{"id":26433,"date":"2018-05-12T15:28:10","date_gmt":"2018-05-12T13:28:10","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=26433"},"modified":"2018-05-12T15:28:10","modified_gmt":"2018-05-12T13:28:10","slug":"urubyiruko-ruti-byaraducanze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/","title":{"rendered":"Urubyiruko ruti : &#8220;Byaraducanze&#8221;"},"content":{"rendered":"<p>Yanditswe na<strong>\u00a0Emmelyne Munanayire<\/strong><\/p>\n<p>Nyuma y&#8217; inyandiko nise \u00ab Ese mu Rwanda icyizere kizongera kuva hehe? \u00bb<br \/>\nAbanyarwanda benshi cyane cyane urubyiruko bagize icyo bavuga basubiye mu mikorere n&#8217; ibinyoma bya FPR basanga nta kerekezo gihamye bahabwa kuko gahunda za FPR zihora zihindagurika . Kudasobanukirwa neza amateka y&#8217; ibyahise bituma batumva neza n\u2019ibyejo hazaza.Urwo rujijo rero nirwo rubatera kuvuga mu mvugo y&#8217; ubu bati : &#8220;Byaraducanze &#8221;<\/p>\n<p>Byatangiye batubwirako inshingano yari ugukura abana b\u2019Abanyarwanda ishyanga bagataha iwabo ari nayo mpamvu nyamukuru y\u2019intambara ya 1990. Ubundi ngo twaje guhagarika Jenoside ngo twaje gutabara Abatutsi. Ubwo rero imvugo nziza zaraje : Never again, twiyubake, duharanireko bitazongera kubaho , dukunde igihugu, twihangire imirimo, nitwe bayobozi b\u2019ejo hazaza n\u2019ibindi byinshi.<\/p>\n<p>Hajemo gushwana ngo abavuga Igifaransa nta mwanya bituma benshi bahezwa ndetse baterwa ubwoba ariko ibyo turabirenga dufunga amaso ubuzima burakomeza. Ibirarane muri FARG no kutubakira Abarokotse Jenoside bose twafunze amaso, intambara zidashira zitumaraho urubyiruko, abubatse ntibabone umwanya wo kurera, imiryango bakayubakira ku iringi ngaho Congo na Darefuru ; ubwo nyuma y\u2019instinzi haza gupfubura none za gatanya zabaye nyinshi.<\/p>\n<p>No mu bukungu no mu bucuruzi simbibona neza. Uretse no guhanga imirimo n\u2019abayifite barayamburwa ; abagerageje bakabahiga, abayagwije bakayabaka, abaherwe bakazira imitungo yabo. Abarangije kaminuza bagashakira mu mihanda, kuri moto cyangwa se ku igare bahimbirwa amategeko ngo batajya mbere ; abazunguzayi n\u2019udutebo twabo baramburwa bakaraswa ku manywa y\u2019ihangu, abagabo b\u2019intangarugero baricwa, abandi bakamburwa ibyabo bagahunga ; Rwabukamba, Makuza, Rwigara barabishe, umugwizatungo nka Rujugiro yasubiye guhunga.<\/p>\n<p>Aho tujya ntituhazi ntakuri kuba i Rwanda, abavuze bose barabiryozwa. Karegeya yarahunze ageze no hanze barahamutsinda, Nyamwasa nawe aho ari ntibasiba guhigira kumwica nubwo bamurashe Imana igakinga ukuboko, Rugigana Ngabo mwene wabo arazira ibyo atazi, ba Joel Mutabazi ngo ni abagome kandi batarashatse kwica uwo barindaga. Diane Rwigara aheze mu gihome ku maherere kuko gusa yashatse kugarukira igihugu amaze kubona ayo mahano yose. Mukangemanyi nyina wa Diane muka Rwigara ngo agomba kumvishwa kuko ari umugore udahemuka n\u2019umubyeyi ukunda abe.<\/p>\n<p>Ubu iyo numva ibivugwa ku rubanza rwo kwa Rwigara nibuka iriya mvugo ngo byaraducanze isigaye ivugwa n\u2019abapolisi n\u2019abasirikare iyo ubabajije uko babona ibyo leta irimo gukora muri ibi bihe. Naho mucuti wange amaze kumva ko babuze ibyaha barega ba Diane na Mama we ahubwo bagatangira gutekinika batera ubwoba ngo bazakurikirana n\u2019abandi bo mu muryango bari hanze, ahita agira agahinda maze atera ka karirimbo ngo: Ngire nte, nkore iki, ese mbaze nde ko uwo nabajije atakiriho?<\/p>\n<p>None se banyarwanda ko dushize tureba? ibirimo kuba mu gihugu cyacu byagombye gutuma dutinyuka tukitanga, tugatabarana. Biriya byose ni iterabwoba rigamije gusa gusibanganya ibimenyetso by\u2019ubugome bw\u2019abanyagitugu bigaruriye u Rwanda. Ubwo rero natwe nidushyira hamwe tuzagaragaza ubugome bwabo maze tubakure ku ngoma tubashyikirize ubutabera.