho ntabwo bapfa kumujugunya gutyo gusa.<\/p>\n<p>Aho ibintu byazambiye n\u2019uburyo Perezida Kabila yanze ko ingabo z\u2019Angola zihita zinjira mu mirwano vuba na vuba ibyo ariko ntabwo bivuze ko Kabila na Kagame bafatanije ahubwo ukujijinganya kwa Kabila gushingiye ku bibazo bya politiki byo mu gihugu cye imbere. Kandi akaba yaribazaga ibishobora gukurikira. Ifatwa rya Goma rigiye gutuma Perezida Kabila akomeza kwangwa cyane n\u2019abaturage bamukekaho ubugambanyi kandi ibiryo byinshi bikoreshwa muri Kinshasa biva i Goma.<\/p>\n<p>Ubwanditsi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru ava i Goma mu nzego za gisirikare aravuga ko kuri uyu mugoroba w\u2019iya 19 Ugushyingo 2012, uwo mujyi waguye mu maboko y\u2019inyeshyamba za M23 zifashijwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi, nyuma yo kurasana ibisasu biremereye hagati y\u2019ingabo z\u2019u Rwanda n\u2019iza Congo, ibisasu byarashwe n\u2019ingabo za Congo byaguye hafi y\u2019ikibuga cy\u2019indege mu gace [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2640,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-2639","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru ava i Goma mu nzego za gisirikare aravuga ko kuri uyu mugoroba w\u2019iya 19 Ugushyingo 2012, uwo mujyi waguye mu maboko y\u2019inyeshyamba za M23 zifashijwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi, nyuma yo kurasana ibisasu biremereye hagati y\u2019ingabo z\u2019u Rwanda n\u2019iza Congo, ibisasu byarashwe n\u2019ingabo za Congo byaguye hafi y\u2019ikibuga cy\u2019indege mu gace [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-20T00:08:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/\",\"name\":\"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-20T00:08:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"450\",\"height\":\"300\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru ava i Goma mu nzego za gisirikare aravuga ko kuri uyu mugoroba w\u2019iya 19 Ugushyingo 2012, uwo mujyi waguye mu maboko y\u2019inyeshyamba za M23 zifashijwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi, nyuma yo kurasana ibisasu biremereye hagati y\u2019ingabo z\u2019u Rwanda n\u2019iza Congo, ibisasu byarashwe n\u2019ingabo za Congo byaguye hafi y\u2019ikibuga cy\u2019indege mu gace [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-20T00:08:37+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/","name":"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-20T00:08:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"450","height":"300"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umujyi-wa-goma-umaze-kugwa-mu-maboko-yingabo-za-m23-zifatanije-nizu-rwanda-zambutse-ziva-i-gisenyi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umujyi wa Goma umaze kugwa mu maboko y\u2019ingabo za M23 zifatanije n\u2019iz\u2019u Rwanda zambutse ziva i Gisenyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2639","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2639"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2639\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2639"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2639"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2639"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}