{"id":2646,"date":"2012-11-20T10:53:34","date_gmt":"2012-11-20T08:53:34","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=2646"},"modified":"2012-11-20T10:57:19","modified_gmt":"2012-11-20T08:57:19","slug":"gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/","title":{"rendered":"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA"},"content":{"rendered":"<p>ITANGAZO RY\u2019ISHYAKA PDP-IMANZI RIGENEWE ABANYAMAKURU<\/p>\n<p>Ishyaka PDP-IMANZI riramagana bikomeye ubuyobozi bwa gereza ya Mpanga bukomeje kubangamira abagorogwa bunyonga mu buryo budasobanutse, amabaruwa bandikira inzego za Leta zinyuranye mu rwego rwo gusaba kurenganurwa.<!--more--><\/p>\n<p>Ku itariki ya 03\/10\/2012, abagorogwa makumyabiri na batatu (23) bishyize hamwe bandikira Perezida w\u2019Umutwe wa Sena na Perezida w\u2019Umutwe w\u2019Abadepite, basaba ko ingingo ya 10 y\u2019Itegeko Ngenga n\u00b0.04\/2012\/OL ryo ku wa 15\/06\/2012 rikuraho inkiko Gacaca rikanagena uburyo bwo gukemura ibibazo byari mu bubasha bwazo ihindurwa kuko basanga inyuranyije n\u2019Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda ryo ku wa 04\/06\/2003 rivuga uburinganire bw\u2019abanyarwanda imbere y\u2019amategeko. Iyo ngingo yerekeye Isubirishamo ingingo nshya ry\u2019urubanza rwaciwe n\u2019Urukiko Gacaca.<\/p>\n<p>Iyo baruwa yagegejwe ku buyobozi bwa gereza ku itariki ya 03\/10\/2012, ariko kugeza ubu, ubwo buyobozi bwimanye uburenganzira (sous couvert) bwo kuyishyikiriza abo yandikiwe.<\/p>\n<p>Ku itariki ya 31\/10\/2012, na none abagororwa makumyabiri na batandatu (26) barisuganyije bandikira Perezida wa Sena na Perezida w\u2019umutwe w\u2019abadepite, noneho basaba ihindurwa ry\u2019Itegeko Ngenga N\u00b0 03\/2012\/OL ryo kuwa 13\/06\/2012 rigena imiterere, imikorere n\u2019ububasha by\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga mu ngingo ya 59 n\u2019igika cya 2 cy\u2019ingingo ya 86 kuko basanga izo ngingo zinyuranye n\u2019Itegeko Nshinga. Ingingo ya 59 yerekeye ku kudasubirishamo ingingo nshya urubanza rwaciwe burundu hashingiwe ku masezerano mpuzamahanga anyuranyije n\u2019Itegeko Nshinga cyangwa ku itegeko ryavanyweho naho ingingo ya 86 yerekeye isubirwamo ry\u2019imanza ku mpamvu z\u2019akarengane zaciwe ku rwego rwa nyuma mbere y\u2019uko iri tegeko ngenga ritangazwa.<\/p>\n<p>Iyo baruwa nayo yaranyonzwe kugeza uyu munsi. Ubuyobozi bwa gereza bwimanye uburenganzira (sous couvert) bwo kuyishyikiriza abo yandikiwe. Nyamara hagati aho, umushinga w\u2019itegeko ugamije kuvugurura itegeko ngenga n\u00b0 03\/2012\/OL ryo ku wa 13\/06\/2012 rigena imiterere, imikorere n\u2019ububasha by\u2019urukiko rw\u2019ikirenga wagejejwe mu Nteko Nshingamategeko. Kuki ibitekerezo by\u2019abagororwa byahabwa akato mu mpaka zigibwa kuri ryo tegeko?<\/p>\n<p>Mbere yayo mabaruwa yombi Bwana MUBERUKA Pascal, Umunyamategeko kandi akaba n\u2019umwe mu bagororwa banditse aya mabaruwa, yari yagerageje kurega Leta y\u2019u Rwanda, asaba urukiko rw\u2019ikirenga gukura mu itegeko ngenga n\u00b004\/2012\/OL ryavuzwe haruguru ingingo ya 10, igika cya 1, icya 2 n\u2019icya 3. Umwanzuro w\u2019ayo mabaruwa ugaragaza neza ukuntu iri tegeko ngenga rinyuranyije n\u2019Itegeko Nshinga. Ubuyobozi bwa gereza, bwimanye uburenganzira bwo kuwushyikiriza urukiko rw\u2019ikirenga wari ugenewe. Icyo kirego kiri mu buyobozi bw\u2019iyo gereza kuva tariki ya 01\/08\/2012 kugeza ubu.<\/p>\n<p>Nyamara ku itariki ya 17\/09\/2012 ubwo intumwa y\u2019urukiko rw\u2019ikirenga yari yasuye gereza ya Mpanga igahura n\u2019abagororwa bayigejejeho ibibazo binyuranye, ahanini bijyanye n\u2019icyifuzo cyo gusubirishamo imanza zabo, iyo ntumwa yari yabagiriye inama yo kwandikira Inteko Nshingamategeko bakayisaba guhindura iryo tegeko.