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na\u00a0Emmelyne Munanayire Nyuma y&#8217; inyandiko nise \u00ab Ese mu Rwanda icyizere kizongera kuva hehe? \u00bb Abanyarwanda benshi cyane cyane urubyiruko bagize icyo bavuga basubiye mu mikorere n&#8217; ibinyoma bya FPR basanga nta kerekezo gihamye bahabwa kuko gahunda za FPR zihora zihindagurika . Kudasobanukirwa neza amateka y&#8217; ibyahise bituma batumva neza n\u2019ibyejo hazaza.Urwo rujijo rero [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":25326,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-26433","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urubyiruko ruti : &quot;Byaraducanze&quot; - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urubyiruko ruti : &quot;Byaraducanze&quot; - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na\u00a0Emmelyne Munanayire Nyuma y&#8217; inyandiko nise \u00ab Ese mu Rwanda icyizere kizongera kuva hehe? \u00bb Abanyarwanda benshi cyane cyane urubyiruko bagize icyo bavuga basubiye mu mikorere n&#8217; ibinyoma bya FPR basanga nta kerekezo gihamye bahabwa kuko gahunda za FPR zihora zihindagurika . Kudasobanukirwa neza amateka y&#8217; ibyahise bituma batumva neza n\u2019ibyejo hazaza.Urwo rujijo rero [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-05-12T13:28:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Urubyiruko ruti : &#8220;Byaraducanze&#8221;\",\"datePublished\":\"2018-05-12T13:28:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/\"},\"wordCount\":445,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/03\\\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/\",\"name\":\"Urubyiruko ruti : \\\"Byaraducanze\\\" - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/03\\\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg\",\"datePublished\":\"2018-05-12T13:28:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/03\\\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2018\\\/03\\\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg\",\"width\":640,\"height\":640,\"caption\":\"Emmelyne MUNANAYIRE\u00a0\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urubyiruko ruti : &#8220;Byaraducanze&#8221;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urubyiruko ruti : \"Byaraducanze\" - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urubyiruko ruti : \"Byaraducanze\" - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na\u00a0Emmelyne Munanayire Nyuma y&#8217; inyandiko nise \u00ab Ese mu Rwanda icyizere kizongera kuva hehe? \u00bb Abanyarwanda benshi cyane cyane urubyiruko bagize icyo bavuga basubiye mu mikorere n&#8217; ibinyoma bya FPR basanga nta kerekezo gihamye bahabwa kuko gahunda za FPR zihora zihindagurika . Kudasobanukirwa neza amateka y&#8217; ibyahise bituma batumva neza n\u2019ibyejo hazaza.Urwo rujijo rero [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2018-05-12T13:28:10+00:00","og_image":[{"width":640,"height":640,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Urubyiruko ruti : &#8220;Byaraducanze&#8221;","datePublished":"2018-05-12T13:28:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/"},"wordCount":445,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/","name":"Urubyiruko ruti : \"Byaraducanze\" - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg","datePublished":"2018-05-12T13:28:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2018\/03\/WhatsApp-Image-2018-03-22-at-22.18.48.jpeg","width":640,"height":640,"caption":"Emmelyne MUNANAYIRE\u00a0"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urubyiruko-ruti-byaraducanze\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urubyiruko ruti : &#8220;Byaraducanze&#8221;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26433","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=26433"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26433\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":26434,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/26433\/revisions\/26434"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/25326"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=26433"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=26433"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=26433"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}