<\/p>\n<p>Ku itariki ya 08\/11\/2012, Komisiyo iyobowe na Bwana BARINDA Anastase, intumwa ya Minisitiri w\u2019ubutabera, yasuye gereza ya Mpanga. Iyo Komisiyo yahuye n\u2019imbaga y\u2019abagororwa bari bishimiye kuyigezaho ibibazo bafite mu rwego rw\u2019ubucamanza, cyane cyane birebana n\u2019inkiko Gacaca. Abagororwa bababajwe cyane n\u2019imyitwarire ya komisiyo, cyane cyane amagambo batangarijwe na Bwana BARINDA Anastase agira ati: \u201cMurarushywa n\u2019ubusa, nimwemere mwakire ibihano mwakatiwe, kwishyira hamwe kwanyu mwandika amabaruwa sibyo bizabakemurira ibibazo, njye sinazanywe aha no kubaha ubutumwa ngo munkomere amashyi\u201d.<\/p>\n<p>Ishyaka PDP-IMANZI rirasaba ubuyobozi bwa gereza ya Mpanga kwisubiraho bukubahiriza uburenganzira bw\u2019abagorogwa. Rirasaba guverinoma y\u2019u Rwanda n\u2019umuryango mpuzamahanga guhagurukira icyo kibazo bidatinze kandi n\u2019imiryango inyuranye yita ku burenganzira bw\u2019ikiremwa muntu igahagurikira kurengera abagorogwa bafungiwe muri gereza ya Mpanga kuko nabo ari Abanyarwanda bityo nabo bakemererwa guharanira uburenganzira bwabo.<\/p>\n<p>Bikorewe Nederweert mu Buholande, tariki 20 \/11\/2012.<\/p>\n<p>Mu izina rya PDP-IMANZI<br \/>\nG\u00e9rard Karangwa Semushi<br \/>\nVisi-Perezida.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RY\u2019ISHYAKA PDP-IMANZI RIGENEWE ABANYAMAKURU Ishyaka PDP-IMANZI riramagana bikomeye ubuyobozi bwa gereza ya Mpanga bukomeje kubangamira abagorogwa bunyonga mu buryo budasobanutse, amabaruwa bandikira inzego za Leta zinyuranye mu rwego rwo gusaba kurenganurwa.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":2647,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-2646","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RY\u2019ISHYAKA PDP-IMANZI RIGENEWE ABANYAMAKURU Ishyaka PDP-IMANZI riramagana bikomeye ubuyobozi bwa gereza ya Mpanga bukomeje kubangamira abagorogwa bunyonga mu buryo budasobanutse, amabaruwa bandikira inzego za Leta zinyuranye mu rwego rwo gusaba kurenganurwa.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-11-20T08:53:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-11-20T08:57:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA\",\"datePublished\":\"2012-11-20T08:53:34+00:00\",\"dateModified\":\"2012-11-20T08:57:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/\"},\"wordCount\":572,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/\",\"name\":\"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-11-20T08:53:34+00:00\",\"dateModified\":\"2012-11-20T08:57:19+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"180\",\"height\":\"164\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RY\u2019ISHYAKA PDP-IMANZI RIGENEWE ABANYAMAKURU Ishyaka PDP-IMANZI riramagana bikomeye ubuyobozi bwa gereza ya Mpanga bukomeje kubangamira abagorogwa bunyonga mu buryo budasobanutse, amabaruwa bandikira inzego za Leta zinyuranye mu rwego rwo gusaba kurenganurwa.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-11-20T08:53:34+00:00","article_modified_time":"2012-11-20T08:57:19+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA","datePublished":"2012-11-20T08:53:34+00:00","dateModified":"2012-11-20T08:57:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/"},"wordCount":572,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/","name":"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-11-20T08:53:34+00:00","dateModified":"2012-11-20T08:57:19+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"180","height":"164"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutabariza-imfungwa-za-gereza-ya-mpanga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"GUTABARIZA IMFUNGWA ZA GEREZA YA MPANGA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2646","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2646"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2646\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2646"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2646"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2646"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}